Ghana : Umwalimu muri kaminuza avuga ko Bibiliya yose ishingiye ku binyoma
Umuabo witwa Dr Obadele Kambon akaba n’umwalimu muri kaminuza ya Ghana aherutse gutungura abantu ubwo yavugaga ko Bibiliya ari igitabo gishingiye ku binyoma no ku nyandiko mpimbano gusa. Dr Obadele avuga ko Bibiliya yanditswe hifashishijwe izindi nyandiko zirimo inyandiko ya mbere yagaragaye mu gihugu cya misiri yari ikunze gukoreshwa muri za piramide, bakazigenderaho bandika ibyo […]
France: Hasojwe iperereza ryakorwaga ku ihanurwa ry’indege ya Habyarimana
Abacamanza bashinzwe gukurikirana ibyaha by’iterabwoba mu Bufaransa basoje iperereza bakoraga ku gitero cya missile cyagabwe ku ndege ya perezida Habyarimana mu 1994 nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Kane na bamwe mu bafite aho bahuriye n’ubutabera. Igisigaye ni uko Ubushinjacyaha bw’u Bufaransa bukuraho burundu ibirego bwashyiriyeho abayobozi bakuru barindwi b’u Rwanda cyangwa hagatangizwa urubanza kuri bo. […]
Umuhanzi Pedro Someone watumiye Barafinda mu gitaramo cye, avuga ko imyiteguro bayigeze kure
Niyigena Jean Pierre uzwi ku izina rya Pedro Someone, avuga ko imyiteguro yo gushyira hanze umuzingo (album) ya mbere ayigeze kure. Ni mu gitaramo kizabera i Kigese mu karere ka Kamonyi, kikazagaragaramo udushya mu ndirimbo no mu rwenya dore ko cyatumiwemo Barafinda Sekikubo Fred benshi babonyemo impano yo gusetsa, Mbata n’abandi bahanzi barimo Fireman, … […]
Umusore twamenyaniye kuri facebook arimo kunsaba ko tubana, hashize amezi 4 tumenyanye- NKORE IKI?
Mu ntangiriro z’ukwezi kwa munani nibwo umusore yanyoherereje friend request kuri facebook ansaba ubucuti, narabyemeye duhera ubwo dutangira kuganira, muri ayo meza ane ashize, arifuza ko twabana bitarenze mu kwa kabiri 2018. Yanyatse nimero ndayimuha, mbese uretse ibyo kuganira kuri facebook gusa, twagiye tunahamagarana, ageze aho ambwira ko yankunze, biba impaka ndende ariko ngeze aho […]
Umugabo akurikiranyweho gutera inda umwana we w’imyaka 10
Umugabo witwa Kenneth Abuya ukomoka mu gace ka Ikeja muri Nigeria akurikiranyweho gusambanya umwana we w’umukobwa w’imyaka 10 y’amavuko akanamutera inda. Kuwa Mere w’iki cyumweru tariki ya 19 Ukuboza 2017, nibwo urukiko rw’ibanze rwo muri kariya gace rwaburanishije uyu mugabo rumutegeka gutanga amande angana n’ibihumbi 500 by’amafaranga akoreshwa muri kiriya gihugu. Umushinjacyaha mukuru w’urukiko rwa […]
Uganda iracyemeza ko umubano n’u Rwanda ari mwiza, mu gihe rwo ruyishinja gufasha abashaka kurutera
U Rwanda rwandikiye minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Uganda rusaba ibisobanuro ku itabwa muri yombi rya hato na hato ry’Abanyarwanda muri Uganda no ku makuru y’uko Kayumba Nyamwasa, umuyobozi wa RNC, arimo kwinjiza impunzi z’Abanyarwanda mu mutwe we wa gisirikare ushaka gutera u Rwanda, mu gihe Uganda yo ikomeje gushimangira ko umubano wayo n’u Rwanda wifashe […]
1990 -1993 : Hari icyo Kiliziya Gatolika yikanze itangira kuburira abayoboke bayo
Imyumvire y’ Abanyarwanda batari bacye yizeraga ko nta muntu wahungira kuri Kiliziya ngo yicwe kuko amateka anyuranye ya politiki y’ u Rwanda muri Repubulika ya 1 agaragaza uburyo Gregoire Kayibanda yari umutoni w’ abamisiyoneri. Gusa Gen. Major Juvenal Habyarimana akimara gufata ubutegetsi yaje guhinduka abazungu b’ abapadiri mu cyayenge akajya anabakoresha mu nyungu zo gushimangira […]
Isekere: Mu nama y’ abagore, abwira umugabo we ati “ndagukunda”
Mu nama y’abagore, umuyobozi arabaza ati: ni bande bakunda abagabo babo? Abagore bose bamanika intoki. Arongera ati : muheruka kubabwira ko mubakunda ryari? Bamwe bati, uyu munsi, abandi bati ‘mukanya’… Arongera arababwira ati : nimufate Telefoni zanyu muboherereze sms ivuga ngo « ndagukunda mugabo wanjye ». Bose barabikora. Hashize akanya arababwira ati : nimugurane tefefoni […]
