Umugabo wanjye namufashe aryamanye nâindaya, nsanga ni umukobwa twiganye, none agahinda kanshenguye umutima- NKORE IKI?
Ahagana saa mbiri zâijoro ku itariki ya 29 zâukwa 10, nibwo umuntu yanyoherereje mesaje kuri telefone yanjye, ati ânyarukira kuri lodge, urebe ibyo umugabo wawe arimo gukoraâ. Ntabwo nazuyaje, naragiye ngerayo, ndamuhamagara aritaba ariko atazi ko ndi hafi aho, arambeshya ambwira ko ari ahandi hantu, tujya impaka ndende birangira akinguye kuko nifuzaga kureba umuntu yansimbuje. […]
Imashini [ robot ] ikoze nkâumugore yatanze ikiganiro mu nama inahabwa ubwenegihugu
Bwa mbere mu mateka yâisi, mu gihugu cya Arabia Saoudite, imashini ikozwe mu ishusho yâumugore (robot) yahawe ubwenegihugu, yanatanze ikiganiro mu nama iri kubera muri Arabia Saoudite. Ibi byatangarijwe mu nama yâikoraniro mpuzamahanga mu byâubukungu [ The Future Investment Initiative Forum ], yaberaga Riyad muri iki gihugu ,guhera kuwa 24 – 26 Ukwakira 2017 , […]
Uganda: Ni iki cyihishe inyuma yâingendo bivugwa ko Kayumba Nyamwasa akunze gukorera muri Uganda?
Amakuru atandukanye amaze iminsi atangazwa nâitangazamakuru ryo muri Uganda nka Chimpreports ndetse na Spyreports, aravuga ko Kayumba Nyamwasa, utavuga rumwe nâubutegetsi bwâu Rwanda yaba akunze gukorera ingendo muri Uganda ndetse afitanye umubano ukomeye nâabayobozi ba Uganda barimo perezida Museveni ubwe ndetse na minisitiri wâumutekano, Gen (Rtd) Henry Tumukunde. Inkuru yasohotse ku rubuga Spyreports kuri uyu […]
Rubavu: Amata y'inka zagaburiwe ibirayirayi ntagira ubuziranenge
Aborozi bâinka nâabatunzwe nâumurimo wo gucuruza amata bo mu murenge wa Bugeshi mu Karere ka Rubavu bahangayikishijwe na litiro zâamata zigera ku 1000 zitakirwa ku ikusanyirizo ku munsi ku buryo byateje abo baturage ibihombo bikabije, veterineri avuga ko biterwa n’inka ziba zariye ibirayirayi zigatanga umukamo utujuje ubuziranenge. Umwe mu bacunda bakora umurimo wo gutwara amata […]
USA: Umukozi wa twitter wari uvuye ku kazi yasize akuyeho konti ya perezida Donald Trump
Konti ya twitter ya perezida Donald Trump ikurikirwa n’abantu basaga miliyoni 40, izwi nka @realdonaldtrump, yakuweho mu gihe cyâiminota 11 nâumukozi wâikigo cya Twitter amasezerano ye yâakazi yagombaga kurangira kuri uyu wa Kane Umukozi wâikigo cya Twitter, amasezerano ye yâakazi yagombaga kurangira kuri uyu wa Kane yasize akuyeho konti ya perezida Donald Trump izwi nka […]
Zimbabwe: Umuhanuzi yakatiwe igifungo cyâimyaka 60 azira gusambanya ku ngufu umuyoboke we
Umuvugabutumwa muri Zimbabwe witwa Admire Maurukira wâimyaka 29 yâamavuko, yakatiwe gufungwa imyaka 60, gusa akazafungwa 50 indi 10 akazayikoramo ibikorwa bifitiye igihugu akamaro nyuma yo guhamwa nâicyaha cyo gusambanya ku gahato uwari waje ngo amusengere (Deliverance) Uyu muvugabutumwa akaba nâumuyobozi wâitorero, Five Fold Ministries ashinjwa ibyaha byo gusambanya abantu 5, kuri iyi nshuro yafatiweho akaba […]
Umuhanga mu gucuranga umwirongi na jazz music, Asaiah Katumwa aracurangira Abanyarwanda
Umuririmbyi ukomoka mu gihugu cya Uganda, Asaiah Katumwa yiteguye gutaramira Abanyarwanda, mu gitaramo cyiswe âKigali Jazz Junctionâ . Mu kiganiro nâabanyamakuru cyabaye kuri uyu wa kane tariki ya 2 Ugushyingo 2017, muri Kigali Serena Hotel, Asiah Katumwa yavuze ko aje gucuranga Jazz Music muri âKigali Jazz Junctionâ kugirango ashimishe abakunzi bâinjyana ya Jazz ndetse nâabakunda […]
Burundi: Imirwano hagati yâabasirikare nâabapolisi yakomerekeyemo bane
