Pep Guardiola ngo yari yabwiye abakinnyi be ko nibatsindwa azabaca amabya
Ni mu mukino waraye uhuje ikipe ya Buyern Munich na Juventus mu irushanwa rya Champions League, aho umutaza Guardiola yari yabwiye abakinnyi be ko nibatishyura ibitego bari bamaze gutsindwa mu gice cya mbere ari bubashahure. Thomas Muller ukinira iyi kipe niwe wahishuye ko uyu mutoza yabivuze atera urwenya avuga ko Juventus niramuka ibatsinze bagasezererwa mu […]
Byinshi utari uzi ku gitsina cy’umugore, ese cyaguka ryari, gute?
Ubuzima bw’imyororokere bwa muntu bugengwa n’imyanya ndagabitsina ye. Ni ngombwa rero ko buri wese amenya imiterere ndetse n’imikorere y’ibyo bice bigize umubiri we kugira ngo amenye uko abibungabunga ariko anabungabunga ubuzima bwe muri rusange. Aha turibanda ku miterere y’imyanya ndagagitsina gore. Nk’uko tubikesha lucknotes.com, Ubushakashatsi bukaba bwerekana ko abagore barenga 60% batazi ibintu byinshi ku […]
Perezida Jacob Zuma ari mu mazi abira
Perezida wa Afurika y’Epfo, Jacob Zuma ari mu mazi abira nyuma y’aho kuri uyu wa Gatatu umwe mu bagize guverinoma ye, Mcebisi Jonas ameneye ibanga ryari rimaze igihe. Uyu mugabo akaba avuga ko yegerewe n’umuryango w’abanyemari bakomeye muri iki gihugu ukamubwira ko ushobora kumugira minisitiri w’imari. “Abagize umuryango wa Gupta (ukomoka mu Buhinde) bansabye kuba […]
Intsinzi ya Trump iteye umutima uhagaze isi
Ishyirahamwe Intelligence Unit EIU riratangaza ko mu gihe Trump yatahukana intsinzi mu matora ya Perezida wa Amerika, bishobora gutera ibibazo ku bukungu bw’isi no gutera ibibazo muri politike n’umutekano kuri Amerika. Iri shyirahamwe rikaba rivuga ko Trump , uri imbere ku rutonde rw’abakandida ku mwanya wa Perezida Amerika ku ruhande rw’ishyaka ry ‘aba republicains, adashobora […]
Umupasiteri yasabye kwicwa ngo azazukane na Yesu kuri Pasika
Muri Afurika y’epfo mu mujyi wa Pritoria haravugwa umupasiteri wiyemeje kuzabambwa ku musaraba, agaterwa imisumari nyuma akicwa ariko ngo akazazuka kuri Pasika ubwo na Yesu azaba azuka. Pasiteri Daniel Malatji uyobora itorero Rivival Ministries, ku cyumweru gishize nibwo yatunguye abayoboke be ababwira ko bagomba kuza ku wa Gatanu mutagatifu bakareba ukuntu abambwa ku musaraba akicwa […]
Agathon Rwasa yarokotse umugambi wo kumuta muri yombi mu Bubiligi
Visi perezida w’umutwe w’abadepite mu nteko ishinga amategeko y’u Burundi, Agathon Rwasa ntakigiye mu Bubiligi mu butumwa bw’akazi kubera ikibazo cya visa. Biravugwa ariko ko ihuriro ry’abanyamategeko n’abaharanira uburemganzira bwa muntu bari mu Bubiligi bari barimo gukora ibishoboka ngo Rwasa nagera mu Bubiligi azahite atabwa muri yombi. Igihugu cy’u Bubiligi kikaba cyagombaga gufata uyu mugabo […]
Polisi y’u Rwanda yafashe agatsiko k’abantu bakwirakwiza amafaranga y’amiganano
​Polisi y’u Rwanda mu mujyi wa Kigali yafatiye abantu bane mu bikorwa byo gukwirakwiza amafaranga y’amiganano. Abafashwe ni Jean Paul Nsengiyumva w’imyaka 30 y’amavuko, Pacifique Uwineza ufite 27, Louis Bamutake uri mu kigero cy’imyaka 37, na Ernest Kalisa ufite 34. Aba uko ari bane bafatiwe mu cyuho ku itariki 15 Werurwe mu kagari ka Batsinda, […]
