Bahala wari ufungiwe ‘kujya mu mishyikirano na M23’ yarekuwe

Abbé Bahala Jean Bosco wahoze ari umuhuzabikorwa wa gahunda ishinzwe kwambura intwaro imitwe yitwaje intwaro muri RDC no gusubiza mu buzima busanzwe abayihozemo, yamaze kurekurwa nyuma y’amezi abiri afunzwe. Ku wa Gatatu tariki ya 8 Ukwakira ni bwo uyu mugabo yarekuwe. Bahala yari yaratawe muri yombi muri Nyakanga uyu mwaka ubwo yageraga ku kibuga mpuzamahanga […]

Imikino irimo uwa Rayon Sports na APR FC yakuweho

Rwanda Premier league itegura shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda, yakuyeho imikino y’umunsi wa gatandatu wa shampiyona, kubera imikino y’ikipe y’igihugu Amavubi. Umunsi wa gatandatu wa shampiyona wagombaga gukinwa hagati y’itariki ya 19 n’iya 20 Ukwakira. Ku wa 19 Ukwakira kandi ni bwo Rayon Sports yagombaga kwakira APR FC kuri Stade Amahoro, mu mukino w’umunsi […]

RDC yatorewe kuba umunyamuryango w’akanama ka Loni k’uburenganzira bwa muntu

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku wa Gatatu yatorewe kuba umunyamuryango w’akanama gashinzwe uburenganzira bwa muntu mu muryango w’Abibumbye. Ni amatora yabereye i New York ku cyicaro cy’Umuryango w’Abibumbye. RDC yabaye umunyamuryango wa kariya kanama, nyuma yo kugira amajwi 172 ku 190 y’abatoye. Ibindi bihugu byatorewe kwinjira muri kariya kanama muri manda ya 2025-2027 ni […]

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Dr Kaseya wo muri RDC

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatatu yahuye anagirana ibiganiro na Dr Jean Kaseya, umunya-Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo uyobora Ikigo Gishinzwe Kurwanya no Gukumira Indwara muri Afurika (Africa CDC). Dr Kaseya ni umwe mu bitabiriye inama ya Biashara Afrika igamije guteza imbere ubucuruzi n’ubuhahirane hagati y’ibihugu bya Afurika binyuze mu Isoko Rusange rya Afurika […]

U Bushinwa burishyuza RDC abaturage babwo bashimuswe na FARDC

U Bushinwa biciye muri Ambasaderi yabwo i Kinshasa, bwasabye Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kubuha ibisobanuro ku baturage babwo bamaze icyumweru kirenga barajyanwe ahantu hatazwi n’abasirikare ba FARDC. Iyi Ambasade ivuga ko ku wa 30 Nzeri uyu mwaka ari bwo bariya Bashinwa babuze. Ni nyuma yo gutwarwa n’abasirikare bari bayobowe na Colonel mu […]

Gen Muhoozi yateguje Amerika ibihano

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yateguje ibihano abayobozi ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu gihe iki gihugu cyaba gikomeje guhana abanyafurika. Yabitangarije ku rubuga rwe rwa X akunze kunyuzaho ubutumwa butavugwaho rumwe. Yagize ati: “Afurika ntabwo yigeze ifatira ibihano abayobozi ba Amerika bagize uruhare mu bwicanyi bukabije bwakorewe abayobozi bacu nka […]

Kenya: Abadepite beguje Visi-Perezida

Umutwe w’abadepite mu Nteko Ishinga Amategeko ya Kenya, ku wa Kabiri watoye umwanzuro ushyigikira ko Visi-Perezida w’iki gihugu, Rigathi Gachagua yeguzwa. Ni umwanzuro washyigikiwe n’abadepite 282, mu gihe 44 bonyine ari bo bawurwanyije. Gachagua usanzwe ari Visi-Perezida wa Kenya kuva muri Kanama 2022, ashinjwa ibyaha 11 birimo gusuzugura Perezida William Samoei Ruto, irondamoko no gukoresha […]

Nduhungirehe yahishuye ko Tshisekedi ari we watanze itegeko ryadobeje gahunda yo gusenya FDLR

