Perezida wa Sudani y’Epfo, yoherereje uwa Uganda ubutumwa budasanzwe

Ni inkuru Bwiza.com ikesha ikinyamakuru cya Leta ya Uganda , The New Vison ,y’uko kuri iki gicamunsi Perezida wa Uganda ,Yoweri Kaguta Museveni ,yakiriye intumwa za Sudani y’Epfo ,zari ziyobowe n’Umugaba mukuru w’Ingabo , General James Ajong Mawut . [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Itangazo ryashyizwe ahagaragara na Perezidansi ya Uganda kandi ,riravuga ko Sudani y’Epfo yishimira cyane […]

Akavuyo muri Kenya katumye inteko ishinga amategeko ya EAC idakora mu mezi 5

Inteko ishinga amategeko ya 4 y’umuryango wa Afurika y’u Burasirazuba(EALA) yagombye kuba iri gukora guhera muri Kamena uyu mwaka, ariko ntiratangira imirimo kubera ibibazo biri muri Kenya bikomeje gutinza imirimo yayo nkuko uruhare rw’iki gihugu rwatumye iyo muri 2006 itinda gutangira. Iki gihugu kiri muri 6 bigize uyu muryango(EAC) ntikirabona abadepite bagiserukira muri iyo nteko. […]

Uganda: Pasiteri Bugingo yatangaje ko agiye gutwika izindi Bibiliya nyinshi nyuma yo gutsinda urubanza

Mu mpera z’icyumweru gishize, nibwo umuvugabutumwa muri Uganda, uzwi nka Pasitoro Bugingo yarekuwe asubira iwe nyuma y’iminsi itari micye aburana ku byaha yashinjwaga byo gutwika Bibiliya. Uyu mupasiteri yajyanywe mu butabera nyuma yo gutwika Bibiliya yavugaga ko zitujuje ubuziranenge ibyo abamubonye bavuze ko ari ukwica amahame y’ibyerekeye iyobokamana, gusa nyuma yo gutsinda urubanza akaba yaje […]

Brazzaville: Impunzi z’ Abanyarwanda ziteguye gufata iy’ishyamba nibashaka kuzisubiza mu Rwanda ku ngufu

Bamwe mu mpunzi z’Abanyarwanda zahungiye muri Congo Brazzaville ziravuga ko zititeguye gutaha mu Rwanda, ku buryo mu gihe zashaka gucyurwa ku ngufu zagana iy’amashyamba muri icyo gihugu. Ibyo byavuzwe na Dr Eric Ndayishimiye, umwe mu mpuzi z’Abanyarwanda baba muri iyco gihugu. “Avuga ko impunzi nyinshi ziteguye gufata inzira yo mu ishamba mu gihe hafatwa ingingo […]

Safi yakoze igisa nko gusubiza abibazaga ku mugore we

Niyibikora Safi ubarizwa mu itsinda rya Urban Boyz, yatangaje amagambo ataka ubwiza n’uburanga umugore we Niyonizera Judithe, bamaze iminsi mike basezeranye imbere y’amategeko. Safi akoze ibi nko gushaka gucecekesha abamaze iminsi bibaza ku mugore we babicishije ku mbuga nkoranyambaga, rimwe na rimwe bakora igereranya ry’ubwiza bwe n’ubw’abandi bakobwa bakundanye n’uyu musore barimo Butera Knowless, Parfine,… […]

Kamonyi: Ubuyobozi bwa Groupe scolaire Ste Elizabeth burashinjwa kurigisa imfashanyo y’abana

Mu rwunge rw’amashuri rwitiriwe Mutagatifu Alizabeti (Groupe scolaire Ste Elizabeth) ruherereye mu murenge wa Nyamiyaga, Akarere ka kamonyi mu Ntara y’Amajyepfo haravugwa amakuru y’ibikapu bisaga 300 n’ibindi bikoresho byagenewe abana b’abanyeshuri bahabwa nk’imfashanyo y’umushinga “Good Neighbors” byaburiwe irengero kandi ababyeyi ba bo bana baba baraciwe amafaranga ya byo. Amakuru atangwa na bamwe mu babyeyi barerera […]

Bitunguranye, Ferwafa yasubitse irushanwa rya Ndi umunyarwanda ryategurwaga

Nyuma y’amasaha macye Federasiyo y’igihugu y’umupira w’Amaguru mu Rwanda itangaje ko hari gutegurwa irushanwa ryiswe “Ndi Umunyarwanda”, yahise yisubiraho itangaza ko yarisubitse. Mu itangazo riheruka, byari biteganyijwe ko iri rushanwa ryagombaga gutangira ku munsi w’ejo kuwa Gatatu tariki ya 4 Ukwakira kugeza ku itariki ya 7, rikaba ryari kuzitabirwa n’amakipe yagiye aba ayambere muri Shampiyona […]

Ibintu 2 by'ingenzi byafasha umugabo n'umugore guhazanya mu gihe cy'imibonano mpuzabitsina

Mu bushakashatsi bwakorewe muri za kaminuza zitandukanye zo muri Amerika, bwerekanye ko abashakanye bashobora kuba bagira uruhare mu kudahazanya kwabo ari na byo bituma rimwe na rimwe habaho gucana inyuma. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Muri ubu bushakashatsi, inzobere mu myororokere no mu bijyanye n’urukundo zo muri kaminuza ya Waterloo bwiza.com ikesha iyi nkuru, zagaragaje ko bishoboka ko […]