Undi musirikare wa Koreya ya Ruguru yacikiye muri Koreya y’Epfo nyuma y’ukwezi undi acitse
Undi musirikare wa Koreya ya Ruguru yahungiye muri Koreya y’Epfo yambutse umupaka uzwi nka DMZ nk’uko byemezwa na minisiteri y’ingabo ymuri Seoul. Ni nyuma y’igihe gito undi musirikare acikiye muri iki gihugu agakurikizwa amasasu. Amakuru aravuga ko uyu musirikare wok u rwego rwo hasi bivugwa ko afite imyaka 19 y’amavuko, yagaragaye ku burinzi bwa Koreya […]
U Rwanda rwahagaritse ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi byaturukaga muri Afurika y’Epfo
Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi yahagaritse ku mugaragaro ibiribwa birimo inyama, amata, imbuto n’imboga byaturukaga mu gihugu cy’Afurika y’Epfo, mu rwego rwo kwirinda indwara iri kubica bigacika mu gace kiriya gihugu giherereyemo ya Listeriosis, ikaba imenyerewe ku izina rya Kaba. Mu itangazo ryashyizweho umukono na Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi mu Rwanda, Geraldine Mukeshimana rivuga ko ibi bicuruzwa byibanzemo […]
RDC: Abaturage bitwaje intwaro gakondo bagabye igitero ku basirikare babambura imbunda
Abasirikare babiri ba Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo bagabweho igitero n’abaturage bitwaje intwaro gakondo babambura imbunda zabo ahagana mu gace ka Tse ko muri Teritwari ya Djugu, mu birometero nka 60 uvuye muri Bunia, nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Gatatu, itariki 20 Ukuboza, n’umuvugizi wa FARDC muri Ituri. Andi makuru aturuka aha akaba avuga ko […]
Amateka ya Chris Kyle, umusirikare kabuhariwe mu kurasa (Sniper), wishe abantu 255- AMAFOTO
Christopher Scott “Chris Kyle” yavutse ku itariki ya 8 Mata 1974, ni umusirikare wamenyekanye cyane mu gisirikare cya Amerika, mu mutwe w’abarwanira mu kirere, mu mazi ndetse no ku butaka (United States Navy’s “Sea, Air and Land Teams) by’umwihariko akaba yari azwi nk’umuhanga muri ba mudahusha ku rugamba (Snipers). Uyu musirikare ni umwe mu bagiye […]
Perezida Kagame muri Sudani, yaganiriye na mugenzi we Bashir ku mubano hagati y'ibihugu byombi
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame ari mu gihugu cya Sudani guhera kuri uyu wa Gatatu tariki ya 20 Ukuboza 2017, mu ruzinduko rw’iminsi 2. Muri uru ruzinduko, Perezida kagame akaba yamaze guhura na mugenzi we, Omar Al Bashir aho biteganyijwe ko baza kuganira ku bufatanye n’umubano hagati y’ibihugu byombi, haba mu bijyanye n’umutekano, […]
Uganda: Perezida Museveni yemerewe kuzongera kwiyamamaza mu 2021
Abadepite bavuguruye ingingo yo mu Itegeko Nshinga ya Uganda yavugaga ko nta muntu wemeye kwiyamamariza umwanya wa Perezida wa Repubulika arengeje imyaka 75. Mu matora yaberaga mu Nteko Nshingamategeko ya Uganda yamaze iminsi 3 , abadepite 315 nibo batoye YEGO naho 62 batora OYA nk’ uko tubikesha RFI. Nyuma yaho Abadepite bahinduye iyi ngingo itumye […]
Uganda: Iminsi 12 irashize Umunyarwanda Gatsinzi afashwe na CMI, haravugwa ko arimo gukorerwa iyicarubozo
Kuri uyu wa Kane, itariki 21 Ukuboza hashize iminsi 12 urwego rw’ubutasi mu gisirikare cya Uganda(CMI) rutaye muri yombi Umunyarwanda, Fidele Gatsinzi bivugwa ko yari yagiye muri Uganda gusura umuhungu we uba muri Kampala. Biravugwa ko muri iki gihe amaze nta muntu umugeraho ndetse ntawe bavugana nk’uko byemezwa n’abo mu muryango we. Nk’uko twabibagejejeho mu […]
Nyamata: Amahugurwa ku bijyanye n’iperereza no gukurikirana ibyaha byo gucuruza abantu ararimbanyije
Guhera kuri uyu wa Gatatu, itariki 20 kugeza kuri uyu wa 22 Ukuboza 2017, i Nyamata mu Karere ka Bugesera harimo kubera amahugurwa y’abazahugura abandi ku bijyanye n’iperereza no gukurikirana abakora ibyaha byo gucuruza abantu. Ni amahugurwa yateguwe na Minisiteri y’Ubutabera ku bufatanye bw’Ibiro by’Umuryango w’Abibumbye bishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge n’ubwicanyi (United Nations Office on Drugs […]