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ari we watanze itegeko ryatumye gahunda yo gusenya umutwe wa FDLR yari mu nzira zo gushyirwa mu bikorwa isinzira. Minisitiri Nduhungirehe yabitangaje anyomoza mugenzi we wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Thérèse Wagner. Uyu wa Kabiri […]

Museveni na Gen Muhoozi bagiye guhurira na Ambasaderi wa Amerika mu mishyikirano

Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, ku wa Kane w’iki cyumweru arateganya guhura na Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu rwego rwo gushyira iherezo ku mwuka mubi ushingiye kuri dipolomasi Gen Muhoozi Kainerugaba aheruka guteza. Iyo nama izabera muri Perezidansi ya Uganda byitezwe ko izanitabirwa na Gen Muhoozi cyo kimwe na Gen Jeje […]

Igikomangoma cya Iran kirifuza ko ubutegetsi buyiyoboye bwavaho

Igikomangoma cyo muri Iran, Reza Pahlavi, yagaragaje ko ubutegetsi buyoboye iki gihugu bukwiye kuvaho kugira ngo amahoro aboneke mu karere k’uburasirazuba bwo hagati iki gihugu giherereyemo. Pahlavi w’imyaka 63 y’amavuko, ni umuhungu wa Mohammad Reza Pahlavi wabaye umwami wa nyuma wa Iran. Kuri ubu aba mu buhungiro i Virginia muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. […]

RURA yamanuye igiciro cya lisansi na mazutu

Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli, bikaba byagabanutse cyane ugereranyije n’ibyari bimaze amezi abiri bikurikizwa. RURA mu itangazo yasohoye yavuze litiro ya lisansi itagomba kurenga Frw 1,574, mu gihe iya mazutu yo itagomba kurenga Frw 1,576. Ibi biciro bisimbura ibyari byashyizweho muri Kanama aho litiro ya lisansi yaguraga Frw 1,629; mu gihe […]

Perezida Ndayishimiye yacyeje Ndayizeye Mushikiwabo yagize intumwa ye

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, cyacyeje Domitien Ndayizeye wagennwe na Madamu Louise Mushikiwabo nk’intumwa ye idasanzwe ishinzwe gukurikirana ibibera muri Haïti. Ku mugoroba wo ku wa Mbere tariki ya 7 Ukwakira ni bwo Ndayizeye wigeze kuba Perezida w’u Burundi yahawe ziriya nshingano na Mushikiwabo usanzwe ari Umunyamabanga Mukuru w’umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF). Ishyirwaho ry’iyi […]

Mushikiwabo yagize Ndayizeye wabaye Perezida w’u Burundi intumwa ye

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF), Louise Mushikiwabo, yagennye Domitien Ndayizeye wigeze kuba Perezida w’u Burundi nk’intumwa ye idasanzwe ishinzwe gukurikirana ibibera muri Haïti. OIF mu itangazo rigenewe abanyamakuru yasohoye ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere, yavuze ko ishyirwaho ry’iyi ntumwa idasanzwe riri muri gahunda y’uyu muryango yo gufasha Haïti kongera kugira ituze. […]

Amerika yateye utwatsi ibyo kuba Ambasaderi wayo yasabye Museveni imbabazi

Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Uganda yanyomoje amakuru avuga ko ambasaderi wazo i Kampala yasabye Perezida Yoweri Kaguta imbabazi, nyuma yo kubisabwa na Gen Muhoozi Kainerugaba. Ku wa Gatanu w’icyumweru gishize ni bwo Gen Muhoozi usanzwe ari Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda akanaba umuhungu wa Perezida w’iki gihugu yari yahaye Ambasaderi William […]

Rubavu: Polisi yarashe umwana abaturage bahangana na yo

Polisi y’Igihugu kuri uyu wa Mbere yakomerekeje abaturage mu karere ka Rubavu, nyuma yo kuyitera amabuye na yo ikabarasaho. Byabaye mu rucyerera rwo kuri uyu wa Mbere tariki ya 7 Ukwakira 2024, mu murenge wa Bugeshi. Intandaro y’iri hangana yabaye abazwi nk’abacoracora bageragezaga kwinjiza mu Rwanda magendu y’imyenda bari bavanye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya […]

