Ubwumvikane bucye hagati ya EU n’u Burundi bitumye bukura ingabo zabwo muri Somalia
Kuri uyu wa mbere tariki ya 16 Mutarama 2017, leta y’u Burundi yatangiye gahunda yo gukura abasirikare bayo bari mu basirikare b’umuryango w’ubumwe bw’Afrika AMISOM, aba basirikare bakaba bari mu butumwa bw’amahoro muri Somalia. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibiro ntaramakuru by’u Bufaransa AFP bitangaza ko u Burundi bufashe uyu mwanzuro kuko abasirikare ba bwo bamaze igihe batabona […]
Kicukiro: Umunyeshuri yafatanwe kashe 39 z’impimbano
Umunyeshuri witwa Tuyishime Bernard wiga mu kigo cy’ishuri ry’ubumenyingiro IPRC-Kicukiro yatawe muri yombi na Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Kicukiro afite kasha z’impimbano zigera kuri 39 zitandukanye. Polisi itangaza ko izi kasha ziganjemo iz’ibigo bya Leta birimo amabanki, amashuri, ibigo by’ubutabera n’ibindi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu munyeshuri ubusanzwe wiga ibijyanye n’amazi muri iki kigo […]
Gambia: Umwana wa Perezida Barrow yariwe n'imbwa arapfa
Umwana wa Perezida mushya wa Gambia Adama Barrow yapfuye kuiki cyumweru tariki ya 15 mutarama 2017, azize kurumwa n’imbwa, akaba yapfuye ataragezwa no kwa muganga. Amakuru atangazwa na BBC avuga ko uyu muperezida mushya atabashije kwitabira umuhango wo gushyingura uyu mwana we w’umuhungu Habibu Barrow w’imyaka 8 y’amavuko kuko ari mu buhungiro mu gihugu cya […]
Ibintu wamenya ku makipe ya Ghana n’iya Uganda bigiye guhura muri CAN 2017
Mu gihe irushanwa rya CAN 2017 rikomeje, ku munsi w’ejo tariki ya 17 Mutarama hazakomeza irushwanwa mu mukino uzahuza amakipe arimo iya Uganda na Ghana, ndetse Cote d’Ivoire igahura na Togo, iyi mikino ikaba iteganyijwe ku isaha ya saa kumi n’ebyiri z’umugoroba. Bimwe mu bintu ugomba kumenya kuri aya makipe yombi kuri buri ruhande [xyz-ihs […]
Amatariki y’ingenzi yaranze jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda (IGICE CYA 1)
Mu gihe U Rwanda rwitegura kwibuka jenoside yakorewe abatutsi ku nshuro ya 23 ubuyobozi bwa Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside (CNLG) bwatangaje amwe mu matariki y’ingenzi agaragaza uburyo jenoside yateguwemo kugeza ishyizwe mu bikorwa muri Mata 1994. Nk’uko bigaragara mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’umunyamabanga wa Komisiyo y’igihugu yo kurwanya jenoside (CNLG), Dr Bizimana Jean Damascene […]
Abahanzi barimo Lady Gaga bagiye gutera inkunga abakobwa mu burezi basaga Miliyoni 130
Itsinda ry’abahanzikazi bo ku mugabane w’Amerika rirangajwe imbere na Lady Gaga ryatangaje ko rigiye gushora amafaranga atubutse mu guteza imbere uburezi bw’abana abakobwa hirya no hino ku isi. Nk’uko byatangajwe n’ibitangazamakuru bitandukanye hirya no hino ku isi, ngo aba bahanzi barimo Lady Gaga, Charlize Theron Danai Gurira, Natalie Portman ndetse n’abandi batandukanye bo kuri uriya […]
Perezida Trump yongeye kwibasirwa n'umugore amushinja gushaka kumusambanya
Umugore w’imyaka 30 uzwiho kuba ari umunyamideli mu gihugu cya Hungary, arashinja Perezida Trump kumutumira mu cyumba cye cya hoteli mu Burusiya mu kwezi kwa 5 umwaka 2016, nyuma y’ibirori bari bahuriyemo . [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi, uyu mugore uzwi nka Kata Sarka yabitangarije itangazamakuru mu ryo Bwongereza muri iyi week end ishize avuga ko byabayeho […]
Abakene muri Afurika bariyongereye mu gihe mu Rwanda bagabanutse cyane
