Rubavu:EPEMR yatanze inshingano y’ubupasitoro imusaba kudatatira igihango-AMAFOTO

Itorero EPEMR ryahaye inshingano Umupasitoro waryo ndetse rimusaba kutazatatira igihango, ahubwo akihata gutanga urugero rwiza mubo ayobora. Ku umunsi wejo Tariki ya 1 Mutarama 2017 mu Karere ka Rubavu ho mu murenge wa Nyundo nibwo itorero rya EPEMR ryatanze inshingano ku Umupasitoro waryo wari umaze igihe akora ariko atarahabwa inshingano ku umugaragaro. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Maniriho […]

Nyabihu:Ahareberwa Filime hamazeho ifaranga ababyeyi, abana nabo bava mu ishuri

Mu murenge wa mukamira hafi y’isoko ahari icyumba cyireberwamo filme ngo kigiye guca ababyeyi gutunga ifaranga bidasize no kwigisha abana imico mibi y’uburara ibatera no kuva mu ishuri. Muri santere ya Mukamira ho mu Karere ka Nyabihu murenge wa Mukamira mu Kagari ka Rugeshi, ababyeyi batuye muri aka gace bararira banatakambira ubuyobozi kubafasha gufunga ahareberwa […]

Gambia: Radiyo irwanya Yahya Jammeh yashyizweho ingufuri

Ubutegetsi bwa Gambia bwatagetse ko radiyo yo muri iki gihugu yakundaga kunyuzwaho ibiganiro by’abadashyigikiye perezida Yahya Jammeh ifungwa, niyo radiyo yari imaze kwigarurira imitima y’Abatuye iki gihugu bitewe no kudashyigikira umunyagitugu Jammeh. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Inzego zishinzwe iperereza muri Gambia yashyize ingufuri ku miryango ya radio Teranga FM nta n’ibindi bisobanuro bitanzwe, nk’uko byatangajwe na Emil […]

Burundi: Bitarenze uku kwezi Nkurunziza azihimura ku muryango w’Abibumbye

Umukuru w’igihugu cy’u Burundi yatangaje ko uku kwezi nigushira umuryango w’Abibumbye n’Afurika yunze ubumwe budakemuye ikibazo cy’ingabo z’Uburundi zirirwa zicirwa n’inzara mu butumwa bw’amahoro ngo iki gihugu kiteguye kuzahita kihimura kuri uyu muryango ku buryo budasubirwaho. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi perezida Nkurunziza yabitangarije mu kuganiro gisoza umwaka yagiranye n’abanyamakuru ku wa 30 Ukuboza 2016 ubwo bamubazaga […]

Gen Germain Niyoyankana n’abandi 21 basezerewe mu gisirikare cy’u Burundi

Lt Gen Gen Germain Niyoyankana wigeze kuba umugaba mukuru w’ingabo z’u Burundi ndetse akanaba na Minisitiri w’ingabo, ku wa 31 Ukuboza 2016, yasezerewe mu gisirikare hamwe na bagenzi be bari bafite amapiti yo hejuru. Nk’uko bigaragara ku itangazo ryashyizweho umukono n’umukuru w’igihugu, Pierre Nkurunziza, aba basirikare basezerewe ni 22, ku isonga hakazaho uyu Lt Gen […]

Burundi: Gerenade yatewe mu nzu basengeragamo ikomeretsa abantu 7

Mu ijoro ryo ku wa 31 Ukuboza rishyira iryo ku wa 1 Mutarama 2017, umuntu utazwi yateye gerenade mu nzu abantu basengeragamo ikomeretsa 7, igikorwa leta y’u Burundi yafashe nk’icy’iterabwoba. Iki gikorwa cyabereye mu Ntara ya Bubanza mu gace ka Rugazi, iyo nzu ikaba yaratewemo gerenade imwe, barindwi bakomeretse bakaba barahise bajyanwa mu bitaro kwitabwaho. […]

