Abatavuga rumwe na Perezida Nkurunziza baranenga imikorere ya Benjamin Mkapa
Abatavuga rumwe na Perezida Pierre Nkurunziza baranenga imikorere yâ umuhuza mu biganiro, Benjamin Mkapa bavuga ko ibiganiro byâ amahoro bigenda biguruntege. Opozisiyo ihanganye na Leta iyobowe na CNDD/FDD yavuze kandi  ko Mkapa atarabasha gutegura ibiganiro nyakuri bihuza impande zombi mu buryo bwagutse kandi bunoze. Kuri iyi ngingo kandi opozisiyo ikomeza gushimangira ko umuhuza atigeze atumira […]
Jay z na Beyonce bagabweho igitero mu mujyi wa Atlanta
Ibyamamare Beyonce na Jay Z bagabweho igitero nâumufana ubwo bari ku rubyiniro mu mujyi wa Atlanta. Uyu musore bivugwako yari yasinze, ku wa Gatandatu tariki ya 25 Kanama yacunze abashizwe umutekano, abaca muri humye maze yerekeza aho Beyonce na Jay Z bari bahagaze baririmba maze nabo amaguru bayabangira ingata. Nyuma yaho aba birutse,ababyinnyi berekanye ko […]
Ndayisenga wâimyaka 28, yarangije kwiga icyiciro cya 3 cya kaminuza, arashaka umukunzi
Nitwa Ndayisenga Dona, mfite imyaka 28, mfite ibiro 78, nize kugeza kuri masterâs degree, ntuye i Musanze nkorera RWANDA ENERY GROUP (REG), ndashaka umukunzi uteye atya: -Ufite imyaka kuva kuri 25 kugeza kuri 45 -Uzi gusoma no kwandika birahagije yaraminuje byaba ari akarusho -Ufite icyo akora, akazi kamutunze (afite akazi) cyane ko nanjye ngafite -Ufite […]
DGPR yahigiye kuzita ku buzima bw'abana bato
Mu bikorwa byo kwiyamamaza mu Ntara y’Amajyepfo mu Karere ka Nyaruguru,  ishyaka Riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda DGPR ryahize ko riramutse ritorewe kujya mu nteko, kimwe mu byo rizitaho ari imibereho y’umwana muto. Ibi byagarutsweho na Kandida Depite Mutesi Jesca wavuze ko kimwe mu bigora ababyeyi kikanagira ingaruka zikomeye ku buzima bw’abana bato […]
Rusizi/Nkombo: Bakiranye urugwiro rudasanzwe abakandida Depite ba FPR- Inkotanyi
Abaturage bo mu murenge wa Nkombo mu karere ka Rusizi bavuga ko bakurikije aho umuryango FPR Inkotanyi ubavanye nâaho uubagejeje mu iterambere, nta cyababuza gushyira igikumwe ku gipfunsi bakitorera abakandida depite bayo. Babivuze ubwo abakandinda depite bari kuri listi yatanzwe nâumuryango FPR Inkotanyi bo muri aka karere babiyerekaga babasaba amajwi,aho ibyo umuryango FPR Inkotanyi wakoreye […]
Kuki u Rwanda rugaragaza impungenge ku ngaruka zaterwa nâamatora yo muri Congo?
