U Bushinwa: Imiryango 110 yasezeraniye rimwe imbere y'Imana (Reba amafoto)
Mu ghugu cy’u Bushinwa, imiryango igeza ku 110 yasezeraniye umunsi umwe mu birori by’akataraboneka byarazwe n’udushya twinshi kuri iki cyumweru tariki ya 21 Gcurasi 2017. Ibintu btasaga n’ibidasanzwe ndetse bitanakunda kubaho muri kiriya gihugu ko abantu bangana gutya bahuza umugambi bagakora igikorwa kimwe kidasanzwe nk’iki Muminsi ishize, nibwo mu gihugu cya Uganda habaye ibindi bisa […]
Ngoma: Abapasitoro mu itorero “Inkuru nziza” barwaniye mu rusengero, 9 batabwa muri yombi
Polisi ikorera mu Ntara y’Uburasirazuba iratangaza ko icumbikiye abavugabutumwa bo mu itorero Inkurunziza rya kibungo ahitwa ku cya Semakamba bagera ku 9 nyuma yo gutabwa muri yombi barwanira mu rusengero kuri iki cyumweru. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu kiganiro Bwiza.com yagiranye n’umuvugizi wa polisi IP Emmanuel Kayigi yavuze ko intandaro y’aya makimbirane yatewe n’ihinduranya ry’abakuru b’iri torero […]
Mu biciwe I Gatagara harimo n’ abana batoya bari bafite ubumuga butandukanye – NCPD
Mu rwego rwo kwibuka ku nshuro ya 23 Jenoside yakorewe Abatutsi, ku itariki ya 19 Gicurasi 2017 , inama y’Igihugu y’Abafite Ubumuga (NCPD) yateguye umuhango wo Kwibuka; umuhango wabereye mu kigo cyita ku bafite ubumuga cya Gatagara (HVP Gatagara) giherereye mu Murenge wa Mukingo ,Akarere ka Nyanza. Umuhango wabanjirijwe no gushyira indabo ku mva zo […]
Umwana w’umukobwa wapfuye mu 1997 yagaragaye atembera mu giturage ari muzima
Umwana w’umukobwa utatangajwe amazina uzwiho kuba yarahoze yiga ku kigo cy’amashuli cya Namulenga mu gace ka Mulanje muri Malawi, yateje urujijo nyuma yo kugaragara atembera mu bice by’iwabo nyuma y’imyaka isaga 20 apfuye ndetse bakanamuhamba. Umuvugizi wa polisi muri kariya gace, Gresham Ngwira yemeje mu mpera z’icyumweru gishize ko uyu mwana yagaragaye ndetse akanajyanwa ku […]
Umuhanzi Mavado yahawe ikibanza muri Gambia nyuma y’igitaramo yahakoreye
Umuhanzi Mavado ukomoka muri Jamaica ukora injyana ya dancehall yahawe ubutaka mu gihugu cya Gambia nyuma y’igitaramo cy’imbaturamugabo yakoreye muri iki gihugu mu minsi ishize, bivugwa ko ari icya mbere kibereye muri iki gihugu mu myaka mirongo ishize. Abantu basaga 50,000 bari bakubise buzuye Stade y’Ubwigenge ya Bakau mu ijoro ryo kuwa Gatandatu ushize baje […]
CHINA-USA : Ubushinwa bugiye kumarira ku icumu abatasi ba Amerika
Leta y’Ubushinwa ngo yaba iri kugenda yica itababariye ba maneko batandukanye b’Ikigo cy’Ubutasi cy’Amerika CIA [ The Central Intelligence Agency ] aba batasi ngo bakaba ari bamwe mu bakomeje kwibasira Ubushinwa mu kuneka kimwe cyose iki gihugu gikora mu nzego nyinshi zacyo. Reuters ni bya Biro Ntaramakuru by’Abongereza dukesha iyi nkuru ivuga ko uhereye mu […]
Gicumbi: Ubuyobozi bw’umurenge burahakana ko bwabonanye na Dr Frank Habineza, hari amashusho n’amajwi
Kuwa gatatu w’iki cyumweru, Perezida w’ishyaka Green Party akaba n’umwe mu bazahatanira umwanya w’umukuru w’igihugu mu matora ari imbere, Dr Frank Habineza, yasuye Umurenge wa Rwamiko mu Karere ka Gicumbi. Yari ajyanywe no kuvugana n’ubuyobozi bw’uwo murenge ibirebana n’abarwanashyaka be batotezwa, bahora batumizwa ku murenge ndetse bamwe bakaba barawimutsemo. Ikiganiro bagiranye, agifitiye amajwi n’amashusho, ariko […]
Umufasha wa Perezida wa Kenya yifatanyije na Jeanette Kagame muri Kigali Peace Marathon
Kuri uyu wa 21 Gicurasi 2017, i Kigali habereye isiganwa mpuzamahanga ry’amahoro , iri siganwa ry’amaguru rikaba ryanitabiriwe n’abayobozi batandukanye haba mu Rwanda ndetse no mu bihugu byo mu mahanga. Ni muri urwo rwego, umufasha wa Perezida wa Kenya, Margaret Kenyatta na we ari mu Rwanda guhera kuri uyu wa Gatandatu, aho kuri uyu munsi […]
Sudani y’Epfo: Ese koko Dr. Riek Machar yaba yasimbuwe n’umugore we?