Jenerali wayoboraga Special Force ya Iran yaburiwe irengero nyuma yo gusura agace Israel yarashe

Général de Brigade Esmail Quaani wayoboraga umutwe udasanzwe w’Ingabo za Iran (Quds), yaburiwe irengero nyuma yo gusura Umujyi wa Beirut umaze iminsi uraswaho n’Ingabo za Israel. Amakuru y’ibura ry’uyu musirikare Ibiro Ntaramakuru Reuters by’Abongereza byayahamirijwe n’abasirikare babiri bakuru b’abanya-Iran. Aba bavuze ko amaze icyumweru kirenga yaraburiwe irengero. Gen Quaani yasuye Beirut nyuma y’ibitero Israel yagabye […]

Amerika yahaye Gen Muhoozi gasopo

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zahaye Gen Muhoozi Kainerugaba usanzwe ari Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda gasopo, nyuma yo kotsa igitutu Ambasade wazo i Kampala. Ku wa Gatanu w’icyumweru gishize ni bwo Gen Muhoozi yari yahaye Ambasaderi William Popp saa 09:00 z’igitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 7 Ukwakira, nk’igihe ntarengwa cyo kuba […]

Abantu bashya banduye Marburg mu Rwanda n’abayikize barangana

Minisiteri y’Ubuzima ku Cyumweru tariki ya 6 Ukwakira yatangaje ko hari abandi bantu batatu bashya bakize indwara y’umuriro mwinshi iterwa na Virusi ya Marburg. Aba bahise basezererwa mu bitaro biyongera ku bandi bantu batanu basezerewe ku wa Gatanu w’icyumweru gishize, bose hamwe bahita baba umunani. Batatu bakize Marburg mu gihe ku Cyumweru hari abandi bantu […]

Macron yemeye ko yananiwe guhuza Perezida Kagame na Tshisekedi

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa yatangaje ko yateganyaga guhuriza mu biganiro ba Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na Félix Antoine Tshisekedi, gusa birangira bimunaniye bitewe na Tshisekedi wivumbuye. Perezida Paul Kagame na Tshisekedi ku wa Gatanu n’ejo ku wa Gatandatu bari mu Bufaransa, aho bari bitabiriye inama ya 19 y’Umuryango Mpuzamahanga w’ibihugu bikoresha Ururimi rw’Igifaransa […]

Inama ya OIF: Tshisekedi yigaragambije kuri Perezida Macron

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Bufaransa aravuga ko Perezida Felix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yigaragambije kuri mugenzi we, Emmanuel Macron. Tshisekedi ari mu Bufaransa aho yitabiriye inama ya 19 y’Umuryango Mpuzamahanga w’Ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa (OIF). Ni inama yanitabiriwe n’abarimo Perezida Paul Kagame w’u Rwanda. Ku wa Gatanu tariki ya 4 […]

Amahirwe ya Rayon Sports yo kwakirira APR FC kuri Stade Amahoro yaba yayoyotse?

Umukino wa shampiyona y’icyiciro cya mbere wagombaga guhuza Rayon Sports na APR FC, wongeye kwimurwa usimbuzwa uwa APR FC na Gasogi United. Ku wa 19 Ukwakira ni bwo Rayon Sports yagombaga kwakira APR FC kuri Stade Amahoro, mu mukino w’umunsi wa gatatu wa shampiyona utarakiniwe ku gihe bitewe n’uko Nyamukandagira yari mu mikino ya CAF […]

Israel yatangaje umubare w’abarwanyi ba Hezbollah imaze guhitana

Igisirikare cya Israel (IDF) cyatangaje ko kimaze kwivugana abarwanyi bo mu mutwe wa Hezbollah babarirwa muri 250, nyuma yo kuwutangizaho ibitero byo ku butaka. Mu ntangiriro z’iki cyumweru ni bwo IDF yatangije ibitero ku birindiro by’uyu mutwe biherereye mu majyepfo ya Lebanon/Liban; mu rwego rrwo gusenya ibikorwa remezo bya gisirikare byawo. Mu barwanyi 250 Israel […]

