Rubavu: Umugabo yishe umugore we yigeze gufungirwa ahita ajya kwirega

Mu Karere ka Rubavu mu Murenge wa Rugerero, mu Kagari ka Gisa mu Mudugudu wa Gisa, haravugwa inkuru y’umugabo witwa Niyomukesha Evariste w’imyaka 42 bikekwa ko yishe umugore we witwa Mukeshimana Claudine. Uyu mugabo ukekwaho kwica umugore we ngo yari amaze imyaka 2 afunze azira gukubita umugore we bityo ngo bakaba bari basanzwe babana mu […]

Gen. Niyombare wemeza ko Nkurunziza yishwe yahishuye icyatumye agerageza kumuhirika

Gen. Godefroid Niyombare wahunze u Burundi nyuma yo kugerageza guhirika ku butegetsi Pierre Nkurunziza wahoze ari Perezida wabwo, yemeje ko uyu mugabo yaba yarishwe n’abantu bo hafi ye bari baramwiyoberetseho. Ku itariki nk’iyi ya 8 Kamena mu myaka ine ishize ni bwo Nkurunziza ari umaze imyaka 15 ari Perezida w’u Burundi yapfuye, nyuma y’iminsi itagera […]

Ese ibihaza bibarirwa mu mbuto cyangwa imboga? Impamvu ukwiye kubirya

Ibihaza bishyirwa mu rwego rw’imboga ,ariko hari nababishyira mu rwego rw’imbuto bitewe nuko bibonekamo imbuto,igihaza kiribwa amababi yacyo,kikaribwa imbuto ndetse nicyo twakwita umuhore wacyo. Ibihaza bikaba bikungahaye ku ntungamubiri zitandukanye kandi zifitiye umubiri wacu akamaro .Ibihaza bikomoka mu gihugu cya Mexique na Amerika yo hagati ,kikaba kimaza imyaka irenga 7500. 1.Ibihaza bigabanya ibyago byo kurwara […]

Uganda: Urubyiruko rwabyukiye mu myigaragambyo basaba ko Museveni yongera kwiyamamaza

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu Tariki ya 08 Kamena 2024, urubyiruko rw’ishyaka riri ku butegetsi NRM(National Resistance Movement),mu gihugu cya Uganda rwibumbiye muri Yellow Youth Movement (YYM), rwabyutse rwigaragambya mu mahoro mu mujyi wa Mbarara,rusaba ko Perezida w’iki gihugu Yoweri Kaguta Museveni yakongera kwiyamamaza mu matora ateganyijwe muri 2026. Perezida Museveni ayoboye Uganda […]

Nigeria: Abantu 30 bishwe abandi barakomereka mu gitero cy’amabandi

Mu bitero by’amabandi yitwaje intwaro byibasiye ibyaro bya Dutsinma na Safana muri leta ya Katsina mu gihugu cya Nigeria, abaturage 30 bahasize ubuzima mu gihe abandi benshi babikomerekeyemo. Utu duce twa Dutsinma na Safana ni tumwe mu dukunze kumvikanamo ibikorwa by’amabandi, nubwo usanga ari hamwe mu hantu hari inzego nyinshi z’umutekano. Itangazamakuru ryo muri Nigeria […]

Macron yakiriye Joe Biden

Mu birori byabereye muri Arc de Triomphe I Paris ,Kuri uyu wa gatandatu, Emmanuel Macron yakiriye Perezida w’Amerika Joe Biden, hateganijwe inama hagati y’abayobozi bombi ku bijyanye no gushimangira ubukaka bwa OTAN,ku biri k’umurongo w’ibyigwa harimo kureba amakimbirane hagati ya Isiraheli na Hamas, intambara yo muri Ukraine, ndetse n’ubucuruzi. Muri uru ruzinduko rwo kuganira ku […]

Goma: Herekanwe itsinda ry’urubyiruko batawe muri yombi bashinjwa imikoranire na M23

Kuri uyu wa gatanu, tariki ya 7 Kamena 2024, umuyobozi w’umujyi wa Goma, Superintendent Faustin Kapend Kamand, yerekanye itsinda ry’abo bise ko ngo ari abafatanyabikorwa ba M23. Uru rubyiruko rwatawe muri yombi mu rwego rwa Operation ngo bise Safisha Mji wa Goma (Gusukura umujyi wa Goma), byakozwe ku mabwiriza ya guverineri wa gisirikare wa Kivu […]

Hamenyekanye amakosa yatumye Senateri Mupenzi yegura

Mupenzi Gerorge wari umusenateri mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, umutwe wa Sena, yeguye kubera ubusinzi nk’uko amakuru abivuga. Ku wa Gatanu tariki ya 7 Kamena ni bwo Inteko Ishinga Amategeko yanditse ku rubuga rwayo rwa X ko Perezida wa Sena yakiriye ibaruwa y’ubwegure bwa Mupenzi; ivuga ko “yeguye ku mpamvu ze bwite”. The New […]

Kwa Ndayishimiye bibutse Pierre Nkurunziza umaze imyaka 4 apfuye

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi n’umuryango we kuri uyu wa Gatandatu bifatanyije n’abayobozi batandukanye mu kwibuka Pierre Nkurunziza umaze imyaka ine apfuye. Perezidansi y’u Burundi ku rubuga rwayo rwa X yatangaje ko umuhango wo kwibuka Nkurunziza wahoze ari Perezida wa kiriya gihugu cyaranzwe no gushyira indabo ku mva ye iherereye mu mujyi wa Gitega. Mu […]

