Perezida wa Misiri ategerejwe mu Rwanda mu ruzinduko rwâiminsi ibiri
Perezida wa Misiri, Abdel Fattah al-Sisi azasura u Rwanda mu ruzinduko rwâiminsi ibiri rugamije gutsura umubano hagati yâiki gihugu nâu Rwanda. Urwo ruzinduko azarutangira tariki ya 15 Kanama 2017, akomeze mu bihugu bya TchadĂĹ Gabon na Tanzania. Ambasaderi wa Misiri mu Rwanda, Namira Negm yabitangaje ku wa Gatandatu tariki ya 12 Kanama 2017. Uretse gukomeza […]
U Budage: Angela Merkel ari kwiyamamariza manda ya kane
Umuyobozi w’u Budage (Chancelière) Angela Merkel yatangije ibikorwa byo kwiyamamariza manda ya kane ku butegetsi mu matora ateganijwe muri Nzeri uyu mwaka. Abwira abayoboke b’ishyaka rye rya Gikurisitu riharanira demokarasi (CDU) mu mujyi wa Dortmund, Merkel yavuze ko u Budage bwitwaye neza, ariko yongeyeho ko Isi iri mu bihe bitoroshye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu ijambo ryibanze […]
Umusaza wari ukuze kurusha abandi ku isi yapfuye afite imyaka 113- AMAFOTO
Umusaza Yisrael Kristal wakomokaga muri Israel yapfuye afite imyaka 113, akaba yari umukambwe ushaje kurusha abandi ku isi. Umwaka ushize nibwo uyu musaza yashyizwe mu gitabo cyâamateka âGuinness World Recordsâ nkâumukambwe ushaje kurusha abandi ku isi. Yapfuye ku wa Gatanu tariki ya 11 Kanama 2017, habura ukwezi kumwe ngo yuzuze imyaka 114. yavutse ku wa […]
Karongi: Imirenge yari ifite amashanyarazi mu kagari kamwe igiye gusubizwa
Imirenge imwe nâimwe irimo uwa Mubuga, Gishyita na Rwankuba yari ifite umuriro wâamashanyarazi mu kagari kamwe cyangwa tubiri gusa. Icyi kibazo ngo kizaba cyarangiye mu ntangiriro zâumwaka utaha wa 2018. Ni mu gihe abakorera ibikorwa bitandukanye muri iyo mirenge biganjemo abakorera muri dusanteri twâubucuruzi bagaragaza ko bafite amatsiko n’ibyishimo byo kubona bafite umuriro wâamashanyarazi. Ndayishimiye […]
Kenya: Babiri barimo umwana wâumukobwa baguye mu myigaragambyo yamagana ibyavuye mu matora
Umukobwa muto yapfuye arashwe na polisi yatatanyaga abamagana ibyavuye mu matora aherutse gutangazwa ko yegukanywe na Perezida wari usanzweho, Uhuru Kenyatta. Mu gihe amajwi yatangazwaga byâagateganyo, Raila Odinga wari uhanganye na Kenyatta agasanga yamurushijwe [Odinga] yahise atangaza ko yibwe muri ayo matora. Abigaragambya mu bice bitandukanye biraye mu mihanda, maze muri aka gace ka Mathare […]
Ikibero cyâumukozi wacu wo mu rugo cyatumye mpurwa umugore wanjye- Nkore iki?
