Kwambura ibibanza abarengeje imyaka itatu batabyubakamo-ibitekerezo
Minisitiri w’Ibidukikije, Dr. Mujawamariya Jeanne d’Arc kuri uyu wa 25 Gashyantare 2020 yatangaje ko abarenza imyaka itatu batubaka mu bibanza baguze, bagiye kujya babyamburwa. Mu nkuru dukesha Igihe, Dr. Mujawamariya yagize ati: “Uzajya amara imyaka itatu adakoresha icyo kibanza, azajya acyamburwa. Usanga abantu bagura ibibanza ko byazamura ibiciro. Hari byinshi muri Kigali usanga bitubatswe, ubu […]
Ibisambo byibye ucuruza Mobile Money bikamusiga ari intere birahigwa bukware
Polisi y’igihugu itangaza ko yatangiye gushakisha hasi hejuru ibisambo bibiri biherutse kwiba umu-agent wa MTN, Tuyisenge Jeanette, mbere yo kumuhondagura bikamusiga ari intere. Tuyisenge atuye mu Mudugudu wa Nyabisindu, mu Kagari ka Nyabisindu mu Murenge wa Remera mu karere ka Gasabo. Yacuruzaga amayinite ya terefoni akanatangira serivisi za Mobile Money ku Gisimenti i Remera, ari […]
Ngororero: Umuvunyi mukuru yavuze ko ruswa ituma abaturage banga ubuyobozi

Umuvunyi Mukuru, Murekezi Anastase avuga ko mu gihe cyose ruswa itarwanyijwe, ishobora gutera abaturage kwanga ubuyobozi buriho bitewe n’uko ibatera ubukene abo bayiha batera imbere. Yabitangaje kuri uyu wa Kabiri tariki ya 25 Gashyantare 2020, mu Murenge wa Ngororero, Akarere ka Ngororero, Intara y’Uburengerazuba, aho uru rwego rw’umuvunyi ku bufatanye n’Umuryango w’Ubumwe bw’Ibihugu by’i Burayi […]
Umusimbura wa Me Evode Uwizeyimana yamenyekanye

Nyuma y’ubwegure bwa Me Evode Uwizeyimana wari Umunyamabanga wa leta muri Minisiteri y’Ubutabera ushinzwe iby’itegekonshinga n’andi mategeko bwo ku wa 6 Gashyantare 2020, Madame Nyirahabimana Solina ni we umaze kumusimbura. Bigaragara mu itangazo rya Perezida wa Repubulika y’u Rwanda rimaze gusohoka mu ijoro ry’uyu wa 26 Gashyantare, ashingiye ku biteganwa n’itegeko nshinga rya Repubulika y’u […]
Perezida Kagame amaze kuvugurura Guverinoma n’abandi bayobozi mu nzego zitandukanye
Ashingiye ku biteganywa n’ltegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe muri 2015, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 116, none ku itariki ya 26 Gashyantare 2020, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yashyizeho abayobozi mu ku buryo bukurikira: ABAGIZE GUVERINOMA: Abaminisitiri: 1. Dr. NGAMIJE Daniel: Minisitiri w’Ubuzima/ Minister of Health; 2. Dr.UWAMARIYA Valentine:Minisitiri w’Uburezi/ […]
Uganda: Amashilingi hafi miliyari 5 ari kuri Mobile Money ya nimero zitagikoreshwa
Umuyobozi w’ikigo cy’itumanaho cya MTN muri Uganda, Wim Vanhelleputte yatangaje kuri uyu wa 26 Gashyantare ko akayabo ka miliyari 4.7 z’amashilingi ya Uganda ziri kuri Mobile Money za nimero zimaze umwaka urenga zidakoreshwa. Uyu muyobozi yatangaje iby’aya mafaranga arenga miliyari 1.2 y’amafaranga y’u Rwanda, ubwo we na bagenzi be bagahagariye ibigo by’itumanaho bagezaga kuri komite […]
Tender: Provision of Service and Maintenance of Generators at ARC
ARC works with its partners and constituencies to provide opportunities and expertise to refugees, displaced people and host communities – to better survive conflicts and crisis, and to rebuild lives of dignity, health, security, and self-sufficiency. ARC presently works in and with partners in ten countries globally. ARC has consistently operated in Rwanda since 1994, […]
Martin Ngoga yabaye asimbujwe ku mwanya wa Perezida wa EALA
Kuri uyu wa 24 Gashyantare 2020 i Arusha muri Tanzania ku cyicaro cy’Umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba (EAC), Inteko ishinga amategeko yawo (EALA) yatoye uyiyobora mu gihe Perezida wayo, Martin Ngoga adahari. Aya matora yatsinze Léontine Nzeyimana ukomoka mu Burundi wagize amajwi 27, wari uhatanye n’Umunyarwanda Fatuma Ndangiza wagize amajwi 18. Hari amakuru yabanje gucaracara ku mbuga […]
Ibyavuye mu busesenguzi bw’iperereza ku rupfu rwa Kizito Mihigo-NPPA

