Mushishiro: Abaturiye urugomero rwa Nyabarongo barasaba Leta kwegerezwa n'ishuli ry'imyuga
Abaturiye urugomero rwa Nyabarongo ya mbere ruri mu murenge wa Mushishiro mu karere ka Muhanga, barasaba leta kubashyirira ishuri ry’imyuga, ku nzu zubatswe na rwiyemezamirimo wakoze urugomero rw’amashanyarazi, kugira ngo abana babo bave mu bwigunge bwo gukora ibirometero birenga icumi bajya kwiga imyuga. Umurenge wa Mushishiro ni umwe mu mirenge 12 igize akarere ka Muhanga, […]
Pasiteri yagerageje kumara iminsi 40 nka Yesu atarya atananywa, apfa ku munsi wa 30
Alfred Ndlovu yari pasiteri wo muri Afurika y’Epfo, yagerageje gutera ikirenge mu cya yesu ariko ntibyamukundira, kuko yifuzaga kumara iminsi 40 atarya atananywa ariko ku munsi wa 30, ubuzima bwe burahagarara. Nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru lanouvelletribune, uretse kuba uyu mupasiteri yarakoze ibi akitaba Imana ngo n’ubusanzwe muri sosiyeti yabagamo benshi baramukundaga ndetse bakamufata nk’umuntu w’ikitegererezo bitewe […]
Umugabo ufite igitsina kirekire kurusha abandi ku isi cya 50cm-REBA AMAFOTO
Roberto Esquivel Cabrera ni umugabo ukomoka muri Mexique, uyu mugabo w’imyaka 54 y’amavuko afite igitsina gitangarirwa na buri wese dore ko gikabakaba muri 50Cm z’uburebure. Yagize ati: “ndanezerewe kuba ari njye ufite igitsina kirekire ku isi, nejejwe n’iki gitsina cyanjye, nkeka ko nta bandi bafite igifite uburebure bukabakaba ku bw’icyanjye”. Uyu mugabo yatangaje ibi mu […]
Bamwe mu batarakomeje gusakuriza u Rwanda muri 2016, Perezida Kagame yabishimiye Imana
Ku wa 15 Mutarama mu masengesho yo kuragiza u Rwanda Imana nibwo perezida Kagame yagize ati “Muzi ko nta mwaka wigeze uhita tudafite abadusakuriza ndetse bagabanya umuvuduko tugenderaho ari yo ntego yabo, ariko mu mwaka ushize byabaye bikeya na byo turabishimira Imana. Kandi ndabivuga nizera ko no mu mwaka twatangiye wa 2017, icyadushoboresheje ibyo muri […]
Igisirikare cya Uganda cyiyemeje guhorera umusirikare uherutse kwicwa na Al Shabab
Igisirikare cya Uganda cyabwiye Al Shabab ko izishyura urupfu rubabaje iherutse kwica umusirikare wacyo yari yarafatiye ku rugamba muri Kanama 2015. Umuvugizi w’igisirikare cya Uganda ucyuye igihe, Lt Col. Paddy Ankunda kuri uyu wa gatatu ushize yavuze ko Al Shabab yarenze ku mahame mpuzamahanga yo kurinda imbohe z’intambara. “ Twabonye video kandi ikigaragara ntibyemewe ”, […]
Mavenge Sudi mu gitaramo kidasanzwe mu mujyi wa Kigali
Umuhanzi akanaba umucuranzi, Mavenge Sudi benshi bazi ku ndirimbo nka Gakoni k’abakobwa, kuri ubu ategerejwe na benshi muri uyu mujyi wa Kigali aho arataramira abakunzi be kugeza mu gitondo. Mavenge Sudi kuri uyu wa Gatanu tariki ya 20 Mutarama 2017, arataramira abakunzi be muri Bar Resto Nectar, iherereye mu mujyi wa Kigali, hafi y’agakinjiro imbere […]
Ese imibonano mpuzabitsina yaba ari kimwe mu bimenyetso by’urukundo?