Ingabo z’u Rwanda zabaga Sudani y’Epfo zarangije gusimbuzwa izindi
Icyiciro cya nyuma cy’abagize Batayo ya 51 bageze i Kigali kuri uyu wa gatatu tariki 16 Werurwe 2016 bavuye mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo. Itsinda ry’abasirikare 211 ba Batayo ya 51 ni bo bageze bwa nyuma i Kigali, bashoje igikorwa cy’isimburana mu butumwa muri Sudani y’Epfo basimbujwe bagenzi babo bagize Batayo ya 19 babisikanye […]
Uganda: Abayobozi na ba rushimusi kuri internet bagerageje kwiba miliyoni 24$ muri banki nkuru
Abayobozi muri guverinoma ya Uganda ndetse na ba rushimusi kuri murandasi bazwi nka Hackers ngo kuva muri Nyakanga 2015 bagerageje inshuro 4 kwiba akayabo ka miliyoni 24 z’Amadolari (Miliyari 81 Ush) bayakuye muri Banki Nkuru ya Uganda. Amwe muri aya mafaranga yari yabashije koherezwa muri za banki zo muri Hong Kong no mu Bihugu Byunze […]
Imyitozo idasanzwe y’igisirikare cy’u Buhinde kiza ku mwanya wa 4 ku isi mu gukomera- AMAFOTO
Igihugu cy’u Bundinde gituwe n’abaturage basaga miliyari 1,252 (muri 2013), iki gihugu cyubatse igisirikare cyacyo gikomeye ku buryo gifite umubare w’abasirikare basaga miliyoni 3,5 abahora mu kazi bakaba basaga miliyoni 1,325. Uyu mubare munini w’abasirikare b’u Buhinde bakora kinyamwuga bakanahabwa imyitozo ihambaye, ibyo bihesha iki gihugu kuza ku mwanya wa 4 ku isi mu bihugu […]
Umunyarwanda yiyise Yesu wari utegerejwe kuza
Emmanuel Munyankusi arahamya ko ariwe agakiza kazaturuka mu banyamahanga gashingiyeho mbere y’uko gasubira mu Bisilaheri. Uyu mugabo ahamya nanone ko ariwe Mesiya uzwi nka Yesu wahanuwe mu bitabo by’abahanuzi. Uyu mugabo avuka ku gasozi ka Jabiro mu murenge wa Nyarusange mu karere ka Muhanga,ubwo yaganiraga n’ikinyamakuru ishema yagize ati « Ni njyewe uvugwa muri Bibiliya […]
RDC : Hafashwe amasasu n’imbunda bikekwa ko ari ibya FDLR
Imbunda n’amasasu byaraye bitahuwe mu baturage batuye mu Mujyi wa Bunia kuri uyu wa gatatu tariki ya 16 ubwo Polisi yakoraga umukwabu utunguranye. Ibikoresho n’imbunda byafashwe bikweka ko byaba ari iby’umutwe wa FDLR kuko hari hashize iminsi mike uyu mutwe uri mu mirwano n’ingabo za Leta muri aka gace. Umuvugizi wa Polisi mu gace ka […]
Marguerite Barankitse muri bane bahatanira igihembo cyitiriwe Aurora
Kuri uyu wa kabiri tariki 15 Werurwe 2016, komite ishinzwe amajonjora y’abahatanira igihembo cyitiriwe Aurora ( Prix Aurora ) yatoranije bane bageze ku cyiciro cya nyuma cyo kwegukana iki gihembo. Iki ni igihembo gishya ku isi kigiye kujya gitangwa buri mwaka,kikazajya gihabwa abantu cyangwa ibigo byagaragaje ubudashyikirwa mu kurengera uburenganzira bw’ikiremwamuntu kurusha abandi,cyane cyane biyemeje […]
Filimi Ip Man 3 Mike Tyson ari kumwe na Donnie Yen iri hanze
