Burera: Green Party yakomereje ibikorwa byo kwegera abarwanashyaka i Nemba na Ruhunde

Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (DGPR-Green Party) ryakomereje gahunda yo kwegera abarwanashyaka baryo hirya no hino mu gihugu, aho kuri uyu wa Gatanu tariki ya 3 Nyakanga 2026 ryahurije hamwe abasaga 250 bo mu mirenge ya Nemba na Ruhunde, mu Karere ka Burera, banatora abayobozi bashya ku rwego rw’imirenge. Nk’uko iri shyaka […]
FERWAFA igiye gupima abakinnyi ibiyobyabwenge

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko guhera mu mwaka w’imikino wa 2026/2027, abakinnyi bazajya bakorerwa ibizamini bitunguranye bigamije kumenya niba bakoresha ibiyobyabwenge cyangwa imiti itemewe yongera imbaraga (anti-doping). Uyu mwanzuro wafatiwe mu nama ya Komite Nyobozi ya FERWAFA yabaye ku wa 1 Nyakanga 2026. Iri shyirahamwe rivuga ko iki cyemezo kigamije kurinda ubunyangamugayo […]
Shaddyboo yakijijwe

Umunyamideli Mbabazi Shadia, uzwi nka Shaddyboo, yatangaje ko yahisemo gutangira ubuzima bushya nyuma yo kwakira agakiza. Avuga ko Imana yamukuye mu buzima bwari bwaruzuyemo agahinda, urujijo n’ingeso zitari zimufitiye umumaro. Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga ze kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 3 Nyakanga 2026, yavuze ko yifuje gusangiza abantu ubuhamya bwe kugira ngo […]
Akaboko k’umugore wa Ndayishimiye mu iyirukanwa rya Amb. Njebarikanuye nyuma yo guhura na Mushikiwabo

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko umugore wa Perezida Evariste Ndayishimiye, Angeline Ndayubaha, yaba ari we wagize uruhare mu kwirukana Ambasaderi Spès Caritas Njebarikanuye wahoze ahagarariye u Burundi mu Bufaransa. Amb. Njebarikanuye yahamagajwe i Bujumbura ku wa 3 Kamena 2026, nyuma y’igihe kitageze no ku mezi atatu atangiye inshingano zo guhagararira u Burundi […]
Umunyamakuru Hitimana agiye kurongora Adelaide bakoranagaÂ

Umunyamakuru Hitimana Jean Claude ukorera Radio & TV10, aritegura kurushingana na Ishimwe Muhimpundu Adelaide (Ida) bakoranaga. Hitimana abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, yateguje abantu ko azarongora iriya nkumi ku wa 05 Nzeri 2026. Uyu musore n’umukunzi we bari bamaze imyaka ine bakorana ikiganiro cya Siporo kuri Radio & TV10, ariko mu minsi mike ishize Ishimwe […]
Iran: Imihango yo gushyingura Ayattolah Khamenei yatangiye mbere y’igihe cyari giteganyijwe

Ibiro Ntaramakuru bya Iran – IRNA byatangaje ko ibikorwa byo gushyingura Ali Khamenei byatangiye uyu munsi mbere y’igihe cyari cyatangajwe n’abategetsi ba Irani Nk’uko IRNA ibitangaza, nubwo byari byatangajwe mbere ko umuhango wo gushyingura Ali Khamenei, wahoze ari umuyobozi wa Repubulika ya Kiyisilamu ya Irani, uzatangira ku wa gatanu nimugoroba, ibikorwa byo guha icyubahiro abashyitsi […]
Rutshuru: FDLR yishe 6 bo mu muryango w’umuyobozi

Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko abarwanyi b’umutwe wa FDLR usanzwe ukorana n’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), bishe umugore n’abana batanu b’umukuru w’umudugudu wo mu gace ka Kabizo, muri Butare, muri Chefferie ya Bwito ho muri Teritwari ya Rutshuru. Uyu mutwe wabiciye mu gitero wabagabyeho ku wa Kane tariki ya 2 […]
Amasezerano ya Trump hagati y’u Rwanda na RDC ashobora gukubita igihwereye: Foreign Affairs

