Huye:Mwalimu n’Abadiyakoni ba ADEPR 8 bakubiswe bagirwa intere-Amafoto
Abadiyakoni 8 barimo na mwalimu (Evangeliste)ba ADEPR ururembo rw’Amajyepfo ku umudugudu wa Ngoma (Butare Ville)bakubitiwe mu nzira bava mu nama bagirwa intere. Ibi byabaye mu ijoro ryo kuwa gatanu tariki ya 27 Mutarama 2017. Bamwe mu bayobozi bagize umudugudu wa ADEPR Ngoma mu Ntara y’Amajyepfo mu Karere ka Huye, bahuye n’abagizi ba nabi barabakubita ndetse […]
Imibyinire idasanzwe yatumye Vampino asaba Cindy babyinanaga ko baryamana
Amakuru acicikana hirya no hino ku mbuga nkornyambaga ndetse no ku mbuga z’imyidagaduro mu gihugu cya Uganda agaragaza imibyinire idasanzwe n’umuhanzi vampino ndetse na Cindy bamaze igihe bakundana. Nyuma yo kubyina mu gitaramo aba bahanzi bombi bari bahuriyemo, uyu musore ngo yaretse ibyo kubyina atangira kuganiriza Cindy ibindi bitandukanye n’umuziki aho yanamusabye ko baryamana mu […]
Ngoma: Umugabo yakubise umuvandimwe we ingumi ahita apfa
Umugabo witwa Singirankabo Jean de Dieu wo mu karere ka Ngoma, umurenge wa Mugesera akagali ka Nyange mu mudugudu wa Rugazi yishwe n’umuvandimwe we Bisangabagabo Edouard amuteye ingumi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi byemejwe n’umuyobozi w’akagali ka Nyange aba bagabo barwaniyemo, Nyirantibumva Donatha ubwo yavuganaga na B wiza ku murongo wa telefoni, aho yagize ati “nibyo koko […]
Uturere twahombeje leta kubera imicungire mibi y’abakozi twatangiye kwitaba Abadepite
Kuri uyu wa mbere tariki ya 30 Mutarama 2017, Komisiyo y’imibereho myiza y’abaturage ikorera mu nteko ishinga amategeko umutwe w’Abadepite yakiriye ubusobanuro bw’abayobozi b’uturere 3 turimo Nyarugenge, Rwamagana ndetse na Burera ku mikoreshereze mibi y’umutungo w’igihugu wahombeje miliyoni zisaga 45. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Utu turere twagiye twitaba iyi komisiyo ku masaha atandukanye ariko dutanga ubusobanuro ku […]
Gatsibo: Yagannye ishuri ku myaka 50 ngo azatsinde urubanza
Umusaza w’imyaka 56 y’amavuko wo mu murenge wa Murambi, akarere ka Gatsibo, yiyemeje kujya kwigana n’abo abyaye ngo azakunde atsinde urubanza rwamunaniye. Kabagema Boniface winjiye mu mashuri abanza afite imyaka 50, yatsinzwe urubanza rw’isambu mu 1994, ubu akaba yiga ngo azarubyutse ndetse anarutsinde. Kabagema ntiyitaye ku nkwenene n’urwamenyo yahawe, ubwo yafataga inzira, ashoreranye n’abana n’abuzukuru. […]
Kigali: Abahoze ari abasukuti bashinze umuryango uzafasha urubyiruko
Kuri iki cyumweru tariki ya 29 Mutarama 2017, i Kigali havyukiye umuryango ugizwe n’abantu barerewe kandi bakurira mu muryango w’Abaskuti. RASAL (Rwanda Ancient Scouts Alliance) ni umuryango bazatangiramo umusanzu wabo mu kubungabunga no gushimangira indangagaciro z’amahame y’ubuskuti no guteza imbere urubyiruko. Muri Kanama 2016 nibwo abaskuti bakuze bagaragaje ko ubuskuti ubuvamo kubera imyaka igukoma imbere, […]
Burundi: Ikibazo cy’indwara y’ibibembe gikomeje gufata indi ntera
Umuryango mpuzamahanga wita ku buzima agashami gashinzwe kurwanya indwara zandura zirimo n’ibibembe, uratangaza ko ikibazo cy’ibibembe mu gihugu cy’u Burundi gikomeje gufata indi ntera . Nk’uko byatangajwe na radio na televiziyo y’u Burundi kuri iki cyumweru tariki ya 29 mutarama 2017, ngo hari uduce tumwe na tumwe muri leta y’u Burundi usanga twaribasiwe n’iyi ndwara […]