Amezi 6 ya FARDC yo kuba yamaze guca FDLR umutwe

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), biravugwa ko cyamaze gutegura operasiyo y’amezi atandatu igamije ‘guca umutwe’ FDLR isaanzwe igifasha mu ntambara gihanganyemo n’umutwe wa M23. Muri iyi Operasiyo nk’uko Africa Intelligence ibivuga, ngo FARDC irashaka kwivugana abayobozi bakuru ba FDLR ndetse ikanayiniga mu buryo bw’ubukungu. Hashize igihe hari amakuru avuga ko ku wa […]

Inkuru nziza kuri Paul Pogba wari warahagaritswe imyaka 4 adakina ruhago

Umufaransa Paul Pogba wari umaze igihe yarafatiwe ibihano byo kumara imyaka ine adakina umupira w’amaguru, azagiye kongera kugaruka mu kibuga nyuma yo kugabanyirizwa ibihano. Muri Gashyantare uyu mwaka ni bwo Pogba waherukaga gusubira Juventus yo mu Butaliyani yari yahagaritswe kumara imyaka ine atagaragara mu bikorwa by’umupira w’amaguru, azira gukoresha imiti imwongerera imbaraga. Uyu mukinnyi w’imyaka […]

Gen Muhoozi yahaye Ambasaderi wa Amerika igihe ntarengwa cyo kuba yasabye Museveni imbabazi

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yahaye Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Uganda igihe ntarengwa cyo kuba yamaze gusaba imbabazi Perezida Yoweri Kaguta Museveni. Gen Muhoozi mu butumwa yanditse ku rubuga rwe rwa X, yamenyesheje Ambasaderi William Popp ko nibigera ku wa Mbere w’icyumweru gitaha atarasaba Museveni imbabazi, agomba guhita […]

Kwa Tshisekedi bashyize impanuka y’ubwato bwiciye benshi mu Kivu kuri M23

Ibiro bya Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, byatangaje ko umutwe wa M23 ari wo wabaye nyirabayazana y’impanuka y’ubwato bwarohamye mu kiyaga cya Kivu. Ku wa Kane tariki ya 3 Ukwakira ni bwo ubu bwato bwa MV Merdi bwavaga i Minova bwakoreye impanuka hafi y’icyambu cya Kituku i Goma. Guverineri wungirije […]

Gen Muhoozi yateguje intambara kuri Ambasaderi wa Amerika arega kubahuka Museveni

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko Uganda iri hafi guhangana na Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri iki gihugu ashinja kubahuka Perezida Yoweri Kaguta Museveni. Gen Muhoozi yabitangarije mu butumwa yanditse ku rubuga rwe rwa X. Yagize ati: “Bavandimwe banya-Uganda, ni inshingano zanjye zikomeye kubamenyesha mwese ko twe nk’igihugu […]

Goma: Umubare w’abaguye mu mpanuka y’ubwato bwarohamye mu Kivu

Ubuyobozi bw’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru bwatangaje ko abantu 23 ari bo byamaze kumenyekana ko bapfiriye mu mpanuka y’ubwato yabereye mu kiyaga cya Kivu. Mu ma saa tanu yo ku wa Kane tariki ya 3 Ukwakira ni bwo ubwato bwa MV Merdi bwavaga i Minova muri Teritwari ya Kalehe bujya i Goma bwakoreye impanuka muri metero […]

Abarwayi ba mbere mu Rwanda bakize Marburg

Minisiteri y’Ubuzima ku wa Kane yatangaje ko hari abarwayi batanu mu bari barwaye indwara y’umuriro mwinshi iterwa na Virusi ya Marburg bamaze kuyikira. Iyi Minisiteri yemeje aya makuru ubwo yatangazaga imibare ngarukamunsi y’uko iriya ndwara ihagaze mu Rwanda. Batanu byatangaje ko bakize bari bamaze icyumweru kirenga bitabwaho n’abaganga. Usibye aba bakize, imibare ya Minisiteri y’Ubuzima […]

Perezida Paul Kagame ari mu Bufaransa

Perezida Paul Kagame ku mugoroba wo ku wa Kane tariki ya 3 Ukwakira yageze i Paris mu Bufaransa, aho yitabiriye inama ya 19 y’Umuryango Mpuzamahanga w’Ibihugu bikoresha Igifaransa. Perezida Kagame wari kumwe na Madamu Jeannette Kagame bageze mu Bufaransa nyuma yo gusoza uruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu yagiriraga mu gihugu cya Latvia. Kuva kuri uyu wa […]

