Intumwa yâAmerika mu biyaga bigari nayo yashinje u Rwanda gutoza abarwanya Nkurunziza
Umwe mu bayobozi b’ Amerika bakuru yagaragaje impungenge zâuko ibirego u Rwanda ruregwa nâu Burundi byaba bifite agaciro, Intumwa ya Amerika mu bihugu byâibiyaga bigari, Thomas Pierriello, kuri uyu wa gatatu yatangarije Abasenateri ba Amerika i Washingiton ko hari ibihamya bifatika bishinja u Rwanda gutoza no kwinjiza mu mitwe ya gisirikare impunzi zâAbarundi bari mu […]
Ibihugu byâAfurika byangiye Loni kubikoramo ubushakashatsi ku burengazira bw'abatinganyi
Nyuma yâuko Umuryango wâAbibumbye agashami kita ku burenganzira bwa muntu kohereje umwe mu nzobere mu bijyanye nâimibanire prof. Vitit Muntarbhorn ukomoka mu gihugu cya Thailand, kureba ibibazo byugarije abaryamana bahuje ibitsina hirya no hino ku isi, ibihugu byâAfurika biri muri uyu muryango byasabye ko uyu mushakashatsi atazahagera kuko ntacyo azaba aje kwigisha. [ad id=”44145″] Ku […]
Ntibisanzwe! Umusilamukazi wo muri Al Qaeda yakiriye Yesu imbunda ayisimbuza Bibiliya
Ijambo ryâImana rikomeje gukora ibitangaza mu barwanya leta ya Syria kuva aho aba bo mu idini ya Islam bari kwakira agakiza bagashinguka mu ntambara zâurudaca bashorwamo nâiri dini, kuri ubu hagezweho inkuru yâumugore Umusilamukazi wo mu barwanyi bo mu mutwe wa Al Qaeda aherutse gutangaza ku mugaragaro ko ahagaritse intambara, yiyegurira Yesu Kristo nyuma yâuko […]
Kenya yafunze impuzi zâabanya-Somalia zavaga Uganda
Impunzi zâAbanya-Somalia zigera kuri 22 zaturukaga muri gihugu cya Uganda zifungiye ku mupaka wa Kenya na Somalia, Kenya ikaba izishinja kwinjira ku mupaka mu buryo butemewe nâamategeko. Izi mpunzi 22 zirimo abagore 6 nâabagabo 16 bafungiwe kuri sitasiyo ya Lokiriama muri Kenya, ubwo bageragezaga kwambuka ngo basubire mu gihugu cyabo. Nkâuko bitangazwa nâuhagarariye sitation ya […]
âKuri ubu ingo nyinshi zubatse ku manegekaâ imyitwarire ya bamwe mu bagore iranengwa
Mu gihe u Rwanda rushimirwa nâamahanga ku gushyigikira uburinganire nâubwuzuzanye ndetse byâumwihariko iki gihugu kikaba kiza mu byambere biha ijambo abâigitsina gore, bamwe mu bagore ubu baravugwaho kwitwaza ubu burenganzira bakabangamira abagabo ndetse hamwe na hamwe abagabo bagahitamo no guta ingo zabo . Bamwe mu bagabo baganiriye na bwiza.com bavuga ko kuri ubu umugore asigaye […]
Habonetse agakingirizo gashobora gutuma abantu batabyaraga babona imbyaro
Abashakashatsi mu bijyanye nâimyororokere mu gihugu cyâu Bwongereza, bashyize ahagaragara agakingirizo bahaye izina rya KIT. Aka gakingirizo kavumbuwe mu mwaka wa 2014, muri iki cyumweru dusoje nibwo kemejwe nâabashakashatsi ku mugaragaro. Aka gakingirizo gafite ubushobozi bwo gutuma imiryango yabuze urubyaro irubona, kuko gakoranye ubuhanga butuma kabyutsa intanga ngore mu gihe arizo zigfite ikibazo, cyangwa nâintanga […]
Royon Sport yageze ku mwanya wa mbere byâagateganyo, uko umunsi wa kane wagenze
Mu gihe imikino ya AZAM Premier League ikomeje ku munsi wa kane, ikipe yâi Nyanza yaraye inyagize Marine FC yâi Burengerazuba ifata umwanya wa mbere byâagateganyo mu gihe hategerejwe umukino wa nyuma wok u munsi wa kane urahuza ikipe ya Sunrises na Pepiniere kuri iki cyumweru. [ad id=”44145″] Sunrise niramuka itsinze uyu mukino irahita yâisubiza […]
USA: Abashinzwe umutekano bikanze umwicanyi bahubuza Trump aho yatangiraga ijambo (Reba Video)