Abantu benshi bakunze kwitiranya gukundana no gukorana imibonano mpuzabitsina ndetse akenshi ukanasanga abari abakunzi bashwana bagatandukana bapfa ko umwe muri byo yanze gukemurira undi akabazo. Muri iyi minsi ya none, usanga abantu baba urubyiruko cyangwa abakuru barimitse umuco wo guhuza ibitsina babyita urukundo ariko washishoza neza ugasanga nta rukundo ruba rurimo kuko akenshi bamwe iyo […]
Burundi: Abagera kuri 12 bamaze guhitanwa n’inzara no kubashyingura bikaba ikibazo
Abantu bagera kuri 12 mu gihugu cy’u Burundi bamaze guhitanwa n’inzara kuva mu kwezi kw’Ukwakira umwaka ushize, aho icyenda muri bo bapfuye mu byumweru bibiri bishize barimo abana bane. Abayobozi bakaba basaba amashyirahamwe atandukanye kubashakira ibyo kurya. Abaturage bibasiwe n’inzara kurusha abandi ngo ni ababa muri site ya Muyange ya mbere iri muri Komini Gihanga, […]
Ese Padiri Nahimana Thomas nakubita igihwereye muri politiki azasubira muri Kiliziya yakirwe?
Padiri Nahimana Thomas ubu wiyambuye ikanzu ya Kiliziya aba umukinnyi ukomeye wa politiki, ku bwe ahamya ko isaha ku isaha azashakira kugaruka muri kiliziya azagaruka by’umwihariko ko nta tegeko rimubuza politiki ari padiri. Mu kiganiro yagiranye n’Ijwi rya Amerika, Nahimana Thomas yabajijwe niba koko ari padiri cyangwa niba ari akazina k’agahimbano yahawe, asubiza avuga ko […]
Urutonde rw’abakinnyi 10 ba ruhago b’abaherwe ku mugabane w’Afurika
Bamwe mu bakinnyi b’umupira w’amaguru ku muri Afurika bagiye bahirwa n’ikirenge cyabo ndetse bamwe baza no kureka uyu mwuga wo gukina bajya gukora indi mirimo ariko bakoresha amafaranga bakuye mu gukina. Ku rutonde rwashyizwe ahagaragara mu mpera z’umwaka wa 2016, rwerekana bamwe mu bakinnyi 10 bo kuri uyu mugabane nk’uko bikorwa ku yindi migabane, babashije […]
Amafoto: Polisi yasubije ba nyirabyo ibikoresho bitandukanye yafashe byibwe
Polisi y’u Rwanda kuri uyu wa gatanu yakoze igikorwa cyo gusubiza ba nyirabyo ibikoresho bya elegitoloniki bari baribwe yagiye ifata mu mikwabu itandukanye. Iki gikorwa kikaba cyabereye ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyiru. Mu minsi ishize nibwo Polisi y’u Rwanda yahamagariye abantu bibwe ibikoresho bitandukanye bya elegitoloniki kujya kureba ko hari ibyabo […]
Gambia: Jammeh yahawe amahirwe ya nyuma mu gihe ECOWAS yamaze kugera mu gihugu cye
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu byari biteganyijwe ko abayobozi muri Afurika y’uburengerazuba bajya I Banjul muri Gambia guha amahirwe ya nyuma yo kuva ku butegetsi mu mahoro perezida Yahya Jammeh mbere y’uko agabwaho ibitero n’ingabo z’ibi bihugu zikamukuraho ku ngufu. Ingabo za ECOWAS zirangajwe imbere na Senegal na Nigeria, mu ijoro ryo kuri […]
Amatariki y’ingenzi yaranze jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda (IGICE CYA 2)
Mu mateka y’ubwicanyi mu Rwanda, ijambo IMPERUKA y’ABATUTSI ritavuzwe bwa mbere muri 1993. Perezida KAYIBANDA niwe wa mbere warikoresheje mu ijambo yavugiye kuri Radio Rwanda ku itariki 11 Werurwe 1964 abitewe n’igitero cyari cyagabwe mu Bugesera ku wa 21 Ukuboza 1963 na bamwe mu mpunzi z’Abanyarwanda bavuye i Burundi ; KAYIBANDA yaravuze ngo : « […]
Hagiye gusohoka indirimbo ihuriweho n'abahanzi bo mu Rwanda, Tanzania na Malawi