Mu gihe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo hakomeje kurangwa nâ ibibazo bya politiki bishingiye ku matora yâumukuru wâigihugu, hari abacyeka ko bishobora guteza umutekano mucye ndetse no mu bihugu byâ Akarere kâ Ibiyaga Bigali. Muri Gicurasi 2018, Perezida Paul Kagame wâu Rwanda unayoboye Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe yasuye u Bufaransa agirana ibiganiro na […]
Ishyaka rya J.Pierre Bemba wakuwe ku rutonde rwâabakandida Perezida rigiye kujurira
Ishyaka rya Jean Bemba wahoze ari umukuru w’inyeshyamba akaba na Visi-Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ku wa Gatandatu tariki ya 25 Kanama 2018, ryatangaje ko rizajuririra icyemezo cy’akanama k’amatora cyo ku mukuru ku rutonde rw’abakandida perezida. Mu ijoro ryo ku wa Gatanu tariki ya 24 Kanama, akanama gashinzwe amatora kakuye Bemba kuri urwo […]
Uganda: Bobi Wine yafunguwe by'agateganyo
Urukiko rwo mu mujyi wa Gulu mu Majyaruguru ya Uganda rwafunguye by’agateganyo umuhanzi mu njyana ya Afropop akaba n’umunyapolitiki, Depite Robert Kyagulanyi (Bobi Wine). Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 27 Kanama 2018, Urukiko rwanzuye ko nta byago bihari ko ashobora guhunga igihugu, ndetse ko rushobora kuba rufatiriye urwandiko rwe rw’inzira. BBC […]
Uganda: Maj. Gen. Kavuma na Maj. Gen. Mugira bashobora kwishingira Gen Kayihura akaburana adafunze
Gen Kale Kayihura, wayoboye Igipolisi cya Uganda mbere yo kwirukanwa ku mirimo ye ndetse nyuma agatabwa muri yombi, yamaze gusaba abasirikare babiri bakuru, Maj Gen. Sam Kavuma na Maj Gen. James Mugira ngo bazamwishingire akomeza gukurikiranwa ku byaha akurikiranweho adafunze. Gen Kavuma (ku ruhande ibumoso ku ifoto), wahoze afasha bya hafi Perezida Museveni, kuri ubu […]
Kuba Oprah asangiye uburiri na Dogo, ngo ntibihagije kuba yamukoresha muri video ku buntu
Irene Uwoya uzwi ku izina rya Oprah, wahoze ari umugore wa Nyakwigendera Ndikumana Hamadi Katauti, ubu akaba ari umugore wâumuhanzi Dogo Janja, avuga ko kuba ari umugore we atakwemera gukoreshwa mu mashusho yâindirimbo ze ku buntu. Oprah usanzwe azwi cyane mu ruhando rwa cinema no kumurika imideli, avuga ko adashobora gukorana nâumugabo we ngo abe […]
Rutsiro: Abaturage bâUmurenge wa Kivumu basabwe kuba maso nyuma yâibura ryâabaturage bagera ku munani
Ubuyobozi bwâUmurenge wa Kivumu mu Karere ka Rutsiro burasaba abaturage guhora bari maso hafi yâigice cyegereye Ikiyaga cya Congo, nyuma yâaho abaturage bagera ku munani bamaze kuburirwa irengero bikekwa ko bishwe. Sylvestre Bisangabagabo, Gitifu wâUmurenge wa Kivumu, mu Karere ka Rutsiro ati: â Hari abantu bamaze kubura bagera hafi mu munani mu myaka nkâibiri ngereranyije, […]
Ihere ijisho umwana unywa isigara 40 ku munsi-Amafoto
Umwana wâumuhungu ukomoka mu gihugu cya Indonesian uzwi nka Rapi Pamungkas uri mu kigero kimyaka 2 yâamavuko yatangaje abantu bitewe nâuburyo anywamo itabi. Nkuko SDE ibivuga, uyu mwana  Rapi Pamungkas ngo ashobora kunwa amasigara 40 ku munsi,Rapi anywa itabi ku kigero gikabije akomeje gukundwa nâabatari bake bitewe nâingamo yâitabi anwa ku munsi akiri muto kandi […]
Umugore wa Bob Wine nawe agiye kwinjira muri politiki