Loni yashyize M23 mu gatebo kamwe na ADF na CODECO

Umuryango w’Abibumbye biciye mu butumwa bwawo bwo kugarura amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO), washyize M23 mu mitwe ikorera muri Congo yica abaturage benshi kurusha indi. Ni ibikubiye muri raporo MONUSCO iheruka gusohora; izashyira M23 mu gatebo kamwe n’imitwe y’iterabwoba ya ADF na CODECO. Iyo raporo ishinja iyi mitwe uko ari itatu kuba […]

Israel yaba yarashe ibirindiro by’ingabo z’u Burusiya

Igisirikare cya Israel biravugwa ko ku wa Gatatu cyaba cyararashe ibirindiro bya Khmeimim by’Ingabo z’u Burusiya zirwanira mu kirere. Ibirindiro bya Khmeimim Airbase biherereye mu mujyi wa Lattakia wo muri Syria. Amakuru aturuka mu bitangazamakuru byo muri Syria avuga ko Israel yarashe ububiko bw’intwaro bwari rwagati muri ibi birindiro. Ni intwaro bivugwa ko zari zizanwe […]

Imirwano ya RDF, FADM n’ibyihebe yaguyemo abasirikare 4

Igisirikare cya Mozambique (FADM) cyatangaje ko abasirikare bacyo bane baguye mu mirwano cyo n’ingabo z’u Rwanda baheruka gusakiraniramo n’ibyihebe. Ni imirwano yabereye mu gace ka Mucojo gaherereye mu karere ka Macomia ho mu ntara ya Cabo Delgado, ku wa 25 Nzeri 2024. Umuyobozi w’Ingabo za Mozambique ziri mu bikorwa bya gisirikare muri Cabo Delgado, Brig […]

Myugariro wa Gasogi afungiwe gukwirakwiza amashusho y’ubwambure bw’uwari ‘Cherie’ we

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi myugariro Nshimiyimana Marc Govin wa Gasogi United, rukaba rumukurikiranyeho ibyaha birimo icyo gukwirakwiza amafoto n’amashusho y’ubwambure bw’uwari umukunzi we. Nshimiyimana w’imyaka 24 y’amavuko yatawe muri yombi ku wa 23 Nzeri, nyuma yo kuregwa muri RIB ko akoresha ibikangisho ku wo bahoze bakundana. Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira B […]

Umubare w’abanduye Marburg ukomeje gutumbagira

Minisiteri y’Ubuzima ku wa Gatatu yatangaje ko mu Rwanda hari abantu bashya banduye indwara y’umuriro mwinshi iterwa na virusi ya Marburg. Ni ibigaragazwa n’imibare y’uko iyi ndwara ihagaze mu gihugu yatangajwe ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 2 Ukwakira 2024. Abarwayi barindwi bashya babonetse batumye umubare w’abanduye iki cyorezo ugera ku bantu 36, […]

Israel yemeje ko abasirikare 8 bayo bivuganwe na Hezbollah

Igisirikare cya Israel (IDF), cyemeje ko hari abasirikare bacyo umunani baguye mu mirwano iri gusakiranya ingabo zacyo n’abarwanyi bo mu mutwe wa Hezbollah. Ni nyuma y’amasaha make IDF itangije ibitero byo ku butaka bigamije gusenya uriya mutwe wo muri Lebanon. Hezbollah n’indi mitwe yo mu bihugu byo mu burasirazuba bwo hagati ishyigikiwe na Iran bamaze […]

M23 yandagaje MONUSCO

Umutwe wa M23 ku wa Gatatu wateye utwatsi ibirego by’ubutumwa bwa Loni bwo kugarura amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwawushinje gusahura amabuye y’agaciro yo mu gace ka Rubaya. Ni ibirego uyu mutwe iheruka gushinjwa n’intumwa yihariye y’Umunyamabanga Mukuru wa Loni muri RDC, Bintou Keita. Uyu ku wa Mbere tariki ya 30 Nzeri ubwo […]

