Iran: Minisitiri yanduye Coronavirus

Minisitiri w’Ubuzima wungirije muri Iran, Iraj Harirchi kuri uyu wa 25 Gashyantare 2020 yatangaje ko yamaze kwandura indwara y’icyorezo ya Coronavirus. Iyi Min. Harirchi yemeje ubu burwayi nyuma y’ikiganiro yagiranye n’abanyamakuru ku wa mbere tariki ya 24 Gashyantare mu mugi wa Tehran, agaragaraho bimwe mu bimenyetso by’iyi ndwara birimo gukorora no kubira icyuya. Uyu minisitiri […]

Botswana iravugwaho kuba indiri y’abamafia b’Abashinwa n’Abarusiya

Ibiro by’Umukuru w’Igihugu wa Botswana,Mokgweetsi Masisi kuri uyu wa 24 Gashyantare 2020 byamaganye ikinyamakuru Sunday Standard cyayise ‘indiri y’Abamafia b’Abashinwa n’Abarusiya’. Itangazo riturutse muri ibi biro rivuga ko inkuru ‘Botswana a Chinese and Russian Mafia have’ ari uguharabika isura y’igihugu. Riramenyesha abaturage ko iyi nkuru igamije kubayobya kandi ishingiye ku makuru atagifite agaciro. Iyi nkuru […]

Rusizi/Nkombo: Ababyeyi bavuga ko abana babo bigana inzara

b3.jpg

Bamwe mu baturage b’Akagari ka Ishywa mu Murenge wa Nkombo mu karere ka Rusizi, bavuga ko kuba abana babo barya rimwe gusa ku munsi bikabatera igwingira, bigatuma batiga neza kuko ngo hari abiga igitondo bagenda ntacyo bafashe banataha ntibagire icyo basanga. Bamwe muri bo batangarije Bwiza.com ko abiga ikigoroba na bo bagenda batariye ntibige neza, […]

Uganda : Pasiteri ari mu mazi abira nyuma yo gufatanwa imyambaro ya gisirikare

Florence Lanyero, Umupasiteri w’umugore wo mu itorero rya Rest Arena ryo mu gace ka Gulu muri Uganda, ari mu mazi abira nyuma yo gutabwa muri yombi azira gutunga imyambaro ya gisirikare mu buryo butemewe n’amategeko. Uyu mugore yafatiwe iwe mu rugo ruherereye ahitwa Kasubi Gowans Quarters muri Gulu ku cyumweru,, mu mukwabo ukomeye wakozwe na […]

Musanze: Abaturage bagabiwe inka ku bw’uruhare bagize mu ihagarikwa ry’igitero cy’iterabwoba

img-20200225-wa0070.jpg

Komisiyo y’Igihugu y’Ubumwe n’Ubwiyunge (NURC) yasuye abaturage bo mu mirenge ya Kinigi, Musanze ndetse na Nyange, ibagabira inka zihaka mu rwego rwo kubashimira uruhare bagize mu ihagarikwa ry’igitero cyagabwe n’umutwe wa RUD Urunana mu ntango z’Ukwakira 2019. Ni igikorwa cyabereye mu murenge wa Kinigi, mu kagari ka Kampanga kuri uyu wa 25 Gashyantare 2020, cyitabiriwe […]

Internal Auditor at PRO-FEMMES/TWESE HAMWE (PFTH)

PRO-FEMMES/TWESE HAMWE (PFTH) is an umbrella of Civil Society Organizations working for women promotion, peace and development in Rwanda. The organization was established in October, 1992 and at the moment, Pro-Femmes/Twese Hamwe represents 53 member Organizations within the country. Website: http://www.profemmes.org JOB DESCRIPTION: Internal Auditor Introduction Pro-Femmes/ Twese Hamwe (PFTH) is an Umbrella of Rwandan […]

Uwo dukundana bamubeshya ko ndi ibandi ngo dutandukane

Nitwa Kalisa ntuye i Butare. Nkundana n’umukobwa ubana na nyirarume kuko ari imfubyi. Bamubwira ko ndi ibandi kugira ngo anyange bakomeze bacunge imitungo y’ababyeyi be. Claire twamenyaniye mu kazi, iby’uko yaba afite imitungo sinari mbizi tujya gukundana. Akenshi ntaba ashaka kuvuga k’urupfu rw’ababyeyi be. Yaje kumbwira ko nyirarume ajya amubwira ko ngo nsa n’ibandi, ngo […]

Kibeho: Hakenewe amahoteli n’amaresitora

N’ubwo icy’ingezi ari ugusenga, ku butaka butagatifu bwa Kibeho, hakenewe amahoteli na restaurants byiza byatuma abahasura buri munsi bafite amikoro bashobora kuharara bakahamara igihe. Abenshi mu banyamahanga basura buri munsi i Kibeho baza mu matsinda. Muri iki gihe, nubwo ibikorwaremezo by’ibanze nk’amazi n’amashanyarazi byahageze ndetse n’umuhanda wa kaburimbo Huye-Kibeho ukaba waratangiye kubakwa, benshi mu basura […]

Product Specialist-BioLite at One Acre Fund

Sector: Agriculture One Acre Fund is an agricultural NGO that is innovating a new way of helping farm families to achieve their full potential. In more than five years in Rwanda, We have grown to serve more than 180,000 farm families with 1,500 full-time staff in Rwanda. In Burundi, We have grown to serve 40,000 […]