Ubushinjacyaha Bukuru (NPPA) kuri uyu wa 26 Gashyantare 2020 bwatangaje ibyavuye mu busesenguzi bwakoze kuri raporo y’iperereza ryakozwe n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) ku rupfu rw’umuhanzi Kizito Mihigo. NPPA ivuga ko yakiriye raporo igaragaza ibyavuye mu iperereza: ry’ahantu Kizito Mihigo yapfiriye, raporo y’ibyavuye mu isuzuma ry’umurambo (Medical-Legal Autopsy Report) yakozwe na Rwanda Forensic Lab n’ibyavuye mu […]
Umuhanzi Harmonize yakubiswe n’umufana
Umuhanzi Rajabu Abdul Kahali uzwi mu muziki wa Tanzania nka Harmonize, yakubiswe ingumi n’umufana we ubwo yari yagiye gutaramira abakunzi be mu Mujyi wa Mbeya. Amakuru avuga ko uyu mufana yakubise Harmonize ingumi y’ijisho, ubwo yuriraga ku rubyiniro ashaka gutwara ishaneti uriya muhanzi yari yambaye. Umuhanzi Harmonize yabaye nk’uwisanzura kuri uriya mufana azi ko abarinzi […]
Marketing Manager At ICM Rwanda Agribusiness
ICM Rwanda Agribusiness Website: ICM Agribusiness Marketing Manager Kigali Rwanda ICM Rwanda Agribusiness Limited (Lucki Rice) is seeking a Marketing Manager to be responsible for a range of marketing and promotional activities working with our executive group based at the Head Office in Kigali. The business is an established agriculture venture in Rwanda focused on […]
Natnael Tesfazion yegukanye agace ka kane ka Tour du Rwanda 2020

Umunya-Eritrea, Natnael Tesfazion ukinira ikipe y’igihugu cye ni we wegukanye agace ka kane k’isiganwa ry’amagare rizenguruka u Rwanda kavaga mu karere ka Rusizi kerekeza i Rubavu. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu abasiganwa bari bahagurukiye i Rusizi, banyura mu Turere twa Nyamasheke, Karongi na Rutsiro mbere yo gusoreza mu mujyi wa Rubavu. Ni urugendo […]
Ngisha inama umukozi, umugore akandeba nabi
Nitwa Albert Mfite umugore n’abana babiri, ubu tukaba tubarizwa muri Kigali. Dufite umukozi w’umukobwa, nkamukundira ubwenge n’ubuhanga afite, mbese mubona nk’umujyanama mu rugo. Ubusanzwe iyo mu rugo habaye ikibazo cyangwa se hari icyo tugiye gukora, uyu mukobwa na we muha umwanya, nkamwegera akambwira uko abyumva ndetse abasha no kutwunga, iyo nagiranye ikibazo n’umugore. Gusa umugore […]
Naretse Uburaya nyuma yo kwisanga ndyamanye na data muri Lodge-Ubuhamya
Umugore w’imyaka 32 y’amavuko ukomoka mu gihugu cya Kenya, Betty Kamau, yahishuye uko kwisanga agiye kuryamana na Se umubyara byatumye areka burundu umwuga w’Uburaya. Uyu mugore avuga ko kuva afite imyaka icyenda y’amavuko yakuriye mu buzima bubi, bigatuma yiyegurira umwuga w’uburaya ubwo yari akigera mu mashuri yisumbuye. Ati” Natangiye uyu mwuga kubera ibibazo by’ubuzima nk’ubukene […]
Prof. Malonga avuga ko kwita umuntu umuhutu atari ikibazo
Prof. Malonga Pacifique wabaye umwarimu muri kaminuza y’u Rwanda avuga ko kwita umuntu ubwoko runaka atari ikibazo, ubwo yasobanuraga urubanza yigeze kugirana na James Musoni wabaye Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu n’ibikorwaremezo. Ni mu kiganiro yagiranye na Ukwezi TV cyagiye hanze kuri uyu wa 26 Gashyantare 2020. Prof. Malonga agira ati: “Usibye ko mu mibereho no mu […]
Project Manager At STRAWTEC Building Solutions
Production of innovative high-performance wall systems with a core made from compressed agricultural straw fibres for affordable, fast, eco-friendly and sustainable housing with low costs for Kigali / Rwanda, other countries of Africa and for the international demand. Website: http://www.strawtec.com STRAWTEC Building Solutions Ltd is a production and construction German company for affordable and sustainable […]
Gatsibo: Umwana waba yarakubiswe ku bwo kutamenya Icyongereza akajya muri koma basanze nta mituweli agira
Umwana w’umukobwa ufite nk’imyaka 10 wiga mu mashuri abanza kuri G.S Nyarubuye mu Murenge wa Kageyo mu Karere ka Gatsibo biravugwa ko yagiye muri Koma (Coma) nk’inkurikizi y’inkoni yakubitwaga n’umwarimu umuryoza kutamenya Icyongereza gusa byagaragaye ko nta bwisungane mu kwivuza yagiraga. Umuyobozi w’Akarere ka Gatsibo Wungirije Ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Kantengwa Mary yatangarije Bwiza.com ko […]
MINIJUST yategetswe gukora iperereza ku ikoreshwa nabi ry’umutungo wa rubanda
Minisiteri y’Ubutabera (MINIJUST) yategetswe ko bitarenze muri Gicurasi uyu mwaka igomba kuba yarangije gukora iperereza ku kibazo cy’ikoreshwa nabi ry’umutungo wa leta cyagaragajwe n’umugenzuzi mukuru w’imari ya leta muri raporo ya 2017/2018. Umuyobozi wa Komisiyo ishinzwe kugenzura imikoreshereze y’imari n’umutungo bya Leta mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda (PAC), Jean Chrysostome Ngabitsinze, yavuze ko Komisiyo […]
Agiye guhabwa akayabo nyuma yo gufungwa imyaka 23 abeshyerwa
Umugabo witwa Lamonte McIntyre yamaze imyaka 23 afunzwe ashinjwa ubwicanyi nyamara abeshyerwa,agiye guhabwa Miliyoni n’igice y’amadolari ya Amerika. Intumwa Nkuru ya Leta ya Kansas, Derek Schmidt kuwa Mbere tariki 24 Gashyantare yatangaje ko uyu mugabo azahabwa aya asaga miliyari ya Frw ku bwo gufungwa azira akamama k’imfu ebyiri z’abantu; Donald Ewing na Doniel Quinn mu […]