PM Dr. Edouard Ngirente yemeje ko ikibazo cyâimirire kikiri ingorabahizi
Minisitiri wâintebe Dr.Edouard Ngirente yatangaje ko ikibazo cyâimirire mibi mu bana bari munsi yâimyaka itanu kikigaragara kandi ko ari ingorabahizi.Ibi yabitangaje ubwo yatangaga ibisobanuro mu magambo imbere yâinteko rusange yâabasenateri kuri uyu wa kabiri tariki ya 20 Gashyantare 2018 mu ngoro yâinteko ishinga amategeko ku Kimihurura,mu mujyi wa Kigali. Abasenateri bakoze ingendoshuri mu turere 14 […]
Perezida Trump arashinja Obama kuba inyuma ya dosiye ivuga ko yashyizwe ku buyobozi nâAbarusiya
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aravuga ko uwo yasimbuye, Barack Obam, afite uruhare mu birego bishinjwa u Burusiya kwivanga mu matora yabo. Ikigo gishinzwe iperereza muri Amerika FBI gitangaza ko u Burusiya bwinjiye mu mabanga ya Amerika ubwo bari mu gikorwa cyâamatora, bityo bihesha amahirwe Donald Trump yo gutsina. Trump avuga […]
Ndyamana nâabagabo barenga 30 ku munsi, ntacyo mpisha kuko nta pfunwe binteye- Umugore wicuruza
Umwongerezakazi Kirie Redfield, ni umugore ufite umugabo akaba akora uburaya, ku munsi aryamana nâabagabo baren ga 30, ibi bikaba bitamutera ipfunwe. Ibyo Kirie Redfield akora ntabwo abihisha, avuga ko afite abakozi bashinzwe umutungo ndetse ko amafaranga yose yinjije, ayatangaho umusoro wa Leta. Avuga ko akazi akora agakunda, ati âIbyo nkora ndabikora kuko ndabikunda, ntacyo mpisha, […]
Imiyoborere mibi no kudakoresha inzego, ni bimwe mu birimo guteza umwiryane mu itorero Inkuru Nziza- RGB
Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Imiyoborere (RGB) kiravuga ko icyateje umwiryane mu itorero âInkuru Nzizaâ,  ari imiyoborere mibi ndetse no kudakoresha inzego bireba zigomba kubafasha gukemura amakimbirane. Mu kiganiro nâ abanyamakurukuru cyabereye aho iki kigo gikorera i Remera mu Mujyi wa Kigali, ku wa mbere tariki ya 19 Gashyantare 2018, umuyobozi ushinzwemo imiyoborere nâamadini, Kangwagye Justus Umuyobozi w’ishamiri […]
Karongi: Umpunzi zo mu nkambi ya Kiziba zigaragambije zivuga ko zishaka gutaha- AMAFOTO
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 20 Gashyantare 2018, impunzi zâAbanyecongo ziba mu Rwanda, mu nkambi ya Kiziba, iri mu murenge wa Rwankuba, akarere ka Karongi, zigaragambije zivuga ko zishaka gutaha iwabo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Kuva mu cyumweru gishize nibwo izi mpunzi zatangiye gutangaza ko mu gihe zizaba zitongerewe […]
Umuntu umwe wari ubashije yarapfuye, uwasimbura Radio ni uwaba aririmba nkawe neza- Weasel
Weasel waririmbanaga na Mowzey Radio mu itsinda âGoodlyfeâ atangaza ko nta muntu yabona wasimbura mugenzi we wapfuye mu ntangiriro z’uku kwezi. Ibi yabitangaje mu gihe hari amakuru yise ayâibihuha yavugaga ko Radio azasimburwa nâumuhanzi King Saha, yabihakanye yivuye inyuma. Ati â Ndihagije, nta wundi muntu nkeneye. Umuntu umwe wenyine wari ushoboye yarapfuye, kuririmba njyenyine ndabishoboyeâ. […]
Gitega: Umugabo yatemesheje umugore we ishoka mu mutwe ahita apfa
Umugabo witwa Irankunda Innocent yatemesheje ishoka mu mutwe umugore we, Maniragumije Noella ahita amwica. Aya mahano yabaye mu ijoro ryo ku Cyumweru tariki ya 18 Gashyantare 2018, i Ruhande, komini Gishubi, Intara ya Gitega mu Burundi. Polisi mu Burundi itangaza ko ahagana saa tatu zâijoro aribwo Irankunda yatemaguye umugore we ahita apfa. icyaba cyarabimuteye ntikiramenyakana, […]