(Amafoto) Ingwe zashwanyaguje umugabo mu maso y’umugore we n’abana bagiye gusura parike
Umugabo w’umukerarugendo witwa Zhang yashwanyagujwe n’ingwe zo muri parike yari yagiye gusura n’umuryango we ubwo yageragezaga kurira uruzitiro rwa parike ngo yinjire nta mafaranga atanze. Uyu mugabo wo mu gihugu cy’u Bushinwa wari uri kumwe n’umugore n’abana yanze kwishyura amafaranga angana n’Amayero 15 gusa ngo ace mu marembo yabugenewe aho abandi ba mukerarugendo binjirira baje […]
Abarwanyi ba M23 bakubiswe inshuro bahungira mu Rwanda
Abarwanyi bagera kuri 30 bo mu mutwe wa M23 ukorera mu mashyamba ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo bari mu Rwanda guhera kuri iki cyumweru tariki ya 29 Mutarama 2017 mu buhungiro. Ni nyuma y’imirwano itoroshye yari yahuje izi nyeshyamba n’igisirikare cya Kongo muri iki cyumweru gishize, aho bamwe mu basirikare ba Kongo bahasize ubuzima […]
Bidasubirwaho UN n’Afurika yunze ubumwe byemeje ko Mkapa akomeza kunga Abarundi
Nyuma y’iminsi micye abatavuga rumwe na letta ya Nkurunziza mu gihugu cy’u Burundi bagiye muri Tanzaniya kubaza Mkapa impamvu yabatutse ndetse no kuba asa n’ushyigikiye ko Perezida Nkurunziza ahama ku butegetsi, umuryango w’Abibumbye n’uw’Afurika yunze ubumwe byatangaje ko bishyigikiye ko Perezida Mkapa akomeza kuba umwunzi muri kiriya gihugu. Ibi kandi byemejwe nyuma y’uko bigaragaye ko […]
NASA irashinjwa kwimana amakuru ku kibuye gishobora kuzagongana n'isi muri iki cyumweru
Abashakashatsi batandukanye bo ku mugabane w’Amerika baratangaza ko muri iki cyumweru isi ishobora kugongana n’ikibuye kinini cyahawe izina rya 2016WF9, ariko bakaba batavuga rumwe n’Ikigo cyo muri Amerika gishinzwe gukora ubushakashatsi ku bumenyi bwo mu kirere NASA, cyo kivuga ko nta makuru ahagije gifite kuri ibi. Iki kigo cya NASA cyatangaje ko iki kibuye gishobora […]
Muri gereza baratereta, mu buhanga busekeje
Ubuhamya bw’abantu baba n’abaheruka muri gereza, buvuga ko habera ibintu byinshi bijya gusa n’ibibera hanze yayo. Ibiganiro, ubutekamutwe, gukorera amafaranga, gutunga abakozi, ndetse no kubireba akabariro baratekereza. Urukumbuzi rurabica, bakamenya uko bakemura ikibazo: aho baba, aho bajya mu kazi hanze, kwa muganga, no kuri telefoni ku babasha kuzibona. Bisaba ubuhanga buhanitse, ariko k’ubyumva atarahaba birasetsa. […]
Ngoma: Abagabo bane bafatiwe mu cyuho batetse Kanyanga
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Ngoma ifunze abagabo bane barimo Mvukiyehe Felicien, Samvura Vedaste , Hakizimana Emmanuel na Vatiri Sylvestre.nyuma yo kubafatira mu cyuho batetse Kanyanga ku itariki 28 uku kwezi. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’i Burasirazuba, Inspector of Police (IP) Emmanuel Kayigi yavuze ko babiri babanza bafatiwe mu kagari […]
CAN: Ikipe ya Misiri yabonye itike yo kujya muri ½ cy’irushanwa Kongo na Maroc biratakara
Mu gihe irushanwa ry’igikombe nyafurika cy’ibihugu ririmbanyije, kuri uyu wa 29 Mutarama 2017 ikipe ya Misiri yabashije gukuramo ikipe byari bihanganye ya Maroc ku gitego kimwe ku busa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Muri uyu mukino wa ¼ cy’irushanwa, amakipe yombi yabanje kugwa minswi mu gice cya mbere ndetse n’icya kabiri aho mu minota hafi 80 y’umukino ari […]