Umugabo w’ibiro 500 amaze imyaka 25 atarasohoka ngo agere hanze

Iman Ahmad Abdulati, ni umugabo w’imyaka 36 y’amavuko. Avuka mu mujyi wa Alexandria muri Egypt, akaba avugwaho kuba umwe mu bantu bapima ibiro byinshi ku isi, ku biro bye bisaga 500. [ad id=”44145″] Uyu mugabo, amaze hafi imyaka isaga 25 adakandagira hanze kuko atabasha kuva aho ari, ahubwo yibera iwe mu nzu. Uyu mugabo utabasha […]

Leta yongereye ubufasha bugenerwa abo mu cyiciro cy’ubudehe cya 1 n’icya 2

Minisiteri y’Ubuzima yatangije gahunda igamije kwita ku buzima bw’Abanyarwanda babarurirwa mu cyiciro cya mbere n’icya kabiri cy’ubudehe, aba bagiye kujya bahabwa ubuvuzi ku buntu banagaburirwe igihe batwite kugeza ku mezi atandatu nyuma y’uko umwana avutse. By’umwihariko kuri uyu wa gatatu nibwo minisitiri w’Ubuzima Gashumba Diane yatangarije abanyamakuru ko iyi minisiteri yatangije gahunda yo kuvura ababarizwa […]

Isi yaba iri mu kaga, Uburusiya nabwo bwikuye muri ICC

Perezida w’Uburusiya, Vladimir Putin yamaze kwemeza ko iki gihugu cy’igihangange ku isi kitakibarizwa mu rukiko mpuzamahanga mpana byaha rwashyiriweho guca imanza mpuzamahanga z’ibyaha bishingiye kuri politiki n’intambara. Uburusiya buvuye muri ICC mu gihe ibihugu by’ibihangange bikomeje kotsa igitutu iki gihugu bigisaba guhagarika ibikorwa by’intambara muri Sryia. [ad id=”44145″] ICC yari imaze iminsi yibasiwe n’abanyamuryango bo […]

Maj. Mbanda ngo ibyo yabonye ku rwibutso rwa Gisozi ni isomo rikomeye

Majoro J. Mbanda umwe mu bitabiriye amahugurwa mpuzamahanga yaberaga mu Rwanda ku bijyanye n’amahame yo kurengera abaturage yitiriwe Kigali, atangaza ko yashenguwe n’ibyo yabonye nyuma yo gusura urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi ruri ku Gisozi akemeza ko ari isomo rikomeye ku nshingano zo kurinda abaturage. Nyuma yo kunamira inzirakarengane zazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda […]

Kenya: Wiliam Ruto arashinja Odinga koshya leta

Perezida wungirije wa Leta ya Kenya William Ruto, arashinja Raila Odinga wahoze ari Minisitiri w’Intebe muri kiriya gihugu gushoza intambara y’amagambo muri Guverinoma bigatuma Leta ifata umwanzuro wo gukura abasirikare muri Sudani y’epfo. Kuri uyu wa kabiri tariki ya 15 Ugushyingo ubwo bari mumuhango wo gutwika intwaro zambuwe abari bazitunze mu buryo bunyuranyije n’amategeko mu […]

Abadepite bo muri Guinée bishimiye amasomo bigiye mu Rwanda ku kurwanya ihohotera

Intumwa za rubanda zirindwi ziturutse mu Ihuriro ry’abagore bari mu Nteko Ishinga Amategeko ya GuinĂ©e ku wa 15 Ugushyingo zasuye Isange One Stop Center ya Kacyiru; kandi zishima Serivisi z’iki Kigo. Bahawe ikaze n’Umuyobozi wa Laboratwari ya Polisi y’u Rwanda (KFL) Commissioner of Police (CP) Dr Daniel Nyamwasa; wababwiye ndetse abasobanurira ibyo iki Kigo gikora […]

Ibihugu bitishoboye byasabiwe gufashwa mu guhangana n’ibiza

Ibiza birimo imyuzure, imihindagurikire y’ikirere, amapfa ni bimwe mu bikomeje kwibasira abatuye isi bikagira uruhare mu guhungabanya ubutunzi bw’isi. Ubushakashatsi bwerekana ko ibiza biteza igihombo kingana na miliyari 520 buri mwaka z’amadorali mu gihe abaturage bagera kuri miliyoni 26 bakeneshwa na byo. Ubu bushakashatsi bwashyiriwe ahagaragara mu nama y’umuryango w’abibumbye yiga ku mihindagurikire y’ikirere iri […]

Tour du Rwanda:Timothy Rugg ukomoka muri Canada niwe wegukanye Etape ya 3

Mu isiganwa ryo kuri uyu wa 16 Ugushyingo 2016, Umunyarwanda Areruya Joseph niwe waje ku mwanya wa 2 nyuma ya Timothy Rugg, ukomoka muri Canada, akaba n’uwa mbere mu banyarwanda bari mu irushanwa . Muri iri siganwa ryaturukaga mu karere ka Karongi ryerekeza i Rusizi ku birometero hafi 120, aba basore bagaragaje zimwe mu mbogamizi […]