Umushinga wo kweguza Perezida Macron wakubise igihwereye

Komisiyo ishinzwe amategeko mu nteko ishinga amategeko y’u Bufaransa, yateye utwatsi umushinga wo kweguza Perezida Emmanuel Macron w’iki gihugu. Igitekerezo cyo kweguza Perezida Macron mu mpera za Kanama uyu mwaka cyari cyatanzwe n’ishyaka La France Insoumise (LFI), nyuma y’igihe gito ryegukanye imyanya myinshi mu nteko ishinga amategeko y’iki gihugu. Iri shyaka ryashatse kweguza Macron, rimuhora […]

Ba Perezida Kagame na Edgars Rinkēvičs bagiranye ibiganiro byo mu muhezo

gy0fedyxwacl20m.jpg

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatatu tariki ya 2 Ukwakira, yakiriwe anagirana ibiganiro na mugenzi we Edgars Rinkēvičs wa Latvia. Perezida Kagame ari muri iki gihugu cyo mu majyaruguru y’umugabane w’u Burayi kuva ku wa Kabiri tariki ya 1 Ukwakira, mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu. Ejo ku wa Kabiri Umukuru w’Igihugu yasuye inzu ndangamurage […]

MINEDUC yahagaritse gusura abanyeshuri biga muri ‘internat’

20241002_094610.jpg

Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yabaye ihagaritse gahunda zo gusura abanyeshuri biga bacumbikirwa ku mashuri (internat), mu rwego rwo kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya Marburg. Iyi ngingo ni imwe mu bikubiye mu mabwiriza iyi minisiteri yashyizeho agamije gukumira iki cyorezo mu mashuri. Mu mpera z’icyumweru gishize ni bwo Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko mu Rwanda hagaragaye indwara y’umuriro mwinshi […]

Iran yakoze amakosa akomeye ndetse izayishyura: Netanyahu

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yateguje Iran ko igomba kwishyura amakosa yakoze ubwo yagabaga igitero ku gihugu cye. Ni nyuma y’igitero cya missile ziraswa kure (ballistic missiles) zibarirwa mu 180 Iran yaraye irashe kuri Israel. Igisirikare cya Iran cyatangaje ko cyabikoze gihorera urupfu rwa Ismail Haniyeh wahoze ayobora umutwe wa Hamas na Hassan Nasrallah […]

Iran yarashe ‘imvura ya za missile’ kuri Israel

Igisirikare cya Iran ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 1 Ukwakira, cyarashe amagana y’ibisasu byo mu bwoko bwa missile ziraswa kure kuri Israel. Ni amakuru yemejwe n’Ibiro Ntaramakuru IRNA by’abanya-Iran. Televiziyo y’Igihugu ya Iran na yo yanyujijweho itangazo ry’igisirikare ryemeza ko ibisasu bya missile “bibarirwa muri mirongo” byarashwe kuri Israel. Muri iryo […]

U Rwanda na RDC mu yindi nama i Luanda mbere y’umuhuro wa Perezida Kagame na Tshisekedi

U Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo birateganya guhurira mu yindi nama yo ku rwego rwa ba Minisitiri b’Ububanyi n’Amahanga rwagati muri uku kwezi k’Ukwakira. Iby’iyi nama byatangajwe n’intumwa ihoraho ya Angola mu muryango w’Abibumbye, Fransisco Jose da Cruz. Yavuze ko muri iyi nama hazaganirwa ku ngingo zerekeye umuhuro wa ba Perezida Paul Kagame […]

Akayabo k’amadorali Loni ishinja M23 kwinjiza mu mabuye y’agaciro ya Rubaya

Intumwa yihariye y’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Bintou Keita, yashinje M23 kwinjiza $300,000 iyakuye mu gucukura Colta mu Rubaya ho muri Teritwari ya Masisi. Keita yabitangaje ku wa Mbere ubwo yagezaga ijambo ku kanama k’umutekano ka Loni. Yavuze ko gushinga imizi kw’ubutegetsi bwa M23 muri teritwari za Masisi na Rutshuru […]

