USA: Umusaza w’imyaka 87 aravugwaho kubyara abana 1300 hirya no hino

Umusaza w’imyaka 87 yaje kwemezwa ko yabyaye abana bagera ku 1300 mu gasozi nyuma y’iperereza ryakozwe n’ukora iperereza wigenga (Private Detective) wahawe akazi n’umuryango wo muri Tennessee muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika agashyira uku kuri kwatunguye abatari bacye ahagaragara. Iperereza ryakozwe ngo ryegeranyije samples za DNA zibarirwa mu bihumbi n’ubuhamya butandukanye mu gihe cy’imyaka […]

Riek Machar yabyinanye insinzi na Trump amuregera perezida wa Sudani y’epfo

Umukuru w’inyeshyamba zitavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Sudani y’epfo, Dr. Riek Machar yohereje ubutumwa bwo kwishimira insinzi Donald Trump watorewe kuyobora leta zunze ubumwe z’Amerika; anaboneraho kumutungira agatoki mugenzi we bayoboranaga Sudani y’epfo Salva Kiir. Nyuma y’aho Donald Trump atangarijwe nka perezida wa 45 wa leta zunze ubumwe z’Amerika; abayobozi batandukanye ku isi biganjemo abakuru b’ibihugu […]

FERWABA yakubye kabiri amafaranga fatizo mu igurwa ry’abakinnyi

Ishyirahamwe ry’umukino wa Basiketi mu Rwanda riratangaza ko kuri ubu ikipe yose izitabira Shampiyona ya Basiketi izasabwa gutanga amafaranga miliyoni kuri buri mukinnyi wese izagura wo kuyikinira muri season ya 2016/2017. Ibi byatangarijwe mu nteko rusange itegura season 2016/2017 yabereye kuri sitade amahoro ku cyumweru gishize. Umuyobozi wa FERWAFA, Mugwiza Desire ubwo yasobanuraga impampu yiri […]

“Boko Haram ni abana beza” ibyatangajwe n’abakobwa yari yarashimuse

Abakobwa 21 baherutse kurekurwa mu bari barashimuswe n’inyeshyamba za Boko Haram aho bigaga mu ishuri rya Chibok ubwabo batangaje ko inyeshyamba za Boko Haram zabitwayeho neza ku buryo batari biteze. Nta hohoterwa rishingiye ku gitsina, gufatwa ku ngufu cyangwa ubundi bugizi bwa nabi bigeze bakorerwa n’aba barwanyi mu gihe kigera ku myaka 2 n’igice bamaze […]

Ese Madonna wari wavuze ko abazatora H.Clinton azabahemba kuryamana nawe, ubu yaba amerewe ate?

Nyuma y’intsinzi ya Donald Trump, bamwe bakomeje kwibaza uko bamwe mu bahanzi bo muri USA bamerewe mu gihe bamwe bari bizeye ko H. Clinton ari we uri buyegukane. Umuhanzikazi Madonna w’imyaka 58 y’amavuko yari yatangaje imbere y’imbaga y’abafana ko buri wese uzatora Clinton azamuhemba kuryamana nawe, bagakorana imibonano yo mu kanwa. [ad id=”44145″] Si ibi […]

Perezida Kagame yashimiye Donald Trump ku bw’intsinzi ye yo kuyobora USA

Mu gihe abayobozi b’ibihugu bitandukanye bakomeje gushimira Donald Trump ku bw’intsinzi yo kuyobora Leta zunze ubumwe za Amerika yegukanye, na Perezida Paul Kagame yamushimiye ndetse anakomoza ku mubano mwiza n’iki gihugu agiye kuyobora. Abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter mu rurimi rw’icyongereza, ugenekereje mu Kinyarwanda Perezida Kagame yagize ati: “ Amashimwe kuri Donald Trump ku […]

