Musore,dore inama wakurikiza ugakundwa n’igitsinagore

Muri sosiyete tubayemo , usanga abasore bifuza gukundwa n’abakobwa cyangwa abagore ariko bigahira bamwe abandi ugasanga ntibibakundiye bitewe n’impamvu runaka akenshi batiyiziho, nyamara hari inama bashobora gukurikiza bakigarurira imitima yari yarabataye ishyanga. N’ubwo hari abasore cyangwa abagabo bisanga bafite igikundiro aho bageze hose biteye n’imiterere cyangwa imimerere yabo, hari abo usanga batabyaza ayo mahirwe umusaruro, […]

Bashyize ingurube ku nteko ishingamategeko mu kwerekana umururumba w’abadepite

Abadafite akazi bo mu gihugu cya Uganda bitwaje ibibwana by’ingurube mu gikorwa cyo kwigaragambya cyabaye kuwa 15 Nzeri 2016 babisiga ku biro by’inteko ishingamategeko y’iki gihugu bagamije kugaragaza ko abagize inteko ishingamateko ari abanyamururumba. Polisi y’iki gihugu yatangaje ko yafashe Ferdinand Luta na Joseph Mubiru n’abandi bari bafatanyije mu kujugunya ibibwana bigera ku icumi ku […]

Nyabugogo: Kwishyura ukoresheje ikarita muri bus byagereranyijwe n’ibiryabarezi

Amarira, agahinda no kwivovota nibyo byarangaga bamwe mu bagenzi batega imodoka kuva Gatsata na Kimisagara zerekeza muri gare yo mujyi wa Kigali, nyuma yo kubashyiriraho uburyo bwo kwishyura ukoresheje ikarita y’urugendo ya Tap and Go , bamwe bakaba babugereranyije n’Ibiryabarezi. Ibi bikaba byabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 16 Nzeli 2016, […]

Umugabo aratabariza Inzoka ishaka kumusambanya

Mu gace ka Sogola mu gihugu cya Zimbabwe, umugabo yatabaje abaturanyi be ngo bamufashe kwicha no gutwika inzoka babanye igihe kirekire, ikaba yaramusambanyirizaga umugore ndetse n’umukobwa bakiriho none ikaba ishaka kumusambanya nawe ubwe. Uyu mugabo uzwi ku izina rya Amos Mnkandla avuga ko iyo nzoka nyuma yo kujya isambanya umugore we n’umukobwa we aribwo bapfuye, […]

Imvura y’amahindu yahitanye abantu 7 mu majyepfo y’u Bushinwa

Umuyaga ukomeye wahawe izina rya Meranti wibasiye amajyepfo y’Iburasirazuba bw’u Bushinwa n’igice cya Taiwan kuva ejo kuwa 15 Nzeri 2016, umaze guhitana abagera ku munaniunangiza ibikorwaremezo bitandukanye ndetse hari n’abandi benshi baburiwe irengero. Uyu muyaga ukaze wateje impanuka zitandukanye unahagarika ingendo nyinshi z’indege na gariyamoshi zateganyaga kwerekeza muri aka gace. Minisitiri wimibereho myiza y’abaturagi mu […]

Shanita, umuhanzi ukizamuka ashobora gupfa nyuma yo gukuramo inda

Shanita Namuyimbwa Bad Black umuhanzi ukizamuka muri Uganda atewe impungenge n’uko ashobora gutakaza ubuzima nyuma yo gukuramo inda akubiswe n’uwahoze ari umukunzi we. Amakuru agera kuri Bigeye, avuga ko Bad Black usanzwe akorera umuziki we mu gihugu cya Uganda,yakubiswe n’uwahoze ari umukunzi we kugeza ubwo avuye amaraso menshi agakurizamo gukuramo inda. Mu gitondo cyo kuri […]

Ese yaba ari Gen Prime Niyongabo urimo gutegura coup d’Etat yo kuvanaho Nkurunziza?

