Gahini: Umuganga arwariye i Ndera nyuma yo kubengwa n’umukobwa bakorana yatanzeho akayabo
-Yubakiye nyina w’umukobwa inzu igezweho -Yagurishije Pharmacie, inzu n’amatungo iwabo Masaka muri Uganda -Yari amaze gutanga inka 22 -Ihungabana ryamuteye gutorongera bimuviramo gutakaza akazi Umusore ukomoka mu gihugu cya Uganda wakoraga mu bitaro bya Gahini, ubu arabarizwa muri CARAES Ndera kubera ihungabana, yatewe n’umukobwa bakorana wamubenze, nyuma yo kuzuriza nyina inzu igezweho. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umwe […]
Umupasiteri yavuze uburyo Perezida Trump atari mu bazajya mu bwami bw’ijuru
Umupasiteri mu idini rimwe ryo muri Amerika aherutse kwibasira umukuru w’igihugu, Donald Trump aho yavuze ko agira ubwoba bw’abinjira muri Amerika ariko ntagire ubwoba bw’uburyo ashobora kutazinjira mu bwami bw’Ijuru. Ni mu gitaramo cyo guhimbaza Imana cyiswe Ministers March for Justice, cyateguwe n’abapasiteri 2 barimo Rev. Jesse Jackson ndetse na Rev. Al Sharpton ariko Rev […]
Rusizi: Abatuye n'abakorera mu Mujyi wa Rusizi biteze kugera kuri byinshi muri Guverinoma nshya
Abakorera imirimo inyuranye mu Mujyi wa Rusizi n’abaturage bawo batangarije Bwiza.com ko bishimiye byimaze yo ishyirwaho rya Guverinoma nshya bari bategereje, bakaba biteguye kuyifasha kurangiza inshingano zayo. Ubwo Bwiza.com yazengurukaga Umujyi wa Rusizi mu gitondo cyo kuri uyu wa kane nyuma y’uko inkuru imaze gusakara ko Guverinoma nshya yashyizweho abaturage ntibatinye kugaragaza umunezero bafite kuko […]
Kenya: Abapolisi 2 biciwe ku rusengero bari barinze
Abapolisi babiri ba Kenya mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru biciwe n’abantu bataramenyekana mu gitero cyagabwe ku rusengero rwa St Paul’s ACK ruherereye ahitwa Ukunda muri Kwale. Umwe mu bapolisi yahise apfa, mu gihe undi yishwe n’ibikomere bari kumuvura ku bitaro bya Balm Beach biri ahitwa Diani. Aba bantu bateye saa yine za mu gitondo, […]
Mugabe niwe wenyine ushobora gufata icyemezo cy’igihe azavira ku butegetsi — Grace Mugabe
Grace Mugabe, aratangaza ko perezida Mugabe ari we ubwe ku giti cye uzatangaza ko avuye ku butegetsi igihe nikigera. Ibi akaba yabitangarije mu bikorwa bibanziriza kwiyamamaza mu gihe Zimbabwe yitegura amatora mu mwaka utaha, aho ishyaka ZANU-PF ryongeye gutora Mugabe ngo azarihagararire. “Niba Imana igishaka Mugabe ku butegetsi, azagumana natwe, Imana irashaka Mugabe ngo atuyobore […]
Michelle Obama yagaragaye mu myenda yenda kugaragaza ubwambure bwe (Amafoto)
Umugore wa Perezida ucyuye igihe wa leta zunze ubumwe z’Amerika, Barrack Obama, Michelle Obama yagaragaye mu mafoto yavugishije benshi ku mbuga zitandukanye, aho yari yambaye imyenda igaragaza ikibuno cye. Michelle Obama w’imyaka 53 y’amavuko yagaragaye mu butembere we n’umuryango we bagiriye ku birwa bya Mallorca muri Esipanye muri iki cyumweru dusoza. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu minsi […]
Rubavu: Nubwo Ikiyaga cya Kivu gifunzwe isambaza ziracyagaragara mu isoko
