Rutsiro: Abacuruzi bibukijwe kwirinda gucuruza amasashe ya pulasitiki
Abacuruzi bo mu santere ya Nkomero iri mu murenge wa Musasa, mu karere ka Rutsiro basabwe na Polisi kwirinda gucuruza amasashe ya pulasitike no gufatanya guca ikoreshwa ryayo. Ibi babisabwe mu cyumweru gishize n’Umuyobozi wa Sitasiyo ya Polisi ya Ruhango, Inspector of Police (IP) Marcelin Uwamahoro mu kiganiro yagiranye na bo nyuma y’umuganda Polisi y’u […]
Bugesera: Umuyobozi w'akarere yashimye uwanze kwica Abatutsi ahubwo akabarokora
Mu rwego rwo gukomeza Kwibuka ku nshuro ya 23 Jenoside yakorewe Abatutsi, mu Murenge wa Ruhuha, Akarere ka Bugesera habereye umuhango wo Kwibuka urubyiruko rwazize Jenoside yakorewe Abatutsi ku rwego rw’Akarere ka Bugesera. Mu buhamya bw’Umurinzi w’Igihango Ntamfurayishyari Silas ukomoka mu Majyaruguru akaba yarageze I Bugesera mu 1990, yagarutse ku itotezwa rikabije ryakorerwaga Abatutsi ariko […]
Dore amakipe 4 azahagararira Afurika mu gikombe cy’isi cy’abatarengeje 17
Ibihugu 4 gusa muri Afurika ni byo byonyine bifite itike yo guhagararira umugabane mu irushanwa riri imbere ry’igikombe cy’isi cy’abatarengeje imyaka 17 y’amavuko. Ibi bihugu birimo Ghana, Guinée, Mali ndetse na Niger nibyo byonyine bifite itike yo kuzerekeza mu gihugu cy’u Buhine mu kwezi kwa 10 uyu mwaka, mu irushanwa ry’abana bari munsi y’imyaka 17. […]
Umuhanzi w'indirimbo zo guhimbaza Imana avuga ko afite ubushobozi bwo kuzura abapfuye
Umuririmbyi akaba n’umuhimbyi w’indirimbo zaririmbiwe Imana, David Kojo Kyei, wamenyekanye nka Kaywa mu gihugu cya Ghana, yatangaje ko kuri izo mpano zose hiyongereyeho n’indi idasanzwe yo kuzura abapfuye bakaba bazima. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mugabo uvuga ko ari imbaraga yahawe n’Imana, yabwiye radio yo muri kiriya gihugu Hitz FM mu kiganiro cyatambutse mu mpera z’icyumweru gishize […]
Rwamagana:Umupolisi yakubise umukuru w’umudugudu, Gitifu abuza abaturage kubivuga
Ku Muyumbu mu karere ka Rwamagana, Komanda wa polici yakubise umukuru w’umudugudu wa Kajevuba mu kagari ka Ntebe. Yamuhoye ko yamushatse kuri telefoni akamubura, nyamara ngo ni agace gakunda kubura rezo. Abaturage bashinja Gitifu w’uyu murenge ko yabasabye kubiceceka, ariko we arabihakana. Muyumbu ni umurenge wa Rwamagana uhana imbibi na Rusororo mu mujyi wa Kigali, […]
Tanzania: Perezida Magufuli yirukanye minisitiri w’ingufu n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro
Perezida John Pombe Magufuli wa Tanzania yirukanye minisitiri w’ingufu n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, Sospeter Muhongo nyuma y’aho raporo igaragarije ko ibigo by’ubucukuzi bibeshya imibare. Mu ijambo rye kuri uyu wa gatatu, itariki 24 Gicurasi ryanyuze kuri televiziyo y’igihugu, perezida magufuli yavuze ko uyu mu minisitiri na komiseri we ushinzwe amabuye y’agaciro, Paul Masanja, bakwiye gukurikiranwa kubera […]
Roger Moore wakinnye akanitirirwa filimi ya James Bonde yitabye Imana ku myaka 89
Umukinnyi wa Filimi Roger Moore wamenyekanye cyane muri za filimi z’imirwano cyane cyane iyamenyekanye ku izina rya James Bonde yitabye Imana ku myaka 89 y’amavuko. Uyu mukinnyi wa Filimi yabaye icyamamare muri iyi filimi ari na yo yamenyekanyemo cyane mu bice bya yo byakinwe guhera mu 1973-85. Roger w’umwongereza ni we wanabashije gukina ibice byinshi […]
