Sudani y’Epfo: Gen Malong wahoze ari umugaba w’ingabo ari gushakisha ubuhungiro muri Uganda

Uwahoze ari umugaba w’ingabo za Sudani y’Epfo, Gen Malong yatangaje ko ubuzima bwe budashobora kugira umutekano atabonye aho abuhungishiriza bityo akaba ashaka ubuhungiro muri leta ya Uganda. Mu ibaruwa yandikiye ibigo bitandukanye, Gen Paul Malong yavuze ko Juba yari ikwiye kumureka akishakira ubuhungiro aho ashaka yumva ashobora kugirira umutekano usesuye. Uyu musirikare yasabye ko yahabwa […]

Umubiligi Allain Billen abona Diane Rwigara na Ingabire Victoire mu ishusho ya Sekibi

Umwanditsi w’ umubiligi Allain Billen, ufite imyaka 64 y’ amavuko avuga ko umuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bwa muntu “Human Rights Watch” uharanira inyungu za politiki kurusha iz’ uburenganzira bwa muntu, agaruka ku kuntu ngo wibasira ibihugu bimwe birimo n’u Rwanda, ukagira ibyo uhora uhishira birimo n’u Bufaransa. Mu kiganiro yagiranye na RTBF (Radio Télévision Belge […]

Umushoferi na tandiboyi we b'Abanyarwanda bari batwaye lisansi bakoreye impanuka muri Uganda

Umushoferi ndetse n’umutandiboyi w’ikamyo b’Abanyarwanda bari mu ikamyo itwara lisansi yari iturutse Kisumu muri Kenya ijya mu Rwanda bakomerekeye bikomeye mu mpanuka ubwo iyi kamyo yabirandukiraga mu ishyamba rya Mabira. Iyi mpanuka yabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane saa tatu ku muhanda Jinja-Kampala mu karere ka Buikwe nk’uko byemejwe na Hellen Butoto, umuvugizi […]

Mugabo/ dore uburyo bwihuse wakoresha kugirango unyaze neza umugore wawe

Abagabo benshi bahora bibaza uburyo bakoresha kugira ngo bashimishe abagore babo mu buriri ariko bikabagora , tugendeye ku bushakashatsi bunyuranye twabateguriye incamake y’ uburyo umugabo yakoresha umugore we akagera ku ndunduro y’ibyishimo akananyara neza kandi bitamugoye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Abagore benshi bakunda kunyazwa kuko birabanyura, umugabo uri kunyaza arinda igitsina cye kugwa, ndetse akamenya neza igihe […]

Burundi: Icyumweru cyiswe icy’amaraso, abantu 15 bakishwemo

Imirambo y’abantu 15 yagiye ibonwa mu bice bitandukanye by’u Burundi, muri bo harimo n’umwana w’imyaka 2 ndetse n’umukecuru w’imyaka 83 n’abandi b’ingeri zose. Abenshi bagiye babonwa hirya no hino aho biciwe ku misozi, abandi mu migezi no mu nzu babagamo. Umwe muri aba bantu akaba yarishwe n’Imbonerakure, zamukubise kugeza apfuye. Ku wa 30 Ukwakira 2017, […]

Usibye u Rwanda na Uganda, ishyamba si ryeru no hagati ya Kenya na Tanzania

Ikibazo cy’amatungo nk’inka n’inkoko zambukiranya umupaka gikomeje guteza umwuka mubi mu mubano wa Tanzania na Kenya, aho perezida Magufuli yatangaje ko Tanzania atari ubutaka bwororerwaho amatungo yo mu bihugu by’abaturanyi. Umwuka utari mwiza hagati y’ibi bihugu byombi by’ibituranyi watangiye kugaragara mu kwezi gushize ubwo Tanzania yafataga inka 1,300 zo muri Kenya zari zambutse zigiye kurisha […]

Byinshi ku itsinda rya muzika ‘‘Princes du Nord’’ rimaze kwigarurira imitima ya benshi mu ntara y'Amajyaruguru

