Kayumba Nyamwasa na Dr. Rudasingwa mu nzira yo kwiyegereza Perezida Emmanuel Macron

Mu ibaruwa ifunguye yandikiye Perezida w’ u Bufaransa, Emmanuel Macron, ku wa 26 Ukuboza 2017, Dr. ThĂ©ogene Rudasingwa yagaragaje ko ihuriro rya politiki abarizwamo ridashyigikiye icyemezo Leta y’ u Rwanda iherutse gutangaza ko igiye gusohora impapuro zita muri yombi abafaransa bagize uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi. Nyuma y’ ibaruwa asohoye amaze igihe kinini atagaragara mu […]

Messi ni umuhanga cyane kurusha Cristiano Ronaldo- Eden Hazard

Eden Hazard umusore w’imyaka 26 y’amavuko ukinira ikipe ya Chelsea, avuga ko Lionel Messi ukina muri FC Barcelona, ari umuhanga cyane kurusha Ronaldo wa Real Madrid. Aganira na Chelsea TV, Eden yagize ati “iyo ukina umupira (football) uba ushaka gukina uhanganye n’abahanga, ikipe ya mbere, abakinnyi bubatse izina ku isi,…Messi ni umukinnyi wa mbere ku […]

Rwamagana: Umuforomo yatawe muri yombi akekwaho kwiba imiti

Ku wa kabiri tariki 26 Ukuboza 2017, umuganga witwa Maniriho Faustin yatawe muri yombi na Polisi y’ u Rwanda akekwaho kwiba imiti mu kigo nderabuzima cya Munyaga giherereye mu murenge wa Munyaga, mu karere ka Rwamagana. Maniriho Faustin yifashishaga imiti y’ikigo nderabuzima agiye gusiramura abashaka kwisiramuza nk’uko byemezwa n’umukozi ukora ku kigo nderabuzima cya Munyaga […]

Ibihano ONU yafatiye Koreya ya Ruguru bishobora kuba imbarutso y’intambara n'Amerika

Nyuma y’uko Umuryango w’Abibumbye ufatiye ibihano abayobozi 2 bakomeye mu gukora no kugerageza ibisasu muri Koreya ya Ruguru, iki gihugu cyatangaje ko ibi bihano bishobora kuba imbarutso y’intambara hagati yacyo n’Amerika. Kwa Gatanu w’icyumweru cyashize tariki ya 22 Ukuboza 2017, nibwo hateranye inama y’Umuryango w’Abibumbye yemeza ko abayobozi babiri bakomeye mu guturitsa ibisasu muri Koreya […]

Abapolisi bakuwe umutima n’uburebure bw’inzoka basanze yambukiranya umuhanda- IFOTO

Abapolisi bo muri Australia ubwo bari ku irondo rya nijoro, bakubitanye n’inzoka ndende, ibakura umutima bategereza ko ibanza kurangiza kwambuka umuhanda bakabona gukomeza urugendo. Polisi mu gace ka Queensland, aho iyo nzoka yabonywe, yafashe ifoto y’iyo nzoka n’umupolisi wari uyiri hafi, iyishyira kuri twitter, ariko abantu benshi batangarira iki gikururanda, ari nako bagira byinshi bakivugaho. […]

Umugabo yivuganye umugore we kuri Noheli amuziza gutinda gutaha

Umugabo utatangajwe amazina w’imyaka 35 wo mu gace ka Iganga muri Uganda ari guhigwa bukare na polisi ikorera muri kariya gace nyuma yo gutema umugore we akamwica kuri Noheri yarangiza agahita acika. Uyu mugabo ashinjwa kuba yarishe atemye umugore we Betty Anyokoti w’imyaka 25 amukekeraho kuba yari ari kumwe n’abandi bagabo ubwo yatahaga atinze ku […]

Nyamasheke: Imyenda y’umusore umaze iminsi ine yarabuze, yatoraguwe ku Kivu

Umusore witwa Sibomana Jean Claude ukomoka mu mudugudu w’amahoro, akagari ka Nyamugari mu murenge wa Shangi, ho mu karere ka Nyamasheke, amaze iminsi 4 yaraburiwe irengero, ariko imyenda yari yambaye yatoraguwe ku nkengezo z’i Kivu. Nk’uko bwiza.com yabitangarijwe na mukuru w’uyu musore witwa Hakizimana Joseph, ngo murumuna we w’imyaka 18 y’amavuko, babanaga i Kigali, ku […]

Uganda: Brig Karemire mu ntambara y'amagambo na Dr Kizza Besigye amushinja gutoba politiki

Igisirikare cya Uganda UPD cyateranye amagambo n’umunyepolitiki, Dr kizza Bessigye nyuma y’amagambo aherutse gutangaza ubwo uganda yoherezaga ingabo guhangana n’umutwe wa ADF uri gukorera mu mashyamba ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Mu minsi ishize, ubwo guverinoma ya Uganda yatangazaga umugambi wo kohereza ingabo muri Congo, Dr Bessigye yavuze amagambo agira ati “Kohereza hanze ingabo […]

