Amateka ya Rayon Sport yongeye kwisubiramo nyuma y'ibyo yakoze kuri Noheri
Mu mukino wari wahuje ikipe ya Rayon Sports na Kirehe Fc kuri uyu wa 30 Ukuboza mu mukino wabaye ku munsi wa 11 wa Shampiyona, ikipe ya Rayon Sports yihereranye iyi kipe iyipfunyikira ibitego 3-1 Iyi ntsinzi yafashwe nk’umunsi mukuru w’Ubunani ihaye abafana bayo, ije yunga mu y’ubushize ubwo Rayon na none yatsindaga Musanze Fc […]
Arsenal igiye kugarura Shkodran Mustafi mu gihe Walcott adahari
Mu gihe ikipe ya Arsenal ipanga guhura na Crystal Palace, Arsene Wenger yamaze gutangaza ko igiye kuzana umukinnyi Mustafi muri iyi wikende nyuma y’iminsi itari micye atagaragara mu kibuga kubera ikibazo cy’imvune. Uyu musore yari yavunikiye mu mukino wari wabahuje na Stoke mu cyumweru cyashize, aho byari biteganyijwe ko atazasubira mu kibuga mbere y’ukwezi kwa […]
Umubano wa Rihanna na Jennifer Lopez wajemo agatotsi bapfa umusore
Nyuma y’amafoto ya Jennifer Lopez na Drake, bari mu cyumba mu munezero ndetse naho bigaragara basomana, ibi byakuruye ugufuha kwa Rihanna nawe wari umaze iminsi abanye neza n’uyu musore mbere yuko bashana. Mu kugaragaza ko byaba byamukoze ku mutima, Rihanna yivanye mu bakunzi ba Lopez kuri Instagram (unfollow), ibi bikaba byatangaje benshi mu gihe bari […]
Amerika: Ari mu mazi abira azira kwifuriza Perezida Trump urupfu
Nyuma y’urupfu rw’ibikomerezwa bitandukanye hirya no hino ku isi, muri Amerika hagaragaye umugabo witwa Charlie Sheen wifuwifuza ku Donald trump ariwe wakurikiraho. Ku itariki ya 28 Ukuboza 2016, nibwo uyu mugabo yanditse ku rubuga rwe rwa twitter asaba Imana ko Trump yakurikira mu bari gupfa muri ino minsi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mugabo yatangaje ibi mu […]
Urubanza rwa Maj Rugombwa rwasubitswe kubera uburwayi bwo mu mutwe bwa murumuna we
Urubanza rwa Maj Dr Aimable Rugomwa na murumuna we rwasubitswe kuri uyu wa 30 Ukuboza 2016 bitewe n’ibyiswe uburwayi bwo mu mutwe bwa murumuna we bushingiye ku kwivuguruza yagaragaje mu rukiko. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Urubanza Maj Dr Rugombwa areganwamo na murumuna we kubera kwica umwana w’umuturanyi rwasubitswe kuri uyu wa 30 Ukuboza 2016 nyuma y’uko ubucamanza […]
Nshaka umukobwa utari mugufi, utarengeje imyaka 26, ufite amataye (Ushaka umukunzi)
Nanjye ndashaka umukunzi, ndumusore. muremure.ariko bitaricyane.ndasha umukobwa.ufite kuva.kumyaka 22kugeza kuri26.ufiturukundo.ufite nakazi murakoze.uwabishaka yambona, email: iradukundajdd@gmail.com [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Undi nawe ati: “Nange ndashak umukunzi ,nitwa Danny ,mfite imyaka 26 ,nkaba nshaka umukobwa utari mugufi ,atari na muremure ,utarengeje imyaka nkiyange 26ans ,ufite amataye agaragara neza ,kandi akaba yarize akarangiza byibuze secondaire ,afite akazi byaba ari akarusho […]
Nyagatare: Abaturage basabwe kwicungira umutekano bakanarangiza umwaka neza
