Umugabo wâibiro 500 amaze imyaka 25 atarasohoka ngo agere hanze
Iman Ahmad Abdulati, ni umugabo wâimyaka 36 yâamavuko. Avuka mu mujyi wa Alexandria muri Egypt, akaba avugwaho kuba umwe mu bantu bapima ibiro byinshi ku isi, ku biro bye bisaga 500. [ad id=”44145″] Uyu mugabo, amaze hafi imyaka isaga 25 adakandagira hanze kuko atabasha kuva aho ari, ahubwo yibera iwe mu nzu. Uyu mugabo utabasha […]
Leta yongereye ubufasha bugenerwa abo mu cyiciro cyâubudehe cya 1 nâicya 2
Minisiteri yâUbuzima yatangije gahunda igamije kwita ku buzima bwâAbanyarwanda babarurirwa mu cyiciro cya mbere nâicya kabiri cyâubudehe, aba bagiye kujya bahabwa ubuvuzi ku buntu banagaburirwe igihe batwite kugeza ku mezi atandatu nyuma yâuko umwana avutse. Byâumwihariko kuri uyu wa gatatu nibwo minisitiri wâUbuzima Gashumba Diane yatangarije abanyamakuru ko iyi minisiteri yatangije gahunda yo kuvura ababarizwa […]
Isi yaba iri mu kaga, Uburusiya nabwo bwikuye muri ICC
Perezida wâUburusiya, Vladimir Putin yamaze kwemeza ko iki gihugu cyâigihangange ku isi kitakibarizwa mu rukiko mpuzamahanga mpana byaha rwashyiriweho guca imanza mpuzamahanga zâibyaha bishingiye kuri politiki nâintambara. Uburusiya buvuye muri ICC mu gihe ibihugu byâibihangange bikomeje kotsa igitutu iki gihugu bigisaba guhagarika ibikorwa byâintambara muri Sryia. [ad id=”44145″] ICC yari imaze iminsi yibasiwe nâabanyamuryango bo […]
Maj. Mbanda ngo ibyo yabonye ku rwibutso rwa Gisozi ni isomo rikomeye
Majoro J. Mbanda umwe mu bitabiriye amahugurwa mpuzamahanga yaberaga mu Rwanda ku bijyanye nâamahame yo kurengera abaturage yitiriwe Kigali, atangaza ko yashenguwe nâibyo yabonye nyuma yo gusura urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi ruri ku Gisozi akemeza ko ari isomo rikomeye ku nshingano zo kurinda abaturage. Nyuma yo kunamira inzirakarengane zazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda […]
Kenya: Wiliam Ruto arashinja Odinga koshya leta
Perezida wungirije wa Leta ya Kenya William Ruto, arashinja Raila Odinga wahoze ari Minisitiri wâIntebe muri kiriya gihugu gushoza intambara yâamagambo muri Guverinoma bigatuma Leta ifata umwanzuro wo gukura abasirikare muri Sudani yâepfo. Kuri uyu wa kabiri tariki ya 15 Ugushyingo ubwo bari mumuhango wo gutwika intwaro zambuwe abari bazitunze mu buryo bunyuranyije nâamategeko mu […]
Abadepite bo muri Guinée bishimiye amasomo bigiye mu Rwanda ku kurwanya ihohotera
Intumwa za rubanda zirindwi ziturutse mu Ihuriro ryâabagore bari mu Nteko Ishinga Amategeko ya GuinĂ©e ku wa 15 Ugushyingo zasuye Isange One Stop Center ya Kacyiru; kandi zishima Serivisi zâiki Kigo. Bahawe ikaze nâUmuyobozi wa Laboratwari ya Polisi yâu Rwanda (KFL) Commissioner of Police (CP) Dr Daniel Nyamwasa; wababwiye ndetse abasobanurira ibyo iki Kigo gikora […]
Ibihugu bitishoboye byasabiwe gufashwa mu guhangana nâibiza
Ibiza birimo imyuzure, imihindagurikire yâikirere, amapfa ni bimwe mu bikomeje kwibasira abatuye isi bikagira uruhare mu guhungabanya ubutunzi bwâisi. Ubushakashatsi bwerekana ko ibiza biteza igihombo kingana na miliyari 520 buri mwaka zâamadorali mu gihe abaturage bagera kuri miliyoni 26 bakeneshwa na byo. Ubu bushakashatsi bwashyiriwe ahagaragara mu nama yâumuryango wâabibumbye yiga ku mihindagurikire yâikirere iri […]
Tour du Rwanda:Timothy Rugg ukomoka muri Canada niwe wegukanye Etape ya 3
Mu isiganwa ryo kuri uyu wa 16 Ugushyingo 2016, Umunyarwanda Areruya Joseph niwe waje ku mwanya wa 2 nyuma ya Timothy Rugg, ukomoka muri Canada, akaba nâuwa mbere mu banyarwanda bari mu irushanwa . Muri iri siganwa ryaturukaga mu karere ka Karongi ryerekeza i Rusizi ku birometero hafi 120, aba basore bagaragaje zimwe mu mbogamizi […]
Amerika: Abakirisitu nâabayoboke ba Satani bahanganiye mu mwigaragambyo
