Mexico: Umupolisikazi yakuyemo ishati yifotora amabere ari ku kazi-AMAFOTO
Nidia Garcia usanzwe ari umu Polisi muri Mexico, yabaye ahagaritswe nyuma yo gukuramo ishati akifotora igice cyo hejuru ubwo yari ku kazi, maze iyo foto ayishyira ku rukuta rwe rwa Facebook. Uyu mupolisikazi, ibyo yabikoze ubwo yarimo azenguruka mu gace ka Escobedo n’imodoka y’akazi acunga umutekano, gusa nyuma yaje gutungurana ubwo yakuragamo ishati akifotora ifoto […]
Nyamasheke: Kolera yatangiye kwica abantu
Imirenge ya Kagano na Bushekeri ho mu Karere ka Nyamasheke yugarijwe n’icyorezo cya Kolera kimaze guhitana umuntu umwe mu gihe abandi 22 bajyanywe kwa muganga ngo bakurikiranwe nk’uko byemejwe n’Umuyobozi wungirije w’akarere ushinzwe imibereho myiza, Claudette Mukamana. Uyu muyobozi yavuze ko uwitwa Nkuyamubiri Jean wari uri mu kigero cy’imyaka 50 wo mu Mudugudu wa Nyabageni, […]
Yafashwe asambanya indogobe ngo azakire Sida
Umugabo wo mu gihugu cya Zimbabwe yatawe muri yombi ashinjwa ibikorwa by’urukozasoni byo gusambanya inyamanswa nyuma yo gufatwa asambanya indogobe ngo arebe ko yamuvura agakoko gatera sida nk’uko byatangajwe n’igipolisi cya Zimbabwe. Igipolisi cy’ahitwa Zvishavane cyavuze ko cyataye muri yombi Dennis Muteyo w’imyaka 44 nyuma yo gufatwa asambanya indogobe yari irimo irarisha mu murima. Mu […]
Ese ni iyihe myaka fatizo umuntu agomba gukoreraho imibonano mpuzabitsina bwa mbere?
N’ubwo iyobokamana ryemeza ko umuntu wese yemerewe gukora imibonano mpuzabitsina ari uko yashyingiranwe na mugenzi we bemeranyijwe kubana akaramata, byemewe n’amategeko n’idini. Abahanga muri Science nabo bafite uko batangaza imyaka fatizo umuntu yemerewe gukoramo imibonano mpuzabitsina. Abashakashatsi muri Kaminuza ya Cambridge mu Bwongereza, bavuga ko abakuru n’urubyiruko ruri munsi y’imyaka 18, bahora n’ikibazo cyo kutamenya […]
RDF n’Ingabo z’Amerika barahererekanya ubunararibonye ku kubungabunga amahoro
Ingabo z’u Rwanda hamwe n’Ishami rya Minisiteri y’Ingabo z’Amerika (ACOTA) bakoze amahugurwa y’iminsi 2 ku bikorwa byo kubungabunga amahoro. Iyi nama nyunguranabitekerezo irabera ku cyicaro cya RDF kuva tariki 19 kugera tariki 20 Mata 2015. Iyi nama igamije gusangira ubumenyi ku bikorwa byo kubungabunga amahoro. Buri mwaka iyi nama nsuzumabikorwa ihuza RDF n’Ingabo za Amerika […]
Jose Mourinho ashobora gutoza PSG akereka munsi y’ibirenge Man Utd
Mu gihe hashize iminsi itari mike hanugwanugwa ko Mourinho yaba agiye gutoza ikipe ya Manchester United, ntibivugwaho rumwe kuko kugeza ubu yamaze kwegerwa n’ikipe ya Paris Saint Germain ngo abe yayibera umutoza. Umuyobozi wa PSG, Nasser Al-Khelaifi nyuma yo kubabazwa n’uko ikipe ye isezerewe mu irushanwa rya UEFA champions League,yafashe icyemezo cyo gusaba umufatanyabikorwa wa […]
Burundi: Umusirikare mukuru wari ushinzwe iperereza yaburiwe irengero
Umusirikare mukuru mu ngabo z’u Burundi wakoraga mu bijyanye n’iperereza amaze iminsi atagera ku kazi kuva muri weekend ishize, bagenzi be bakavuga ko yaba yaragiye mu bwihisho. Uyu akaba yiyongereye ku bandi basirikare bakuru bahunze igihugu bamwe bakajya mu mitwe irwanya ubutegetsi. Lt Col. Alexandre Mbazumutima, ngo ukomoka mu bwoko bw’Abatutsi, akaba yari ashinzwe iperereza […]
RDC: Abantu 12 baguye mu mirwano hagati ya FARDC na MaĂ ÂŻ-MaĂ ÂŻ Simba
Abantu 12 baguye mu mirwano yahuje ingabo za Congo, FARDC, n’inyeshyamba zo mu mutwe wa MaĂ ÂŻ-MaĂ ÂŻ Simba . iyo mirwano ikaba yabereye kuri uyu wa Kabiri nyuma ya saa sita ahitwa Biakato-Centre, agace gaherereye mu birometero nka 250 mu majyepfo y’uburengerazuba bw’umujyi wa Bunia muri Teritwari ya Mambasa. Mu bishwe biravugwa ko 11 ari inyeshyamba […]
Intara y’ Iburasirazuba niyo irimo abantu benshi bishwe n’ abafite ingengabitekerezo ya Jenoside – CNLG
Kuri uyu wa Kabiri tariki 19 Mata 2016, Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside, CNLG, yashyize ahagaragara ibikubiye mu bushakashatsi bubiri iheruka gukora kuri jenoside, aho bumwe bwibanze ku itegurwa n’ishyirwa mu bikorwa rya jenoside mu cyahoze ari perefegitura ya Gisenyi, ndetse n’uko ingengabitekerezo ya jenoside mu Rwanda iteye kuva mu 1995-2015 n’ingaruka zayo ku Muryango […]