Kenya: Kaminuza ya Nairobi yafunzwe nyuma y'uko abanyeshuri 26 bakomerekeye mu myigaragambyo

Kaminuza ya Nairobi muri Kenya yafunzwe kugeza mu gihe kitaramenyekana, ubuyobozi bwa yo bukaba bwatangaje ko byatewe n’ikibazo cy’umutekano mucye uri mu gace iherereyemo no mu banyeshuri bayigamo. BBC dukesha iyi nkuru ivuga ko uyu mwanzuro wo gufunga Kaminuza wafashwe inyuma y’imisi itari micye hari umwuka utari mwiza ndetse no gutana muri yombwi kwa hato […]

Nyamasheke: Abiga gusoma,kwandida no kubara bakuze, barasaba kwigishwa n’indimi z’amahanga

Abigaga gusoma, kwandika no kubara bo mu murenge wa Gihombo, mu karere ka Nyamasheke, barangije amasomo yabo ari 171, bahawe impamyabumenyi za bo, baboneraho gusaba ko banakwigishwa indimi z’amahanga. Mu kiganiro bagiranye na Bwiza.com, bavuze ko impamvu basaba no kwigishwa indimi z’amahanga, ari uko bashobora kuzifashisha ngo biteze imbere, kubona uko basabana n’abaturanyi babo bo […]

Burundi: Abantu 7 bahitanwe n’impanuka y’imodoka 12 barakomereka

Abantu barindwi bahitanwe n’impanuka y’imodoka yabereye muri Komini Buyengero, abandi 12 bakaba bahakomerekeye. Amakuru yemejwe n’umuvugizi w’igipolisi cy’u Burundi, Pierre Nkurikiye, avuga ko iyo mpanuka yabaye ku wa mbere tariki ya 2 Ukwakira 2017, ahitwa i Mudende, komini Buyengero, Intara ya Rumonge. Akomeza avuga ko yari imodoka ‘Isuzu’ yavaga ahitwa Kabumburi igana mu murwa mukuru […]

Itsinda ry’Abadepite 4 bo muri Afurika y'Epfo bari kwigira ku bo mu Rwanda ku bijyanye n’iterambere

Itsinda ry’Abadepite 4 bo muri Repubulika y’Afurika y’Epfo bari mu Rwanda aho baje muri gahunda zitandukanye zirimo no kwigira ku badepite bo mu Rwanda uburyo bwo kubanisha abaturage no kubafasha kugera ku iterambere rirambye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu ijambo yagejeje ku itangazamakuru ku munsi w’ejo tariki ya 2 Ukwakira, umuyobozi w’iri tsinda, Lentheng Helen Mekgwe yavuze […]

Nyamagabe: Haravugwa ruswa n’uburiganya mu itangwa ry’akazi

Ikorwa ry’ibizamini by’akazi mu karere ka Nyamagabe, riranengwa na bamwe, kurahiza hutihuti abatsinze ibizamini kandi hari abajuriye kikaba ikibazo cyo kwibazwaho ko hari icyari kibiri inyuma bita ruswa, umwe mu bari bahawe akazi atujuje ibisabwa yaratahuwe agakurwaho. Mu Ukwakira 2016, mu karere ka Nyamagabe hakozwe ikizamini cy’akazi, hahatanirwa imyanya y’Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’imirenge, amakuru agera kuri […]

Umwana w’imyaka 3 yimitswe aba imana igomba gusengwa bakanayiramya (Amafoto)

Mu gihugu cya Nepal, haherutse gukorwa umuhango wo gushyiraho imana nshyashya bazajya baramya izwi nka Katmandou, aho umwana w’umukobwa w’imyaka 3 y’amavuko ari we washyizweho nk’imana n’abayobozi bakuru bo mu idini izwi nka Hindou. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mwana w’umukobwa kandi yatamirijwe ikamba, ikanzu itukura ndetse akaba agomba no kwicazwa ku ntebe itukura nk’uko imyizerere ya […]

Uganda: Abadepite batavuga rumwe na leta bakomeje gusanga ibisasu mu ngo za bo

Abadepite batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda barimo na Bobi Wine bari gutabariza ibyo bita ibikorwa by’iterabwoba bari guokrerwa nyuma yo gusanga ibisasu byo mu bwoko bwa gerenade mu nzu za bo. Ku munsi w’ejo tariki ya 2 Ukwakira mu masaha ya nijoro, ni bwo Depite uhagarariye akarere ka Kyadodondo, Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine […]

Nyamasheke: Abaganga b’ibitaro bya Bushenge barinubira urugendo rw’ ibilometero 15 bakora bajya ku kazi

Bamwe mu bakora mu bitaro bya Bushenge biri mu karere ka Nyamasheke, bavuga ko ikibazo cy’amacumbi y’abakozi gikomeje kuba ingorabahizi, babura aho bacumbika hafi y’ibitaro bagakora urugendo rwa buri munsi rw’ibilometero 15 bajya aho bacumbitse mu mujyi wa Rusizi. Mu kiganiro Bwiza.com yagiranye na bamwe mu bakozi b’ibi bitaro bavuga ko bibagora cyane gutega buri […]