Abagura mbere amatike y’igitaramo ‘Ikirenga mu Bahanzi’ cyo gushimira Cécile Kayirebwa bagabanyirijwe

full_postor_final-1.jpg

Abashinzwe gutegura igitaramo ‘Ikirenga mu Bahanzi 2020’ cyo gushimira umuhanzi wabaye indashyikirwa mu kwimakaza umuco nyarwanda abinyujije mu ndirimbo, batangaje ko abashaka kugura amatike y’igitaramo bashobora kuyagura hakiri kare atarashira , kandi ko imyiteguro igeze kure ndetse n’abahanzi bazasusurutsa abantu bamaze kunoza imyiteguro. Uyu mwaka, Cécile Kayirebwa azashimirwa mu gitaramo “IKIRENGA MU BAHANZI 2020 “giteganyijwe […]

Nyaruguru: Umwana yiganye imashini ikora umuhanda akoresheje ibiti

Umwana w’imyaka 11, Barigora Ezeckiel yitegereje imashini ikora umuhanda Huye-Kibeho agerageza kuyigana akoreshe ibiti n’imisumari. Uyu mwana yiga mu mwaka wa 6 ku Kigo cy’Amashuri cya Mpanda mu Murenge wa Kibeho. Ibi yabikoze ubwo mwarimu wabo, Gahungu Jonas, yahaga abanyeshuri be umukoro wo mu rugo (homework) ku isomo ry’imashine zoroshye (simple machine). Mu gukora uyu […]

AU irashimira Perezida Tshisekedi uruhare rwe mu kunga u Rwanda na Uganda

Intumwa y’Umuryango w’Afurika yunze ubumwe (AU) mu by’amahoro n’umutekano, Smaïl Chergui kuri uyu wa 24 Gashyantare i Kinshasa, yashimiye Perezida Tshisekedi umusanzu atanga mubano w’ibihugu by’akarere, by’umwihariko mu kunga u Rwanda na Uganda bitagicana uwaka. Chergui yakomoje ku nama iherutse guhuriza Perezida Tshisekedi, Perezida Kagame, Perezida Museveni na Perezida João Laurenço wa Angola, ku mupaka […]

Icyo wakora umukunzi wawe akarushaho kukwizera

Gukunda ni byiza kandi ntawe iyi nzira utayinyuramo. Gusa kumenya kwerekana urukundo ubwabyo ni ikintu kidakorwa kimwe kuko usanga ubumenyi tubifeho butandukanye. Urukundo ni kimwe mu bintu bishimisha hagati y’ababana kuko aribyo byishimo bya mbere bigeza umuntu ku iterambere. Ibi bisaba uruhare rwa buri wese kandi akumva ko gukunda umuntu uba ufite n’inshingano zo kubimwereka. […]

Director of Programs at Never Again Rwanda

Never Again Rwanda (NAR) is a peace building and social justice organization that arose in response to the 1994 genocide perpetrated against Tutsis. Guided by a vision of a nation where citizens are agents of positive change and work together towards sustainable peace and development. Website: Home JOB DESCRIPTION Job Title Director of Programs Reports […]

Amafoto: Imbonerakure zagize intere bamwe mu barwanya ubutegetsi mu Burundi

1-5.jpg

Abatavuga rumwe n’ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu gihugu cy’Uburundi, barataka ihohoterwa bakomeje gukorerwa n’abazwi nk’Imbonerakure, mu gihe habura igihe gito ngo muri iki gihugu habe amatora y’umukuru w’igihugu. Imbonerakure ni umutwe w’urubyiruko rwibumbiye mu ishyaka riri ku butegetsi CNDD-FDD. Aba bashinjwa kugira uruhare mu bikorwa by’urugomo bikorerwa abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa kiriya gihugu. Ku […]

Museveni yambuye Gen.Tumukunde abarinzi bose

Perezida wa Uganda akaba N’umugaba w’IKirenga w’Ingabo z’iki gihugu (UPDF), Yoweri Kaguta Museveni, yamaze kwambura (Rtd) Lt. Gen. Henry Tumukunde abari abarinzi be bose. Lt Gen. Tumukunde yahoze ari Minisiteri w’Umutekano muri Uganda mbere yo kwamburwa izi nshingano mu 2018 ubwo yirukanwaga icyarimwe na Gen. Kale Kayihura wahoze ari Umuyobozi Mukuru wa Polisi ya Uganda. […]

Indonesia: Minisitiri arasaba abakire kurongora abakene kugira ngo ubukene bucike

Minisitiri w’Iterambere n’Umuco muri Indonesia, Muhadjir Effendy yasabye abaturage bakize mu gihugu ko barongora/bashyingiranwa n’abaciye bugugufi (abakene) kugira ngo igihugu kigabanye ubukene. Mu nama yabereye mu Mugi wa Jakarta ku wa Gatatu tariki ya 19 Gashyantare 2020 nk’uko ikinyamakuru Tempo cyabitangaje, Minisitiri Muhadjir ati: “Bigenda bite iyo umukene ashakanye n’umukene? Haziyongera ingo zikennye. Iki ni […]