Abandi Banyarwanda 2 bishwe na Covid-19

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 18 Nzeri 2020 yatangaje ko abandi bantu babiri bishwe na Covid-19 mu Rwanda, mu gihe abanduye bashya ari 18 mu bipimo 1549 byafashwe. Abapfuye ni Abanyarwanda; umwe wari ufite imyaka 29 n’undi wari ufite 80 y’amavuko, baguye mu mujyi wa Kigali. Abanduye barimo 9 banonetse i Kigali, bapimwe […]
RDC: Hatangijwe Ubwisungane bw’Abanyekongo bo mu bwoko bw’Abatutsi
Muri Fleuve Congo Hotel, i Kinshasa, mu murwa mukuru wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, habereye umuhango wo gutangiza ku mugaragaro Ibikorwa by’Ubwisungane bw’Umuryango w’Abatutsi b’Abanyekongo, binyuze mu muryango udaharanira inyungu, ISOKO ASBL. Uyu muhango wabaye ku wa Gatatu, itariki ya 16 Nzeri witabiriwe n’abashyitsi batandukanye, barimo abanyapolitiki n’abanyamuryango b’uyu muryango. Iyi nkuru dukesha urubuga […]
Perezida Ndayishimiye arajya hanze y’igihugu bwa mbere kuva yatorwa
Perezida wa Repubulika y’u Burundi, Evariste Ndayishimiye kuva muri Gicurasi 2020 yatorerwa kuyobora iki gihugu, afite uruzinduko rw’umunsi umwe aragirira hanze y’igihugu cye. Byemejwe nyuma y’aho Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Tanzania kuri uyu wa 18 Nzeri itangarije ko uyu Mukuru w’Igihugu yatumiwe na mugenzi we, Dr. John Pombe Magufuli. Biteganyijwe ko Perezida Ndayishimiye ajya muri […]
Huye: Umugabo wihishe Gacaca nyuma yo gukatirwa imyaka 30, yafashwe atobora inzu
Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’abaturage batuye mu Murenge wa Ruhashya mu Karere ka Huye, yafashe umugabo wari warakatiwe n’Inkiko Gacaca igifungo cy’imyaka 30, nyuma yo guhamwa n’icyaha cya jenoside yakorewe Abatutsi, yarangiza agatoroka. Uyu mugabo yitwa Banyangiriki Isaac wamenyekanye nka Ndiki akaba afite imyaka 50 y’amavuko. Akomoka mu Kagari ka Gatoki, mu Murenge wa […]
Uganda: Imfungwa 9 muri 219 zatorotse ku wa Gatatu ni zo zimaze gufatwa