Kagame na Tshisekedi bategerejwe kwa Macron

Perezida Paul Kagame na mugenzi we Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bategerejwe i Paris mu Bufaransa aho bazakirwa na Perezida Emmanuel Macron w’iki gihugu. Abakuru b’ibihugu bombi bazitabira inama ya 19 y’Umuryango Mpuzamahanga w’Ibihugu bikoresha Igifaransa (La Francophonie). Ni inama iteganyijwe kubera i Villers-Cotterêts hagati y’itariki ya 4 n’iya 5 z’ukwezi […]

Ingabo za Israel zinjiye muri Lebanon

Igisirikare cya Israel cyatangaje ko cyamaze kohereza ingabo zacyo muri Lebanon, mu bikorwa bya gisirikare bigamije gusenya ibikorwa remezo by’umutwe wa Hezbollah wo muri iki gihugu ndetse no kuvana abarwanyi bawo mu midugudu ituwe n’abasivile. IDF yemeje aya makuru mu itangazo yaraye inyujije ku rubuga rwayo rwa X, yemeza ko yahisemo gusanga Hezbollah mu matware […]

Perezida Kagame yashyizeho abayobozi 9 mu nzego zitandukanye

img-20240930-wa0026.jpg

Perezida Paul Kagame kuri uyu Mbere tariki ya 30 Nzeri, yashyizeho abayobozi mu nzego zitandukanye. Itangazo Minisitiri w’Intebe, Dr Ngirente yasohoye ryerekana ko abayobozi icyenda ari bo Umukuru w’Igihugu yashyizeho. Aba barimo Frank Gatera wagizwe Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri ya Perezidansi ya Repubulika na Michelle Byusa wagizwe Umunyamabanga Uhoraho mu biro bya Minisitiri w’Intebe. Ni […]

Nduhungirehe yatanze umucyo ku wadobeje gahunda yo gusenya FDLR

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga ndetse n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe; yemeje amakuru y’uko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ari yo iheruka kudobya gahunda yo gusenya umutwe wa FDLR yari yateguwe. Ku wa 29 na 30 Kanama ni bwo abakuru b’ubutasi bw’u Rwanda, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Angola bahuriye i Rubavu, mu nama bateguriyemo gahunda yo […]

Umurundi rukumbi utari Ndayishimiye Gen Muhoozi abona usobanutse

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko yifuza gusura igihugu cy’u Burundi ku nshuro ye ya mbere, gusa avuga ko muri iki gihugu ahazi umuntu umwe rukumbi usobanutse. Uyu musirikare mu butumwa yanditse ku rubuga rwe rwa X, yavuze ko Amb. Ngoga Fred ari we muntu wenyine azi usobanutse i Burundi. Ati: […]

Iby’ingenzi wamenya ku gihugu cya Latvia Perezida Kagame agiye gusura

Perezida Paul Kagame ku wa Gatatu tariki ya 2 Ukwakira, azagirira uruzinduko rw’akazi mu gihugu cya Latvia. Ni amakuru yemejwe na Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’iki gihugu. Latvia ni igihugu giherereye mu karere ka Baltique, mu gice cy’amajyaruguru y’umugabane w’u Burayi. Mu majyaruguru yacyo hari Estonia mu gihe mu majyepfo yacyo hari Lithuania. Latvia kandi ihana […]

Gen Muhoozi yashyize P. Kagame ku mwanya wa 4 mu bantu yubaha

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko Perezida Paul Kagame aza ku mwanya wa kane mu bantu yubaha kurusha abandi. Muhoozi yabitangaje mu butumwa yaraye anyujije ku rubuga rwe rwa X, aho yavuze ko Umukuru w’Igihugu aza inyuma ya se Yoweri Kaguta Museveni, nyina umubyara Janet Museveni na se wabo Gen Salim […]

Abishwe n’icyorezo cya Marburg mu Rwanda biyongereye

Minisiteri y’Ubuzima ku Cyumweru yatangaje ko hari abandi bantu babiri bishwe n’indwara y’umuriro mwinshi iterwa na Virusi ya Marburg, bituma umubare w’abamaze guhitanwa n’iki cyorezo mu Rwanda ugera ku bantu umunani. Ni mu mibare mishya yerekeye iki cyorezo Minisiteri y’Ubuzima yaraye itangaje. Iyi mibare irerekana ko n’ubwo umubare w’abapfuye wiyongereye, nta bwandu bushya bwigeze buboneka. […]

