NEC yatangaje amajwi y'agateganyo y'abakandida angana na 80%
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 4 Kanama 2017, Komisiyo y’igihugu y’amatora yatangaje amajwi y’agateganyo y’ibyavuye mu matora mu rwego rw’igihugu, aho umukandida Paul Kagame yagize amajwi 98.95% naho abandi bakagabana ibice bisigaye. Mu gihugu cyose: 20% by’amajwi amaze kwakirwa Kagame 98.75% Habineza 0.27 Mpayimana 0.73 DIASPORA hatoye abasagaho gato 20k Kagame […]
Paul Kagame n'umuryango we batoreye mu Rugunga (Amafoto)
Umukandida Paul Kagame w’umuryango FPR Inkotanyi n’umufasha we, Jeannette Kagame bari bageze kuri site y’itora mu Rugunga ku isaha ya saa Tanu n’iminota 10, nyuma y’iminota itanu 11:15 bari barangije igikorwa bahita bagenda.
Nyabihu: Urubyiruko rutagejeje imyaka 18 rwashenguwe no kudahabwa amahirwe yo gutora Perezida
Urubyiruko rutagejeje imyaka 18 y’amavuko mu murenge wa Jenda mu karere ka Nyabihu, ruravuga ko rwababajwe n’uko rutagize amahirwe yo kuvuka mbere kugira ngo narwo rwitorere ku mukuru w’igihugu. Mpayimana Alain afite imyaka 16 akaba yiga mu ishuri rya Bukinanyana mu murenge wa Jenda yagize ati “mu myiteguro y’amatora njyewe nabonaga ari ibirori bikomeye, kandi […]
Louise Mushikiwabo yasabiye umuyobozi wa Human Right Wacth kujyanwa i Ndera bakamuvura
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda Madamu Louise Mushikiwabo yongeye kwikoma bamwe mu banyamahanga basa n’abiyemeje gukoma mu nkoko imiyoborere y’ubutegetsi bwa Kigali. Umwe muri abo kenshi gashoboka batajya barota ikiza ku gihugu cy’u Rwanda ni Bwana Keneth Roth ,uyu akaba ari umuyobozi w’Ishyirahamwe rihaharanira uburenganzira bwa muntu ku isi Human Right Watch mu magambo arambuye […]
Intsinzi narayibonye, ahasigaye ibiri buve mu matora ni iby'Abanyarwanda bose-Mpayimana Philippe
Umukandida wigenga, Mpaayimana Philippe avuga ko intsinzi ye yamaze kuyogeraho bityo ko kuba yatoye ategereje ikiri buve mu matora kikaba kiri bube icy’abanyarwanda bose muri rusange. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi yabitangaje mu kiganiro n’abanyamakuru nyuma yo kumara gutora kuri site y’itora ya Camp Kigali, aho yavuze ko yizeye ko ibiri buve mu matora ku ruhande rwe […]
Paul Kagame arakomeye ariko natwe turakomeye, twizeye intsinzi-Dr Habineza Frank
Umukandida w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije (DGPR), Dr Frank Habineza avuga ko yizeye intsinzi ya 70% mu biri buve mu matora y’umukuru w’igihugu yabaye mu Rwanda kuri uyu wa Gatanu tariki ya 4 Kanama 2017. Ibi yabitangaje ubwo yari yitabiriye amatora aho yatoreye kuri site y’ikigo cy’amashuri abanza cya Kimironko ya 2, uyu mukandida […]
Musanze: Miss Sharifa yanejejwe no gutora bwa mbere mu buzima agahera kuri Perezida
Nyampinga Muhoza Sharifa wari mu marushanwa ya Nyampinga 2016 yashimishijwe n’uko yagiye gutora mu buzima bwe akabanziriza kuri Perezida wa Repubulika asanga afite inshingano zo gufasha gusohoza ibyo yiyemeje. Uyu mukobwa w’imyaka 22 y’amavuko yatoreye ku kigo cy’Amashuri cya Muhoza II, giherereye mu karere ka Musanze ari naho avuka. Mu kiganiro yagiranye na Bwiza.com ubwo […]
Gambia: Yahya Jammeh n’abahoze mu butegetsi bwe bambuwe passports za bo
Abayobozi b’igihugu cya Gambia batesheje agaciro passports za kidipolomate kuri Yahya Jammeh, umugore we ndetse na benshi bahoze ari abaminisitiri ku butegetsi bwe nk’uko byatangajwe kuri uyu wa kane na minisiteri y’ububanyi n’amahanga. Yahya Jammeh wahoze ayobora Gambia akekwaho kuba mbere yo guhunga igihugu yaratwaye miliyoni 50$ ayakuye mu isanduku ya leta. Ni nyuma y’aho […]
Kabarondo: Abaturage b’ingeri zose bafashijwe kwitabira amatora
Mu Murenge wa Kabarondo, Akarere ka Kayonza, abaturage b’ingeri zose bagejeje igihe cyo gutora bafashijwe kwitabira amatora y’umukuru w’igihugu. Muri bo harimo abakuze cyane, abafite ubumuga ndetse n’abari bitabiriye amatora aribwo bwa mbere. Kuri site y’itora ya Ecole Primaire Cyinzovu, saa moya za mu gitondo nibwo bari batangiye gutora n’ubwo hari abaturage bari bahageze ahagana […]
