Nyabugogo: Abahoze ari abujura bashyizeho ihuriro ryo kuburwanya

Abanatu bagera kuri 157 biganjemo urubyiruko bakora ibikorwa by’ubujura bitandukanye mu gace ka Nyabugogo mu mujyi wa Kigali biyemeje kubireka, ubu bakaba baaranashyizeho ihuriro ryabo ryitwa” Hinduka uhindure abandi”. Bizinde Jean Damascene, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Nyamabuye mu murenge wa Gatsata mu karere ka Gasabo yagize ati:” mu mwaka wa 2012 hano muri Nyabugogo kari […]

Koreya ya Ruguru: Umuvandimwe wa Perezida Kim Jong Un yiciwe muri Maleziya

Kim Jong Nam, avukana ku mubyeyi umwe n’umukuru w’igihugu cya Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un, yishw kuri uyu wa mbere tariki ya 13 Gashyantare 2017 aguye mu gihugu cya Maleziya. Amakuru yamenyekanye mu bitangazamakuru bitandukanye , avuga ko amakuru ku rupfu rw’uyu muvandimwe wa Perezida yatangajwe na Koreya y’Epfo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Amakuru avuga ko […]

Burundi: Abasigaye mu gihugu nibatavuga ibyabaye, bizagora gukemura ikibazo. Amnesty

Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu, Amnesty International wasabye leta y’u Burundi ko mu gihe kitarambiranye iki gihugu kigomba kuba cyatanze ingingo zigaragaza uruhare rw’imiryango idaharanira inyungu za politike. Ibi byasobohotse mu itangaz ryashyizwe ahagaragara n’uyu muryango ryandikiwe umuryango w’Abibumbye uyu muryango usabwa gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ry’uyu mwanzuro, aho bavuga ko ibi byatekerejewho kuva mu […]

Umuherwe Rujugiro Tribert agiye kubaka uruganda rwa miliyoni 20 $ muri Uganda

Umuherwe w’Umunyarwanda, Tribert Rujugiro Ayabatwa, arateganya gushora imari mu bijyanye no guteza imbere ubuhinzi bw’itabi ahitwa Arua mu majyaruguru y’igihugu cy’abaturanyi cya Uganda, aho ateganya gushora akayabo ka miliyoni 20 z’amadolari. Ibi bikaba byashyizwe ahagaragara mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na nyir’ubwite, Rujugiro, washinze PanAfrican Tobacco Group. Itangizwa ku […]

Abantu 13 bamaze guhitanwa n'uburozi bahawe na Pasiteri ngo arerekana ibitangaza

Abantu 13 bamaze guhitanwa n’amazi ahumanyije bahawe na pasiteri witwa Monyeki, mu gihe abandi 5 bakiri mu bitari ubuzima bwabo bukaba na bwo buri mu kaga gakomeye. Uyu mupasiteri wo muri Repubulika y’Afurika y’Epfo yahaye abayoboke b’idini rye amazi yavanze n’umuti wica imbeba kuri uyu wa mbere ababwira ko agiye kubereka ibitangaza ko nt cyo […]

Leta y’u Rwanda yashyize ku isoko imigabane yari ifite muri I&M Bank

Imigabane ingana na 19.81% leta yari ifite muri I&M bank yayirekuye kugirango igurishwe ku Isoko ry’imari n’imigabane mu gikorwa cyayobowe na minisitiri w’imari n’igenamigambi Amb. Claver Gatete wasobanuye ko gutanga iyi migabane ku bikorera, bigamije gushyigikira ishoramari ryo muri bene iyi migabane ku baturage no guteza imbere isoko ry’imari n’imigabane. Amb. Gatete yahamagariye abaturage kwitabira […]

U Burundi bwatangiye ubukangurambaga ku gucyura impunzi zabwo ziri mu baturanyi

Leta ya Nkurunziza Pierre mu gihugu cy’u Burundi yatangaje ko yatangije ubukangurambaga bugamije gucyura impunzi zose zahungiye mu bihugu by’ibituranyi bahunze guhera mu myaka yashize kubera ibibazo cy’umutekano mucye wariyo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi ni ibyatangajwe kuri uyu wa mbere na Minisitiri w’umutekano mu gihugu cy’u Burundi Pascal Barandagiye mu kiganiro yagiranye n’ushinzwe impunzi n’ibiza aho […]

USA: Bamwe mu bayobozi Trump yashyizeho batangiye kunanirwa hadashize ukwezi

Umujyanama mu by’umutekano wari uherutse kugenwa na perezida mushya wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yeguye ku mirimo ye ataramara n’ukwezi ahawe inshingano. Micheal Flynn yeguye ku mirimo ye kuri uyu wa Mbere, itariki 13 Gashyantare nyuma y’aho yari amaze iminsi ashyirwa mu majwi ashinjwa kuyobya visi perezida Mike Pence n’abandi bayobozi ku […]

Ibihugu bimwe ngo byanga kwakira abarekuwe n’urukiko rwa Arusha byanga kwiteranya n’u Rwanda

Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda (TPIR) rwashyizweho n’Akanama k’Amahoro n’Umutekano ka Loni mu ngingo yako ya 995 yo kuwa 08/11/1994, nyuma y’amezi 4 gusa ingabo zari iza FPR-Inkotanyi zirangajwe imbere na Perezida Kagame zibohoje u Rwanda. Uru rukiko rwahawe ububasha bwo kuburanisha ibyaha by’itsembabwoko n’ibyibasiye inyokomuntu byakozwe mu gihe cy’umwaka wose, uhereye kuwa 01 […]

Saint Valentin: Buravan n’abandi bahanzi barataramana n’abakunzi babo muri Café Resto Nectar

Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 14 Gashyantare 2017, ku munsi w’abakundanye (Saint Valentin), na CafĂ© resto Nectar yazirikanye abayigana ibazanira umuhanzi Buravan n’abandi bakirigita gitari ngo bishimane n’abakunzi babo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ubuyobozi bwa Nectar, buti: “Ni ku bw’urukundo tubakunda, twishimiye kubatumira mu birori by’uyu munsi w’abakundanye muri Nectar Cafe Resto &Bar, murataramirwa n’abahanzi batandukanye […]

Nyarugenge: Abirukanywe muri Tanzaniya barashinja ubuyobozi gushaka kubicisha inzara

Bamwe mu banyarwanda birukanywe muri Tanzaniya batujwe mu kagali ka Taba, umurenge wa Kanyinya mu karere ka Nyarugenge, baravuga ko babangamiwe bikomeye n’uko babuzwa kurenga imbibi z’aho batuye ngo bajye gushaka ibibatunga hirya no hino mu gihugu. Aba banyarwanda birukanywe muri Tanzaniya bavuga ko babwirwa n’ubuyobozi bw’inzego z’ibanze ko igihe bagiye kure y’inzu batujwemo bazajya […]

Ababaga amatungo ntibavuga rumwe ku mafaranga bacibwa n’abaveterineri kandi bahembwa

Abantu batandukanye hirya ni hino mu gihugu bakora akazi ko kubaga amatungo haba mu masoko, mu tubari n’ahandi ntibavuga rumwe ku mafaranga bacibwa n’abakozi b’akarere cyangwa b’umurenge bafite mu nshingano gupima inyama mbere y’uko abaturage batangira kuzigura ngo bajye kuzirya. Bamwe mu bakora aka kazi ko kubaga bavuga ko bacibwa amafaranga bo bita ko atari […]

Burundi: Leta irasaba ko Gen Niyombare na bagenzi be bashakaga guhirika Nkurunziza bafatwa

Mu gihe ku rutonde rw’abatumiwe n’umuhuza Benjamin Mkapa mu biganiro byo guhuza Leta y’u Burundi n’abayirwanya hariho n’abashakishwa na Leta, pariki nkuru ya Repubulika y’u Burundi yasabye ko abashinjwa gushaka guhirika ubutegetsi bwa Petero Nkurunziza bafatwa. Agnès Bangiricenge, umuvugizi wa pariki nkuru atangaza ko bifuza ko bafatwa bagashyikirizwa ubutabera. Bose hamwe bakaba ari 34, barimo […]

Perezida Trump yatumiye perezida Buhari nyuma yo kuganira kuri telefone

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump kuri uyu wa Mbere yagiranye ikiganiro ku murongo wa telefone na perezida Muhammadu Buhari ari London mu Bwongereza aho Buhari yashimiye Donald Trump kuba yaratorewe kuyobora Amerika. Abayobozi b’ibihugu byombi baganiriye ku kuntu bakomeza ubufatanye mu rugamba rwo kurwanya iterabwoba binyuze mu gushaka ibikoresho bikenewe. [xyz-ihs […]

Handball 2017: Police yatsinze Nyakabanda 37- 18

Ku munsi wa gatatu wa Shampiyona y’Umukino w’Intoki mu Rwanda (Handball), Ikipe ya Polisi y’u Rwanda (Police Handball Club) yatsinze Nyakabanda Handball Club ibitego 37 kuri 18. Umukino wahuje aya makipe yombi wabereye mu Kigo cy’urubyiruko cya Kimisagara, kibarizwa mu karere ka Nyarugenge. Muri ibi bitego 37 harimo 7 bya Tuyishime Zacharie na 6 byatsinzwe […]

RDC: Abagera kuri 20 baburiwe irengero nyuma y’impanuka y’ubwato

Abantu bagera kuri 20 baburiwe irengero kuva kuri iki cyumweru gishize, itariki 12 Gashyantare nyuma y’impanuka y’ubwato yabereye mu Kiyaga cya Kivu. Nk’uko byatangajwe na Norbert Rugusha, komiseri ushinzwe ibiyaga watanze iyi mibare, yavuze ko ubwato bwari buturutse ahitwa Bulenga muri teritwari ya Kalehe butwaye abantu 45 bwerekeza i Bukavu. Uyu muyobozi akaba avuga ko […]

Karongi: Polisi irimo gupima SIDA Abapolisi n’abafatanyabikorwa mu kubungabunga umutekano

Itsinda ry’abapolisi b’u Rwanda bakora mu Ishami ryayo ry’ubuvuzi barimo gupima ku buntu agakoko gatera SIDA abapolisi n’abafatanyabikorwa mu kubungabunga umutekano bo mu karere ka Karongi. Iki gikorwa cyatangiye ku itariki 10 z’uku Kwezi. Biteganyijwe ko kizamara iminsi icumi. Iyi serivisi irimo guhabwa abagize Komite zo kubungabunga umutekano, abagize Urwego rwunganira akarere mu gucunga umutekano […]

Ikigo cy’Abanyarwanda nicyo cyahawe uruhushya rwo gushaka peteroli mu Kivu

Guverinoma y’u Rwanda yamaze guha uburenganzira ikigo Ngali Mining, cyo mu gihugu imbere kikaba kimwe mu bigize sosiyete, Ngali Holdings, bwo gukomeza ibikorwa byo gushakisha peteroli mu Kiyaga cya Kivu. Leta ikaba yashingiye ku byagezweho n’iki kigo mu bushakashatsi bwabanje bwagaragaje ko mu Kiyaga cya Kivu hashobora kuba harimo peteroli. Uru ruhushya kandi ruhawe Ngali […]