Imyigaragambyo yo kwamagana itsinda rya Satani muri Amerika mu mujyi wa Portland, abakirisitu benshi bigaramgambije bamagana umugambi wâabiyise itsinda rya Satani batangaje ko bagiye gushinga ishuri rya Satani. Itsinda rya Satani risanzwe rifite urusengero muri Amerika riteraniramo, Abayoboke bâiri tsinda bari batangarije CNN dukesha iyi nkuru ko bagiye gutangiza ishuri naryo rizajya ryigisha ibya Satani. […]
'Drones' zazaniwe gutwara amaraso ziravugwaho kugwa mu mirima y'abaturage
Abatuye mu karere ka Muhanga baturanye n’ikibuga cyâindege zitagira abapiloti zikoreshwa mu gutwara amaraso mu bice bitandukanye byâigihugu bemeza ko nyuma yâigihe gito izi ndege zitangiye gukoreshwa, batangiye kuzibona zigwa ahantu hatandukanye mu buryo busa nâubutateguwe; aho bamwe bemeza ko zabasanze mu mirima ndetse no mu ngo zabo. Umwe mu baturage wemeza ko yaguye muri […]
RDC: Ijambo rya Perezida Kabila ryateje impagarara mu banyepolitiki
Kuru uyu wa 15 Ugushyingo 2016, ubwo abanyepolitiki batandukanye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo bari bateraniye kumvira hamwe icyo Perezida Joseph Kabila atangaza ku kijyanye no kwiyamamariza kuyobora indi manda, aba banyepolitiki batunguwe nâimvugo yakoresheje mu kubabwira icyo atekereza. Perezida Kabila yavuze ko nta kintu azigera ahindura ku biteganywa nâitegeko nshinga ryo mu gihugu […]
Abazungu bakurikiranyweho gushyira umwirabura muzima mu isanduku bashaka kumutwika
Mu gihugu cyâAfurika yâepfo hakomeje kugaragara mo ibikorwa byâurugomo cyane cyane ibikorerwa abirabura nkuko byagendekeye Victor Mlotshwa washyizwe mu isanduku ari muzima nâabagabo babiri bâabazungu bashaka kumutwika ari muzima. Mu mashusho yâamasegonda 20 yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga agaragaza Mlotshwa wâumwirabura ukomoka mu mugi wa Johannesburg ashyirwa mu isanduku ku gahato nâabagabo bâabazungu; ari bo Willem […]
Ubuyobozi bwa Zipline ntibwemeranya nâibivugwa ku ihanuka rya hato na hato ryâindege zitwara amaraso (Drones)
Abaturiye ikibuga cyâindege zitagira abapiloti zikoreshwa mu gutwara amaraso mu bice bitandukanye byâigihugu bemeza ko nyuma yâigihe gito izi ndege zitangiye gukoreshwa, batangiye kuzibona zigwa ahantu hatandukanye mu buryo busa nâubutateguwe; aho bamwe bemeza ko zabasanze mu mirima ndetse no mu ngo zabo. Umwe mu baturage wemeza ko yaguye muri kimwe mu bigo byâabafurere yagize […]
DASSO n'Inkeragutabara, zimwe mu nzego zishimiwe n'abaturage mu mujyi wa Kigali-Ubushakashatsi
Ubushakashatsi bwashyizwe ahagaragara nâikigo cyâigihugu gishinzwe imiyoborere RGB 2016, bugaragaza ko inzego zâumutekano zirimo DASSO ndetse nâInkeragutabara ziri mu nzego aba baturage bafitiye icyizere. [ad id=”44145″] Ubu bushakashatsi bwerekana ko inzego zâumutekano muri rusange zifitiwe icyizere ku rugero rushimishije, aho Inkeragutabara zizewe ku kigero cya 76.6% naho DASSO ikaba izewe ku kigero cya 86.1%. Izindi […]
Ikibazo cyâimishahara yâabaganga mu Rwanda itakibonekera igihe kizabazwa nde ?
Ubusanzwe Itegeko rigenga umurimo mu Rwanda N ù° 13/2009 ryo kuwa 27/05/2009 mu ngingo yaryo ya 79 agace ka 3 havuga umukoresha nâumukozi bombi bafitanye masezerano umukoresha ataba agomba kurenza iminsi 7 uhereye igihe umukozi yagiriye uburenganzira ku mushahara ubwo ni ukuvuga ko niba ku itariki 15 umukozi yemerewe guhembwa ubundi ntihakagombye ko itariki 22 […]
Ibyiciro byâubudehe bishobora kongera kuvugururwa bigashingirwa ku mujyi nâicyaro
Kuri uyu wa 15 Ugushyingo 2016 nibwo ikigo cyâibgihugu gishinzwe imiyoborere cyashyize ahagaragara ubushakashatsi bugaragaza uko abanyarwanda batuye Umujyi wa Kigali bafata imitangire ya serivisi nâimiyoborere mu nzego zibegereye. Mu kumurika ubu bushakashatsi umuyobozi mukuru ushinzwe ubushakashatsi muri RGB, Dr Usengimana Felicien yavuze ko abatuye mu bice byâicyaro bagaragariije abashakashatsi ko badakwiye kuba mu cyiciro […]