Abanyamakuru baturutse mu bihugu 16 basuye urwibutso rwa Kigali-Amafoto

Abanyamakuru bari bateraniye mu nama ya Africa by Radio y’Iminsi 6 yabera mu Rwanda biyemeje kubwira isi ukuri kuri Jenoside yakore Abatutsi,nuburyo basanze abanyarwanda badasanzwe. Kuri iyi Tariki ya 15 Nzeli 2016 nibwo Abanyamakuru bava mu bihugu n’imigabane itandukanye biganjemo abakora ibijyanye n’iyogezabutumwa basuye urwibutso rwa Kigali ku Gisozi aho bari baherekejwe n’abayobozi bakuru b’itorero […]

Abakoreshaga amanyanga mu igurishwa ry’ifumbire akabo kashobotse

Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi iravuga ko uburyo bushya mu micungire no gukwirakwiza inyongeramusaruro binyuze muri gahunda ya nkunganire buzafasha mu guhangana n’abinjizaga ifumbire bakanayicuruza mu buryo budaciye mu mucyo, bikaba byanatezaga igihombo kitari gito kuri leta. Nyuma yuko igikorwa cyo kwinjiza mu gihugu no kugeza ku bahinzi inyongeramusaruro/ifumbire cyeguriwe inzego z’abikorera cyagaragayemo amakosa cyane cyane ashingiye […]

Filimi Nyarwanda “Imbaraga z’ubumwe” irashyirwa hanze kuri uyu wa Gatanu

Imbaraga z’ubumwe, filimi Nyarwanda yateguwe na HINES LTD ikaba ivuga ku kamaro ko kugira ubwisungane mu kwivuza (Mituelle de santĂ©), irashyirwa hanze kuri uyu wa Gatanu tariki ya 16 Nzeli 2016. Mu kiganiro Bwiza.com yagiranye na Umuhire Ines, umuyobozi wa HINES LTD, yatangaje ko yatekereje kuri iyi filimi ku bw’igitekerezo cyo gufasha leta gukangurira abantu […]

Umukobwa ukuze ashobora gukuna akagwiza?

Abakobwa benshi bakurira mu miryango itazi umuco wo gukuna bikaba ngobwa ko bakura badakunnye cyangwa badaciye imyeyo kandi abagabo babikunda cyane. Muri iki gihe, twahisemo kubashakira igisubizo kugirango nawe mukobwa wakuze utazi ibyo gukuna ubashe gusobanukirwa bituzashimshe umugabo wawe. kuri iyi ngingo, benshi bagiye batubaza niba gukuna ukuze byakunda kuko hari benshi batagiye babona ayo […]

David Cameron na Nicholas Sarkozy bazaryozwa Kadhafi n’ abaturage bakomeje kugorwa

Raporo iherutse kuva mu Nteko Nshingamategeko y’ u Bwongereza yibasiye icyemezo cy’ uwahoze ari Ministiri w’ Intebe, David Cameron ivuga ko ingabo zabo zitagombaga koherezwa muri Libiya kurwanya Kadhafi mu mwaka w’ i 2011. Iyo raporo igira iti:” Icyemezo cya Cameron na mugenzi we Sarkozy cyagendeye ku binyoma kuko nta bimenyetso bifatika byagaragajwe niyo mpamvu […]

Karongi: Abagabo 4 bafashwe bacukura gasegereti mu buryo bunyuranyije n'amategeko

Abagabo bane bafashwe na Polisi y’u Rwanda mu karere ka Karongi ku itariki 13 Nzeri bacukura Gasegereti mu buryo butubahirije amategeko mu gishanga kiri mu kagari ka Gitabura, ho mu murenge wa Twumba. Hafashwe Bangamwabo Martin, Nkurikiyinka Marc, Manirafasha Jotham na Nsekanabo Thomas, bakaba bafungiye kuri Sitasiyo ya Polisi ya Twumba mu gihe iperereza ku […]

Urwenya: Seka kuko ni ingenzi

Abagabo babiri bari bicaye hafi y’ ingo zabo baganira bisanzwe, ni uko umwe abwira mugezi we ati:” Mfite umwana w’ ikigoryi nibaza ko nta wundi umeze nkawe nari nabona” Mugenzi we nawe , amusubiza ati:”Reka reka kandi winumire , uwo wawe ntiyaruta uwanjye ubugoryi reka nze mu mwanya muto mbikwereke”. Aba ahamagaye umuhungu we witwa […]

DRC: Umunyapolitiki Vital Kamerhe yifuza ko Perezida Kabila arekura atamennye amaraso

Perezida w’ishyaka UNC (Union pour la nation congolaise), Vital Kamerhe yatangaje ko bakwiye gukora ibishoboka byose Perezida Joseph Kabila agahabwa umwanya wo kuva ku butegetsi nta maraso n’amwe amenetse. Ibi bibaye mu gihe hashize iminsi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) hari ibiganiro bihuza abayobozi b’amashyaka n’izindi nzego mu gihugu, bagamije gushaka igihe amatora […]

