Perezida wa Sudani yâEpfo, yoherereje uwa Uganda ubutumwa budasanzwe
Ni inkuru Bwiza.com ikesha ikinyamakuru cya Leta ya Uganda , The New Vison ,yâuko kuri iki gicamunsi Perezida wa Uganda ,Yoweri Kaguta Museveni ,yakiriye intumwa za Sudani yâEpfo ,zari ziyobowe nâUmugaba mukuru wâIngabo , General James Ajong Mawut . [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Itangazo ryashyizwe ahagaragara na Perezidansi ya Uganda kandi ,riravuga ko Sudani yâEpfo yishimira cyane […]
Akavuyo muri Kenya katumye inteko ishinga amategeko ya EAC idakora mu mezi 5
Inteko ishinga amategeko ya 4 yâumuryango wa Afurika yâu Burasirazuba(EALA) yagombye kuba iri gukora guhera muri Kamena uyu mwaka, ariko ntiratangira imirimo kubera ibibazo biri muri Kenya bikomeje gutinza imirimo yayo nkuko uruhare rwâiki gihugu rwatumye iyo muri 2006 itinda gutangira. Iki gihugu kiri muri 6 bigize uyu muryango(EAC) ntikirabona abadepite bagiserukira muri iyo nteko. […]
Uganda: Pasiteri Bugingo yatangaje ko agiye gutwika izindi Bibiliya nyinshi nyuma yo gutsinda urubanza
Mu mpera zâicyumweru gishize, nibwo umuvugabutumwa muri Uganda, uzwi nka Pasitoro Bugingo yarekuwe asubira iwe nyuma yâiminsi itari micye aburana ku byaha yashinjwaga byo gutwika Bibiliya. Uyu mupasiteri yajyanywe mu butabera nyuma yo gutwika Bibiliya yavugaga ko zitujuje ubuziranenge ibyo abamubonye bavuze ko ari ukwica amahame yâibyerekeye iyobokamana, gusa nyuma yo gutsinda urubanza akaba yaje […]
Brazzaville: Impunzi zâ Abanyarwanda ziteguye gufata iyâishyamba nibashaka kuzisubiza mu Rwanda ku ngufu
Bamwe mu mpunzi zâAbanyarwanda zahungiye muri Congo Brazzaville ziravuga ko zititeguye gutaha mu Rwanda, ku buryo mu gihe zashaka gucyurwa ku ngufu zagana iyâamashyamba muri icyo gihugu. Ibyo byavuzwe na Dr Eric Ndayishimiye, umwe mu mpuzi zâAbanyarwanda baba muri iyco gihugu. âAvuga ko impunzi nyinshi ziteguye gufata inzira yo mu ishamba mu gihe hafatwa ingingo […]
Safi yakoze igisa nko gusubiza abibazaga ku mugore we
Niyibikora Safi ubarizwa mu itsinda rya Urban Boyz, yatangaje amagambo ataka ubwiza n’uburanga umugore we Niyonizera Judithe, bamaze iminsi mike basezeranye imbere y’amategeko. Safi akoze ibi nko gushaka gucecekesha abamaze iminsi bibaza ku mugore we babicishije ku mbuga nkoranyambaga, rimwe na rimwe bakora igereranya ry’ubwiza bwe n’ubw’abandi bakobwa bakundanye n’uyu musore barimo Butera Knowless, Parfine,… […]
Kamonyi: Ubuyobozi bwa Groupe scolaire Ste Elizabeth burashinjwa kurigisa imfashanyo yâabana
Mu rwunge rw’amashuri rwitiriwe Mutagatifu Alizabeti (Groupe scolaire Ste Elizabeth) ruherereye mu murenge wa Nyamiyaga, Akarere ka kamonyi mu Ntara yâAmajyepfo haravugwa amakuru yâibikapu bisaga 300 nâibindi bikoresho byagenewe abana bâabanyeshuri bahabwa nkâimfashanyo yâumushinga âGood Neighborsâ byaburiwe irengero kandi ababyeyi ba bo bana baba baraciwe amafaranga ya byo. Amakuru atangwa na bamwe mu babyeyi barerera […]
Bitunguranye, Ferwafa yasubitse irushanwa rya Ndi umunyarwanda ryategurwaga
Nyuma yâamasaha macye Federasiyo yâigihugu yâumupira wâAmaguru mu Rwanda itangaje ko hari gutegurwa irushanwa ryiswe âNdi Umunyarwandaâ, yahise yisubiraho itangaza ko yarisubitse. Mu itangazo riheruka, byari biteganyijwe ko iri rushanwa ryagombaga gutangira ku munsi wâejo kuwa Gatatu tariki ya 4 Ukwakira kugeza ku itariki ya 7, rikaba ryari kuzitabirwa nâamakipe yagiye aba ayambere muri Shampiyona […]
Ibintu 2 by'ingenzi byafasha umugabo n'umugore guhazanya mu gihe cy'imibonano mpuzabitsina
Mu bushakashatsi bwakorewe muri za kaminuza zitandukanye zo muri Amerika, bwerekanye ko abashakanye bashobora kuba bagira uruhare mu kudahazanya kwabo ari na byo bituma rimwe na rimwe habaho gucana inyuma. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Muri ubu bushakashatsi, inzobere mu myororokere no mu bijyanye nâurukundo zo muri kaminuza ya Waterloo bwiza.com ikesha iyi nkuru, zagaragaje ko bishoboka ko […]