Igisirikare cya Uganda gikomeje kugorwa no gufata imfungwa zatorotse gereza nkuru ya Singila iherereye mu Karere ka Moroto tariki ya 16 Nzeri 2020, zigatwara imbunda zirenga 30. Kugeza ubu amakuru mashya avuga ko mu mfungwa 219 zatorose, izigera ku 9 ni zo zimaze gufatwa mu gihe izindi eshatu zarashwe zigapfa, imbunda 15 mu zirenga 30 […]
DASSO wiyemeje kurera umwana wari watawe yatunguwe n’inkunga ivuye muri Amerika
Uwihagurukiye Sylvia ukora akazi k’ubu DASSO wo mu Murenge wa Kabarore, Akarere ka Gatsibo, uherutse kuvugwa cyane mu itangazamakuru ndetse ashimirwa kuba yariyemeje kurera umwana utari uwe nubwo nta mikoro ahagije afite, yatunguwe no kubona agezwaho inkunga yo kumufasha kurera uyu mwana, biturutse ku munyarwandakazi, Alice Cyusa, uba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Uwihagurukiye […]
Umunyamakuru Phocas Ndayizera na bagenzi 13 basabiwe gufungwa burundu
Mu rubanza ruregamo umunyamakuru Phocas Nadayizera na bagenzi be 13, ubushinjacyaha bwabasabiiye gufungwa burundu kuko ngo ibyaha baregwa ari indengakamere. Kuri uyu wa Gatanu tariki 18 Nzeri 2020 I Nyanza mu Majyepfo y’u Rwanda nibwo Phocas Ndayizera na bagenzi be uko ari 13 baregwa ibyaha byo gucura umugambi mu gukora iterabwoba bakoresheje ibintu biturika, ku […]
Perezida Kagame yifuje ko inama ya Goma yazaba imbonankubone mu 2021
Ibitangazamakuru byo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, byatangaje ko Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yifuje ko inama ya Goma igomba guhuza abakuru b’ibihugu byo mu karere iba hifashishijwe ikoranabuhanga, hanyuma iy’imbonankubone ikazaba mu ntangiriro z’umwaka utaha. Ni ibikubiye mu ibaruwa Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga y’u Rwanda yandikiye iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku wa […]
Ububiligi: Imanza z’abanyarwanda bakekwaho Jenoside ntizabaye kubera Covid-19
Gakwaya Erneste na Nkunduwimye Emmanuel, ni abanyarwanda babiri bagombaga kuburanishirizwa mu Bubiligi guhera muri uku kwezi kwa Nzeri 2020. Ntiharamenyekana igihe bazaburanira, nubwo amadosiye yabo yamaze gutegurwa. Gakwaya Erneste uzwi ku izina rya Camarade, na Nkunduwimye Emmanuel bakunze kwita Bomboko, bagombaga kuburanishirizwa rimwe na Neretse Fabien mu mpera z’umwaka ushize. Tariki ya 3 Ukwakira 2019, […]
Rusesabagina fera appel de la décision le renvoyant à 30 jours de prison
Soupçonné de terrorisme, Paul Rusesabagina a annoncé jeudi 17 septembre qu’il ferait appel d’une décision du tribunal de première instance de Kicukiro le renvoyant à 30 jours de prison. Cela fait suite à la décision du juge Dorothy Yankurije, qui a déclaré qu’il y avait des motifs raisonnables pour que Rusesabagina soit renvoyé, alors que […]
Imbere y’Abadepite, BDF yashinje Umugenzuzi w’Imari ya Leta kubogama
Ubwo Ikigega BDF cyitabaga Komisiyo y’Inteko ishinga amategeko ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu (PAC), cyananiwe gutanga ibisobanuro ku makosa yagaragajwe ko giha inguzanyo abishoboye ahubwo kivuga ko Raporo y’umugenzuzi w’imari ya Leta irimo kubogama. Raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta ya 2018-2019 igaragaza ko muri miliyari enye na miliyoni zisaga magana arindwi BDF yishingira […]
PAM yasabye abatunze za miliyari kugoboka abakomeje kwibasirwa n’inzara
Umuyobozi w’ishami rya ONU rishinzwe ibiribwa ku Isi (PAM), David Beasley ku munsi w’ejo yasabye abaherwe kugira umutima utabara abantu miliyoni 30 avuga ko bashobora kwicwa n’inzara mu gihe badahawe inkunga y’ibiribwa. Beasley yabwiye Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye ko ku isi abantu miliyoni 270 bugarijwe n’inzara kandi PAM yizeye kugera kuri miliyoni 138 muri uyu […]
RDC: Miliyoni zisaga 250 z’Amadolari yo guhemba abakozi ba leta yaburiwe irengero
Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo iperereza ry’ubucamanza rirakomeje ku biro by’ubushinjacyaha bukuru bwegereye Urukiko rw’Ubujurire rwa Kinshasa ku irengero rya miliyoni zisaga 250 z’amadolari yari agenewe guhemba abakozi ba leta. Ubutabera bukaba bwasabye gukora iperereza ku Ishyirahamwe ry’amabanki ryo muri Congo ku kunyereza umutungo ku cyo bita “amafaranga yo guhemba yasigaye”. Bivugwa ko kuva […]
Abakuru b’Ibibugu ntabwo bagihuriye i Goma
Nyuma y’iminsi ine bimenyekanye ko inama yari guhuriza hamwe Abakuru b’Ibihugu byo mu Karere yasubitswe ku munota wa nyuma, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, Marie Tumba Nzeza kuri uyu wa 17 Nzeri 2020 yatangaje ko itakibereye i Goma. Kuva ntangiriro z’uku kwezi Perezida Felix Tshisekedi atumije iyi nama, umujyi wa Goma […]
Bidasubirwaho Tuyisenge Jacques ni umukinnyi wa APR FC (Amafoto)