Malawi: Abashaka gufasha abanyamahanga barimo Abanyarwanda kubona indangamuntu baburiwe
Impuguke mu bijyanye n’uburere mboneragihugu ziri kugira inama abaturage ba Malawi yo kudafasha abanyamahanga kubona indangamuntu mu gihe iki gikorwa cyo kuzitanga gikomeje kuri uyu wa gatatu, itariki 24 Gicurasi 2017. Paul Kyenda, wo mu Ikigo cy’Igihugu cy’Uburere Mboneragihugu (Nice), akaba n’umuhuzabikorwa w’Akarere ka Mchinji, yatangaje ko gufatwa ufasha umunyamahanga kubona indangamuntu bihanishwa igifungo cy’imyaka […]
Perezida Trump yahuye na Papa Francis i Roma (Amafoto)
Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump ari i Roma mu Butaliyani aho yamaze kubonanana Papa Francis, mu rugendo rwe rwa mbere agiriye muri kiriya gihugu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Muri uru rzinduko Perezida Trump yajyanyemo n’umugore we , Melania, umukobwa we Ivanka Trump, hamwe n’umukwe we Jared Kushner, biteganyijwe ko hazaganirwa ku byo aba bayobozi […]
Brig Gen Nkubito yihanangirije abiha guhanura intambara amatora yegereje
Umuyobozi w’ingabo mu Ntara y’Amajyaruguru, Brig. Gen. Eugene Nkubito, yasabye abayobozi b’amatorero n’amadini akorera muri iyo ntara kwirinda gukwirakwiza ibihuha bihahamura abaturage ko hari intambara zegereje. Mbere yuko haba amatora ya Referendumu mu mwaka wa 2015, hari bamwe mu banyamadini bo mu ntara y’Amajyaruguru bateye ubwoba abaturage babashishikariza guhunga kuko ngo hitezwe intambara. Brig Gen […]
Ibaruwa Yuhi VI yandikiye Kigeli V Ndahindurwa asaba imbabazi nyuma y’amakosa yari yakoze
Mu 2011 ataranamenya ko ashobora kuzagirwa umwami, Emmanuel Bushayija kuri ubu bamwe bita Umwami Yuhi VI, bivugwa akoresha izina rya Emmanuel Ruzindana, yigeze gukora amakosa mu izina ry’ubwami ariko nyuma aza gusanga yarakosheje abisabira imbabazi mu ibaruwa yanditse kuwa 02 Ukwakira 2011 yandikira Kigeli V Ndahindurwa benshi bafata nk’umwami wa nyuma w’u Rwanda. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] […]
Jacques, arashaka umukunzi w'umukobwa cyangwa umugore ubyaye rimwe
Ncaka umukunzi wumukobwa cga Fille mere utarengeje umwana umwe muremure 1,70m ibiro kuva kiri 70kg kuzamura kuva 30ans kugeza 35ans kuva afite ibyo akora yikorera CGA akorere reta cga abandi byaba ari akarusho kdi ashaka kubaka byukuri adakina yampamagara kuri iyo number 0734400504 twavugana ibindi birenze. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi […]
Nyamagabe: Yakatiwe igifungo azira gufata ku ngufu ufite ubumuga
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyamagabe mu cyumweru gishize rwahanishije igifungo cy’imyaka cumi n’umwe n’amezi atatu umugabo witwa Nshimiyimana Jean Claude wari ukurikiranyweho n’Ubushinjacyaha icyaha cyo gusambanya umukobwa ubana n’ubumuga bwo kutumva. Ibi byabereye mu Mudugudu wa Nyarucyamo, Akagari ka Kiyumba, Umurenge wa Cyanika kuwa 23 Mata mu gihe cya saa moya z’umugoroba zishyira saa mbiri, ubwo […]
Ikibazo cy’abanyeshuri ku mpungenge zo gutora cyahagurukiwe