Ibihugu 3 mu karere biravugwa mu busahuzi bwa zahabu ya Congo

Radio Mpuzamahanga y’Abafaransa, RFI, iherutse guhishura ku Cyumweru gishize ubutekamutwe buvanze n’ubujura bwa zahabu bivugwamo, uwahoze akuriye umutwe w’igipolisi ushinzwe kurwanya imyigaragambyo mu Burundi, Col Uwamahoro, inzego z’ubutasi z’u Burundi ndetse n’abacuruzi bo mu Burasirazuba bwo Hagati n’imitwe yitwaje ibirwanisho ikorera mu burasirazuba bwa Congo. Hatunzwe kandi urutoki ibihugu bitatu byo mu karere, ariko n’u […]

Intumwa za ECCAS ziri kumenyekanisha ibikorwa by’uyu muryango mu Rwanda

Kuva ku wa 5 Ugushyingo kugeza ku wa 9 Ugushyingo 2016, Intumwa zivuye mu muryango w’ubukungu bw’ibihugu by’Afurika yo hagati (ECCAS) ziri gusura inzego zitandukanye mu rwego rwo kumenyekanisha ibikorwa by’uyu muryango banashishikariza abanyarwanda kwitabira uyu muryango. Izi ntumwa za ECCAS (Economic Community of Central Africa States) zije mu Rwanda kumenyekanisha ibikorwa by’uyu muryango nyuma […]

Kigali: Urukiko rwasubitse urubanza Maj. Rugomwa aregwamo kwica umwana

Nyuma y’iminsi 30 Maj. Dr Rugomwa na mugenzi we Nsanzimfura Mamerito bafunze hategerejwe ibizava mu iperereza ku cyaha baregwa cy’umufatanye mu kwica umwana w’umuhungu witwa Theogene Mbarushimana, urukiko rukuru rwa gisirikare rwa Nyamirambo rwasubitse uru rubanza. Maj. Dr Rugomwa Mupenzi Aimable mu rubanza ruheruka, yari yahakanye ko yishe uriya mwana yabigambiriye ahubwo ko yitabaraga aziko […]

Gisagara: Abana bafite ubumuga bagiye gushyirwa mu mashuri

Kuri uyu wa kabiri 08/11/2016, ku bufatanye bw’Akarere ka Gisagara n’Inama y’Igihugu y’abantu bafite ubumuga (NCPD/JICA), ku biro by’Akarere habereye inama yahuje NCPD/JICA n’Umuyobozi ushinzwe imirimo rusange mu Karere, Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Imirenge, Umuyobozi w’ishami ry’Iterambere ry’imibereho myiza, abakozi bashinzwe uburezi ku Karere n’Imirenge, abahuzabikorwa b’inama y’igihugu y’urubyiruko mu mirenge, bagezwaho ibyavuye mu ikusanyamakuru ryakozwe ku […]

Perezida Nkurunziza w’u Burundi niwe wabaye uwa mbere yifuriza intsinzi Donald Trump

Mu gihe amatora atari yarangira muri Leta zunze ubumwe za Amerika ariko bikaba bigaragara ko Donald Trump ari we wegukanye intsinzi y’ugiye kuba perezida, Perezida Nkurunziza w’u Burundi abaye perezida wa mbere uyimwifurije. Abicishije ku rukuta rwe twa Twitter, Perezida Nkurunziza yagize ati: “Bwana, Donald Trump, mu izina ry’abaturage b’u Burundi, tubanje kubashimira, intsinzi yanyu […]

Dore amwe mu mafoto y’ibihe byaranze Trump na Clinton kuva mu bwana bwabo

Mu gihe ibihugu bitandukanye hirya no hino ku isi byari bimaze igihe bitegereje ibizava mu matora y’ugomba kuyobora Leta Zunze ubumwe z’Amerika, kugeza ubu amahirwe menshi yamaze guhabwa Donald Trump mu matora yo kuri uyu wa 2 tariki ya 8 Ugushyingo 2016. [ad id=”44145″] Nk’uko rero byagiye bigaragara mu myiyamamarize y’aba bakandida 2, donald Trump […]

Ni Diane, umukobwa ushaka umusore bakundana (Fungura ubone umwirondoro we)