Abaturage b’akarere ka Nyagatare basabwe kuzizihiza imimsi mikuru irangiza umwaka mu mutekano uzira ibyaha. Ubu butumwa bwatangiwe mu murenge wa Kiyombe wo muri aka karere; aho mu kiganiro bahawe na Polisi y’u Rwanda, basabwe kwirinda ikintu cyose cyakorwa kinyuranyije n’amategeko. Ubu butumwa bwatangiwe mu kiganiro Superintendent of Police(SP) Beline Mukamana, uyobora agashami karwanya icuruzwa ry’abantu […]
Twiteguye guhagarika umubano n’u Rwanda mu gihe rutadusabye imbabazi-Perezida Nkurunziza
Perezida wa leta y’u Burundi Nkurunziza Pierre yatangaje ko igihe icyo aricyo cyose u Burundi bwiteguye guhagarika umubano ndetse n’ubundi buhahirane bwakoranaga n’u Rwanda mu gihe u Rwanda rudasabye imbabazi u Burundi. Mu kiganiro perezida Nkurunziza yagiranye n’abanyamakuru mu gihugu cye kuri uyu wa 30 Ukuboza 2016, yatangaje ko u Rwanda nirudasaba imbabazi ku byo […]
Impinduka ku muganda usoza ukwezi kwa 12 n’umwaka wa 2016
Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu yatangaje ko umuganda usoza ukwezi k’Ukuboza 2016 ari nawo usoza umwaka wa 2016 uzabera mu ngo aho abantu batuye, bitandukanye n’ibisanzwe kuko ubusanzwe uyu muganda wajyaga ubera mu duce dutandukanye tw’igihugu bitewe n’ibyifuzo by’abategetsi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umuganda usoza ukwezi uba ku wa gatandatu wa nyuma w’ukwezi, uwusoza ukwezi kwa 12/2016 wagombaga kuzaba […]
Urujijo: Urupfu rwa Gen Adolphe Nshimiyimana ruracyazamo amazina y’abayobozi bamugambaniye
Mu Kanama 2015 nibwo Gen Adolphe Nshimiyimana, wari umuyobozi w’urwego rushinzwe iperereza mu Burundi yishwe, ubu abashinjwa kugiramo uruhare bakaba barimo gukurikirwa mu nkiko ari bakaba banasaba ko abandi bari muri dosiye imwe nabo bazanwa ariko ntibishyirwe mu bikorwa. Ubwo bagezwaga imbere y’urukiko rukuru rwa Ntahangwa, abantu 7 barimo abasirikare n’abapolisi bashinjwa kwica Adolphe nibwo […]
Uganda: Hashobora kwaduka izindi mvururu muri kaminuza ya Makarere
Hashobora kwaduka indi myigaragabyo muri Makerere Universty nyuma y’uko ubuyobozi bwa kaminuza n’abanyeshuri bukomeje kutavuga rumwe ku itegeko rishya ryo kwishyura amafaranga y’uburyamo (Tuition Fees). [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Leta ya Uganda iherutse kongera gufungura kaminuza ya Makerere yari imaze igihe kirenga ukwezi ifunzwe biturutse ku myigaragambyo y’abarimu bishyuzaga umushahara wabo, ubu noneho muri iyi kaminuza hadutse […]
U Rwanda n'ingamba nshya zo kuzana abashinjwa uruhare muri jenoside bari mu bihugu by’Afurika
Leta y’u Rwanda ikomeje umugambi wo kuzana Abanyarwanda baba mu mahanga bakurikiranyweho ibyaha bya jenoside yo muri Mata 1994. Nyamara ntibyoroshye kuko bigaragara ko hakiri ibihugu bikomeje gusa n’ibyimana abo bantu nubwo bahari kandi bazwi. Ni mu gihe kandi ibarura riheruka ryerekanye ko ibihugu byo ku mugabane w’Afurika biza mu myanya y’imbere mu gucumbikira aba […]
Abanyapolitiki 5 bo muri Afurika bifuje kuba abaperezida ariko amaso akaba yaraheze mu kirere
