Abantu 3 barishwe bahambwa mu musingi w’urusengero

Hashingiwe ku makuru yatanzwe n’umugabo watumye hamenyekana ko abantu batatu bishwe bagashyirwa mu nyubako y’urusengero, yahise atabwa muri yombi n’abashinzwe umutekano mu gihe abishwe bataburuwe. Imibiri y’abantu bataramenyekana niyo yabonywe mu musingi w’urusengero ruteranirwamo n’abatari bake mu gace k’ahitwa Ugwuaji muri Nigeria. Si rimwe, si kabiri hagenda hatahurwa imibiri y’abantu bishwe mu duce dutandukanye muri […]

Umwaka wa 2015 wagaragayemo impinduka zidasanzwe mu mukino wa rugby mu Rwanda

Mu mpera z’umwaka wa 20014, nibwo federasiyo y’umukino wa rugby mu Rwanda yashyiriyeho ubuyobozi bushya burangajwe imbere na Perezida Alexis Areire wari watowe kuri uwo mwanya , ndetse n’umunyamabanga we Tharcise Kamanda wagiye kuri uwo mwanya asimbuye Janvier Ugeziwe. Aba bagabo bafatanyije na comite yabo iyoboye uyu mukino mu Rwanda, bahise bashyiraho umurongo ngenderwaho uzabafasha […]

Umugore yafashe amashusho umugabo we arimo gusambanya imbwa

Umugabo ufite abana 6 yatawe muri yombi ashinjwa gukorera iyicarubozo inyamanswa nyuma yo gufatwa asambanya imbwa y’umugore we nk’uko byatangajwe n’igipolisi cyo mu mujyi wa New York ho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Igipolisi cya New York kivuga ko cyataye muri yombi Jesus Gutierrez w’imyaka 39 utuye Manhattan nyuma yo kumushinja gusambanya imbwa y’umugore […]

Ethiopia: Abantu 140 bishwe n’abantu bitwaje intwaro

Ethiopia iravuga ko abantu bitwaje intwaro bivuganye abaturage 140 hafi y’umupaka wayo na Sudani y’Epfo, ndetse bakanashimuta abana 39. Minisitiri w’itumanaho wa Ethiopia, Getachew Reda, aravuga ko abateye aria bantu bo mu bwoko bwa Murle bo muri Sudani y’Epfo. Yongeyeho ko abashinzwe umutekano bari gukurikirana abo bateye hakaba hishwemo abagera kuri 60. Igihugu cya Ethiopia […]

Burundi : Visi perezida yasabye Abanyamahanga gusubira iwabo

Visi perezida wa mbere w’u Burundi, Gaston Sindimwo kuri uyu wa Gatandatu ushize yibasiye abanyamahanga baba mu Burundi, ibihugu byabo byarahagarikiye inkunga u Burundi, abasaba guhitamo gusubira iwabo cyangwa bagasaba visa za ba mukerarugendo. « Hari abazungu bamwe bafatiye ibihano u Burundi, ibihano byo guhagarika ubufatanye bwabo n’igihugu cyacu. Nyamara , ntibashaka kuva mu Burundi […]

Impushya z’inzira nshya muri EAC zizwi nka e-passports zizatangira gukoreshwa mu 2017

Impushya z’inzira nshya zikoranye ikoranabuhanga zizwi nka e-passports zizasimbura izindi zose zakoreshwaga mu karere ka East African Community zizatangira gukoreshwa mu mwaka utaha nk’uko byatangajwe na minisitiri wa Uganda ushinzwe ibikorwa bya EAC. Bwana Shem Bageine, yatangaje ko icyemezo cyo gusimbura passports z’ibihugu cyagezweho n’abakuru b’ibihugu bigize umuryango mu nama yabahurije Arusha muri Werurwe. Muri […]

Ese guverinoma y’u Burundi izemera kwakira abapolisi 3,000 Loni iteganya kohereza?

Muri raporo y’amapaji 11 yohererejwe Akanama k’Amahoro n’Umutekano ka Loni kuwa 15 Mata, Umunyamabanga Mukuru wa Loni, Ban Ki-moon arateganya ubutumwa bushya bwa Loni mu Burundi aho ateganya kohereza abapolisi 3000. Ikibazo cy’umutekano mu Burundi ngo gikomeje kuburirwa umuti ku buryo bigeze aho biteye impungenge Ban Ki-moon nyuma y’ibyumweru bibiri akanama k’amahoro n’umutekano kemeye kohereza […]