Mu gihe Leta Zunze Ubumwe za Amerika zikomeje kugaragaza amasezerano y’amahoro yasinywe hagati y’u Rwanda na Congo Kinshasa nk’intambwe ikomeye ishobora kurangiza imyaka myinshi y’intambara mu burasirazuba bw’iki gihugu, ikinyamakuru ‘Foreign Affairs’ cyagaragaje ko hari impamvu zikomeye zituma ayo masezerano ashobora kudatanga umusaruro wari witezwe. Mu isesengura cyashyize ahagaragara, iki kinyamakuru kivuga ko n’ubwo isinywa […]
U Budage burashinja Ukraine kuba inyuma y’iyangizwa ry’imiyoboro ya gaz ya Nord Stream

Abashinjacyaha b’Abadage bashinje ku mugaragaro abayobozi ba Ukraine kuba barategetse kwangiza imiyoboro ya gaz ya Nord Stream muri Nzeri 2022. Ibi bikurikira ikirego cyatanzwe mu Budage kuri Serhii Kuznietsov, wahoze ari umuyobozi w’ingabo muri Ukraine ukekwaho kuyobora itsinda ry’abakomando bakoze icyo gikorwa, byongera gutangiza umwuka mubi muri politiki mpuzamahanga kubera iki gikorwaremezo cy’ingenzi cy’ingufu. Ku […]
Twirwaneho yatwitse igifaru cya FDNB

Umutwe wa Twirwaneho usanzwe ufatanya urugamba na AFC/M23, watwitse igifaru cy’ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu gihe impande zombi zikomeje gusakiranira mu misozi miremire ya Kivu y’Amajyepfo. Amakuru agera kuri BWIZA yemeza ko iki gifaru cyatwikiwe ahazwi nko kwa Mulima, muri Teritwari ya Fizi. Amakuru avuga ko kiriya gifaru cyatwitswe […]
Twirwaneho iri kwagura ibirindiro muri Kivu y’Epfo: Ese ni ugushimangira Minembwe cyangwa gutegura urugamba runini?

Mu gihe intambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje guhindura isura, hari umutwe umaze iminsi uvugwaho cyane: Twirwaneho. Mu mezi ashize, uyu mutwe wakomeje kuvugwa mu mirwano yabereye muri Minembwe no hafi ya Mikenge, aho amakuru atandukanye avuga ko waguye ibice ugenzura. Nubwo amakuru ava ku mpande zishyamiranye akunze gutandukana, hari […]
Iran: Hagiye gutangira imihango yo gusezera no gushyingura Ayattolah Khamenei

Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Iran akaba n’umuyobozi mukuru w’ibiganiro by’ubwiyunge muri icyo gihugu, Mohammad Baqer Qalibaf, yasabye Abanya-Irani kwitabira ari benshi umuhango wo gushyingura uwahoze ari Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei, avuga ko kwitabira bizaba ari kimwe mu bikorwa byo kwihorera ku rupfu rwe. Mu itangazo yashyize ahagaragara kuwa Kane, Qalibaf yagize […]
Perezida Chapo yasuye ‘RDF i Mocimboa da Praia

Perezida wa Mozambique akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo za Mozambique (FADM), Daniel Francisco Chapo, yasuye Inzego z’Umutekano z’u Rwanda ku cyicaro gikuru giherereye mu Karere ka MocÃmboa da Praia. Hari mu ruzinduko rw’akazi arimo kugirira mu Ntara ya Cabo Delgado. Perezida Chapo yari aherekejwe na Minisitiri w’Ingabo, Maj Gen Cristóvão Artur Chume, Umugaba w’Ingabo zirwanira ku […]