Abahanzi nyarwanda barimo Danny Vumbi, Oda Paccy ndetse Nicolas bafitanye umushinga wo gusohora indirimbo imwe bahuriyeho n’abandi bahanzi bo mu gihugu cya Tanzania ndetse na Malawi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iyi ndirimbo izaba ari akataraboneka iri mu rurimi rw’icyongereza yiswe Your Love bikaba biteganyijwe ko izaba yamaze kugera hanze muri uku kwezi kwa Mutarama, ubu hakaba hari […]
Nyamagabe: Babiri batawe muri yombi nyuma yo kwica uwo bitaga umujura
Polisi y’u Rwanda iramaganira kure abantu bishora mu bikorwa bibi byo kwihanira mu gihe bafashe ukekwaho gukora icyaha runaka, ikabasaba guhita babimenyesha inzego zibishinzwe kuko kwihanira ari icyaha kandi gihanwa n’amategeko. Ubu butumwa butanzwe nyuma y’uko mu karere ka Nyamagabe abagabo babiri bafashwe nyuma yo kwivugana uwo bakekagaho ubujura. Byabaye mu ntangiriro z’iki cyumweru mu […]
Gicumbi: Hagiye kubakwa inzu ndangamurage y’urugamba rwo kubohoza igihugu
Abantu 35 nibo batoranyijwe muri 200 bagomba kuzambikwa imidari nk’intwari z’igihugu nk’uko byatangajwe n’urwego rw’igihugu rushinzwe intwari z’igihugu. Mu kiganiro n’itangazamakuru kuri uyu wa Kane, umuyobozi w’uru rwego, Dr Pierre Damien Habumuremyi yavuze ko abantu 35 bamaze gusuzumwa muri 200 bakorerwagaho ubushakashatsi. Iki kiganiro n’abanyamakuru kikaba cyari cyateguwe mu rwego rwo kubagezaho aho imyiteguro y’Umunsi […]
Impamvu umwaka wa 2017 uzagora ibihugu bya EAC mu bukungu
Ibihugu bitandatu bigize umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba bishobora kuzasubira inyuma cyane muri uyu mwaka wa 2017 bitewe n’ibikorwa bitandukanye bigiye biteganyijwe muri ibyo bihugu, uku gusubira inyuma gushobora no kuzatuma EAC idakomeza kugaragara nk’umwe mu miryango y’ibihugu byo munsi y’ubutayu bwa Sahara igaragaza iterambere ry’ubukungu nk’uko byahoze mu myaka yashize. Umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba ubusanzwe wazaga imbere […]
Umugore w’imyaka 36 yafashwe atangiye gusambana n’umwana we w’imyaka 10
Mu mujyi wa Durban uherereye muri Afurika y’Epfo, niho umugore ufite imyaka 36 y’amavuko yafashwe agerageza gukorana imibonano mpuzabitsina n’umwana we w’umuhungu w’imyaka 10. Aba bombi ibyo bari bagiye gukora bigayitse, bageragezaga kubikorera mu ruhame aho bogeraga mu bantu benshi, abo bari kumwe babafata amashusho ndetse banayakwirakwiza ku mbuga nkoranyambaga. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Muri iyo video, […]
Umugabo akurikiranyweho gutwikira mu nzu abana be babiri
Umugabo witwa Endris Mohammed w’imyaka 46 y’amavuko ukomoka mu gihugu cya Birmingham gihana imbibi n ’u Bwongereza arashinjwa ibyaha byo kwihekura aho akekwaho kuba yaratwikiye mu nzu abana be 2, Saros Endris w’imyaka 8 ndetse na mushiki we Leanor Endris w’imyaka 6 y’amavuko. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ushinzwe gutanga amakuru mu gace bariya bantu babamo, Nick Barnes […]
Gen Kamanzi uyobora region ya 34 ya FARDC yerekanye abarwanyi ba M23 bafashwe
Umuyobozi wa region ya 34 y’ingabo za FARDC, Gen. Francois Kamanzi, kuri uyu wa gatatu ushize yeretse Guverineri wa Kivu y’Amajyaruguru abarwanyi babiri yise ko ari abo mu mutwe wa M23. Abo akaba ari Major Zimurinda James na Adjudant-chef Desire Karangwa, ngo bafashwe mu minsi ishize bari gupakira intwaro mu mifuka y’ibirayi. Nk’uko Gen. Kamanzi […]