Amahitamo agoye : Amatora na Covid-19 ku munzani umwe

Isi yugarijwe cyane n’indwara y’icyorezo ya Covid-19, mu gihe imyiteguro y’amatora mu bihugu bimwe rimbanyije. N’ubwo iki cyorezo cyagaragaje ubukana budasanzwe, guverinoma zimwe zahisemo guhagarika imyiteguro yayo no kuyimura, izindi zikomeza kuyategura zisa n’izihengekereza.Ibi bigaragaza ko habuze amahitamo hagati y’imyanzuro yo gukumira Coronavirus n’iy’amatora. Guhagarika imyiteguro y’amatora no kuyimura bibonwa mu mpamvu ebyiri cyangwa zirenga: […]

Rusizi/Nkanka: Umwana w’imyaka 10 yapfuye arohamye mu kivu

Abaturage b’akagari ka Kamanyenga mu murenge wa Nkanka mu karere ka Rusizi baravuga ko bahangayikishijwe n’ubuzima bw’abana babo bakomeje gupfa barohamye mu kivu , mu minsi itarenze 10 hamaze kugwamo 3 bose barohamye, bakurikira undi mwana wapfiriyemo mu bihe bishize. Mu ma saa saba n’igice zo kuri uyu wa 15 Mata, umwana w’umukobwa w’imyaka 10 […]

Trump avuga ko ibindi bihugu bituma Amerika iza imbere mu barwayi ba Coronavirus

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko ibihugu bibeshya imibare y’abanduye n’abahitanwe n’icyorezo cya Coronavirus, bigatuma Amerika ihora imbere mu kugira umubare w’abanduye kuri iki kibazo ku bwo kuvugisha ukuri. Mu ijambo avuga buri munsi rijyanye n’uko iyi virus yifashe, Trump yavuze ko gahunda irambuye yo gufungura ubuzima busanzwe iri butangazwe […]

Uganda: Abakinnyi n’abafana bahawe umuceri wo kurya

Ishyirahamwe ry’umupira w’Amaguru muri Uganda, FUFA, ryatangaje ko ryageneye abakinnyi, abayobozi n’abafana b’amakipe yo muri kiriya gihugu inkunga y’umuceri wo kurya, mu rwego rwo kubafasha kubaho mu gihe cya guma mu rugo. Ni nyuma y’uko icyorezo cya Virusi ya Corona gikomeje gushegesha isi cyanageze muri Uganda, kigakoma mu nkokora imibereho y’abaturage barimo n’abari batunzwe b’umupira […]

Abakize COVID-19 bazongera basuzumwe

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima mu Rwanda, (RBC) gitangaza ko abatangajwe ko bakize icyorezo cya Coronavirus bazongera gusumwa iki cyorezo ngo harebwe ko bakize burundu. Uku gusuzumwa nk’uko RBC ibitangaza, kugamije kureba ko koko nyuma yo gusezererwa bameze neza. Umuyobozi Mukuru wa RBC, Dr. Sabin Nsabimana ati ” Abasezerewe bose bakize Coronavirus bazasuzumwa ngo harebwe ko […]

Uganda: Umuzamu w’ikipe yo mu kiciro cya mbere yarashwe na Polisi

Polisi ya Uganda ikorera mu gace ka Jinja, yarashe Larzarus Obelajo usanzwe ari umuzamu w’ikipe ya Busoga United yo mu kiciro cya mbere. Uko kurasana kwabereye mu kirwa cya Kisima giherereye mu kiyaga cya Victoria. Uwo mukinnyi yarashwe mu ijoro ryo ku wa gatatu w’iki cyumweru, ubwo Polisi yageragezaga gukura abantu mu muhanda ngo bajye […]

Kenya: Abaturage bagaragaye bambaye amakariso y’abagore akaswe nk’udupfukamunwa

Abaturage bo mu cyaro cya Mathare, agace ka Maragua muri Murang’a muri Kenya bagaragaye bampaye amakariso y’abagore akase nk’udupfukamunwa dukoreshwa hirindwa Coronavirus. Aba baturage bavuga ko utwo bita udupfukamunwa baduhawe n’bacuruzi, bababwira ko batubagurishije kuri make kandi polisi yari yakamejeje ko utazakambara azafungwa amezi atandatu. Abaganiriye na Inooro TV bavuga ko ” Icyabateye kugura utwo […]