Nyuma y’igerageza rya Coup d’Etat yo ku wa 13 Gicurasi 2015, yo guhirika ku butegetsi Perezida Nkurunziza w’u Burundi, umwaka urenga wari ushize none kuri ubu inkuru zikomeje gucicikana ko harimo gutegurwa indi. Amakuru ava mu gisirikare cy’u Burundi, ni uko ubu harimo gukorwa umukwabo bamwe mu basirikare bakekwa bagatabwa muri yombi, nyuma y’uyu mwuka […]

Batatu batawe muri yombi bakekwaho gutwikira umusore mu itanura kugeza akongotse

Gakuru Daniel w’imyaka 22 ukomoka mu karere ka Muhanga yatwikiwe mu itanura ry’umuriro arashya arakongoka nyuma yo gutwika n’abagizi ba nabi bataramenyekana mu ijoro ryo kuwa kane ahagana saa mbili z’umugoroba. Uyu musore ukomoka mu kagari ka Ruli mu murenge wa Shyogwe biravugwa ko yaba yatwitswe n’abakoraga kuri iryo tanura nubwo inzego zibishinzwe zitaremeza abihishe […]

Ese umugambi wa ISIS wo gutsinsura amatorero ya Gikristu izawugeraho?

Shiraz Maher witandukanyije n’umutwe wiyitirira Leta ya Kisilam, aherutse gutangaza ko uyu mutwe ufite umugambi wo kurimbura amatorero ya Gikristu iyo ava akagera. Uyu mugabo witandukanyije na ISIS yabwiye Charsima News ko yahamije ko uyu mutwe ufite intego yo kuzimya amadini ya Gikristu kuko ibyo yigisha ngo bihabanye kure n’ibyo uyu mutwe ushaka. Hagendewe ku […]

Inkotanyi zatsinze FAR kuko politiki itajyanaga n’igisirikare- Gen Rwarakabije

N’ ubwo ubuyobozi bukuru bw’ ingabo za FPR/ Inkotanyi bwari bugizwe n’ abagabo bafite ubunararibonye ku ntambara bitewe no kumenyera ntibyari bihagije kugirango basenye ingabo za Habyarimana kuko zari zarahuguwe bihagije. Umwe mu basirikare bakuru ba FAR ndetse wakurikiraga urugamba, Maj. Gen Rwarakabije yagiye asobanura ko icyatumye batsindwa byatewe n’uko igisirikare cyari ukwacyo na politiki […]

Kamonyi: Abaturage b’umurenge wa Ngamba bagiye kubakirwa Umudugudu w’icyitegererezo

Mu muhango wo gutangiza ukwezi kwahariwe imiyoborere ku rwego rw’akarere ka Kamonyi ku mugoroba wo kuwa gatatu tariki 14 Nzeri 2016, ubuyobozi bw’akarere bwijeje abaturage b’umurenge wa Ngamba ko bagiye gutunganyirizwa Umudugudu w’icyitegererezo. Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi Aimable UDAHEMUKA aganira n’abaturage b’umurenge wa Ngamba, Akagari ka Marembo ku munsi wo gutangiza ku mugaragaro ukwezi kw’imiyoborere […]

Ni “wowe” Imana ikeneye ntabwo ikeneye “twebwe”

“Umuntu niyibwira ko ari ikintu kandi ari nta cyo ari cyo, aba yibeshye. Ibyiza ni uko yakwisuzuma mu murimo we ubwe, kuko ari bwo azabona icyo yirata ku bwe, atari ku bwa mugenzi we, kuko umuntu wese aziyikorerera uwe mutwaro.” ( Abagalatiya 6:3-5) Aha turabonamo abantu babiri: Wowe ( umurongo wa 3) Mugenzi wawe ( […]

Ese wari uziko hari abantu batemerewe kujya muri Sauna? Ese abo ni bande?sobanukirwa

Abantu benshi usanga iyo bumva umubiri wabo uremerewe ukaba utameze neza, bahitamo kugana Sauna ngo ibafashe kumererwa neza, nyamara ntibamenye ko hari ibyo bagomba kwitondera. Abanga mu by’ubuzima bavuga ko kugirango ugane Sauna, nibura ugomba kuba ufite ububasha uhabwa na muganga igihe urwaye indwara runaka yakwibasiye. Izi nzobere mu by’ubuzima by’umwihariko mu kugorora umubiri kandi, […]