Princes du Nord, ni itsinda rya muzika rifite inkomoko mu ntara y’amajyaruguru rika bikorera no mu Burengerazuba. Rigizwe n’abasore 2 barimo Ishimwe Jede bita Prince OfPeace ndetse na mugenzi we Ndekezi Johnson Kaya rikaba rimaze igihe kingana n’umwaka n’igice rikora muzika. Mu gihe bamaze bashinze imizi, bitabiriye ibitaramo bitandukanye hano mu Rwanda ndetse no mu […]

Uganda irakekwaho kuba inyuma y’inkuru z’ibinyoma zikomeje gutangazwa kuri perezida Kagame

Nyuma y’iminsi mikeya havugwa umwuka utari mwiza hagati y’u Rwanda na Uganda, hakomeje kugaragara inkuru z’impimbano kuri perezida Kagame kugeza ubu hataramenyekana ikizihishe inyuma nk’aho nyuma y’aho ikinyamakuru New Vison cyo muri Uganda kibeshye ko perezida w’u Rwanda yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Uganda I Dubai nyamara bitarabaye, mu ntangiriro z’iki cyumweru kuri rumwe […]

Umunyeshuri yivuganye mugenzi we kugira ngo ikigo gisubike ibizamini

Umwana w’umunyeshuri w’imyaka 16 mu gihugu cy’u Buhinde yivuganye mugenzi we w’imyaka 7 ubwo barimo bava ku ishuri, ibi akaba yabikoze mu rwego rwo kugira ngo ibizamini babisubike. Uyu mwana utatangajwe amazina ngo yishe mugenzi we arusha imyaka igera ku 9 witwa Pradyuman Thakur, amukanze ingoto aramuniga kugeza amumazemo umwuka, ipererza rikaba ryatangaje ko ngo […]

Tanzania: Abana 5 b’abanyeshuri bahitanwe na gerenade bakinishaga

Abana 5 b’abanyeshuri bishwe na gerenade bakinishaga bazi ko ari ikintu gisanzwe, abandi 23 bakomeretse barimo kwitabwaho n’abaganga. Gerenade yaturikanye aba bana ku wa Gatatu tariki ya 8 Ugushyingo 2017, nyuma yo kuyitoragura bakayikisha aho bari ku ishuri riherereye mu gace ka Ngara, kari mu Majyaruguru ya Tanzania. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umuyobozi w’aka gace ibi byabereyemo, […]

Rusizi: Ubukene, imwe mu mpamvu zituma umubare w’abangavu baterwa inda wiyongera

Mu murenge wa Bugarama mu karere ka Rusizi hakomeje kugaragara abakobwa benshi batwara inda zitateganijwe, bamwe bakava mu mashuri kuyasubiramo bikagorana, abandi bakabera umutwaro ababyeyi babo kuko babasigira abo bana bakigendera. Abakobwa babyariye iwabo bakiri abangavu, bavuga ko ikibatera gutwara izo nda ahanini ari ubukene n’imibereho mibi mu miryango yabo ituma bashukwa n’uwo ari we […]

Burundi: Abacuruzi bagera ku 10 bo muri RDC batawe muri yombi mu buryo budasobanutse

Leta y’u Burundi yataye muri yombi abacuruzi bagera ku 10 bo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo, nyuma yo gufatanwa amatungo arimo inka n’ihene bayavana mu Burundi bayajyanye mu gihugu cya bo. Aba bacuruzi basanzwe bakorera ibikorwa bya bo by’ubucuruzi mu mujyi wa Gatumba mu Burundi byambukira muri Uvira muri RDC, bakaba barafashwe n’ikigo gushinzwe […]

Misiri: Perezida Kagame na Tony Elumelu nibo bazayobora YED mu Nama Nyafurika iruta izindi

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, akaba na chairman wa Smart Africa, ari kumwe na Tony Elumelu washinze $100 Entrepreneurship Programme, biteganyijwe ko ari bo bazayobora Umunsi wa ba Rwiyemezamirimo bakiri bato (Young Entrepreneurship Day) mu Nama Nyafurika ya 2017 (Africa 2017 Forum) izwi mu Cyongereza nka Africa Forum, iba igamije guteza imbere ubucuruzi n’ishoramari muri […]