Perezida Kagame yavuze ko hari gutegurwa uburyo abatishoboye bafashwa
Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda, Perezida Kagame kuri uyu wa 27 Werurwe 2020 yijeje Abanyarwanda ko leta izakomeza kubafasha muri ibi bihe bikomeye byo kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya Coronavirus. Ni ubutumwa Perezida Kagame yageneye Abanyarwanda n’abaturarwanda muri iki gihe igihugu n’Isi yose byugarijwe n’iki cyorezo. Uyu Mukuru w’Igihugu yavuze ati:” Inzego z’ubuyobozi zirategura uburyo abatishoboye bafashwa. […]
Ubutaliyani: Abantu barenga 919 bishwe na Coronavirus mu munsi umwe

Abantu barenga 919 mu Butaliyani bishwe n’indwara y’icyorezo ya Coronavirus kuri uyu wa 27 Werurwe 2020. Imibare yo ku rubuga rwa World Ometers rwashyizeho kuri uyu mugoroba igaragaza ko muri iki gihugu hagaragaye abarwayi bashya ba Coronavirus barenga 5900, umubare w’abanduye bose ugera ku 86500. Hari hatangiye kuza icyizere ko abicwa n’iki cyorezo ku munsi […]
Rwanda: Habonetse abandi barwayi ba Coronavirus bane

Minisiteri y’Ubuzima kuri uyu wa 27 Werurwe 2020, yatangaje ko mu Rwanda hagaragaye abandi barwayi ba Coronavirus bane, muri rusange baba 54. Aba barwayi: Umwe yageze mu Rwanda aturutse mu mugi wa Dubai. Uwa kabiri yageze mu Rwanda aturutse muri Amerika. Abandi ni babiri natahuwe nyuma yo guhura n’abagaragayeho iki cyorezo, bahita bashyirwa mu kato.
Gucikira no guterura mu buzima bwâAbanyarwanda
Mu mibereho yâAbanyarwanda mu bihe bitandukanye, habayeho intambwe eshatu zo kubaka urugo; gucikira, guterura ndetse cyangwa gushyingirwa. Gucikira ni igihe umusore nâumukobwa bumvikana, bagashinga urugo mu ibanga. Guterura byo ni umugenzo abasore bakoraga, bagashuka umukobwa, bakamurongora ku ngufu cyangwa se kumwiba, naho gushyingirwa ni umuhango ugezweho ukorerwa mu madini habayeho ubwumvikane hagati yâumukobwa nâumusore ndetse […]
Uganda: Abatubahirije amabwiriza ya Museveni bakubiswe iz’akabwana (Amafoto)

Inzego z’umutekano muri Uganda zakubise iz’akabwana abaturage, nyuma yo kwanga kubahiriza amabwiriza yashyizweho na Perezida Yoweri Museveni mu rwego rwo gukumira Coronavirus. Ku wa gatatu ku wa 25 Werurwe, Perezida Museveni yashyizeho amabwiriza arimo guhagarika ingendo rusange na bumwe mu bucuruzi, gusa Abagande bamwe ntibahita batangira kuyubahiriza. Amafoto yafashwe n’umunyamakuru wa Daily Monitor, Essagala Alex, […]
U Burundi mu iperereza ku muturage wagaragayeho Coronavirus muri Tanzania
Minisitiri y’Ubuzima no kurwanya SIDA mu Burundi kuri uyu wa 26 Werurwe 2020 yatangaje ko iri gukora iperereza ku makuru y’Umurundi byavuzwe ko yagaragayeho indwara y’icyorezo ya Coronavirus muri Tanzania. Minisitiri w’Ubuzima muri Tanzania, Ummy Mwalimu aherutse gutangaza ko muri Tanzania habonetse umurwayi w’iyi ndwara wa 13, akaba yaraturutse mu gihugu cy’abaturanyi cyo mu Burundi. […]
Rihanna yagarutse mu muziki nyuma y’igihe acecetse
Umuhanzikazi Rihanna yongeye kugaruka mu ruhando rwa muzika nyuma yâimyaka ine adasohora indirimbo ye bwite ubu akaba yasohoye iyo yise âBelieve itâ yakoranye nâUmunya Canada PartNextDoor. Rihanna yaherukaga gukora igikorwa cya muzika mu mwaka wa 2016 ubwo yasohoraga Alubumu yise âAntiâ. Muri Gashyantare uyu mwaka ni bwo yatangaje ko arimo gukora indirimbo ye nshya avuga […]
Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza yanduye COVID-19
Kuri uyu wa 27 Werurwe ibiro bya minisitiri w’intebe w’Ubwongereza byatangaje ko Boris Johnson bamusanzemo icyorezo cya Virusi ya Corona. Ni amakuru Minisitiri Boris Johnson yahamije abinyujije kuri Twitter ye agira ati” mu masaha 24 ashize nagize ibimenyetso byoroheje bansuzumye bansangamo coronavirus.” Yongeyeho ati “Ubu nishyize mu kato, ariko nzakomeza kuyobora guverinoma mu nama kuri […]
Karongi: Abubaka Hoteli Cleo Amantis baratabaza
Abakora imirimo yo kubaka Hoteli Cleo Amantis iherereye mu murenge wa Bwishyura mu karere ka Karongi, baratabaza basaba kwishyurizwa amafaranga bakoreye mbere y’uko imirimo yo kubaka iriya Hoteli isubikwa. Hoteli Cleo Amarantis ni iy’umushabitsi Nyagahene EugĂšne akaba na ari nyir’ikigo cya TĂ©lĂ© 10, ikaba iherereye mu mudugudu wa Gacumba, mu kagari ka Kibuye ho mu […]
Nyamasheke/COVID_19: Hashyizweho site 2 zâakato ku bashobora guturuka mu mahanga
Ubuyobozi bwâAkarere ka Nyamasheke buravuga ko mu rwego rwo gukomeza ingamba zo guhangana nâicyorezo cya Coronavirus, hashyizweho site ya G.S Umucyo Karengera nâiya EAV Ntendezi zigomba kujya zakira abaturutse mu mahanga binjiye muri aka karere, baba Abanyarwanda cyangwa abanyamahanga, bakabanza kuhakurikiranirwa iminsi 14 mbere yo gukomeza urugendo. Aganira na Bwiza.com, umuyobozi wâAkarere ka Nyamasheke Mukamasabo […]
Abanyapolitiki bayobotse Imana muri iki gihe cya Coronavirus
Kuva umurwayi wa mbere yagaragaraho Coronavirus mu Bushinwa mu ntangiriro za Mutarama 2020, imaze kwica abantu bagera ku 22,000 mu gihe abarenga 487,000 bamaze kwandura ku Isi yose. Hari ingamba zafashwe zirimo gufunga insengero, kiliziya, imisigiti nâandi masinagogi abantu benshi bahuriramo bagiye gusenga, abanyapolitiki batangaza ibitandukanye bigaragaza ko bategeye Imana amaboko kugira ngo yigaragaze muri […]
Uganda: Polisi yarashe babiri barenze ku mabwiriza yo kwirinda Coronavirus
Abantu babiri muri Uganda bari bari kuri moto barashwe na polisi nyuma yo kurenga ku mabwiriza yatanzwe nâUmukuru wâigihugu, Yoweli Museveni avuga ko gutwara abantu kuri za moto bihagaritswe mu rwego rwo kwirinda gukwirakwiza indwara ya Coronavirus. Abarashwe ni Alex Olyem na Kasim Ssebude bajyanwe mu bitaro bya Mukono nyuma yo kuraswa na polisi batwaye […]
Amerika ni iya mbere ifite umubare munini wâabanduye Coronavirus ku Isi
Leta Zunze ubumwe za Amerika zikomeje kwibasirwa nâicyorezo cya Coronavirus kurusha ibindi bihugu ku Isi ubu kikaba ari cyo kimaze kugira umubare munini wâabanduye aho cyaciye ku bihugu nkâUbushinwa bwatangiriyemo iki cyorezo nâUbutaliyani. Umunsi ku wundi imibare yâabanduye Coronvirus ku Isi igenda irushaho kwiyongera hakaba ibihugu bigenda bizamura umubare byâumwihariko kurusha ibindi. Leta Zunze Ubumwe […]
Uko imibare ya Coronavirus yifashe kuri uyu wa 27 Werurwe 2020