Zambiya: Abashinwa bari mu bafungiwe ibyaha by’ikorabuhanga

Ku wa gatanu, urukiko rwo muri Zambiya rwafunze Abashinwa 22 bakurikiranweho ibyaha bishingiye ku ikoranabuhanga birimo uburiganya bwo kuri interineti bwibasiye Zambiya n’abandi bantu baturutse muri Singapuru, Peru na Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu. Abo bashinwa bakatiwe n’urukiko rw’ibanze rwa Zambiya igihano cy’igifungo kiri hagati y’imyaka irindwi n’imyaka cumi n’umwe. Urukiko kandi rwabaciye amande ari hagati […]

Ababyeyi bishe umusore w’imyaka 16 basanze ari kubasambanyiriza umukobwa

Polisi yo muri Arua iri guhigisha uruhindu abagizi umuryango w’umukobwa utatangajwe amazina bishe umunyeshuri w’imyaka 16 bamushinja kuryamana n’umukobwa wabo. Richard Waiswa, ufite imyaka 16, utuye mu kagari ka Nyayi, Kati Ward, Ayivu West Division, Umujyi wa Arua yishwe azira kuryamana n’umukobwa w’umunyeshuri mugenzi we. Bivugwa ko nyakwigendera yafatiwe mu gikorwa (gukora imibonano mpuzabitsina) n’uwo […]

Gisagara: Hari ibisambo byazengereje abaturage bikanakubita abanyerondo

Mu Karere ka Gisagara mu murenge wa Save haravugwa abajura birirwa bazenguruka biba mu mazu no mu mirima y’abaturage, abanyerondo bagirango baratabaye bagakubitwa. Byavuzwe n’abaturage batuye mu Kagari ka Rwanza ko mu Murenge wa Save, aho bavuga ko hari insoresre zishyize hamwe rikora itsinda ryo gutobora amazu maze hagira uvuga bakamumerera nabi. Bavuga ko bamaze […]

Diddy yambuwe impamyabumenyi yahawe na kaminuza ya Howard

Kaminuza ya Howard University ifite inkomoko ku mateka y’abirabura bo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika i Washington DC, yambuye umuhanzi w’injyana ya hip-hop Sean “Diddy” Combs impamyabumemyi y’icyubahiro yari yaramugeneye mu 2014. Sean “Diddy” Combs yambuwe iyi mpamyabumemyi nyuma y’uko televiziyo ya CNN yerekanye amashusho ya kamera za CCTV agaragaza Diddy akubita umukobwa bigeze […]

Bujumbura: Umuriro w’amashanyarazi wasimbuwe na Buji muri karitsiye zimwe z’ubucuruzi

Uduce twinshi two mu mujyi w’ubucuruzi wa Bujumbura twibasiwe n’umwijima none abahatuye basigaye bacana buji (Boujie) aho gucana umuriro w’amashanyarazi.Muri izi karitsiye ngo biragoye kubona umusaruro kuko usanga ibikorwa bihakorerwa birimo n’inganda usanga bisaba umuriro w’amashanyarazi. Ikibazo kirushaho gukara mu gihe hitabajwe imashini zikoresha lisansi(Generator) kuko nabwo usanga itaboneka bitewe n’uko yabuze ku isoko ry’i […]

Abakunzi ba Rayon Sports bakoteje arenga Miliyoni 45

img-20240608-wa0007.jpg

Abakunzi ba Rayon Sports barimo Sadate Munyakazi bahuriye mu nama nyunguranabitekerezo yakusanyirijwemo arenga Miliyoni 40 zo kugura abakinnyi. Ku wa Gatanu tariki ya 7 Kamena 2024 muri Grazia Hotel habereye inama yari yatumiwemo abafana b’imena ba Rayon Sports barimo n’abahoze bayiyobora nka Gacinya Chance Denis na Paul Muvunyi ariko bo batabashije kuyitabira. Abagera kuri 22 […]

Denimark: Minisitiri w’Intebe yakubiswe

Muri Denimark haravugwa amakuru y’umuntu waje agakubita Minisitiri w’Intebe Mme Mette Frederiksen bitunguranye. Abatangabuhamya batandukanye babibonye ibi biba, bavuga ko hari umugabo waje mu cyerekezo kinyuranye n’icyo Minisitiri w’Intebe yacagamo aramuhirika. Uyu Mette yatunguwe no kubona umugabo aje aramuhirika yitura hasi muri kaburimbo ubwo yari Murwa mukuru Copenhagen.Amakuru atangazwa na BBC avuga ko uwamukubise akimara […]

Tshisekedi yakwepye inama yari buhuriremo na Perezida Kagame

Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ku wa Gatanu yanze kwitabira inama idasanzwe y’abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC). Ni inama yabaye mu buryo bw’ikoranabuhanga, yitabirwa n’abakuru b’ibihugu barimo Salva Kiir wa Sudani y’Epfo wari uyiyoboye, Hassan Sheikh Mohamud wa Somalia, Samia Suluhu Hassan wa Tanzania, Yoweri Kaguta Museveni […]

Veronica yasimbuye Mathuki ku bunyamabanga bwa EAC

Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba EAC, yashyizeho munya-Kenya, Veronica Mueni Nduva kuba umunyamabanga Mukuru wayo. Yatangiye inshingano kuri uyu wa Gatanu nyuma yo kwemezwa n’Inama ya 23 idasanzwe y’Abakuru b’Ibihugu bya EAC, yabaye hifashishijwe ikoranabuhanga. Iyi nama yitabiriwe n’abantu batandukanye barimo Perezida Kagame washimiye uyu muyobozi anamwifuriza ishya n’ihirwe mu mirimo mishya.Yanashimiye kandi Peter Mutuku wayoboraga […]