Abakinnyi ba Rayon Sports bemerewe agahimbazamusyi ka miliyoni 12 nibatsinda LLB Burundi
Mu gihe ikipe ya Rayon Sports yitegura kwerekeza i Burundi mu mujyi wa Bujumbura, gukina nâikipe ya LLB (Lydia Ludic Burundi), umukino wo kwishyura, abakinnyi bashyiriweho akayabo ka milioni 12 mu gihe bazaba basezereye iyi kipe.  Aya makuru yanashimishije abakinnyi, yageze mu matwi yabo nyuma y’inama yahuje abayobozi ba Rayon Sports ndetse n’abakinnyi b’iyi kipe, […]
Ndikumana Danny ni umushoferi, arashaka umukobwa bakundana
Muraho nitwa Ndikumana Danny, mfite imyaka 22, ndi umusore ufite uburebure bwa 1m69cm, nkaba pfite ibiro 70, ndi imibiri yombi nkaba ndi umushoferi. Ndifuza umukunzi w’umukobwa ufite imyaka byibuze hagati ya 18 na 21ans, akaba atuye muri Kigali kuko nanjye ntuye Kinyinya ariko nkorera i Remera, akaba akunda Imana, afite urukundo rutari urwo gukina, akaba […]
Abaperezida 20 ba mbere beza Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagize
Ngo bishobora kongera kuba gutungurwa gacye kuri buri wese ko ku nshuro ya gatatu abanyamateka bakemeza ko perezida Abraham Lincoln ari we perezida mwiza Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagize mu bamaze kuziyoboza kugeza ubu. Ariko se byifashe gute ku bandi ba perezida bayoboye iki gihugu cya mbere cyâigihangange ku Isi kugeza ubu? Nkâuko byemezwa […]
Mu mirenge ya Cyanzarwe, Bugeshi na Busasamana ibirayi bikomeje kuborera mu mirima- Minisitiri Mukeshimana
Minisitiri wâUbuhinzi nâUbworozi, Dr.Geraldine Mukeshimana yavuze ko ibirayi bikomeje kwangirikira mu mirima byâumwihariko mu mirenge ya Cyanzarwe, Migeshi na Busasamana igize akarere ka Rubavu, mu ntara yâIburengerazuba. Minisitiri Mukeshimana ubwo yari imbere yâInteko ishinga amategeko, umutwe wâabadepite yatangaje ko impamvu ibi birayi bikomeje kuborera mu mirima yâabaturage aho kugurishwa ari uko amakoperative yemewe ashinzwe kugurisha […]
Kenya: Abantu 31 batawe muri yombi nyuma yo gufatanwa amasashi barashyikirizwa urukiko
Igipolisi cya Kenya muri Mombasa kuri uyu wa Mbere cyataye muri yombi abantu 31 nyuma yo kubafata bitwaje amasashi ya pusasitiki kandi yaraciwe. Imodoka yari itwaye amasashi nta ruhushya nayo yahagaritswe. Ikoreshwa ryâamasashi ya pulasitiki mu gihugu cya Kenya ryaciwe ku mugaragaro kuwa 28 Kanama mu mwaka ushize wa 2018, hasonerwa amasashi ashyirwamo imyanda nâakoreshwa […]
RDC: Abakozi 2 bâumuryango Hydraulique Sans Frontières bishwe undi arashimutwa
Abakozi babiri bâumuryango nterankunga wâAbafaransa, Hydraulique Sans Frontières, muri iyi weekend ishize barishwe undi arashimutwa muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo nkâuko byatangajwe nâUmuryango wâAbibumbye kuri uyu wa Mbere. Ibiro byâUmuryango wâAbibumbye bishinzwe guhuza ibikorwa byâubutabazi, OCHA, ukaba wamaganye igitero giherutse gutuma Babura bagenzi babo bakoraga ibikorwa byo gutanga ubutabazi bwihuse, binasaba ko undi mukozi […]
Impunzi zâAbanyekongo zirashinja u Rwanda kuzihatira gukurikiza gahunda za leta atari Abanyarwanda
Abanyekongo ibihumbi 17 bahungiye mu Rwanda bacumbikiwe mu nkambi ya Kiziba barashinja leta yâu Rwanda kubabwiriza kujya muri gahunda za leta kandi atari Abanyarwanda bagasaba gusubizwa iwabo cyangwa bagashakirwa ikindi gihugu kibakira. Ubuyobozi bw’izo mpunzi bukaba buherutse kugeza kuri leta y’u Rwanda na HCR urwandiko, buvuga ko bufite ikibazo cy’ibiribwa byagabanutse cyane na gahunda za […]