Abasore 2 bagiye gutangiza umushinga wigisha ibibi by’ icuruzwa ry’abantu

Abo ni Corneille Cyuzuzo na Costase Ndayishimiye babarizwa mu muryango udaharanira inyungu “Strive For Health Rwanda” bagiye gutangiza umushinga wo kwigisha urubyiruko rw’u Rwanda ibibi by’icuruzwa ry’abantu. Ikibazo cy’icuruzwa ry’abantu gihangayikishije isi ndetse n’akarere muri rusange, aho abantu batwarwa bizezwa ibitangaza ku kazi bagiye gukora nyuma bagashorwa mu bindi bikorwa bibi by’urukozasoni, aha akaba ariho […]

Muhanga: Ababyeyi n’abarimu barasabwa uruhare mu kurwanya ingengabitekerezo ya jenoside

Abaturage bo mu Karere ka Muhanga baravuga ko umuti w’ingengabitekerezo ya Jenoside igaragara ku rubyiruko ifitwe n’babyeyi n’abarezi. Abaturage bavuga ko urubyiruko rwinshi rwavutse nyuma na mbere gato ya jenoside ku buryo nta matwara yayo bacengewe igihe yigishwaga, ariko bikaba bisigaye bitungurana ukuntu bayigaragaza. Abaturage bavuga ko ababyeyi b’abana ari bo babashyiramo ibitekerezo byabo by’ingengabitekerezo, […]

Ishyaka RPP rikorera hanze rirasaba ibihugu bigicumbikiye abakoze jenoside kubata muri yombi

Ishyaka Rwanda People’s Party rikorera hanze y’igihugu, muri iki cyumweru dusoje ryifatanyije n’abandi kwibuka ku nshuro ya 22 Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994 igatwara ubuzima bw’abantu basaga miliyoni, risaba ibihugu bigicumbikiye abakoze jenoside kubata muri yombi bagashyikirizwa ubutabera. Mu itangazo yageneye ikinyamakuru Chimpreports dukesha iyi nkuru, umuyobozi wa RPP, John Karuranga yasabye gusubiza […]

Burundi: Bane barimo abo mu ishyaka CNDD-FDD bishwe n’abantu bitwaje ibirwanisho

Abantu bane mu Burundi bishwe n’abagizi ba nabi bataramenyekana bari bitwaje imbunda kandi bose bambaye imyambaro ya gisirikare. Ibi bikaba byarabaye mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu ushize muri Komini Mugamba, mu Ntara ya Bururi. Abantu batatu baguye muri ubu bwicanyi bari bari mu kabari kari ku gasozi ka Nyatubuye, babiri muri bo bakaba […]

RDC: Hazamuwe ibirego bishya bishinja ingabo za Tanzania guhohotera abagore

Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (Monusco) kuri uyu wa gatandatu bwatangaje ko bwakiriye ibirego bishya bijyanye n’ifatwa ku ngufu bishinjwa ingabo ziri muri ubu butumwa. Umuryango w’Abibumbye mu ntangiriro z’uku kwezi ukaba wari watangaje ko uri gukora iperereza ku birego bishinja ingabo za Tanzania ziri mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Congo, ihohotera […]

Polisi fc yatsinze Mukura Victory Sport igitego 1-0

Kuri iki cyumweru ikipe ya Polisi fc yatsinze Mukura Vs igitego 1-0 , bikaba byayongereye ikizere cyo kuza mu makipe y’imbere mu kiciro cya mbere cya Champiyona y’u Rwanda. N’umukino utagaragayemo Capiteni wa polisi fc Habyarimana Innocent kubera amakarita abiri y’umuhondo yari afite,hakiyongeraho umuzamu wa mbere mvuyekure Emery, Ngirinshuti Mwemere ukina kuruhande rw’ibumoso, Uwihoreye Jean […]

Tumenye imikorere y’ Ishami rya Polisi rikorana na Polisi mpuzamahanga n’ubutwererane

Muri iki gihe, isi yugarijwe n’ibyaha bitandukanye. Ibi byaha kandi ni mpuzamahanga kuko ababikora nta mipaka bagira. Mu rwego rwo guhangana n’ibyaha nk’ibyo rero, Polisi y’u Rwanda yihaye ingamba zo gukorana na za Polisi z’ibindi bihugu binyuze mu muryango wa Polisi Mpuzamahanga (Interpol). Mu kiganiro twagiranye n’Umuyobozi w’ Ishami rya Polisi rikorana na Polisi mpuzamahanga […]

Perezida Nkurunziza yaneguwe na Kofi Annan

Kofi Annan,wahoze ari umunyamabanga mukuru w’umuryango w’abibumbye yaneguye cyane perezida Nkuruniza ko atari akwiye kongera kuyobora indi manda ya 3, ahamya ko bitari bikwiye ndetse ko bihabanye n’itegekonshinga ry’u Burundi. Aganira na BBC yavuze ko Kuva yatangaza ko agiye kwiyamamaza, abantu babarirwa mu majana barishwe bazira politiki. Bwana Annan yavuze ko perezida Nkurunziza nta kimenyetso […]