Mu Mafoto: Miss Rwanda yitabiriye isabukuru y'imyaka 21 y'umuryango Mwana Ukundwa

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 13 Kanama 2016, kuri Stade ya Huye, mu Karere ka Huye ho mu Ntara y’Amajyepfo, habereye umuhango wo kwizihiza imyaka 21 umuryango, Mwana Ukundwa , umaze ushinzwe, umuhango witabiriye n’abantu batandukanye barimo Mayor Kayiranga Eugene na Miss Rwanda 2016, Mutesi Jolly. Dore uko byari byifashe mu mafoto:   Kanda hano […]

Diamond yabajije umugore we izina yifuza ko yazita umuhungu we wenda kuvuka

Zari yongeye gushyira hanze amafoto agaragaza ko akuriwe,mu gihe Diamond Platinumz akomeje kuzenguruka mu nshuti ze zose asaba ko bamubwira izina azita umwana bitegura kubyara. Ni kenshi Diamond yakomeje atangaza ko umugore we Zari yitegura kubyara undi mwana uje akurikira imfura ya Diamond Tiffan, ariko gushaka izina azita uwo bitegura kwibaruka byamubereye iyobera nk’uko bitangazwa […]

Ese kuki abagore bataniha mu gihe cyo guterwa akabariro binubirwa n’abagabo?

Ni kenshi usanga abagore baniha, biriza,basakuza , bahumeka cyane mu gihe bari guterwa akabariro aho usanga ngo birushaho gushimisha abagabo babo, mu gihe abandi bagore baceceka binubirwa n’abagabo babo cyangwa bakabata. Ubushakashatsi bugaragaza ko rimwe na rimwe ngo uko kuniha cyangwa kurira ntaho bihuriye n’ububabare n’agahinda! Kandi nta n’ubwo aba yigiza nkana, ntabwo aba abyikoresha, […]

Burundi: Abasirikare babiri bakuru bamaze iminsi baburiwe irengero

Abasirikare babiri bakuru mu ngabo z’u Burundi, Lt. Nkengurutse Claude na Lt. Gahimbare Reverien, baburiwe irengero kuva kuwa gatatu, itariki 10 Kanama 2016, aho bivugwa ko uwa mbere yafashwe n’abantu batamenyekanye mu gihe uwa kabiri wari ukiri umunyeshuri mu ishuri Rikuru rya Gisirikare (ISCAM) nawe yafashwe n’abantu batamenyekanye. Nubwo mu gipolisi cy’u Burundi bitaremezwa, amakuru […]

Mike Karangwa yibasiwe n’abanyamakuru bagenzi be bamushinja gushyira inda imbere

Mu gihe itsinda rizwi nk’Ikirezi Gurupe ryongeye gutegura igikorwa cyo gutanga ibihembo ku bahanzi bahize abandi mu ngeri zitandukanye “Salax Awards” Abanyamakuru banenze imitegurire yaryo ariko cyane cyane bibanda kuri Mike Karangwa bamunenga ko ashaka inyungu ze bwite atarebye ku nyungu rusange. Man Ibrah,Mbata bakorera imwe mu maradiyo y’igenga na mugenzi wabo Niyonzima Eriel uherutse […]

Nta gihombo kiri mu gukurikira Yesu Kristo – Museveni

Perezida Yoweri Museveni wa Uganda yagiriye inama urubyiruko yo kureka Yesu Kristo akayobora inzira zarwo, avuga ko ari urugero rwiza bakwiriye gukurikira. Yagize ati: “Nta gihombo kiri mu gukurikira Yesu Kristo. Azabayobora mu buzima bwanyu kandi nimumunambaho, muzatsinda mu buzima” . Perezida Museveni ibi yabitangarije kuri uyu wa gatanu nimugoroba mu gitaramo cy’indirimbo zihimbaza Imana […]

CNLG yatangije igikorwa cyo gusobanurira abaturage akamaro k’inzibutso

Icyo gikorwa cyatangiriye ku rwibutso rwa Bisesero ruri mu Karere ka Karongi tariki ya 9/8/2016. Ni mu rwego rwo gukomeza umushinga wo kwandikisha inzibutso za Nyamata, Bisesero, Murambi na Gisozi mu Murage w’Isi wa UNESCO. Mu nama Komisiyo igirana n’abaturage baturiye izo nzibutso, hanatumirwa kandi abashinzwe umuco n’ibikorwa remezo mu turere izo nzibutso zirimo, abahagarariye […]

Uganda: Umunyarwanda akurikiranweho magendu y’amahembe y’inzovu afite agaciro ka miliyari 10

Urukiko rushinzwe gukurikirana ibyaha bifitanye isano na ruswa muri kampala rwafashe icyemezo cyo gukomeza gufunga Emile Kayumba, Umunyarwanda ufungiye muri Gereza ya Luzira ukurikiranweho ubucuruzi bw’amahembe y’inzovu afite agaciro ka miliyari 10 z’Amashilingi ya Uganda. Emile Kayumba w’imyaka 62 yafashwe mu 2013 afite amahembe 832 y’inzovu afite agaciro ka miliyari 10 z’Amashilingi ya Uganda. Trending.co.ug […]

RDC/Bwito: Abapolisi bakomeje guta akazi batinya inyeshyamba

Bamwe mu bapolisi ba Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo mu duce tumwe two muri sheferi (chefferie) ya Bwito muri Kivu y’Amajyaruguru bataye akazi kabo barahunga bavuga ko bahangayikishijwe n’umutekano wabo. Biravugwa ko kuwa gatatu, itariki 10 Kanama, umupolisi umwe yataye akazi ahitwa Bwalanda nk’uko byatangajwe n’umukozi w’intara. Hakaba hari hashize icyumweru umuyobozi w’igipolisi cya Bwalanda […]

Ese Ibisi bya Huye bisobanuye iki?Nyagakecuru wahavugwaga we yari muntu ki?