Nk’ uko bigaragara mu cyegeranyo gishya cya Banki y’isi ku bijyanye n’ubukene ku mugabane w’Afurika, cyerekanye ko u Rwanda rwagabanyije umubare w’abakene cyane ndetse mu gihe gito ku buryo butigeze buboneka ahandi hose ku isi mu myaka yashize, Muri Afurika ho, uyu mubare ukaba ukomeje kwiyongera. U Rwanda rwaje imbere mu kugabanya umubare w’abakene barutuye […]
Abantu 8 bakurikiranyweho kugerageza guha ruswa Polisi
Mu mpera z’icyumweru gishize, polisi y’u Rwanda ishami rishinzwe umutekano eo mu muhanda yataye muri yombi abantu 8 biganjemo abatwara ibinyabiziga ubwobageragezaga guha ruswa Polisi. Ibi byemejwe n’umuyobozi w’ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe ubugenzuzi bw’umurimo n’imyitwarire ngengamikorere , Assistant Commissioner of Police (ACP) Jean Nepo Mbonyumuvunyi aho yavuze ko aba bantu bafatiwe mu bice […]
Abantu 4 bagiriye akamaro isi mu mwaka wa 2016
Umugore warokoye umwana w’imyaka 2 wari wirukanywe iwabo azira ko ababyeyi be ari abarozi ayoboye urutonde rw’abantu bane bagiriye isi akamaro gakomeye mu mwaka wa 2016. Anja Ringgren LovĂ©n wakoze igikorwa cy’ubumuntu mu kwezi kwa kabiri mu mwaka wa 2016 ubwo yafashaga akana ko muri Nigeria yatowe ku mwanya wa mbere aca ku banyapolitiki bo […]
(Amafoto): Impanuka y’indege yahitanye abasaga 32 muri Turukiya
Mu gitondo cyo kuri uyu wa 16 Mutarama 2017, indege yo mu bwoko bwa Boeing 747 TC-MCL yo mu gihugu cya Turukiya yakoze impanuka abasaga 32 bahira bahasiga ubuzima. Nk’uko bitangazwa na BBC dukesha iyi nkuru, iyi ndege yaturukaga muri Hong Kong yerekeza Istanbul muri Turukiya iza kugwa mu mujyi wa Kyrgyzstan mu bilometero 15 […]
Perezida Museveni yakoze amateka adasanzwe mu gisirikare cy’ibihugu bya EAC
Bwa mbere mu gisirikare cya Uganda no muri EAC, umugore yahawe ipeti rya Major General, Perezida Museveni yakoze amateka azamura Proscovia Nalweyiso wari ufite ipeti rya Brigadier amugira Major General. Proscovia Nalweyiso niwe mugore wa mbere ugeze kuri uru rwego kuva igihugu cya Uganda cyabaho by’umwihariko ni agashya ku gisirikare cya UPDF cya Museveni, izamurwa […]
Kenya: Abakecuru bari kwiga Karate ngo bahangane n’ababahohotera (Reba Video)
I Nairobi muri Kenya haravugwa inkuru y’abagore bakuze ndetse n’abakecuru bakoze ishyirahamwe ryo kwiga iteramakofe n’imigeri mu rwego rwo guhangana n’ihohotera rishingiye ku gitsina ribakorerwa . [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umwe muri aba bagore witwa Korogosho avuga ko ibi babitewe no kuba basa n’abatitaweho kuko abagabo babo ndetse n’abandi bo ku ruhande babakorera ibyo bishakiye banatabaza inzego […]
Burundi: Abatavuga rumwe na leta bagiye kubaza Mkapa impamvu yabatutse
Nyuma y’uko abatavuga rumwe na leta y’u Burundi bagaragaje ukutanyurwa n’ibiganiro bibahuza n’ishyaka riri ku butegetsi CNDD-FDD, mu biganiro byari biyobowe n’uwahoze ari Perezida wa Tanzania Benjamin Mkapa, kuri uyu wa mbere tariki ya 16 Mutarama 2017 abayobozi b’amashyaka atavuga rumwe na leta nibo bonyine batumiwe mu biganiro i Arusha muri Tanzania. Mu kiganiro aba […]
Abanyeshuri barangije ayisumbuye bajyanwe mu itorero
Kuri uyu wa 15 Mutarama 2017, abanyeshuri bagera kuri 68,560 basoje amashuri yisumbuye mu Rwanda hose batangiye ingando z’itorero ry’igihugu. Boniface Rucagu, ukuriye itorero ry’igihugu yabwiye newtimes dukesha iyi nkuru ko iri torero n’ubundi rigarutse rifite intego zisanzwe zirigenga zo kwigisha abakiri bato indangagaciro na kirazira by’umuco nyarwanda. Yagize ati “Intego y’ingenzi ni ukubarema muri […]