Uburusiya n’Ubufaransa byamaganye Trump

Abayobozi mu bihugu by’Ubufaransa n’Uburusiya, bamaganye icyemezo cya Perezida Donald Trump wa Leta zunze ubumwe za Amerika wahagaritse inkunga igihugu cye cyageneraga Ishami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima, OMS. Ni icyemezo Perezida Trump yatangarije itangazamakuru ko yafashe, nko kuryoza OMS imicungire mibi yayo no kuba yarananiwe kuzuza inshingano zayo z’ibanze ngo ikumire icyorezo cya Virusi […]

Espoir FC yabaye indi kipe mu Rwanda ihagaritse imishahara y’abakozi bayo

Ikipe ya Espoir FC yo mu karere ka Rusizi, yabaye ikipe ya gatatu izwi muri shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Rwanda ihagaritse imishahara y’abakinnyi bayo, kubera ubukene bwatewe n’icyorezo cya Virusi ya Corona. Mu ibaruwa iyi kipe yandikiye abakozi bayo (Bwiza yashoboye kubonera kopi), yababwiye ko “Uhereye ku wa 15 Mata 2020, amasezerano bagiranye na […]

Afurika y’Iburasirazuba ishobora guterwa n’inzige zikubye incuro 20 izihahaheruka

Umuryango w’Abibumbye uraburira ibihugu bya Afurika y’Iburasirazuba, ko mu minsi iri imbere bishobora kuzaterwa n’igitero cya kabiri cy’inzige, zikubye incuro 20 izahageze mu mezi make ashize. Iki gitero cya kabiri cy’inzige nk’uko Ishami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku bihingwa bw’ibiribwa FAO ribisobanura, kijyana n’uko hari ibyana byinshi biri guturagirwa mu bihugu bya Ethiopia, Kenya na Somalia […]

COVID-19: Abaturage muri Nigeria bagabye igitero ku modoka yari itwaye imigati

Abaturage bo mu cage ka Agege mu Mujyi wa Lagos muri Nigeria barembejwe n’inzara ku bwo kuguma muri Nigeria birinda kwandura Coronavirrus, bagabye igitero ku modoka itwara imigati, basahura iyo bajya kurya. Amashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga, agaragaza abaturage benshi buzuye mu mwango (umuryango w’imodoka) no mu madirishya yayo barwanira gukuramo imigati. Kuva hashyirwaho amabwiriza […]

Ntungamo: Ubuyobozi burahiga abantu 42 baturutse mu bihugu byugarijwe na Covid-19

Abayobozi bo mu Karere ka Ntungamo gaherereye mu burengerazuba bwa Uganda bahangayikishijwe n’abaturage 42 baturutse mu bihugu byibasiwe cyane n’indwara y’icyorezo ya Covid-19, bakaba bari mu bwihisho kubera kudashaka kwipimisha. Mu nama umuyobozi w’aka karere, Dr. Richard Bakamuturaki yagiranyi n’itsinda rishinzwe gushakisha abahuye n’abanduye iki cyorezo kuri uyu wa 15 Mata 2020, yavuze ko abantu […]

Uburusiya bwohereje inyeshyamba zo muri Syria gufasha Gen. Haftar

Amagana y’inyeshyamba zo muri Syria yerekeje muri Libya gufasha Gen. Khalifa Haftar uhanganye na Leta yemewe ya Tripoli kuva mu mwaka ushize. Umwe mu basesenguzi kuri politiki w’Umunya-Syria nk’uko Alaraby ibitangaza, abinyujije kuri Twitter yavuze ko izi nyeshyamba zagiye muri Libya zimaze guhabwa imyitozo na Kompanyi yigenga y’Abarusiya yitwa Wagner. Abahaye News Arab amakuru bavuga […]