Abanyeshuri bo mu ntara y’Amajyaruguru bafite ikibazo ku bijyanye n’amatora ya perezida wa repubulika, bagiye kwegerwa mu buryo bwihariye, bakangurirwe kuzitabira amatora ya Perezida wa repubulika. Igice kinini cy’abanyeshuri biga mu mashuri yisumbuye, amakuru na kaminuza bari mu cyiciro cy’urubyiruko ruvugwaho kutitabira amatora uko rusabwa nyamara ari cyo gice kinini kigize abazitabira aya matora kuku […]
Indonesia: Abasore bakubiswe iz'akabwana bazira ubutinganyi (Amafoto)
Abasore 2 bo muri Indonesia bahaswe ibiboko nyuma yo gusangwa mu buriri bumwe baryamanye bahuza ibitsina, iki gihano cyo kubakubita kikaba kijyanye n’itegeko rya Sharia ryo muri kiriya gihugu, rigena uburyo bwo guhanira mu ruhame abagaragayeho bene biriya byaha ndetse n’ibindi bihabanye n’imyemerere ya bo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Aba basore 2 b’imyaka 20-23, ngo bari basanzwe […]
Mali: Abasirikare babiri ba MINUSMA bishwe undi arakomereka
Nyuma y’aho mu gitondo cyo kuri uyu w kabiri, itariki 23 Gicurasi mu majyaruguru y’umujyi wa Aguelhoc mu gihugu cya mali hiciwe ingabo z’umuryango w’Abibumbye nyuma yo kugwa mu gico cy’abantu bitwaje ibirwanisho abagera kuri babiri bakahasiga ubuzima, umuyobozi w’izi ngabo, mahamat Saleh yamaganye iki gikorwa. Itangazo ryahise rishyirwa ahagaragara n’akanama k’amahoro n’umutekano ka Loni, […]
Rulindo: Abanyamakuru bafatishije imodoka yagonze umuntu ikagerageza gucika
Abanyamakuru batabaje inzego z’ibanze zihagarika imodoka ikekwaho kugonga umukecuru igacika, igikorwa cyatanze umusaruro, uwagonzwe akajyanwa kwa muganga akanitabwaho. Iyi mpanuka yabereye mu Murenge wa Base mu karere ka Rulindo ahitwa i Kiruri. Imodoka ya toyota Hilux yabisikanaga n’itwaye abanyamakuru muri ibyo bice, mu gihe basubiraga inyuma kubera ububi bw umuhanda bagasanga umubyeyi witwa Nyirabakiga Judith […]
Abanyarwanda barerewe mu miryango y’i Burayi nyuma ya jenoside mu rugamba rwo kumenya imizi yabo
Abana b’Abanyarwanda basaga 1,000 bajyanywe kurererwa I Burayi nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994 kuri ubu bari gushakisha amakuru ku nkomoko yabo. Aba bana, biganjemo abaturuka mu miryango ikennye hirya no hino mu Rwanda, bajyanywe mu Burayi hagati y’1993 n’1994, bajyanwa kurererwa mu miryango yo mu Bufaransa, u Bubiligi, u Butaliyani ndetse […]
Gitega: Umupolisi yarashe mugenzi we
Muri Komini Giheta intara ya Gitega ho mu Burundi, niho umupolisi yarasiye mugenzi we aramukomeretsa. Amakuru atangwa n’umuvugizi w’igipolisi cy’u Burundi, ni uko uyu mupolisi warashe mugenzi we bari kumwe mu kazi ku kicaro cya polisi i Giheta. Op1 Nkurikiye Pierre, umuvugizi w’igipolisi cy’u Burundi avuga ko bataramenya icyaba cyamuteye kurasa mugenzi we, uwarashwe yakomeretse […]
Mageragere: Inzu zirenga 100 zahawe amashanyarazi aturuka kumirasire y'izuba
Minisitiri mu Biro by’Umukuru w’Igihugu, Tugireyezu Venantia yasabye imiryango igize ingo 114 ituye mu mudugudu wa Mpanga, akagari ka Runzenze, Umurenge wa Mageragere, ho mu karere ka Nyarugenge, gufata neza amashanyarazi bahawe na Polisi y’u Rwanda no kuyabyaza umusaruro. Ibi Minisitiri Tugireyezu yabibabwiye ku wa kabiri tariki 23 Gicurasi mu muhango wo gutaha ku mugaragaro […]