Mwiriwe abo dusangiye ibitekerezo kuri iki kinyamakuru, nitwa JMV, ndi umugabo ubu uremerewe nâumutwaro ukomeye. Muri uku kwezi gushize nibwo namaze iminsi igera kuri 11 ndi mu karuhuko kâakazi, nirirwaga mu rugo nkahava après midi, umukobwa dukoresha mu rugo sinavuga ko ari we wangushije mu mutego kuko na njye nabigizemo uruhare. Mu byâukuri si umukobwa […]
Perezida Maduro arashaka kuvugana na Trump byanze bikunze nyuma yo kumufatira ibihano
Perezida wa Venezuela, Nicolas Maduro yatangaje ko ashaka kubonana na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump myuma yo kumufatira ibihano ku byerekeye ubukungu. Yabitangaje ku wa kane tariki ya 10 Kanama, mu ijambo ryamaze amasaha atatu yagezaga ku Nteko Nshingamategeko nshya yatowe igizwe nâabantu 345 iherutse gushyirwaho. Maduro yatangaje ko yategetse Minisitiri […]
CHAN: Rurambikana hagati yâu Rwanda na Uganda
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 12 Kanama 2017, rurambikana hagati yâikipe yâigihugu yâu Rwanda ‘Amavubiâ nâikipe ya ‘Uganda Cranesâ bahatanira itike yâigikombe cya Afurika cyâAbakina imbere mu bihugu byabo (CHAN 2018). Umukino urabera kuri Maryâs Kitende Stadium mu birometero 35 uvuye i Kampala, umurwa mukuru wa Uganda. Antoine Hey, umutoza wâamavubi , avuga ko […]
Imvururu hagati y'abanyerondo, abazunguzayi na Dasso, ni akabazo gato- Meya Kayisime
Ubuyobozi bwâakarere ka Nyarugenge buratangaza ko ikibazo cyâimvururu giherutse kuvugwa i Nyabugogo, cyahanganishije abakora irondo ryâisuku, Dasso nâabazunguzayi atari ikibazo gikomeye, dore ko ngo cyahise kinakemurwa mu maguru mashya. Umuyobozi wâaka karere Kayisime Nzaramba yatangarije itangazamakuru ko nta mpamvu zo kuremereza icyo kibazo. Ni nyuma yuko ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwijwe videwo igaragaza umusore uri gukubitwa […]
Amabanga 4 yafasha umugore gushimisha umugabo we mu buriri
Ibijyanye no gukora imibonano mpuzabitsina bisaba guhora wiyungura ubumenyi buri munsi hato ngo igikorwa cyagushimishaga kitazasigara kikururira. Mu nkuru yâurubuga elcrema berekana ko nubwo imibonano mpuzabitsina igirwamo uruhare nâumugabo nâumugore ariko biba byiza iyo hari amabanga umugore yamenye yatuma icyo gikorwa kigenda neza. Amwe muri ayo mabanga umugore agomba kuba azi harimo: Umugabo aba afite […]
Ikinyamakuru New York Times ntikinanizwa no guhora gitangaza ibihuha ku Rwanda?- Min. Mushikiwabo
Minisitiri wâUbubanyi nâamahanga wâu Rwanda, Louise Mushikiwabo aribaza niba ikinyamakuru New York Times, kitajya kinanirwa ngo guhora gitangaza ibihuha ku Rwanda, akanagiha gasopo ku bijyanye nâamahitamo yâAbanyarwanda. Ni nyuma yâinkuru yasohotse muri icyo kinyamakuru yanditswe nâabagize itsinda ryâubwanditsi bwacyo bahaye umutwe ugira uti âDemocracy is Rwandaâs Losing Candidateâ, igenekereje mu Kinyarwanda igira iti âDemokarasi ni […]
Kigali: Hari abataka ibihombo baterwa nâivumbi rikumira abakiriya
Bamwe mu bacuruzi bakorera ibikorwa byabo mu mujyi wa Kigali, barataka igihombo baterwa nâivumbi rikumira abakiriya. Ni abakorera imirimo yâubucuruzi hafi yâumuhanda muto uturuka ku nyubako âBuilding Chadelâ, hateganye na Ecole Belge ugana kuri Resitora Veni Vidi, ndetse hanegeranye nâigikari cya KCB Bank. Ni umuhanda muto ariko ivumbi rihatumuka riteye abahakorera inkeke. Uyu muhanda uri […]
Perezida KagameââŹÂ yifurije intsinzi Kenyatta watorewe gukomeza kuyobora Kenya
Perezida wa Repubulika yâu Rwanda, Paul Kagame uherutse gutorerwa gukomeza kuyobora u Rwanda yifurije intsinzi mugenzi we wa Kenya, Uhuru Kenyatta wongeye gutsinda amatora yo kuyobora iki gihugu muri manda ya kabiri. Abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter, ku wa Gatanu tariki ya 11 Kanama 2017, Perezida Kagame yifurije intsinzi mugenzi we , agira ati […]
Miss Elsa yateguye irushanwa ngarukamwaka ryo koga
Miss Rwanda 2017, Iradukunda Elsa, yatangaje ko ku wa 12 Kanama, Kuri Cercle Sportif, haratangira irushanwa ngarukamwaka ryo koga yise âNdi Nyampinga Swimming Competitionâ. Mu kiganiro na Bwiza.com, Miss Elsa, yatangaje ko nâubundi mu buzima busanzwe akunda Sport yo Koga, ndetse anavuga ko yahoze akina umukino wo koga, nâubwo atagize amahirwe yo kuwukina ku rwego […]
Rubavu: Abagoronome bakorera mu biro banengewe mu ruhame
Ubuyobozi bwâakarere ka Rubavu bukomeje kwibaza impamvu Abashinzwe ubuhinzi (abagoronome) mu mirenge yose igize akarere ka Rubavu usanga bicaye muri za biro mu gihe akazi kabo kakagombye gukorerwa mu mirima no gusura abahinzi. Ibi barabyibaza mu gihe byibura buri mugoronome wâumurenge yahawe Moto imworohereza kugera ahashoboka hose ariko rimwe na rimwe ugasanga za moto ziraparitse […]