MocĂmboa da Praia: Umugaba w’ingabo za Mozambique yasuye inzego z’umutekano z’u Rwanda

Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka za Mozambique, Maj Gen AndrĂ© Rafael Mahunguane, uyu munsi yasuye icyicaro gikuru cy’Inzego z’Umutekano z’ u Rwanda i MocĂmboa da Praia, mu Ntara ya Cabo Delgado. Yakiriwe n’Umuyobozi w’Inzego z’Umutekano z’U Rwanda, Brig Gen CM Mujuni, ari kumwe n’Umuyobozi w’Ishami rya Polisi ndetse n’Umugaba wa Brigade ya Task Force Group-7. […]
Nangaa yahishuye abo igitero cya drone cyagabwe i Goma cyari kigambiriye

Umuhuzabikorwa w’ihuriro Alliance Fleuve Congo, Corneille Nangaa, yatangaje ko igitero cya drone cyagabwe mu mujyi wa Goma cyari kigambiriye abayobozi bakuru bo ku rwego rwa Politiki n’abagisirikare ba AFC/M23, barimo na we ubwe. Nangaa yemeje ayo makuru mu kiganiro yahaye itangazamakuru kuri uyu wa Gatatu, nyuma y’amasaha make igitero kibaye. Yavuze ko mu bo kiriya […]
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yatangije inama ya IFF 2026

Minisitiri w’Intebe, Dr. Nsengiyumva Justin, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 11 Werurwe yatangije ku mugaragaro Inama Mpuzamahanga yiga ku Ikoranabuhanga ridaheza mu rwego rw’Imari izwi nka IFF 2026. Iyi nama iri kubera muri Kigali Convention Centre yitabiriwe n’abasaga 3000 barimo abayobozi mu nzego zitandukanye, abashoramari na ba rwiyemezamirimo mu rwego rw’imari muri Afurika. Iyi […]
Burundi: Gen. Bunyoni wari warakatiwe igihano kiruta ibindi yarekuwe

Gen. Alain Guillaume Bunyoni wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, yafunguwe nyuma y’imyaka itatu yari amaze afunzwe. Amakuru y’ifungurwa rye yemejwe n’umwe mu bantu ba hafi ye. Umwe mu bayobozi bakuru b’ishami ry’iperereza mu Burundi na we yemereye BBC ko uriya mugabo yafunguranwe n’abandi bantu babarirwa mu 10 kubera impamvu z’uburwayi. Icyakora andi makuru avuga […]
U Bubiligi bwamaganye igitero cy’i Goma cyahitanye Umufaransakazi

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Bubiligi, Maxime Prevot, yamaganye igitero cy’indege zitagira abapilote cyagabwe i Goma mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu cyahitanye ubuzima bw’umukozi w’Umuryango w’Abibumbye n’abasivili benshi. Mu butumwa bwe yanyujije kuri X, Minisitiri Prevot yagize ati: Kubw’ibyago, ntabwo ari ikintu cyihariye, turabona ubwiyongere bw’ibitero nk’ibi, birenga ku ihagarikwa ry’imirwano, byakozwe n’impande zose […]
Icyo Macron avuga ku Mufaransakazi wiciwe mu gitero cya FARDC i Goma

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yagaragaje umubabaro nyuma y’urupfu rwa Karine Buisset, umukozi w’ubutabazi w’Umufaransakazi wakoreraga UNICEF wapfiriye mu gitero cya drone cyagabwe mu mujyi wa Goma mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Buisset yaguye mu gitero Leta ya RDC yagabye mu mujyi wa Goma, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 11 Werurwe […]
Gisagara: Umugabo n’umugore we batawe muri yombi bakurikiranweho kwica abantu 3

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafunze Ndayisaba FĂ©licien n’umugore we, Imanishimwe Rebecca batuye mu Murenge wa Mugombwa mu Karere ka Gisagara, bakurikiranyweho kwica abantu batatu. Ndayisaba n’umugore we batawe muri yombi kuri uyu wa Gatatu tariki ya 11 Werurwe 2026, bakaba bakurikiranweho ibyaha birimo ubwicanyi, gushyinyagurira no guhisha imibiri y’abantu batandukanye nyuma yo kubica. Aba bombi bafashwe […]
Uganda: Leta yerekanye ibihugu abaturage babyo bemerewe kwinjira nta viza