Nyuma y’aho ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwijwe amakuru avuga ko umugore wa Dr Riek Machar, Angelina Teny, yaba yasimbuye umugabo we ku buyobozi bw’umutwe urwanya ubutegetsi bwa Sudani y’Epfo, SPLM-IO, kuri ubu ubuyobozi bw’uyu mutwe burabeshyuza aya makuru. Umunyamabanga wa SPLM-IO ushinzwe itangazamakuru, Lam Kuei Lam, yanyomoje aya makuru avuga ko ari ibihimbano, ahamagarira ababashyigikiye ndetse […]
Abahagarariye Kagame batsinze amatora amuganisha guhatanira gukomeza kuyobora igihugu
Abahagarariye Umukandida Paul Kagame, mu matora y’ibanze y’Umuryango FPR Inkotanyi, bagiye batsinda ku buryo bizeye ko bazakomeza guhatana kugeza atsindiye kuyobora igihugu. Ku wa Gatandatu tariki ya 20 Gicurasi 2017 mu turere dutandukanye tw’u Rwanda hatangiye amatora yo gushaka uzahagararira Umuryango FPR Inkotanyi mu matora y’Umukuru w’Igihugu atergerejwe muri Kanama 2017. Bwiza.com yageze mu turere […]
RDC: Ingabo za FARDC zagejeje dosiye mu rukiko ku rupfu rw’abakozi 2 ba ONU
Ubushinjacyaha bukuru bw’igisirikare cya Repubulika iharanira Demokarasi ya kongo FARDC bwemeje ko bufite dosiye ku rupfu rw’inzobere 2 ziherutse kwicirwa muri kiriya gihugu ndetse iyi dosiye ikaba yashyikirijwe urukiko rwa gisirikare rwa Garnison de Kananga (Kasaà ¯-Central). [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iyi dosiye igaragaza ko hari abapolisi bo muri kiriya gihugu bafashwe n’iperereza bityo bakaba bagomba gukurikiranwa ariko […]
Ukekwaho uruhare mu rupfu rw’uwari umuyoboke wa FDU mu nzira igana urukiko
Polisi y’u Rwanda yamaze gushyikiriza Umushinjacyaha Mukuru dosiye y’ukekwaho kugira uruhare mu iyicwa ry’umuyoboke w’ishyaka FDU-Inkingi uherutse kwicwa mu minsi ishize nyuma y’uko yari yaburiwe irengero. Uyu wari umuyoboke wa FDU akaba yarahoze no mu gisirikare, Cpl Jean Damascene Habarugira, yasanzwe yapfuye mu cyumweru gishize, inkuru ikwirakwira mu binyamakuru byo mu Rwanda ndetse no hanze. […]
Uganda na Tanzania byasabiye u Burundi gukurirwaho ibihano E.U ibitera utwatsi
Perezida wa Tanzania ndetse n’uwa Uganda, kuri uyu wa Gatandatu, basabye Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi gukuraho ibihano by’ubukungu wafatiye u Burundi. Ubu busabe bwa perezida Museveni na John Magufuli bwatangiwe mu nama y’Abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, birimo n’u Burundi, Kenya, u Rwanda na Sudani y’Epfo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] “ Iki ni ikibazo cyacu. […]