Vestine, umukobwa ukora mu rugo ushaka umukunzi

Nitwa Vestine nkora mu rugo shaka umusore ufite urukundo w’inzobe cyangwa wi’mibiri yombi ufite akazi udafite umwana cyangwa abe yarigeze umugore kandi wakwemera gusezerana kandi tukakundana imyaka 2 tukabona gusezerana, ufite 1m75cm nanjye mfite 1m65cm, ufite ibiro 65 kugeza 85 nanjye fite73 ndirabura ariko si cyane utujuje ibyo ntiyirirwe ampamagara! murakoze nomero nanjye ni 0722477500/0723577500. […]

Perezida Museveni yizihije isabukuru y'imyaka 72 y’ amavuko

Kuri uyu wa Kane taliki ya 15 Nzeli 2016, nibwo Perezida Yoweri Kaguta Museveni yijije isabukuru y’ imyaka 72 y’ amavuko. Museveni w’ imyaka 72 y’ amavuko yabaye Perezida wa Uganda kuva ku ya 29 Mutarama 1986 nk’ uko bitangazwa n’ Ibiro bye. Gusa n’ ubwo Itegekonshinga rya Uganda ritemera ko manda za perezida zirenga […]

Ahatari umutekano nta mibereho myiza iba ihari- Mayor Monique Mukaruliza

Hatangizwa ukwezi kw’imiyoborere mu mujyi wa Kigali , umuyobozi w’umujyi wari umushyitsi mukuru muri uwo muhango waberaga muri Muhima, mu kiganiro yagiranye n’abaturage yabibukije ko nta mutekano bafite n’imibereho yabo itaba imeze neza, abasaba kuwubungabunga umwe akaba ijisho rya mugenzi we n’iry’ibye cyangwa ibya Leta. Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 14 Nzeli 2016, ubwo […]

USA: Perezida Kagame niwe uzayobora ibiganiro by’ inzobere mu iterambere

Ubunararibonye n’ amateka bya Perezida Paul Kagame byatumye atumirwa kuzatanga ikiganiro gisanzwe gitegurwa n’ Ikigega Mpuzamahanga cya Coca-Cola, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku wa 20 Nzeli 2016. Iki kiganiro ngarukamwaka kizakurikiranwa n’ abantu benshi kizatangira sa Kumi n’ igice z’ umugoroba ku bufatanye n’ ikigo cy’ ubushakashatsi mpuzamahanga cyitiriwe Whitney na Betty MacMillan. […]

Gicumbi: Ubuyobozi bwiyemeje gukemura ibibazo by’abaturage bubasanze aho batuye

Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 14 Nzeli 2016, mu murenge wa Rushaki ubwo abayobozi b’akarere ka Gicumbi basuraga abaturage baho, babatangarije ko biyemeje kuzajya bujya kubakemurira ibibazo bubasanze mu ngo. Umuyohozi w’akarere ka Gicumbi, Mudaheranwa Juvenal kimwe na vice mayor ushinzwe ubukungu n’iterambere, Muhizi Jules Aimable hamwe n’abandi bayobozi, bagiye bagaruka kuri iyi ngingo […]

Ihurizo : Ese Gen.Niyombare ariho? Cyangwa yarishwe?

Nyuma y’ aho mu Burundi Gen. Adolphe Nshimirimana yiciwe, col. Bikomagu Jean akicwa ndetse n’ Umugaba Mukuru wa FDN Gen. Maj Prime Niyongabo akarusimbuka ntihagire igitangazwa, abantu batandukanye bakomeza kwibaza irengero rya Gen. Niyombare bikababera ihurizo. Mu mpera z’ umwaka w’ i 2015, byagiye bivugwa ko Gen.Niyombare kimwe na Adolphe Nshimirimana na Col. Jean Bikomagu […]

CECAFA: Amavubi y’ abagore yasezerewe na Ethiopia

Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru y’abagore yasezerewe mu irushanwa rya CECAFA nyuma yo gutsindwa na Ethiopia 3-2. Mu mukino wabaye ku wa Gatatu kuri Stade y’Ikigo cya tekiniki cy’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Uganda (FUFA Technical centre), u Rwanda rwatsindiwe na DorothĂ©e Mukeshimana ku munota wa 45 na Sifa Gloria Nibagirwe ku munota 68, naho Ethiopia itsindirwa […]

Bujumbura: Uburenganzira bwa muntu bukomeje kubangamirwa-FDHI

Abakurikiranira hafi politiki y’ u Burundi bavuga ko uko iminsi igenda yicuma ni nako uburenganzira bwa muntu bukomeza guhungabanywa bitewe n’ ihohoterwa ndetse n’ iyicarubuzo bikorerwa abanyapolitiki ndetse n’ abaturage batifuza ingoma ya Perezida Pierre Nkurunziza. Umuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bwa muntu, FDHI utangaza ko kubona VISA kugira ngo winjire mu Burundi bisigaye bifata iminsi […]

Ese kirazira ko Mu Rwanda bimwe mu bikorwa remezo byahabwa amazina y'abantu bazwi mu mateka?

N’ubwo ntari inzobere mu mateka y’isi n’abayituye ariko nyakurikiranira hafi. Ukunze kumva umuntu yihanukiriye ati ; “Ariko isi we “! Ukamubaza uti ese isi ni iki ? Isi n’ibiyigaragiye rero tubonamo abantu n’ibindi biremwa byaba ku isi nyir’izina , byaba ibigize isanzure nk’ibiyimurikira nk’izuba , imibumbe n’ukwezi n’ibindi . Mu nyanja naho kandi n’inzuzi tuhasanga […]