Rutahizamu Tuyisenge Jacques wari umaze igihe gito atandukanye na Petro Atletico de Luanda yo muri Angola, yeretswe itangazamakuru nk’umukinnyi mushya wa APR FC. Jacques Tuyisenge yasinye imyaka ibiri muri APR FC, nyuma yo kumuha 40,000,000Frw ya Recruitment n’umushahara wa buri kwezi ungana na $3,500. Hari amakuru kandi avuga ko uretse Tuyisenge Jacques, APR FC inifuza […]
Urubanza kw’iyicwa rya Perezida Ndadaye: Gen. Ndayisaba arahakana ibyaha byose aregwa
Mu bantu 20 bakurikiranwe mu bashinjwa uruhare mu iyicwa rya Perezida Merchiol Ndadaye, 5 gusa ni bo kuri uyu wa gatatu ushize bitabye abacamanza b’Urukiko rw’Ikirenga ruherereye mu murwa mukuru wa politiki, Gitega, mu Burundi rwagati. Ni Gen. Major Célestin Ndayisaba, Komiseri wa Polisi Ildephonse Mushwabure, Colonel Gabriel Gunungu, Laurent Niyonkuru na Anicet Nahigombeye. Bakurikiranyweho […]
Kanye West yashenguye abamubonye yihagarika ku gikombe cya Grammy yahawe

Umuraperi Kanye Omari West uzwi nka Kanye West, yababaje abakunzi be ubwo yashiraga hanze amashusho yihagarika ku gikombe yatwaye muri Grammy Awards. Mu mashusho ari ku rukuta rwe rwa Twitter, Kanye West agaragara yashyize iki gikombe mu bwiherero agihagaze hejuru yihagarika. Mu magambo yaherekeje ayo mashusho Kanye West yarahiye avuga ko atazigera arekera. Yagize ati: […]
Kizito Mihigo abaye uwa mbere uhawe igihembo cyitiriwe Václav Havel atakiriho
Umuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bwa muntu, HRF (Human Righs Foundation) wahaye umuhanzi Kizito Mihigo igihembo cya ‘Václav Havel International Prize for Creative Dissent’ ikaba ari inshuro ya mbere gihawe umuntu utakiriho. Iki gihembo ubusanzwe gihabwa ahanini abahanzi baharanira uburenganzira bwa muntu babicishije mu bihangano, Kizito Mihigo we yagihawe nk’uwaharaniye amahoro, ubumwe n’ubwiyunge, aho yahamagariye abishe […]
Nyamagabe: Ku myaka 61 arashinjwa gusambanya umukobwa ufite ubumuga bwo mu mutwe
Umugabo w’imyaka 61 wo mu Kagari ka Karambo mu Murenge wa Kibirizi mu Karere ka Nyamagabe, akurikiranweho gusambanya ku ngufu umukobwa w’imyaka 42 ufite ubumuga bwo mu mutwe. Umunyamabanga nshingwabikorwa w’inama y’igihugu y’abafite ubumuga, avuga ko nibyemezwa koko ko uwo mugabo yamuhohoteye bazagira uruhare mu kumukurikirana kuko byagaragaye ko hari abahohotera abafite ubumuga kuko batabasha […]
Ubudage: Ikipe yanyagiwe ibitego 37-0 kubera gusiga intera mu bakinnyi bayo
Ikipe y’abatarabigize umwuga ya SG Ripdorf/Molzen II yo mu gihugu cy’u Budage, yatsinzwe n’iyitwa SV Holdenstedt II ibitego 37-0, nyuma yo gusiga intera hagati y’abakinnyi nk’ingamba yo kwirinda ikwirakwizwa rya Covid-19. Aya makipe yombi abarizwa mu kiciro cya 11 mu Budage (Lower Saxony’s 3. Kreisklasse) yahuye ku Cyumweru. Perezida w’ikipe ya Ripdorf, Patrick Ristow, yavuze […]
Icyamamare George Clooney n’umufasha we biyemeje gukurikiranira hafi urubanza rwa Rusesabagina

Icyamamare muri cinema, George Clooney n’umugore we, Amal Clooney biyememje kuzakurikiranira hafi urubanza rwa Paul Rusesabagina nk’uko byatangajwe na Fondasiyo yitiriwe Clooney. George Clooney n’umugore we babinyujije mu kigo giharanira amahoro n’urugaga rw’abavoka rwo muri Leta zunze ubumwe za Amerika ruharanira uburenganzira bwa muntu, bavuze ko biyemeje gukurikiranira hafi imigendekere y’urubanza rwa Paul Rusesabagina rubera […]
Rusesabagina yavuze ko yafashwe yari azi ko agiye mu Burundi ku butumire bwa Pasiteri
Paul Rusesabagina watangiye igifungo cy’iminsi 30 y’agateganyo, tariki ya 15 Nzeri 2020 yatangaje ko yatawe muri yombi yari azi agiye mu Burundi mu nama z’amatorero yatumiwemo n’umupasiteri. Rusesabagina yabitangarije mu kiganiro yagiranye The New York Times kuri uwo munsi, avuga uko yisanze ku kibuga cy’indege cya Kigali, i Kanombe avuye ku i Dubai muri Leta […]