Guverinoma ya Uganda kuri uyu wa Gatatu yashyize ahagaragara urutonde rw’ibihugu birimo n’u Rwanda abaturage babyo bemerewe kwinjira muri Uganda bitabasabye kubanza gushaka visa. Ku ikubitiro, uru rutonde rugaragaraho ibihugu hafi ya byose byo mu karere bigize Umuryango w’Ibihugu bya Afurika y’Iburasirazuba (EAC): U Rwanda, u Burundi, Kenya, Tanzania, DRC, Sudani y’Epfo, usibye Somalia. Urutonde […]
Kabila na Gen. Makenga mu bo igitero cya drone cy’i Goma cyari kigambiriyeÂ

Amakuru atandukanye akomeje guturuka mu mujyi wa Goma aremeza ko igitero cya drone ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zagabye mu mujyi wa Goma, cyari kigambiriye abarimo Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida wa kiriya gihugu. Mu ma saa kumi n’igice y’igitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 11 Werurwe, ni […]
Mu gihe Trump avuga ko Abanyafurika y’Epfo b’abazungu batotezwa, bamwe bari gusubira mu buzima bataye

Mu gihe Trump avuga ko abazungu bo muri Afurika y’Epfo aherutse gutwara muri Amerika batotezwaga, abandi barimo kugaruka mu buzima bwiza bataye. Andrew Veitch yavuye muri Afurika y’Epfo nyuma yo gufatirwaho imbunda mu modoka ye. Ariko ubu yumva muri Amerika ari ho hantu hateye akaga, aho yavuze ko kurasira abantu ahantu hahurira abantu benshi ndetse […]
RDC: HRW iravuga ko abantu bakomeje kuburirwa irengero i Kinshasa

Umuryango Mpuzamahanga uharanira Uburenganzira bwa Muntu (HRW), watangaje ko kuva muri Werurwe 2025, inzego z’umutekano za Congo ziri inyuma y’ibikorwa byinshi byo kurigisa abantu i Kinshasa, mu murwa mukuru wa Reubulika ya Demokarasi ya Congo no mu nkengero zaho. Human Rights Watch ivuga ko yabaruye dosiye 17 z’abantu banyerejwe ku gahato cyangwa baburiwe irengero mu […]
Uwahoze ayobora umupira w’amaguru muri Congo yakatiwe burundu

Urukiko rwo muri Republic of the Congo rwakatiye igifungo cya burundu uwahoze ari Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri iki gihugu, Jean-Guy Blaise Mayolas, nyuma yo kumuhamya icyaha cyo kunyereza amafaranga yari yatanzwe na FIFA. Nk’uko byatangajwe ku wa Kabiri, urukiko rwasanze Mayolas yaranyereje amafaranga agera kuri miliyoni 1.1 z’amadolari ya Amerika, yari agenewe guteza imbere […]
Dr. Kaberuka yakebuye AU ku bijyanye no kwigira mu by’umutekano

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri ushize, Akanama gashinzwe Amahoro n’Umutekano ka AU kaganiriye na Dr. Donald Kaberuka, Umuyobozi Mukuru wa AU ushinzwe gushakira inkunga Umuryango n’Ikigega cy’Amahoro cya AU. Baganiriye ku ikoreshwa ry’ikigega n’ingamba zo gushakisha inkunga irambye y’ibikorwa by’amahoro muri Afurika. Donald Kaberuka yashimangiye ko AU ikeneye gushingira ku buryo bwayo bwite, […]
Drone ya FARDC yarashe i Goma, yica abarimo umukozi wa Loni

Mu rucyerera rwo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 11 Werurwe, Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zagabye igitero cya drone mu mujyi wa Goma cyiciwemo abarimo umukozi w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Bana (UNICEF). Amakuru y’iki gitero yemejwe n’umutwe wa AFC/M23 ugenzura uriya mujyi, biciye muri Lawrence Kanyuka uwuvugira mu bya […]
Lorenzo yasubije RIB yamuhaye gasopoÂ

Umunyamakuru wa siporo Musangamfura Christian uzwi nka Lorenzo yasubije ubutumwa bwatanzwe n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) bwari bwihanangirije abanyamakuru ba siporo kubahiriza amahame y’umwuga no kwirinda amagambo ashobora guteza umwiryane mu bafana. Ibi byakurikiye amagambo yatangajwe n’Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry, waburiye abanyamakuru bakora ibiganiro bya siporo barimo Lorenzo na Rugaju Reagan ko bagomba […]