Abanduye Covid-19 mu Rwanda biyongereyeho 2

screenshot_20201008-214557_1602187554946.jpg

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 8 Ukwakira 2020 yatangaje ko abanduye icyorezo cya Covid-19 biyongereyeho 2 mu bipimo 1935 byafashwe. Abanduye barimo 1 wabonetse mu mujyi wa Kigali ’undi wabonetse muri Karongi Abamaze gukira iki cyorezo ni 3542 barimo 134 b’uyu munsi, abakirwaye bo ni 1314. Abamaze kugaragaraho iki cyorezo muri rusange ni […]

Burundi: Bafite ubwoba bwo kugirirwa nabi n’ingabo zibashinja gucumbikira inyeshyamba

Ubwoba ni bwose mu baturage bo ku musozi wa Kazeba muri Zone na Komini Gitanga mu Ntara ya Rutana nyuma y’urujya n’uruza rw’abasirikare ba leta (FDN)bitwaje intwaro ziremereye bamaze iminsi bagaragara muri kano gace, aho bivugwa ko babangamiye abaturage bamwe, babashinja gucumbikira inyeshyamba. Abaturage bo kuri uyu musozi wa Kazeba bavuga ko babonye mu minsi […]

CNRD irwanya leta y’u Rwanda iri kwinjiza urubyiruko mu gisirikare_Raporo

rusizi.jpg

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres muri raporo nshya y’igihembwe ivuga ku mutekano mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, yavuze ko umutwe wa CNRD urwanya leta y’u Rwanda uri kwinjiza urubyiruko mu gisirikare. Iyi raporo ivuga ko urubyiruko ruri kwinjira muri uyu mutwe rwiganjemo uruturuka muri Teritwari ya Kalehe mu Ntara ya Kivu […]

Gitifu w’Umurenge muri Huye aravugwaho kurwanya abaturage muri Gisagara

Gitifu w’Umurenge wa Mbazi mu Karere ka Huye, Uwimabera Clemence aravugwaho kurwanya abakozi bacukura umucanga mu Mudugudu wa Kigarama, Akagari ka Umunini, Umurenge wa Kansi mu Karere ka Gisagara. Gitifu Uwimabera acukuza umucanga mu mugezi uherereye muri aka kagari, akaba yadikanyije na Rubayiza Emmanuel gusa aba bombi ntibumvikana ibijyanye n’imbibi zitandukanya aho ibikorwa byabo bikorerwa. […]

Karongi: Haravugwa abagore biba amatungo bakayahisha mu mashakoshi

Abenshi mu baturage b’Akarere ka Karongi batuye mu gace ka Nkomero baravuga ko barambiwe ubujura bw’amatungo magufi bukorwa n’abagore, amwe muri yo agatwarwa mu mashakoshi. Umwe mu babyeyi batuye mu karere ka Rutsiro ari kumwe na bagenzi be, yabwiye umunyamakuru wa TV 1 dukesha iyi nkuru ko amayeri asigaye akoreshwa na bamwe mu bagore mu […]

Brazzaville: Bamwe barambiwe ikibumbano cy’umukoloni witiriwe umujyi wabo

maxresdefault-9.jpg

Abanyekongo b’i Brazaville bagaragaje kurambirwa kwabo ubwo hizihizwaga isabukuru y’imyaka 140 uyu mujyi umaze, aho bongeye gushyira akitso ku mukoloni w’Umufaransa wawitiriwe. Uyu munsi wizihijwe ku itariki 03 Ukwakira waranzwe n’ibirori bitandukanye, izina ry’umuvumbuzi w’Umufaransa, Savorgnan De Brazza ryongera guhabwa icyubahiro nk’uko bisanzwe, ariko ngo hashize iminsi bamwe mu Banyekongo bagaragaza ko igihugu cyahaye agaciro […]

Umukandida wa EAC yakuwe ku rutonde rw’abahatanira kuyobora WTO

Umunyakenyakazi Amina Mohamed wari uhagarariye Umuryango wa Afurka y’Iburasirazuba mu matora y’umuyobozi w’Umuryango Mpuzamahanga w’Ubucuruzi (WTO) yakuwe ku rutonde nyuma yo gusanga atujuje ibisabwa. WTO yasohoye urutonde rw’abakandida 2 bazahatana mu cyiciro cya nyuma cy’amatora y’umunyamabanga mukuru wabo ateganijwe mu minsi iri imbere. Abakandida 2 basigaye mu ijonjora rya nyuma ni umunya Nigeria Ngozi Okonjo-Iweala […]