Mu ijoro ryo kuri uyu wa gatandatu, Donald Trump yahubujwe imbere yâabamushyigikiye mu buryo butunguranye ubwo yatangaga ijambo muri Reno muri leta ya Nevada . Abantu benshi bari begereye aho uyu mukandida wâumurepubulicain yari ari gutangira ijambo bemeje ko hari umugabo wari witwaje intwaro wari uri kwegera aho Trump yatangiraga ijambo. [ad id=”44145″] Abashinzwe umutekano […]
USA: Donald Trump na Hillary Clinton bari kwiyamamaza bwa nyuma
Abakandida Hillary Clinton na Donald Trump bahataniye kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika bakomeje ibikorwa byo kwiyamamaza kuri uyu wa Gatandatu mu gihe hasigaye iminsi ibarirwa ku ntoki ngo amatora atangire. [ad id=”44145″] Kuri uyu wa gatandatu, Donald Trump uzaba uhagarariye ishyaka ryâabarepubulikani, yiyamamarije muri Carolina yâAmajyaruguru, Florida, Colorado na Nevada, ndetse anagera akanya gato […]
Rubavu ku isonga mu baturage bishimiye imiyoborere mu Ntara y'Iburengerazuba – Ubushakashatsi
Ikigo cyâigihugu cyâimiyoborere(RGB) kuri uyu wa kabiri, cyagaragaje ubushakashatsi bwakozwe ku ishusho yâuko abaturage babona imitangire ya serivisi mu nzego zâibanze. [ad id=”44145″] Ni mu nama yayobowe na Guverineri wâIntara yâIburengerazuba, Bwana Munyantwali Alphonse ari kumwe nâumuyobozi mukuru wungirije wa RGB, Dr. Usengumukiza FĂ©licien, aho hamuritswe, âCitizen report cardâ ni ukuvuga ubushakashatsi bukorwa buri mwaka […]
Ntabwo ntewe ubwoba no gufungwa â Jacob Zuma
Ubwo yagaragaraga mu ruhame bwa mbere kuva yatangira gukorwaho iperereza ku birego bya ruswa ashinjwa, perezida Jacob Zuma wa Afurika yâEpfo yabwiye abamushyigikiye kuri uyu wa Gatandatu ko adatewe ubwoba no gufungwa kuko ngo yigeze no gufungwa mu gihe cyâIvanguraruhu (Apartheid). [ad id=”44145″] Umushinjacyaha wa leta muri raporo yashyize ahagaragara mu cyumweru gishize yavuze ko […]
Kinshasa: Igipolisi cyaburijemo imyigaragambyo y'abatavuga rumwe n'ubutegetsi
Igipolisi cya Congo cyaburijemo imyigaragambyo yari yateguwe nâabatavugarumwe na leta kuri uyu wa Gatandatu mu murwa mukuru wa Republika iharanira Demokarasi ya Congo, Kinshasa nk’uko cyari cyabisezeranyije mbere. [ad id=”44145″] Iyo myigaragambyo yari yateguwe nâabarwanashyaka ba Etienne Tshisekedi, uyoboye ihuriro rihuriyemo amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi. Tshisekedi yari yateguye ikoraniro rikomeye cyane, kandi yari yaciye ukubiri […]
Ngoma: Abaturage barinubira amashanyarazi ahenze bahawe atagira icyo abamarira
Abaturage bo mu kagari ka Karenge, umurenge Jarama bavuga ko umuriro wâamashanyarazi bahawe ntacyo ubamariye uretse kubahombya, kuko ngo bawutangaho ikiguzi cyâamafaranga menshi kandi nta musaruro ufatika bawubyaza. Aba baturage bakaba bavuga ko bamaze amezi 3 bashishikarijwe gukoresha amashanyarazi ya âMeshPowerâ. [ad id=”44145″] Kuyahabwa byasabaga umuturage gutanga amafaranga ibihumbi 5 byâifatabuguzi, hanyuma agahabwa amatara 2-3 […]
Intumwa zo muri Repubulika ya Santarafurika zashimye serivisi za Isange One Stop Centre
Intumwa umunani zo muri Repubulika ya Santrafurika zikora muri Minisiteri yâimibereho myiza yâabaturage nâubwiyunge, ku itariki 4 Ugushyingo zasuye ishami rya Isange One Stop Centre rya Kacyiru kugira ngo barebe kandi bigire ku mikorere yâiki Kigo nkâuko byatangajwe nâuwari uziyoboye, Dr Ephrem Kosh Komba. [ad id=”44145″] Bahageze bakiriwe nâUmuyobozi wa Laboratwari ya Polisi yâu Rwanda […]