Umugore wa depite Robert Kyagulanyi uzwi nka Bob Wine ari we Barbie Kyagulanyi Itungo arateganya kwinjira muri politiki mu mwaka wa 2021. Uyu mugore basigaye bita âFirst ladyâ nâintwari bitewe nâuburyo akomeje kwitwara mu bibazo byâifungwa nâiyicarubozo byakorewe umugabo we, arateganya kuziyamanaza mu matora rusange azaba mu gihugu cya Uganda mu myaka itatu iri imbere. […]
Ibigo byâAmashuri hafi 60 byari byahagaritswe byasubukuye imirimo yabyo
Amashuri agera kuri 57 yari amaze iminsi yarafunzwe kubera kutuzuza ibisabwa mu rwego rwo guha abanyeshuri umwuka mwiza wo kwigiramo, byongeye gufungura imiryango ndetse asubukura imirimo yayo kuri uyu wa Mbere. Aya mashuri yari yahagaritswe nyuma yâigenzura ryakozwe mbere yâitangira ryâigihembwe gishya cyatangiye kuwa Mbere wâicyumweru gishize. Minisiteri yâuburezi yari yahaye amashuri yahagaritswe icyumweru kimwe […]
CPI: Urubanza rwa Gen Bosco Ntaganda rugeze ku musozo
Guhera kuri uyu wa Kabiri, itariki 28 Kanama, urubanza rwa Gen Bosco Ntaganda rurongera gusubukurwa uruhande rushinja nâurushinjura bihabwa ijambo ku nshuro ya nyuma mbere yâuko uru rubanza rumaze imyaka 3 rutangiye rupfundikirwa. Gen Bosco Ntaganda wahoze ari umuyobozi wâinyeshyamba muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, muri Nzeri 2015 yari yahakanye ibyaha 13 byâintambara na […]
Nyamagabe: Umwarimu arasaba kurenganurwa nyuma yâuko umugore we atwawe na Diregiteri
Munyaneza Cyprien, umwarimu mu ishuri ribanza rya Gahango, umurenge wa Uwinkingi mu karere ka Nyamagabe, amaze umwaka atabaza inzego zinyuranye ngo zimurenganure. Avuga ko umugore we wari umwarimukazi, yazamuwe mu ntera akaba umunyamabanga wâishuri agahita amuta, ngo âakeka ko abana na Diregiteri wamuzamuyeâ. Uyu mwarimu udatekanye, avuga ko atewe agahinda nâizamurwa mu ntera ryâumugore we, […]
Uganda: Perezida Museveni yijeje Abagande ko ahazaza h'igihugu harinzwe
Perezida Yoweri Museveni akaba nâUmugaba wâIkirenga wâIgisirikare cya Uganda (UPDF) arizeza abaturage ba Uganda ko ahazaza h’igihugu kirinzwe kuko gifite ingabo zo kukirinda, imbogamizi ihari yonyine ikaba ari abanyapolitiki bamwe badafite ikinyabupfura. Perezida Museveni kuri iki cyumweru witabiriye umuhango wo gusoza kwinjiza mu gisirikare abasirikare bashya 3,958 basoje imyitozo yâumwaka uumwe yaberaga mu Kigo cya […]
Irlande: Papa Fransisiko yasabiye imbabazi ibyaha bikorerwa muri Kiliziya Gaturika
Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gaturika, Papa Fransisiko kuri iki Cyumweru yasabye Imana imbabazi byâumwihariko ku bicumuro bijyanye no gusambanya abana bakiri bato bikorwa muri iyi kiliziya. Ibi Papa Fransisiko akaba yarabivugiye muri kiliziya ya Knock, aho yari mu ruzinduko mu gihugu cya Irlande, aho yagereranyije ibyo bicumuro biteye isoni bikorwa nâabayobozi bâinsengero nkâibihora ari bishyashya. […]
Gasabo: Polisi yagaragaje abasore batatu bakekwaho kwiba ibikoresho byâikoranabuhanga
Kuri iki cyumweru tariki 26 Kanama, mu murenge wa Remera mu karere ka Gasabo  Polisi yâu Rwanda yagaragaje abagabo batatu bakekwaho kwiba ibikoresho byâikoranabuhanga birimo amaterefoni 70 nâicyuma kibika amashusho bibye mu mujyi wa Kigali bakoresheje imfunguzo zâincurano. Abafashwe ni Ndorimana Jotam wâimyaka 29, Nzabonimpa Vincent na Twahirwa Emmanuel bombi bâimyaka 30 yâamavuko. Aba beretswe […]