Inzego zishinzwe kubahiriza amategeko nâizâumutekano zirashinjwa kuba ari zo nyirabayazana yâihungabana ryâumutekano mu Ntara ya Cankuzo ho mu gihugu cyâu Burundi, nyuma yâaho abasirikare nâabapolisi basubiraniyemo mu ijoro ryo kuwa kabiri ushize, aho ngo kwiyemera nâumujinya ari byo ntandaro yâubwumvikane bukeya hagati yâizi nzego. Abapolisi bane bakomerekeye bikomeye muri uku guhangana. Iyi nkuru dukesha urubuga […]
Misiri: Umunyamategeko mu mazi abira nyuma yo gukangurira abantu kujya bafata ku ngufu abagore bambaye nabi
Umucamanza mu Misiri yishyize mu kamashu nyuma yo gutangariza kuri televiziyo yâigihugu ko leta ifite inshingano zo guhohotera umugore wese cyangwa umukobwa wambaye imyenda ishwanyaguritse (Dechiree) cyangwa igaragaza ubwambure bwe. Ibi yabitangarije mu kiganiro gicaa kuri televiziyo yâigihugu kivuga ku bijyanye no guca uburaya, aho yavuze ko abakobwa cyangwa abagore bambara imyenda icikaguritse ku buryo […]
Hamenyekanye abandi bahanzi bakomeye bazafatanya na Charly na Nina mu gitaramo cyo kumurika Album yabo
Mu minsi mike ishize nibwo hamenyekanye ko Juliana Kanyomozi wo muri Uganda ari we muhanzi w’imena uzafasha Charly na Nina mu gitaramo cyo kumurika Album yabo bise ‘Imbaraga’, ubu hamaze kumenyekana abandi bahanzi bakomeye bazagaragara muri iki gitaramo barimo na Big Fizzo w’i Burundi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uhagarariye inyungu za Charly na Nina unazwi cyane mu […]
Gatsibo: Hagaragajwe izindi ngamba zizarushaho guteza imbere abatuye akarere
Mu nama Mpuzabikorwa yâAkarere ka Gatsibo yabaye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 01/11/2017, Guverineri wâIntara yâIburasirazuba Bwana Mufulukye Fred yasabye Abayobozi kongera imbaraga mu kwita ku isuku , Kurwanya Ibiyobyabwenge nâibindi byaha ahubwo bagaharanira guha serivisi nziza abaturage no gushyira mu bikorwa gahunda za Leta kugirango aka Karere gakomeze gutera imbere. Iyi nama Mpuzabikorwa […]
Hagaragaye amafoto ya Ndikumana Katauti aryamye mu gituza cya Miss Asma Jesca w'u Burundi
Ndikumana Hamad uzwi ku izina rya Katauti yatangiye guca amarenga ko ari mu rukundo n’umukobwa witwa Jesca wo mu Burundi uheruka gutangaza ko yabyaranye impanga na Diamond Platnumz. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ni nyuma y’iminsi mike uwahoze ari umugore wa Katauti, Owoya Irene wamenyekanye nka Oprah atangaje iby’ubukwe bwe n’undi muhanzi wo muri Tanzania, Dogo Janja, none […]
Rwamagana: Abaturage barinubira serivisi mbi bahabwa nâinzego zâibanze basiragizwa kuri mituweli
Abaturage bo mu murenge wa Kigabiro mu karere ka Rwamagana barinubira serivisi mbi bahabwa bashaka ubwisungane mu kwivuza, bamwe muri bo bavuga ko bamaze amezi arenga atanu basiragizwa mu nzego zâibanze ibyo basaba ntibabikorerwe kandi barishyuye neza. Bamwe basiragizwa bifuza gukura ku rutonde abapfuye nâabatakiri mu muryango ku mpamvu zitandukanye, hari nâabifuza kwandikisha abana bavutse,⌠[…]
Dore ibyo usabwa niba ujya ucika intege utera akabariro ukanashaka kunyaza bikanga
Mu buzima bwa muntu arakura akagera aho yubaka urugo, umugabo agakenera umugore, umugore na we agakenera umugabo, mu kubana rero hari zimwe mu nshingano z’ibanze umugabo aba asabwa kuzuza kimwe n’uko umugore na we haba hari izo asabwa kuzuza gusa uyu munsi turavuga kuri zimwe z’ibanze umugabo agomba kuzuza byanze bikunze, gutera akabariro (imibonano mpuzabitsina). […]
Abayobozi baherutse gutangaza ubwigenge bwa Catalogne batawe muri yombi
Abahoze ari abayobozi bo ku rwego rw’intara birukanywe mu myanya yabo muri Catalogne batawe muri yombi, uwahoze ayiyobora asabirwa gushyikirizwa urukiko mpuzamahanga mpanabyaha ICC. Bane mu bahoze ari abayobozi bâiyi ntara bakuriwe na Carles Puigdemont, bahungiye mu Bubiligi, basabiwe n’abashinjacyaga kujyanwa imbere yâurukiko mpuzamahanga. Abo bategetsi bashakishwaga ntabwo bitabye urukiko rwo mu mujyi wa Madrid […]