Ni kenshi iyo abantu bagaruka ku mateka ya Nyagakecuru batibagirwa no kuvuga ku ijambo “Ibisi bya Huye” ibi ku bakiri bato cyangwa abataragiye bakurikirana amateka y’u Rwanda ntibazi ubusobanuro bwaryo ndetse na nyiri kwitirirwa ibyo Bisi ari we Nyagakecuru bibaza uwo ari we. Ubusanzwe Ibisi, ni uruhererekane rw’imisozi runaka iherereye mu gace runaka ariho hanakomotse […]

Abashaka impushya zo gutwara kwiyandikisha hakoreshejwe Irembo biratangira kuwa Mbere

Ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu muhanda riramenyesha abantu bose ko kwiyandikisha ku bashaka gukorera impushya zo gutwara ibinyabiziga hakoreshejwe Irembo bizatangira kuwa mbere tariki ya 15 Kanama 2016 guhera saa mbiri za mu gitondo. Ushaka kwiyandikisha akoresheje telephone igendanwa akanda *909#, ukohereza, hanyuma ugakurikiza amabwiriza. Nyuma, uhabwa umubare w’ibanga ukaba ariwo ugufasha kwishyura […]

Itangazo rigaragaza imihanda izakoreshwa ku munsi wa siporo rusange

Bimaze kuba akamenyero ko buri kwezi hazajya haba siporo rusange, aho mu Mujyi wa kigali imihanda imwe n’imwe ifungwa mu rwego rwo korohereza abakora siporo ngo bayikore badahura n’imodoka nyinshi mu mihanda zibazitira, akaba ari muri urwo rwego Umujyi wa Kigali wagaragaje imihanda izaba ikoreshwa kuri iki Cyumweru, itariki 14 Kanama mu gihe hazaba haba […]

Inzira y’ umusaraba Murangira César yaciyemo muri jenoside yatumye asohora igitabo

Murangira CĂ©sar ni umunyarwanda utuye mu Busuwisi mu Karere ka Fribourg, Yanditse igitabo yise « Sachet d’Hosties pour Cinq » (Isashi ya Ukarisitiya ku bantu batanu). Iki gitabo kivuga ku mateka Murangira yabayemo muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Akaba yakimuritse kuri uyu wa Gatanu tariki ya 12 kanama 2016. Yacyanditse mu rurimi rw’Igifaransa, umuhango […]

Loni yongeye kwikanga ko mu Burundi hashobora kuba jenoside

Akanama ka Loni gashinzwe kurwanya iyicarubuzo kasabye kuri uyu wa Gatanu taliki 12 Kanama 2016 ko mu Burundi hakorwa iperereza ku ihohoterwa n’ ubwicanyi buri gukorerwa ubwoko bumwe. Iyicarubozo rikomeje gukorerwa abanyapolitiki batavuga rumwe na Perezida Nkurunziza bo mu bwoko bw’ Abatusti by’ umwihariko rishingiye ku mpamvu za politiki nk’ uko byashimangiwena Perezida w’ Akanama […]

Lionel Messi yahindukiye ku ijambo

Nyuma yo gusezera mu ikipe y’igihugu ya Argentine akavuga ko atazongera kuyigaragaramo, Messi yatangaje ko yisubiyeho akaba ari no mu myiteguro y’amajonjora y’igikombe cy’isi ateganyijwe mu kwezi gutaha. Messi w’imyaka 29 y’amavuko, asubiye ku cyemezo cyo gusezera mu ikipe y’igihugu, nyuma y’amezi abiri asezeye mu ikipe y’igihugu y’Argentine, Albicereste, yari abereye kapiteni, aho yavuze ko […]

Umuntu wese wiciwe aha atwibutsa uruhare rwacu mu guharanira amahoro ku Isi —Dr Gerd Mueller

Umuntu wese wishwe ibisigazwa bye bikaba bishyinguye muri uru rwibutso bitwibutsa ko tugomba kugira uruhare mu guharanira kubungabunga amahoro mu Muryango Mpuzamahanga nk’uko byatangajwe na minisitiri w’ubutwererane w’u Budage, Dr Gerd Mueller. Minisitiri Mueller yagize ati:“Ubu ngubu nyuma ya jenoside mu Rwanda, amahano nk’aya ntagomba kuzongera kubaho ukundi ahandi. Tugomba kugira icyo dukora dukumira mu […]

Umujyi wa Kigali wateguye umuganda udasanzwe

Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa ibikubiye mu mihigo igamije gukomeza kwita ku isuku no kubungabunga umutekano mu mujyi wa Kigali yashyizweho umukono na Polisi y’u Rwanda n’umujyi wa Kigali mu ntangiriro z’iki cyumweru, umujyi wa Kigali wateguye umuganda udasanzwe kuri uyu wa gatandatu tariki ya 13 Kanama. Uyu muganda ukaba uzakorwa ku bushake bwa […]

Menya indoto za Kwame Nkhurumah icyo zari zigamije mu kurandura ba gashakabuhake

Kwame Nkhurumah umwe mu ntwari za Afurika watembagajwe n’abanyamerika bifuza gucengeza amatwara ya gikoroni mu baturange ba Ghana yari abereye umuyobozi. Nkhurumah ufatwa nk’intwari ya Afurika wabaye umukuru w’igihugu cya Ghana mu mwaka w’1957 mu ntambara yo kwigobotora abongereza bakoronezaga Ghana mbere y’uko abanje kuba Minisitiri w’intebe akaza kuba umukuru w’igihugu ubwo yatsindaga amatora yo […]