Imibare yâurubuga Worldo meters yerekana isegonda ku rindi uko icyorezo cya COVID-19 cyifashe ku Isi, yerekana ko iki cyorezo kimaze kwandurwa n’abarenga ibihumbi 500 hirya no hino ku Isi. Abantu bo mu bihugu 199 hirya no hino ku Isi ni bo bamaze kwandura kiriya cyorezo. Saa tatu n’iminota 10 kuri uyu wa 27 Werurwe abarirwa […]
Urwandiko rw’umuturage wasagiwe n’agahinda mu rugo kubera Coronavirus
Rwatugezeho mu ijoro ryo ku wa 26 Werurwe 2020 Abasoma uru rwandiko ndabasuhuje nk’umuryango nyarwanda nâurukumbuzi rwinshi kuko ntaheruka kubaca iryera, yewe nâabo duturanye babaye nka Diaspora. Nitwa Mbonigaba Emmanuel (amazina yahinduwe). Munyihanganire aho mubona ntubahirije amategeko yâibaruwa kuko ntakiyibuka uko yakabaye bitewe nâigihe maze mvuye ku ntebe yâishuri ndetse nâubuzima mbayeho muri iki gihe […]
Abantu 35 barimo Abanyarwanda birukanwe muri Uganda
Abantu 35 barimo Abanyarwanda 32 n’Abarundi batatu, bashyizwe mu kato i Kagitumba mu Karere ka Nyagatare nyuma yo kwirukanwa muri Uganda. Abaganiriye n’umunyamakuru w’Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamajuru RBA, bavuze ko birukanwe muri Uganda kubera icyorezo cya Coronavirus. Ngo byabaye ngombwa ko banyura mu nzira zitemewe n’amategeko, bahinguka mu Karere ka Nyagatare, bijyanye n’uko ari yo mahitamo […]
Amakuru ari muri rubanda avuga kuri Kabuga Félicien ukekwaho uruhare muri jenoside
Hari amakuru yagiye agaruka mu matwi ya benshi avuga ku munyemali, FĂ©licien Kabuga ushinjwa kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, gusa akaba nta rwego cyangwa abo bireba bigeze bagira icyo babivugaho cyane ko amwe muri yo yumvikana nkâinkuru zâurwenya rwo muri rubanda. Uretse ayo makuru yafashwe nka bwa buvanganzo bwo muri rubanda, hari […]
Umuntu wa mbere yishwe na Coronavirus muri EAC
Minisiteri y’Ubuzima mu gihugu cya Kenya, yatangaje ko umuntu wa mbere muri iki gihugu yitabye Imana kuri uyu wa 26 Werurwe azize Icyorezo cya Virusi ya Corona. Itangazo iyi Minisiteri yasohoye rivuga ko uwitabye Imana ari ” umugabo w’umunya-Kenya ufite imyaka 66 y’amavuko wari urwariye mu bitaro bya Agha khan.” Iyi Minisiteri yavuze ko uwitabye […]
Musanze: Umugabo akurikiranweho gukubita DASSO
Kuri station y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha ( RIB) iherereye mu Murenge wa Muhoza mu karere ka Musanze, hafungiye umugabo witwa Maniriho Jean DamascĂšne ukurikiranweho gukubita umukozi wâUrwego rwunganira akarere mu byâumutekano (DASSO) akamukomeretsa. Umuvugizi w’urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha Mme Marie Michelle Umuhoza, yabwiza Bwiza.com ko ufunzwe Maniriho akaba akurikiranweho icyaha cyo gukubita no gukomeretsa. Umuhoza yagize ati […]
Amerika yatangiye guhigisha uruhindu Perezida wa Venezuela nâabandi batanu
Leta Zunze Ubumwe zâAmerika kuri uyu wa 26 Werurwe 2020 zashyizeho akayabo kâamadolari miliyoni 15 (arenga miliyari 14 zâamafaranga yâu Rwanda) zo guhemba umuntu uzatanga amakuru afatisha Perezida wa Venezuela, Nicolas Maduro ndetse nâabandi bayobozi bakuru batanu zishinja ibikorwa byo gucuruza ibiyobyabwenge bya âCocaineâ. Uyu mukuru wâigihugu arashinjwa ubu bucuruzi bwâamagana yâamatoni ya âCocaineâ ngo […]