Menya inkomoko y'amwe mu mazina y'abahanzi bazwi mu Rwanda

Ubusanzwe mu buzima bwa buri kiremwamuntu, iyo umuntu avutse ahabwa izina rizamuranga mu gihe azaba ari ku isi ndetse na nyuma yo kuyivaho, iryo zina rikomeza gushinga imizi, gusa ibi birahinduka iyo ushaka kuba icyamamare, aha usanga abantu bihutira gushaka izina risa niriryoheye amatwi ya benshi kandi rimwe na rimwe ugasanga bene ayo mazina akunze […]

U Rwanda rwaje ku mwanya wa 4 mu kurwanya ruswa muri Afurika

  N’ubwo havugwa ruswa imunga ubukungu muri Afurika, hari ibihugu bikoresha imbaraga nyinshi mu kuyirwanya, bikorera mu mucyo ndetse binashimangira amahame shingiro ya Demokrasi. Botswana, Cap-Vert , Iles Maurice, Rwanda ndetse na Namibia nibyo bihugu byo ku mugabane wa Afurika bikomeje kuza mu myanya ya mbere mu kurwanya ruswa. 5-Namibia : Iki gihugu ni intangarugero […]

Kigali: Past. Jimmy Muyango agiye kumurika igitabo yise 'The Pathway to Destiny'

Mu rwego rwo guteza imbere umurimo w’ Imana , Senior Pastor w’ Itorero Potter’s Hand Ministry, Jimmy Muyango yateguye gahunda yo kumurika igitabo yise “The Pathway to Destiny” . Muri iki gitabo “ The Pathway to Destiny”, dukenekereje mu Kinyarwanda “ Inzira igana ku mugambi Imana igufitiye ,Pst. Jimmy Muyango yifashisha ibyanditswe ahumuriza abantu bose […]

Loni yatsimbararaga kuri Leta ya Habyarimana, yagize ikimwaro mu maso ya FPR-Inkotanyi

Abakurikirana amateka ya politiki y’ u Rwanda kuva muri 1959, kugeza FPR/Inkotanyi itangiza urugamba rwo kubohora igihugu mu Ukwakira 1990 kugeza muri Kanama 1993 mu mishyikirano ya Arusha bikangaga ko gutsindwa kw’ ingabo za Habyarimana bitari gusiga igihugu amahoro nk’ uko byaje kugaragara muri 1994. N’ubwo gutsindwa kwa FAR no kwicwa kwa Perezida Juvenal Habyarimana […]

Sudani y’Epfo: Umukuru w’abarwanyi ba Riek Machar yishwe arashwe hamwe n’abamurindaga 2

Umugaba mukuru w’abarwanyi bo ku ruhande rw’uwahoze ari visi perezida wa Sudani, Riek Mashar yaguye mu gitero cyari cyahuje aba barwanyi ba SPLA-IO ndetse n’abandi barwanyi bitwaje intwaro mu gace ko mu majyepfo ya Equateur muri Sudani y’Epfo. Umuvugizi w’ingabo za Riek Mashar, Paul Lam Gabriel yatangarije Radio Tamazuj kuri uyu wa Kabiri tariki ya […]

Mugabo, dore uburyo uzajya ukoresha niba wifuza kurangiriza rimwe n’umugore mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina

Iyo tuvuze gukora imibonano mpuzabitsina hari ababyumva nabi, bakabifata nk’ibyoroshye cyangwa se ari igikorwa wakora uko wiboneye, oya, ni igikorwa gikubiyemo amabanga menshi kandi yo kubaka urugo. Uyu munsi turahanura abagabo, mugabo niba utera akabariro ukarangiza mbere y’umugore wawe menya ko utazi gukora neza iki gikorwa, ese ubwo uba umusize he? Aha nakubwira ko uba […]

Moto zose zitwara abagenzi zigiye gushyirwaho utwuma turanga aho zigeze (GPS)

Ikigo cy’igihugu gishinzwe gukurikirana imirimo imwe n’imwe ifitiye igihugu akamaro, RURA, cyatangaje ko abakoresha moto mu gutwara abagenzi n’ibintu bagiye guhabwa utwuma tuzajya dutuma aho iyo moto iherereye (GPS) hamenyekana bityo bikazafasha guhangana n’abakora amakosa mu kazi ko gutwara. Imibare itangwa na polisi y’u Rwanda, igaragaza ko mu mpanuka zo mu muhanda zigera kuri 162 […]

2017: Abaperezida 3 bashinjwaga kuyoboza igitugu bagakurwa ku buyobozi ku nabi

Umwaka wa 2017 wabaye mubi ku bayobozi batatu bashinjwaga kuyoboza igitugu mu bihugu bya Afuri ka ariko biba umwanya wo kwiyongerera icyizere ku baturage bari barahagorewe. Byatangiriye muri Gambia aho Perezida Yahya Jammeh yari amaze imyaka 22 ku butegetsi yabuvuyeho atareba inyuma muri Mutarama 2017. Yahya Jammeh yategetse Gambia imyaka 22 kugeza ubwo ahindura Itegeko […]