Nubwo hashize iminsi igera kuri 29 Ikiyaga cya Kivu gifunzwe hagamijwe kugirango amafi n’isambaza byongere korokoka n’umusaruro wabyo wiyongere ku masoko, kuri ubu ku masoko yo mu Karere ka Rubavu haragaragara isambaza, aho abacuruzi bazo bemeza ko bazikura mu gihugu cya Kongo, ariko abakuriye amakoperative y’abarobyi mu karere bo bakemeza ko izo zicuruzwa atari iziva […]
Umugore yapfuye ari gutera akabariro n'umugabo we
Umugore witwa Xiao Qing w’imyaka 26y’amavuko ukomoka mu gihugu cy’u Bushinwa aravugwaho kuba yapfuye mu gihe yarimo atera akabariro n’umugabo we bari bamaze igihe batabonana. Ibiytangazamakuru bitandukanye bivuga ko uyu mugore yari amaze amezi 6 atabonana n’umugabo we bari bashakanye vuba kubera impamvu z’akazi, ariko mu ijoro rimwe bongeye kubonaniraho nyuma y’ayo mezi yose ntiribagendekere […]
Perezida Trump arifuza inkunga y’u Rwanda mu kuvugurura Umuryango w’Abibumbye
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize ku rutonde itsinda rito cyane ry’ibihugu birimo u Rwanda bikwiye gufasha kuvugurura Umuryango w’Abibumbye ashinjwa kuba ntacyo ukora. Mu Nama Rusange ngarukamwaka y’Umuryango w’Abibumbye I New York muri uku kwezi kwa Nzeri, ku itariki 18 perezida Trump azakira inama y’bayobozi b’isi igamije kuvugurura uru rwego […]
Uganda: Undi mugore w'umushinwa yishwe arashwe
Muri uganda, hakomeje kuvugwa ibikorwa by’ubwicanyi bwa hato na hato mu duce dutandukanye tw’igihugu, ubu bwicanyi bukaba bukorerwa abantu runaka ndetse akenshi bakicishwa imbunda cyangwa ibyuma. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ni muri urwo rwego mu minsi yashize, abantu 3 bafite inkomoko mu gihugu cy’u Bushinwa bishwe n’abantu batahise bamenyekana, ubu mu minsi micye na none hakaba hariho […]
Polisi y’u Rwanda yatanze ibisobanuro ku banyamakuru bavuga ko bahohotewe bagiye kwa Rwigara
Nyuma y’aho kuri uyu wa Gatanu ushize abanyamakuru bane batangarije ko bahohotewe na bamwe mu bashinzwe kurinda umukuru w’igihugu ubwo bashakaga kugera ku rugo rw’umuryango wa Rwigara mu Kiyovu bashaka amakuru, igipolisi cy’u Rwanda cyagize icyo kibitangazaho cyemeza ko ubusanzwe aho hantu hacungwa n’abashinzwe kurinda perezida kuko hegereye Ingoro ye, ariko ko nta hohoterwa ryabaye […]
RDC: Inyeshyamba bikekwa ko ari Abanyamulenge zirashinjwa gutwika inzu 60
Abantu bitwaje ibirwanisho bivugwa ko ari inyeshyamba z’Abanyamulenge, mu ijoro ryo kuwa kane rishyira kuwa gatanu muri iki cyumweru dusoza, bagabye igitero mu giturage cya Ishenge, mu misozi y’ahitwa Bijombo, muri Teritwari ya Uvira ho muri Kivu y’Amajyepfo, batwika inzu zigera muri 60 z’abaturage. Nyuma y’’ibyo bintu, abaturage benshi bahiye ubwoba n’abaturanyi bata ibiturage byabo […]
Kenya: Abanyeshuri 7 bahiriye mu nzu bararagamo barapfa abandi barakomereka
Abanyeshuri 7 b’abakobwa ku kigo cy’ishuri ry’abakobwa gusa cya Moi Girls School giherereye mu mujyi wa Nairobi muri Kenya bahitanywe n’inkongi yafashe inyubako bararagamo ku ishuri. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umunyamabanga mu rugaga rw’abarezi muri Kenya Fred Matiang yemeje aya makuru ndetse anavuga ko abandi bagera ku 10 bakomeretse bikomeye bakaba bajyanye kwamuganga ariko aba 7 bo […]