Uwarashe Me Toy nta kindi yari gukora kitari ugukoresha ububasha ahabwa n'itegeko- CP George Rumanzi

Polisi y’igihugu iratangaza ko ibyabaye ku mupolisi warashe umunyamategeko Toy Nzamwita byatunguranye ariko ko nta yandi mahitamo yari ahari kuko ibigenwa n’amategeko byose yari yamaze kubirengaho. Mu kiganiro Polisi y’u Rwanda yagiranye n’itangazamakuru kuri uyu wa 2 Mutarama 2017, cyareberaga hamwe uko umutekano wari witwaye mu minsi mikuru tuvuyemo ya Noheli n’ubunani, umuyobozi wa Polisi […]

Perezida Obama yahambirije abakozi b’Uburusiya babaga muri Amerika

Ibinyamakuru byo mu Burusiya byatangaje ko abari bahagarariye igihugu cyabo muri Amerika birukanwe ku butaka bwa Amerika na Perezida Obama, bakaba bahambirijwe hamwe n’imiryango yabo. BBC itangaza ko abo bakozi bahise bacyurwa n’indege y’u Burusiya, bakaba nta kindi bazira uretse kuba Uburusiya ngo byarivanze muri politiki ya Amerika. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ubwo bari mu gikorwa cy’amatora […]

Afurika y’Epfo: Umupasiteri ategeka umugore we kwicara mu mazi akonje uko amusabye ko bakora urukundo

Muri Repubulika y’Afurika y’Epfo haravugwa inkuru y’umugore witwa Dainess Katongo w’imyaka 37 y’amavuko uherutse kuregera umugabo we urukiko amushinja kumwicaza mu mazi akonje buri gihe uko amusabye ko bakora urukundo. Uyu mugore avuga ko umugabo we atamwitaho nyuma y’igihe gito bashakanye dore ko bataranabyarana na rimwe kuko bashakanye muri uyu mwaka ushize wa 2016, uyu […]

Ibyo wamenya kuri Mpayimana Philippe uziyamamariza kuyobora u Rwanda

Yabaye umunyamakuru kuva mu mwaka wa 1990 aho yari umwe mu banyamakuru ngenderwaho ba televisiyo y’igihugu cy’u Rwanda, yize amasomo y’itangazamakuru mu ishuri rikuru ry’itangazamakuru rya Paris mu Bufaransa. Mpayimana Philippe yavutse mu mwaka wa 1970, yashinze Asosiyasiyo yitwa Tuza igamije guhuza abatuye mu bihugu byo mu biyaga bigari. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kuri uyu wa 01 […]

Ese imbabazi Kizito Mihigo abuze muri 2016 azazihabwa muri 2017?

Muri Gashyantare 2015, nibwo urukiko rukuru rwahanishije umuhanzi Kizito Mihigo igifungo cy’imyaka 10, nyuma yo kumuhamya ibyaha bine yaregwaga birimo: 1.Kurema umutwe w’abagizi ba nabi 2.Icyaha cy’ubugambanyi bwo kugirira nabi Ubutegetsi buriho cyangwa umukuru w’igihugu 3.Ubwoshye bw’ubugambanyi bwo kugirira nabi umukuru w’igihugu 4.Ndetse n’icyo gucura umugambi w’ubwicanyi [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ubwo Kizito Muhigo yaburanaga benshi bibwiraga […]

Burera: Ubuyobozi buzi akamaro k’itangazamakuru ry’umwuga, ridakabya kandi ridatungurana

Umuyobozi w’akarere ka Burera wungirije ushinzwe ubukungu, Habumuremyi Evariste asanga itangazamakuru ry’umwuga ryubaka, cyane iyo rivuga ukuri kw’ibiriho. Gusa yongera kwikoma abanyamakuru batungurana, bakabiriza ibintu, ndetse n’abatangaza inkuru batavuganye n’impande ziyivugwamo. Ubwo itsinda ry’abanyamakuru 10 bakorera itangazamakuru ryo hanze basuraga akarere ka Burera kuwa kane tariki ya 29 ukuboza 2016, ntiryabashije kuhasanga umuyobozi n’umwe. Impamvu […]