Umunyeshuri wâumukobwa yatahuwe amaze kwanduza SIDA abasaga 580 mu gihe yateganyaga kwanduza 2000
Umwana wâumukobwa wâumunyeshuri utatangarijwe amazina, yatawe muri yombi amaze kwanduza agakoko gatera SIDA abagera kuri 586 mu mezi 5 gusa, akaba yari afite intego yo kwanduza abagera ku bihumbi 2. Uyu mukobwa ukomoka muri leta zunze ubumwe zâAmerika yatangaje ko yari afite urutonde rwâabagabo bakuze nâabasore yagombaga kwanduza agakoko gatera Sida, ibi akaba yabikoraga mu […]
Umugore usanga yaracurujwe mu gukobwa yasabye ko inkwano itareba umuhungu gusa
Umunyamategeko wo muri Zimbabwe, Priccilar Vengesai, yibaza ko niba umugenzo wo gukwa ukwiye gukwirikizwa, akavuga ko imiryango y’umuhungu n’umukobwa yompi yari ikwiye gukwa kugira hagume uburinganire hagati y’abagabo n’abagore. Uyu munyamategeko yagejeje ikirego ku rukiko rushinzwe itegeko nshinga, asaba ko ikirego cye cyakwakirwa , kuko ngo uwo mugenzo uteye ukubiri n’uburengenzira bwe nk’ umuturage. [xyz-ihs […]
U Bwongereza bwashyizeho Minisitiri wâIngabo mushya, nyuma yâuko undi yegujwe
Nyuma yâumunsi micye, uwari Minisitiri wâIngabo wâigihugu cyâu Bwongereza, Michael Fallon asabwe nâInteko ishinga amategeko kwegura kubera ibyaha yashinjwaga byo gusambanya ku ngufu, iki gihugu cyamaze gushyiraho undi mu Minisitiri. Ku gicamunsi cyo ku munsi wâejo kuwa Kane, ni bwo Minisitiri wâIntebe wâu Bwongereza, Theresa May on yatangaje ku mugaragaro ko Gavin Williamson asimbuye mugenzi […]
Mu myaka itarenze 10 nta mbogamizi mu bucuruzi muri Afurika zizaba zikiriho â Perezida Kagame
Perezida wâu Rwanda, Paul Kagame arateganya ko mu myaka 5 cyangwa 10 iri imbere imbogamizi zose zibangamira ubwisanzure mu bucuruzi muri Afurika zizaba zavuyeho. Nkâuko perezida Kagame avuga, ngo imiryango ihuza ibihugu mu turere muri Afurika yakoze byinshi mu gushyiraho ingamba nyazo zo gutuma habaho kwishyira hamwe mu bijyanye nâubwisanzure mu bucuruzi ku mugabane. [xyz-ihs […]
Abaturage basanga Perezida Nkurunziza yifuza kuganisha u Burundi ku ngoma ya cyami
Abarundi batandukanye batangaza ko bahangayikishijwe no kubona Perezida Pierre Nkurunziza ashishikajwe no kuganisha igihugu ku ngoma ya cyami. Aba barundi bavuga ibi bahereye kuri politiki ishyizwe imbere mu Burundi yo guhindura itegeko Nshinga, Perezida Nkurunziza akabona amahirwe yo kongera kwiyamamaza mu 2020 na nyuma yaho ndetse n’andi mategeko atorwa. Ibi bitangiye kuvugwa cyane mu gihe […]
Abakinnyi ba Rayon Sports biganje muri 18 umutoza wâAmavubi azakinisha muri Ethiopie
Umutoza wâikipe yâigihugu Amavubi, Antoine Hey yashyize hanze abakinnyi 18 barimo abakinnyi umunani bâikipe ya Rayon Sports FC azitabaza mu mukino uzabahuza na Ethiopie mu mikino yo guhatanira itike ya CHAN 2018 izabera muri Maroc mu kwa mbere umwaka utaha. Kuri uyu wa kane tariki ya 2 Ugushyingo 2017, nibwo umutoza wâikipe yâigihugu cyâu Rwanda, […]
Minisitiri wâIntebe yakiriye itsinda ryâabakozi ba IMF riyobowe na perezida wayo
Ku mugoroba wo ku wa Kane tariki ya 2 Ugushyingo, Minisitiri wâIntebe, Ngirente Edouard yakiriye itsinda ryâabakozi ba IMF barimo na perezida wayo, bakaba baje muri gahunda yo kwigira ku Rwanda ibitandukanye birimo no gushyira mu bikorwa gahunda yâuburinganire nkâimwe mu nkingi zâiterambere rirambye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Abagize iri tsinda rikora mu kigega mpuzamahanga cyâimari muri […]