Icyamamare mu mukino w’iteramakofi mu myaka ya za 90, Mike Tyson, yinjiye mu bijyanye no gukina filimi aho agaragara muri filimi Ip Man igice cyayo cya 3 akinana na Donnie Yen ari umukuru w’agatsiko k’abagizi ba nabi. Nk’uko byatangajwe na The Hollywood Reporter, mbere y’uko iyi filimi ijya ahagaragara, ushora imari muri izi filimi z’uruhererekane, […]
FIFA irashinja Afurika y’Epfo kugura Igikombe cy’Isi cya 2010
Mu nyandiko zashyizwe ahagaragara kuri uyu wa gatatu tariki 16 Werurwe, Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi(FIFA) ryashinjije Afurika y’Epfo kuba yaraguze Igikombe cy’Isi cyahabereye mu 2010 kuri miliyoni 10 z’Amadolari, mu gihe hari hashize amezi 9 Abanyafurika y’epfo basobanuye aho ayo mafaranga yagiye. Miliyoni 10 $ za ruswa zatanzwe kugirango Afurika y’Epfo ishyigikirwe ngo izakire […]
Burundi: Pierre Nkurunziza yareze uwo atazi mu Bufaransa
Abunganira Perezida w’u Burundi Pierre Nkurunziza ku itariki ya 9 z’ukwa kabiri 2016 batanze ikirego mu rukiko rwisumbuye rwa Paris barega uwo batazi kuba yaratanze amakuru atariyo agamije gusebya igihugu. Uwo barega utazwi bavuga ko yatanze amakuru kuri Televiziyo France 3 ku itariki ya 13 z’ukwa mbere 2016. Ayo makuru agaragaza video y’ubugizi bwa nabi […]
Danmark ku mwanya wa mbere w’ibihugu byishimye mu gihe u Burundi buza inyuma
Igihugu cya Danmark nicyo kiza ku mwanya wa mbere gikurikiwe n’u Busuwisi ku rutonde rw’uko ibihugu bikurikirana mu kugira abaturage bishimye mu gihe ibihugu bya Syria n’u Burundi ari byo biza inyuma nk’uko bigaragazwa na Raporo ya World Happiness ya 2016 yashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Gatatu. Mu gihe mu mwaka ushize ibihugu nka Iceland, […]
Dore impamvu 5 ingo zanyu zitakirangwamo ibyishimo n'ingamba wafata
Hambere mu gihe cya basogokuruza barashakanaga, bakabana ,bagasazana. Ingo zo muri iki gihe zihabanye cyane n’izabanjirije. Utaha ubukwe muri uku kwezi, mugihe ukitegura kujya gusura abageni mukundi kwezi ukumva ngo bari kwaka gatanya! Ibibazo byabaye byinshi. Ariko ntabwo ari zose kuko ahenshi ibibazo usanga bitangira urugo rutamaze kabiri. Izi ni zimwe mu mpamvu zituma ingo […]
Karitanyi yashyikirije Elisabeth II impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda mu Bwongereza
Kuri uyu wa Gatatu, Ambasaderi mushya w’u Rwanda mu Bwongereza, Yamina Karitanyi, yashyikirije umwamikazi Elizabeth II inyandiko zimwemerera gukora akazi ke mu ngoro ye I Buckingham . Nyuma yo gushyikiriza Umwamikazi Elisabeth II izo mpapuro, yavuze ko umwamikazi w’u Bwongereza yoherereje intashyo Perezida Kagame, kandi ko yiyemeje kuzamura umubano n’ubufatanye w’ibihugu byombi. Ati” Umwamikazi yoherereje […]
Polisi y’u Rwanda yafashe umutekamutwe wiyitiriraga Abayobozi
Ku itariki 16 Werurwe, Polisi y’u Rwanda yeretse itangazamakuru umugabo wamburaga abantu amafaranga akoresheje umurongo wa terefone w’Ikigo cy’itumanaho cya MTN-Rwanda, igikorwa cyabereye ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda. Uwimanimpaye Jean Damascène w’imyaka 33 y’amavuko, yeretswe Itangazamakuru nyuma yo gufatirwa mu Karere ka Rubavu, mu gikorwa cyo kumushakisha Polisi yari irimo igenza icyaha yari […]