Hari abagitinya umuvumu Nyabingi yabagamo abandi bagakeka ko uva amaraso

Bashingiye ku myemerere n’imyizerere yo hambere, bituma hari abaturage bagifata mu buryo budasanzwe igiti cy’umuvumu giherereye mu karere ka Burera mu murenge wa Butaro; by’umwihariko mu ivuriro rwagati rya Butaro ahahoze hitwa mu Ndorwa kubera gutinya ko bagirirwa nabi na Nyabingi bivugwa ko ari bwo bwari ubuturo bwe. Nyabingi yamamaye cyane mukarere k’amajyaruguru y’u Rwanda, […]

Kampala: Desire Luzinda avuga ko yanga urunuka indirimbo ye

Desire Luzinda, umuhanzikazi wo mu gihugu cya Uganda, yatangaje ko indirimbo ye “Mubiite” ayanga mbere y’ibindi byose, ibintu utapfa kumva bisohoka mu kanwa k’abandi bahanzi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Yagize ati: “’Iriya ndirimbo inyibutsa papa wanjye mu bwana, niwe nayikoreye, niyo irimo gukinwa kuri radio ndayumva ikanyibutsa, yarampamagaye arampohotera ku bw’impamvu nanjye ntazi, ntabwo nigeze mvuga amazina […]

Ikibazo cyakunze kugaruka mu byo Perezida Kagame yasabye ko byakosoka guhera mu mpera za 2016

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yashoje umwaka wa 2016 akigaragaza ko hari ibintu bimwe na bimwe bitarajya mu buryo, mu butumwa perezida Kagame amaze iminsi ageza ku bantu bo mu nzego zitandukanye yagiye agaruka ku kibazo cy’imikorere idahwitse ya bamwe mu bayobozi ndetse agaruka cyane ku kibazo cy’imitangire ya serivisi avuga ko ikeneye kuvugururwa. Mu bihe […]

Zimwe mu mpamvu zituma imiryango iri gusenyuka itamaze kabiri?

Muri iyi minsi imiryango myinshi iri guhura n’ibibazo bitandukanye ariko ikiza ku isonga kikaba ari ugusenyuka kwa hato na hato, iki kikaba ari ikibazo gikomeje guteza impungenge mu bice bitandukanye haba mu Rwanda no mu bindi bihugu hirya no hino ku isi. Umuntu ashobora kwibaza impamvu yaba itera uku gutandukana kw’abashakanye cyangwa n’ababana ugasanga ahanini […]

Ububiligi bwababajwe n'urupfu rwa Minisitiri Niyonkuru warasiwe i Bujumbura

Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Bubiligi, Didier Reynders, yavuze ko bababajwe n’urupfu rwa Minisitiri Niyonkuru, warasiwe mu Burundi mu ijoro ryo kuri uyu wa 1 Mutarama 2017. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter, Minisitiri Didier Reynders yagize ati: “Ngaye igitero cyagabwe kuri Minisitiri Niyonkuru, nkabifuriza amahoro n’ubwiyunge mu gihugu”. Ibi abitangaje mu gihe Leta […]

Santrafrika: Abapolisi b'u Rwanda bahaye impanuro abaturage baho

Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika ya Santrafrika bwitwa mu rurimi rw’Icyongereza; United Nation Multi-Dimensional Integrated Stabilisation Mission in CAR (MINUSCA); muri iki cyumweru bifatanyije n’abaturage baho mu muganda;maze baboneraho umwanya wo kubaganiriza kuri gahunda y’u Rwanda yo kwigira gushingiye ku kwishakamo ibisubizo; hibandwa cyane cyane ku ndangagaciro za kirazira, ubumwe n’ubwiyunge, […]