Kenya: Kaminuza ya Nairobi yafunzwe nyuma y'uko abanyeshuri 26 bakomerekeye mu myigaragambyo
Kaminuza ya Nairobi muri Kenya yafunzwe kugeza mu gihe kitaramenyekana, ubuyobozi bwa yo bukaba bwatangaje ko byatewe nâikibazo cyâumutekano mucye uri mu gace iherereyemo no mu banyeshuri bayigamo. BBC dukesha iyi nkuru ivuga ko uyu mwanzuro wo gufunga Kaminuza wafashwe inyuma y’imisi itari micye hari umwuka utari mwiza ndetse no gutana muri yombwi kwa hato […]
Nyamasheke: Abiga gusoma,kwandida no kubara bakuze, barasaba kwigishwa nâindimi zâamahanga
Abigaga gusoma, kwandika no kubara bo mu murenge wa Gihombo, mu karere ka Nyamasheke, barangije amasomo yabo ari 171, bahawe impamyabumenyi za bo, baboneraho gusaba ko banakwigishwa indimi zâamahanga. Mu kiganiro bagiranye na Bwiza.com, bavuze ko impamvu basaba no kwigishwa indimi zâamahanga, ari uko bashobora kuzifashisha ngo biteze imbere, kubona uko basabana nâabaturanyi babo bo […]
Burundi: Abantu 7 bahitanwe nâimpanuka yâimodoka 12 barakomereka
Abantu barindwi bahitanwe nâimpanuka yâimodoka yabereye muri Komini Buyengero, abandi 12 bakaba bahakomerekeye. Amakuru yemejwe nâumuvugizi wâigipolisi cyâu Burundi, Pierre Nkurikiye, avuga ko iyo mpanuka yabaye ku wa mbere tariki ya 2 Ukwakira 2017, ahitwa i Mudende, komini Buyengero, Intara ya Rumonge. Akomeza avuga ko yari imodoka âIsuzuâ yavaga ahitwa Kabumburi igana mu murwa mukuru […]
Itsinda ryâAbadepite 4 bo muri Afurika y'Epfo bari kwigira ku bo mu Rwanda ku bijyanye nâiterambere
Itsinda ryâAbadepite 4 bo muri Repubulika yâAfurika yâEpfo bari mu Rwanda aho baje muri gahunda zitandukanye zirimo no kwigira ku badepite bo mu Rwanda uburyo bwo kubanisha abaturage no kubafasha kugera ku iterambere rirambye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu ijambo yagejeje ku itangazamakuru ku munsi wâejo tariki ya 2 Ukwakira, umuyobozi wâiri tsinda, Lentheng Helen Mekgwe yavuze […]
Nyamagabe: Haravugwa ruswa nâuburiganya mu itangwa ryâakazi
Ikorwa ryâibizamini byâakazi mu karere ka Nyamagabe, riranengwa na bamwe, kurahiza hutihuti abatsinze ibizamini kandi hari abajuriye kikaba ikibazo cyo kwibazwaho ko hari icyari kibiri inyuma bita ruswa, umwe mu bari bahawe akazi atujuje ibisabwa yaratahuwe agakurwaho. Mu Ukwakira 2016, mu karere ka Nyamagabe hakozwe ikizamini cyâakazi, hahatanirwa imyanya yâAbanyamabanga Nshingwabikorwa bâimirenge, amakuru agera kuri […]
Umwana wâimyaka 3 yimitswe aba imana igomba gusengwa bakanayiramya (Amafoto)
Mu gihugu cya Nepal, haherutse gukorwa umuhango wo gushyiraho imana nshyashya bazajya baramya izwi nka Katmandou, aho umwana wâumukobwa wâimyaka 3 yâamavuko ari we washyizweho nkâimana nâabayobozi bakuru bo mu idini izwi nka Hindou. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mwana wâumukobwa kandi yatamirijwe ikamba, ikanzu itukura ndetse akaba agomba no kwicazwa ku ntebe itukura nkâuko imyizerere ya […]
Uganda: Abadepite batavuga rumwe na leta bakomeje gusanga ibisasu mu ngo za bo
Abadepite batavuga rumwe nâubutegetsi bwa Uganda barimo na Bobi Wine bari gutabariza ibyo bita ibikorwa byâiterabwoba bari guokrerwa nyuma yo gusanga ibisasu byo mu bwoko bwa gerenade mu nzu za bo. Ku munsi wâejo tariki ya 2 Ukwakira mu masaha ya nijoro, ni bwo Depite uhagarariye akarere ka Kyadodondo, Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine […]
Nyamasheke: Abaganga bâibitaro bya Bushenge barinubira urugendo rwâ ibilometero 15 bakora bajya ku kazi
Bamwe mu bakora mu bitaro bya Bushenge biri mu karere ka Nyamasheke, bavuga ko ikibazo cyâamacumbi yâabakozi gikomeje kuba ingorabahizi, babura aho bacumbika hafi yâibitaro bagakora urugendo rwa buri munsi rwâibilometero 15 bajya aho bacumbitse mu mujyi wa Rusizi. Mu kiganiro Bwiza.com yagiranye na bamwe mu bakozi bâibi bitaro bavuga ko bibagora cyane gutega buri […]