Amerika: Abakirisitu n’abayoboke ba Satani bahanganiye mu mwigaragambyo

Imyigaragambyo yo kwamagana itsinda rya Satani muri Amerika mu mujyi wa Portland, abakirisitu benshi bigaramgambije bamagana umugambi w’abiyise itsinda rya Satani batangaje ko bagiye gushinga ishuri rya Satani. Itsinda rya Satani risanzwe rifite urusengero muri Amerika riteraniramo, Abayoboke b’iri tsinda bari batangarije CNN dukesha iyi nkuru ko bagiye gutangiza ishuri naryo rizajya ryigisha ibya Satani. […]

'Drones' zazaniwe gutwara amaraso ziravugwaho kugwa mu mirima y'abaturage

Abatuye mu karere ka Muhanga baturanye n’ikibuga cy’indege zitagira abapiloti zikoreshwa mu gutwara amaraso mu bice bitandukanye by’igihugu bemeza ko nyuma y’igihe gito izi ndege zitangiye gukoreshwa, batangiye kuzibona zigwa ahantu hatandukanye mu buryo busa n’ubutateguwe; aho bamwe bemeza ko zabasanze mu mirima ndetse no mu ngo zabo. Umwe mu baturage wemeza ko yaguye muri […]

RDC: Ijambo rya Perezida Kabila ryateje impagarara mu banyepolitiki

Kuru uyu wa 15 Ugushyingo 2016, ubwo abanyepolitiki batandukanye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo bari bateraniye kumvira hamwe icyo Perezida Joseph Kabila atangaza ku kijyanye no kwiyamamariza kuyobora indi manda, aba banyepolitiki batunguwe n’imvugo yakoresheje mu kubabwira icyo atekereza. Perezida Kabila yavuze ko nta kintu azigera ahindura ku biteganywa n’itegeko nshinga ryo mu gihugu […]

Abazungu bakurikiranyweho gushyira umwirabura muzima mu isanduku bashaka kumutwika

Mu gihugu cy’Afurika y’epfo hakomeje kugaragara mo ibikorwa by’urugomo cyane cyane ibikorerwa abirabura nkuko byagendekeye Victor Mlotshwa washyizwe mu isanduku ari muzima n’abagabo babiri b’abazungu bashaka kumutwika ari muzima. Mu mashusho y’amasegonda 20 yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga agaragaza Mlotshwa w’umwirabura ukomoka mu mugi wa Johannesburg ashyirwa mu isanduku ku gahato n’abagabo b’abazungu; ari bo Willem […]

Ubuyobozi bwa Zipline ntibwemeranya n’ibivugwa ku ihanuka rya hato na hato ry’indege zitwara amaraso (Drones)

Abaturiye ikibuga cy’indege zitagira abapiloti zikoreshwa mu gutwara amaraso mu bice bitandukanye by’igihugu bemeza ko nyuma y’igihe gito izi ndege zitangiye gukoreshwa, batangiye kuzibona zigwa ahantu hatandukanye mu buryo busa n’ubutateguwe; aho bamwe bemeza ko zabasanze mu mirima ndetse no mu ngo zabo. Umwe mu baturage wemeza ko yaguye muri kimwe mu bigo by’abafurere yagize […]

DASSO n'Inkeragutabara, zimwe mu nzego zishimiwe n'abaturage mu mujyi wa Kigali-Ubushakashatsi

Ubushakashatsi bwashyizwe ahagaragara n’ikigo cy’igihugu gishinzwe imiyoborere RGB 2016, bugaragaza ko inzego z’umutekano zirimo DASSO ndetse n’Inkeragutabara ziri mu nzego aba baturage bafitiye icyizere. [ad id=”44145″] Ubu bushakashatsi bwerekana ko inzego z’umutekano muri rusange zifitiwe icyizere ku rugero rushimishije, aho Inkeragutabara zizewe ku kigero cya 76.6% naho DASSO ikaba izewe ku kigero cya 86.1%. Izindi […]

Ikibazo cy’imishahara y’abaganga mu Rwanda itakibonekera igihe kizabazwa nde ?

Ubusanzwe Itegeko rigenga umurimo mu Rwanda N ù° 13/2009 ryo kuwa 27/05/2009 mu ngingo yaryo ya 79 agace ka 3 havuga umukoresha n’umukozi bombi bafitanye masezerano umukoresha ataba agomba kurenza iminsi 7 uhereye igihe umukozi yagiriye uburenganzira ku mushahara ubwo ni ukuvuga ko niba ku itariki 15 umukozi yemerewe guhembwa ubundi ntihakagombye ko itariki 22 […]

Ibyiciro by’ubudehe bishobora kongera kuvugururwa bigashingirwa ku mujyi n’icyaro

Kuri uyu wa 15 Ugushyingo 2016 nibwo ikigo cy’ibgihugu gishinzwe imiyoborere cyashyize ahagaragara ubushakashatsi bugaragaza uko abanyarwanda batuye Umujyi wa Kigali bafata imitangire ya serivisi n’imiyoborere mu nzego zibegereye. Mu kumurika ubu bushakashatsi umuyobozi mukuru ushinzwe ubushakashatsi muri RGB, Dr Usengimana Felicien yavuze ko abatuye mu bice by’icyaro bagaragariije abashakashatsi ko badakwiye kuba mu cyiciro […]