MINISANTE yatangaje umubare w’abamaze guhitanwa n’icyorezo cya Marburg mu Rwanda

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 21 Nzeri yatangaje ko abantu batandatu mu gihugu ari bo bamaze guhitanwa n’icyorezo cy’indwara y’umuriro mwinshi iterwa na virusi ya Marburg. Byatangajwe na Minisitiri w’Ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana, mu butumwa bw’amashusho yatanze kuri uyu wa Gatandatu. Ni nyuma y’umunsi umwe hatangajwe ko mu Rwanda hagaragaye abarwayi […]

Iran yahishe umuyobozi w’ikirenga wayo nyuma y’urupfu rwa Nasrallah wivuganwe na Israel

Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei yajyanwe guhishwa ahantu hatekanye kandi harinzwe cyane nk’uko amakuru aturuka i Tehran mu murwa mukuru abivuga. Ni icyemezo Iran yafashe nyuma y’urupfu rwa Hassan Nasrallah wari umuyobozi mukuru w’umutwe wa Hezbollah wo muri Liban wivuganwe na Israel. Kuri uyu wa Gatandatu ni bwo Igisirikare cya Israel (IDF) cyatangaje […]

OMS yijeje ubufasha u Rwanda rwagaragayemo icyorezo cya Marburg

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS), ryijeje u Rwanda ubufasha bwo gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya Virusi ya Marburg cyarugaragayemo. Ku wa Gatanu tariki ya 27 Nzeri ni bwo Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko iki cyorezo cyagaragaye mu Rwanda. Itangazo iyi Minisiteri yasohoye rivuga ko hagikorwa iperereza rigamije kumenya inkomoko y’iyi ndwara, yungamo ko hashyizweho ingamba […]

M23 yateye utwatsi raporo iyiregana na RDF kurasa abasivile

Umutwe wa M23 wateye utwatsi raporo y’Umuryango Human Rights Watch iwuregana n’ingabo z’u Rwanda kurasa abaturage b’abasivile muri Kivu y’Amajyaruguru. Ku wa 26 Nzeri ni bwo uyu muryango uharanira uburenganzira bwa muntu washinje RDF na M23 kuba bararashe “nta kurobanura” mu nkambi z’abasivile no mu tundi duce dutuwe cyane hafi y’umujyi wa Goma, bakica abasivile. […]

FDLR ikomeje kurasana na FARDC yikomye RDF

Umutwe wa FDLR wemeje ko umaze iminsi ugabwaho ibitero mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, gusa ushinja Ingabo z’u Rwanda (RDF) kuba ari zo zibiri inyuma. Ku wa Kabiri w’iki cyumweru BWIZA yatangaje bwa mbere ko FDLR yaramutse irasanira na FARDC mu duce twa Shovu na Mubambiro duherereye hafi y’Umujyi wa Sake muri Teritwari ya Masisi. […]

Israel yivuganye Hassan Nasrallah

Igisirikare cya Israel (IDF) biravugwa ko cyaba cyivuganye Hassan Nasrallah wari umuyobozi mukuru w’umutwe wa Hezbollah wo muri Lebanon/Liban. Ni nyuma y’ibitero IDF yaraye igabye ku cyicaro gikuru cy’uriya mutwe giherereye i Beirut mu murwa mukuru wa Liban. Israel imaze iminsi irasa mu birindiro bitandukanye by’uriya mutwe, nyuma yo kurasa ku butaka bwayo za missile […]

Ndayishimiye bivugwa ko akomeje kwitegura intambara yasuye abasirikare bari ku ikosi (Amafoto)

20240927_171710.jpg

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi kuri uyu wa Gatanu tariki ya 27 Nzeri yasuye ku ikosi bamwe mu basirikare bakomeje guhabwa imyitozo ibategurira kwinjira mu gisirikare cy’u Burundi. Abo Perezida Evariste Ndayishimiye yasuye nk’uko Perezidansi y’u Burundi yabitangaje ni abakomeje gutorezwa mu kigo cya gisirikare cya Camp Mabanda giherereye mu ntara ya Makamba. Iki kigo […]