Uganda: Amazina ya bamwe mu Banyarwanda bakatiwe amezi 8 y’igifungo
Umucamanza wo mu rukiko rw’ibanze rwa Kisoro yakatiye Abanyarwanda n’Abakongomani bagera kuri 25 igihano cyo gufungwa amezi 8 bazira kwinjira muri Uganda mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Bamwe mu baciriwe urubanza ni abitwa: Oliver Manilanume, Shyirambere Iniciabil, Mubanza Mutokambali, Dieu Isasilika, Kibibi Paul, Bamperekereze Festo, Nsengiyumva Albert, Ndayambaje Bernard, Keshine Bakurukira, Arakiza Sebagenzi, Nathan Achekema, Sadic […]
Urutonde rw’abasirikare bishwe n’abagezwe amajanja mu gisirikare cy’u Burundi
Nyuma y’aho perezida Nkurunziza atangarije ko agiye kongera kwiyamamaza kuri manda ya 3 nibwo imvururu zatangiye mu Burundi, abantu bicwa abandi bagahunga ari nabyo byabaye intandaro yo gucikamo ibice no mu gisirikare. Ibi kandi bikaba byaranabaye imbarutso y’iyicwa rya bamwe abandi bagerwa amajanja. Ku ikubitiro Gen Adolphe Nshimiyimana warwanye urugamba rukomeye mu nyeshyamba zari iza […]
RDC: Umuvugizi w’ingabo aravuga ko ingabo z’u Rwanda zari zikurikiranye FDLR zasubiye inyuma
Amakuru aturuka muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko ingabo z’u Rwanda zinjiye ku butaka bwa Congo nk’uko byemejwe kuri uyu wa Kabiri tariki 19 n’umuvugizi wa region ya 34 y’ingabo za FARDC, Capt. Guillaume Ndjike Kaiko. Uyu muvugizi w’ingabo yagezaga ku itangazamakuru ibyavuye mu iperereza ry’itsinda ry’ingabo ryakozwe mu gitondo cyo kuri uyu […]
Polisi y’u Rwanda yashyikirije moto yibwe muri Uganda ba nyirayo
Polisi y’u Rwanda yashyikirije Ikigo cyo mu gihugu cya Uganda gikora ubushakashatsi mu bijyanye n’ubuhinzi cyitwa (International Institute of Tropical Agriculture-Uganda-IITA) moto yacyo yibwe muri iki gihugu iza gufatirwa mu Rwanda. Iyo moto yo mu bwoko bwa Yamaha ifite nomero ziyiranga UDX339Z yafashwe ku itariki 27 Werurwe na sitasiyo ya Polisi y’u Rwanda ya Ngarama, […]
Ntituzigera turekera Gambia mu maboko y’imbwa — Yahya Jammeh
Perezida Yahya jammeh wa Gambia yagiriye inama abaturage be yo kutazashukwa n’abatifuriza Afurika iterambere, ashimangira ko Gambia izakomeza kuba igihugu cy’amahoro. Ibi perezida Jammeh akaba yabibwiye abanyamakuru ubwo yari yururutse indege akubutse mu gihugu cya Turkiya, aho yari yitabiriye inama ya 13 ya OIC (Organisation of Islamic Cooperation). Yahya Jammeh utorohewe kuva mu cyumweru gishize […]
Nyagatare: Batatu bafatanywe inka enye bikekwa ko bari bazibye
Abagabo batatu bafungiwe kuri sitasiyo ya Polisi y’u Rwanda ya Karangazi, mu karere ka Nyagatare, bakaba bakurikiranyweho kwiba inka enye mu nzuri ebyiri ziri mu kagari ka Karama, mu murenge wa Karangazi. Abakekwa gukora iki cyaha ni Muhinda William ufite imyaka 23 y’amavuko, Rudasingwa Theogene ufite imyaka 21 y’amavuko, na Gakwerere Sam ufite imyaka 20 […]
Zambia: Ambasade y’u Rwanda irashima uko ubuyobozi bugerageza gukemura ikibazo cy’abanyamahanga bibasiwe
Ambasade y’u Rwanda i Lusaka muri Zambia irashimira igipolisi cy’iki gihugu ku bikorwa iri gukora byo guhashya abaturage bibasiye abanyamahanga biganjemo Abanyarwanda babasahura utwabo. Ushinzwe ibikorwa muri iyi ambasade, Abel Buhungu, yavuze ko ambasade y’u Rwanda inyuzwe n’ibikorwa by’igipolisi cya Zambia. Buhungu yagize ati: “Tunejejwe no gutabara byihuse kwa polisi ku bitero bigaragara ko byibasiye […]
Abana bo mu kagari ka Remera basobanuriwe birambuye kuri Jenoside yakorewe abatutsi
Nyuma y’uko abana bo mu Kagari ka Remera mu Murenge wa Nyamabuye basuye urwibutso rwa Jenoside rwa Kabgayi bagasobanurirwa amateka ya Jenoside kandi abana bakagaragaza ko hari ibyo basobanukiwe, Abuyobozi bw’Akarere ka Muhanga buratangaza ko gutoza abana gusura inzibutso no kwibuka abazize Jenoside yakorewe abatutsi bizagabanya ingengabitekerezo yayo. Umukozi w’Akarere ka Muhanga ushinzwe Urubyiruko, umuco […]