Burundi: Uwahoze akuriye Imbonerakure wagize uruhare mu kwamagana u Rwanda yatawe muri yombi
Uwahoze akuriye Imbonerakure zo mu ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu Burundi, muri Bujumbura witwa Christian Gahomera ari muri kasho y’inzego z’ubutasi z’u Burundi kuva kuwa 01 kanama 2017, aho ngo akurikiranweho gutekera umutwe umunyemari wo muri Bujumbura ashaka kumwambura miliyari 2 z’Amarundi. Amakuru aturuka mu begereye ishyaka CNDD agera kuri RPA dukesha iyi nkuru, […]
Ubushinjacyaha Bukuru bukomeje gukurikirana abakekwaho kurigisa umutungo wa Leta
Ubushinjacyaha bwatangiye iperereza ku bufatanye n’ ibindi bihugu ku bantu bakekwaho kurigisa umutungo wa Leta hagamijwe gufatira imitungo irigiswa igahishwa muri ibyo bihugu. Bimwe muri ibyo bihugu harimo : Nigeriya, Esipanye (Spain), Canada, u Bubiligi, Uganda na Leta Zunze Ubumwe za Amarika (USA). Mu mwaka ushize wa 2016-2017, Ubushinjacyaha bwashyikirije inkiko amadosiye 373 bukurikiranyemo abantu […]
Uko igikorwa cy’amatora cyagenze hirya no hino mu gihugu-AMAFOTO
Abanyarwanda hafi Miliyoni zirindwi ni bo bujuje ibisabwa mu kwitorera Umuyobozi w’Igihugu uzabayobora mu gihe cy’imyaka 7 iri imbere, kuva mu rukerera Abanyarwanda hirya no hino mu gihugu bakaba bari batangiye gutonda imirongo ku biro by’itora. Ni umwanya uhatanirwa n’abakandida; Paul Kagame wa FPR Inkotanyi, Dr Frank Habineza wa Democratic Green Party of Rwanda na […]
Icyamamare Tiwa Savage cyiyise izina rishya
Umuhanzikazi wo mu gihugu cya Nigeria umaze kubaka izina ku Isi, Tiwa Savage, kuri ubu yamaze kwiyita akazina gashya, aho yumva amaze kurenga abandi bahanzikazi akaba yiyise “Umwamikazi w’Umuziki Nyafurika” (Queen of African Music). [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Tiwa Savage ni umuhanzikazi ubarizwa kuva mu 2016 muri label ya Roc Nation, y’igihangange mpuzamahanga mu njyana ya Hip […]
Uganda: Yakubiswe yenda gupfa nyuma yo kugerageza gutwika aho bafatira agakawa
Mu ijoro ryo kuri uyu wa kane rishyira kuri uyu wa Gatanu mu gihugu cya Uganda mu mujyi wa Kampala, umugabo utatangajwe amazina yashatse gutwika ahantu bafatira agakawa hazwi nka CafĂ© Javas, hahoze hitwa Nandos, ku muhanda wa Jinja, ariko aza gufatwa atarasohoza umugambi we arakubitwa hafi yo kwicwa. Nk’uko byatangajwe n’ababibonye, ngo uyu mugabo […]
Impunzi z’Abanyarwanda zabaga muri Zimbabwe ziracyurwa bitarenze uyu mwaka
Visi Perezida wa Zimbabwe, Emmerson Mnangagwa yatangaje ko igihugu cye kigiye kwirukana impunzi z’Abanyarwanda zibarirwa mu bihumbi mu mpera z’uyu mwaka wa 2017. Mnangagwa, ari nawe minisitiri w’ubutabera wa Zimbabwe, avuga ko kuri ubu u Rwanda rutekanye ari igihugu cy’amahoro, kubw’ibyo impunzi z’Abanyarwanda ziri muri iki gihugu zikaba zigomba gutaha zikagira uruhare mu iterambere ry’igihugu […]
Uko igikorwa cy'amatora kirimo kugenda hirya no hino mu gihugu-AMAFOTO
Abanyarwanda hafi Miliyoni zirindwi ni bo bujuje ibisabwa mu kwitorera Umuyobozi w’Igihugu uzabayobora mu gihe cy’imyaka 7 iri imbere, kuva mu rukerera Abanyarwanda hirya no hino mu gihugu bakaba bari batangiye gutonda imirongo ku biro by’itora. Ni umwanya uhatanirwa n’abakandida; Paul Kagame wa FPR Inkotanyi, Dr Frank Habineza wa Democratic Green Party of Rwanda na […]
U Burusiya bwatangaje ko Amerika yikozeho mu kubufatira ibihano
Minisitiri w’Intebe mu Burusiya, Dmitry Medvedev yavuze ko ibihano byafashwe n’Amerika bishobora kuyishora mu gihombo gikaze hagati ya yo na Moscow, bitewe no kuba Perezida Trump atarabanje gushishoza mbere yo gusinya inyandiko zikubiyemo ibyo bihano. Uyu muyobozi yakomeje avuga ko Perezida trumo yananiwe kwifatira umwanzuro ku giti cye nk’umuntu w’umugabo byongere ukomeye uyobora igihugu cy’igihangange […]