Ku mugabane wa Afrika ni hamwe mu hantu ku isi usanga akajagari mu gusimburana ku butegetsi kurenza ahandi, bituma umuntu yibaza impamvu ibitera ikakuyobera. Dufashe nk’urugero rwa hafi turahasanga bamwe mu bagabo bahirimbanye bubi na bwiza kuzicara muri za Perezidansi z’iwabo nyamara kugeza magingo aya izo nzozi zikaba zigenda ziyoyoka. Aba bagabo hamwe na hamwe […]
Perezida Museveni ntakozwa ibyo kurekura umwami Mumbere
Ibiganiro byahuje perezida Museveni n’abatavuga rumwe na leta bashyigikiye irekurwa ry’umwami Mumbere Wesley Charles bigamije kumusabira imbabazi ngo arekurwe byarangiye Museveni abateye utwatsi asaba abacamanza kuzakora akazi kabo neza. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Abakomoka i Kasese, ahaheruka kubera intambara yahuje ingabo za leta n’iz’umwami Mumbere ikagwamo abarenga 100, bahagarariwe na Depite Winnie Kiiza, nawe utavuga rumwe na […]
RDC: Abasaga 50 bahitanywe n’umwuzure
Abantu basga 50 bo muri Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo nibo babarurwa ko bamaze guhitanwa n’umwuzure mu gihe ababarirwa mu bihumbi bob amaze guta ibyabo. Iyi mvura idansanzwe yaguye muri iki cyumweru, ngo yatumye imwe mu migezi yo muri iki gihugu irimo uwitwa Kalamu yuzura amari ararenga asanga abaturage mu ngo zabo ndetse yangiza imitungo […]
Urupfu nongeye kurusimbuka, wenda nanjye ndi ku rutonde rw’abazicwa- Twagiramungu
Iyi mvugo ni iya Twagiramungu Faustin, wabaye umunyapolitiki mu Rwanda aza guhunga nyuma yo kuva mu mwanya wa Minisitiri w’Intebe mu mwaka w’1995, ubu akaba aba ku mugabane w’i Burayi. Ku itariki ya 16 Gicurasi 2014 i Buruseli mu Bubiligi, Twagiramungu Faustin nibwo yatangarije itangazamakuru avuga ko yasimbutse urupfu, avuga ko hari abamuhamagaye bamubwira ko […]
Kigali: Hatwitswe ibiyobyabwenge bamwe mu baturage bumvikana mu kababaro
Ibiro 200 by’urumogi, ibinyobwa biri mu makarito 170 y’inzoga za Tiger Gin n’amakarito 168 ya blue sky zose zizwi ku izina rya “Suruduwire” ndetse na litiro 115 za Kanyanga ni byo byatwitswe kuri uyu wa 29 Ukuboza 2016 mu gikorwa cyabereye ku kimpoteri rusange cya Kigali giherereye i Nduba muri Gasabo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Gutwika ibiyobwabyengi […]
Jean Luc Miravumba yashubijwe na Polisi amafaranga yari yibwe
Polisi y’u Rwanda iributsa abaturage kutabika amafaranga menshi mu ngo zabo kuko biha amahirwe abajura yo kuyiba. Ubu butumwa buje nyuma y’aho , habayeho ubujura bukorwa n’abakozi bo mu ngo biba amamiliyoni bamennye ibyumba bya b’abakoresha babo ari bi ba nyir’izo ngo. Ubuheruka ni aho hibwe asaga miliyoni 9,3 y’amanyarwanda , yibwe n’umukozi wo mu […]
Menya Isezerano ryawe n’Imana (Igice cya 3
ABARIHAWE NI BANDE? YEREMIYA 31:31-32 Uwiteka aravuga ati”Dore iminsi izaza, nzasezerana isezerano rishya n’inzu ya Isirayeli n’inzu ya Yuda,ridakurikije isezerano nasezeranye na ba sekuruza, ku munsi nabafataga ukuboko nkabakura mu gihugu cya Egiputa. Rya sezerano ryanjye bararyishe nubwo nari umugabo wabo wabirongoreye. Ni ko Uwiteka avuga. Kuva 34:27-28 Uwiteka abwira Mose ati”Iyandikire ayo magambo, kuko […]