Nanjye ndasaba umukunzi mfite imyaka 28 narangije kaminuza, ndi imibiri yombi ndashaka umukunzi w’umuhungu ufite imyaka hagati ya 33_37 wize kaminuza kandi ufite icyo akora kandi ukijijwe ufite gahunda yo kurushinga twumvikane umuntu utujuje ibyo ntiyirirwe anyandikira ,ufite gahunda anyandikire kuri email uwasediane153@gmail.com. [ad id=”44145″] Niba nawe ushaka umukunzi twandikire ubutumwa bwawe kuri iyi Email: […]

Abasore batandukanye bashaka abakunzi (fungura ubone imyirondoro)

Nitwa Muhire J.Pierre Ndashaka Umukunzi, Agomba Kuba Afite Uburebure Buhagije, Ari Inzobe Cg Isine, Agomba Kuba Ari Hagati ya 25 Na 30 Years. agomba kuba ari seriours and sure to fallen in true love. Email : barekerolabe3@yahoo.com Amahoro je nifuza umukobwa afise inzobe canke wutubiri twompi; atonze cane. yize kandi akora akazi. atarenza 30 ans. […]

USA: Donald Trump niwe wegukanye intsinzi mu matora y'umukuru w'igihugu

Mu gihe hasigaye intara zitarenze 5 amajwi yavuye mu matora ataragaragazwa, bisa nk’aho byarangiye Donald Trump ari we wegukanye intsinzi mu matora ya perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangiye kuri uyu wa Kabiri, itariki 08 Ugushyingo 2016, aho amaze kugira amajwi 276 mu gihe Hillary Clinton afite amajwi 218. Iyi rero ikaba ari […]

Zimwe mu nzibutso za Jenoside zigiye gushyirwa mu bigize umurage w’isi

Taliki ya 15 Kamena 2012 nibwo UNESCO yemeje ko inzibutso za Jenoside zirimo urwa Kigali ruri ku Gisozi, Murambi, Nyamata na Bisesero, zishyirwa mu murage w’isi byagateganyo mu gihe hari hategerejwe ko igihgu cy’u Rwanda kibyemera, kuri ubu Komisiyo y’igihugu yo kurwanya Jenoside yatangiye kwiga uburyo ibi byashyirwa mu bikorwa bitarenze mu mwaka wa 2018. […]

Nigeria: Abiyahuzi bataramenyekaya bahitanye abasaga 36 bacukuraga amabuye y'agaciro

Mu ijoro ryo kuri uyu wa 9 Ugushyingo 2016, abiyahuzi bataramenyekana bagabye igitero ku bacukuraga amabuye y’agaciro mu gace ka Maru ho muri leta ya Nigeria abacukuraga basaga 36 bahasiga ubuzima. BBC dukesha iyi nkuru ivuga ko umuyobozi w’aka gace aba bantu bacukuragamo zahabu, Abdulaziz Yari yatangaje ko ubwo aba bantu bagabwagaho igitero izego z’umutekano […]

Abakomando barya inzoka ari mbisi bashaka kwerekana imbaraga zabo- REBA AMAFOTO

Abasirikare kabuhariwe bo muri repubulika ya Lebanese iherereye mu Burengerazuba bwa Aziya, mu rwego rwo kugaragaza ubuhangange n’imbaraga bafite, barya inzoka ari mbisi bakanakora indi myitozo y’imbaraga idasanzwe. Nk’uko binagaragara mu mafoto ndetse binakwirakwizwa mu binyamakuru bitandukanye, ngo aba basirikare bakora iby’abantu babona bagatangara bashaka kugaragaza imbaraga z’igisirikare cyabo. Ikindi kandi ngo aba basirikare bakora […]

Polisi y’u Rwanda yasoje gusimbuza abapolisi muri Sudani y’Epfo

Igikorwa cyo gusimbuza itsinda rya mbere ry’abapolisi b’u Rwanda bari basanzwe mu butumwa bw’amahoro mu gihugu cya Sudani y’Epfo (UNMISS) cyarangiye ku itariki ya 8 Ugushyingo. [ad id=”44145″] Abagarutse mu gihugu ni 120 bo mu itsinda rya mbere (RWAFPU 1) ; basanze bagenzi babo bangana gutyo nabo baherutse gutaha mu gihugu nyuma yo kurangiza neza […]