Urukiko mpuzamahanga mu nzira zo gukurikirana abangiza ibidukikije

Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rukorera mu Buhorandi (ICC) rwari rumenyereweho gukurikirana abanyapolitiki bakoze ibyaha byibasira inyokomuntu n’ibyaha by’intambara ruratangaza ko rugiye gutangira gukurikirana abayobozi n’abandi bose bagira uruhare mu mikoreshereze mibi y’ubutaka no kwangiza ibidukikije mu buryo bushobora guteza ibyago abaturage. Ibi byatangajwe n’ubushinjacyaha bw’uru rukiko kuwa kane 15 Nzeri 2016 ko rugiye kwita cyane ku […]

Kiyovu Sports yishimiye ko itatsinzwe kibwa

Umukino wahuje Kiyovu Sports na Vita Cleb kuri uyu wa Kane taliki 15 Nzeli 2016, umutoza Kanamugire Aloys yivugiye ko ikipe ya Kiyovu yishimiye ko itatsinzwe kibwa. Ibi yabigarutseho mu kiganiro n’itangazamakuru, aho yemeje ko n’ubwo batsinzwe babashije kwigaragaza ku buryo bukomeye, bitandukanye n’uko abantu bajyaga bavuga ko iyi kipe yarangiye. Muri uyu mukino wa […]

Rubavu: Abaturage ntibishimiye kugira kizimyamoto imwe mu ntara yose

Nyuma y’inkongi yibasiriye inzu y’umuturage (Habonintwali Silas) igashya igakongoka, Abaturage mu mujyi wa Gisenyi ho mu karere ka Rubavu baravuga ko batewe impungenge no kutagira imodoka zizimya umuriro izi zizwi ku izina rya kizimyamoto zihagije kuko mu ntara yose y’Uburengerazuba hari kizimyamoto imwe. Iki kibazo bakigaragaje nyuma y’impanuka y’inkongi y’umuriro yabaye mu ijoro ryo ku […]

Burundi: Umusirikare w’u Burundi yapfiriye mu biro by’iperereza

Igipolisi cy’u Burundi cyatangaje ko umusirikare w’u Burundi, adjudant Eddy Claude Nyongera yapfiriye mu biro by’iperereza nyuma yo gufatwa akorerwaho iperereza ku byaha yakekwagaho. Amakuru atangazwa na OP1 Pierre Nkurikiye, umuvugizi w’igipolisi cy’u Burundi avuga ko uyu musirikare yafashwe mu gitondo cyo ku wa Kane tariki ya 15 Nzeli, ashinjwa guhungabanya umutekano w’igihugu. Akomeza avuga […]

Mahama: Impunzi z'Abarundi zakanguriwe kwirinda ibyaha

Impunzi z’Abarundi ziri mu nkambi ya Mahama iherereye mu karere ka Kirehe, zahawe ikiganiro na Polisi y’u Rwanda ku italiki ya 14 Nzeli, kikaba ari ikiganiro cyashishikarije izi mpunzi kwirinda ibiyobyabwenge, kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina , icuruzwa ry’abantu, kubungabunga ibidukikije n’ibindi byaha , haba mu nkambi ndetse no hafi yaho. Ni ikiganiro bahawe n’umuyobozi […]

Umunsi Indege ya Perezida Habyarimana ihanurwa yari afite impungenge

Iyi ntero yagiye ishimangirwa cyane na Enoch Ruhigira wari Umunyamabanga Mukuru u Biro bya Perezida Juvenal Habyarimana mbere y’ uko indege yari umuzanye we na bagenzi be bavuye i Dar es Salaam muri Tanzania. Enoch Ruhigira yatangaje ko ku italiki 5 Mata ndetse no mu gitondo ku italiki ya 6 Mata 1994, Habyarimana yamuhamgaye ndetse […]

Abayobozi b’itorero rya ADEPR baragira inama ababasebya bitwaje ko babuze amakuru kandi amarembo afunguye

Abayobozi b’itorero rya ADEPR barasaba uwariwe wese wumva yasebya abayobozi b’itorero abeshya ko yabuze amakuru ko amarembo afunguye ko hari uburyo bwose wabonamo amakuru yose akenewe ku itorero n’abayobozi baryo. Ikiganiro cyatambutse kuri Radio ya hano mu Rwanda kuri uyu wa kane tariki 15 Nzeli 2016 cyatumye itorero rya ADEPR ribwira abarisebya ko ukuri kuzatsinda […]