Ibikurankota bine birimo Abdul Razak Fiston muri Rayon Sports

Ikipe ya Rayon Sports yamaze kumvikana nk’abakinnyi bane barimo batatu b’abanyamahanga, barimo rutahizamu mpuzamahanga w’Umurundi, Fiston Abdul Razak. Radio B&B Umwezi iri mu zubashywe zikora ibiganiro by’imikino hano mu gihugu, yavuze ko umwe muri abo bakinnyi yamaze kumvikana na Rayon Sports 100%, mu gihe abandi na bo ikirenge kiri mu muryango winjira muri iyi kipe […]

ADEPR yashyiriweho komite y’inzibacyuho

Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) kuri uyu wa 8 Ukwakira 2020 rwashyizeho Komite y’Inzibacyuho itorero rya ADEPR, mu rwego rwo gushaka umuti urambye w’ibibazo byari bimazemo igihe. Ni nyuma yo gukuraho inzego z’ubuyobozi bwayo ndetse n’abari abayobozi mu nzego nkuru. Iyi komite y’inzibacyuho igizwe n’abantu batanu bayobowe na Pasiteri Nzayiseye Isaie, wanahawe inshingano zo guhagararira itorero […]

Umunyamahanga ufite ubuhanga azajya ahabwa ubwenegihugu bitamugoye

Inteko Ishinga Amategeko irimo gusuzuma umushinga w’itegeko rihindura itegeko rigenga ibijyanye n’ubwenegihugu rizashyiraho impinduka nyinshi ku itegeko ryemejwe mu 2008. Mu mushinga w’itegeko, umuntu uwo ari we wese n’aho ari hose ashobora gusaba ubwenegihugu bw’u Rwanda mu gihe afite impano idasanzwe cyangwa ubuhanga mu kintu runaka. Guverinoma izajya ihita iguha ibyangombwa mu gihe imaze kumenya […]

Iyi ni yo kipe narotaga kuzakinira_Bizimana Yannick avuga APR FC

Rutahizamu Bizimana Yannick, yahishuye ko gukinira ikipe ya APR FC aheruka kwerekezamo byari indoto ze kuva akiri muto. Ku wa 19 Nyakanga 2020 ni bwo uyu rutahizamu watsinze bitego umunani muri shampiyona ishize ya 2019-20, yerekeje muri APR FC avuye muri Rayon Sports yari amazemo umwaka umwe. Ari mu bakinnyi ba APR FC bamaze iminsi […]

Umuturage w’i Nyabimata wiciwe umugabo na FLN yandikiye ibaruwa umuryango wa Rusesabagina

umugore_1.jpg

Umuturage witwa Mukashyaka Joséphine wiciwe umugabo mu bitero by’umutwe wa FLN i Nyabimata, yandikiye umuryango wa Rusesabagina ibaruwa abasaba kureka ibyo yise gukina ku mubyimba abagizweho ingaruka n’ibitero by’umutwe wa FLN. Mukashyaka ni umwarimukazi utuye mu Murenge wa Nyabibata w’Akarere ka Nyaruguru, avuga ko umugabo we Munyaneza Fidel wari n’umuyobozi wa Njyanama y’umurenge wa Nyabimata, […]

Yasobanuye uburyo umuyobozi muri Kaminuza ya Makerere yamusambanyije

Umukobwa wo muri Uganda witwa Rachel Njoroge yasobanuriye urukiko uburyo Edward Kisuze wari umuyobozi muri Kaminuza ya Makerere muri Uganda yamusambanyije amufata amafoto. Njoroge yatangaje ko Kisuze tariki ya 13 Mata 2018 yamufashe ku ngufu ubwo yari yagiye gufata indangamanota (transcript) muri kaminuza. Icyo gihe ngo Kisuze yamuhaye iyi ndangamanota ariko ubwo yajyaga gusohoka mu […]

Amerika: Derek Chauvin wishe umwirabira George Floyd yafunguwe

Derek Chauvin, Umupolisi w’umuzungu wavuzwe mu rupfu rw’umwirabura witwa George Floyd rwateje impagarara ku Isi hose, yarekuwe ejo ku wa Gatatu nyuma yo gutanga ingwate ya miliyoni y’Amadorali ya Amerika. Ni nyuma y’uko Chauvin wahoze ari umupolisi wa Amerika yari afungiye muri gereza ya Minnesota kuva mu mpera za Gicurasi uyu mwaka. Irekurwa ry’uriya mupolisi […]

Burundi: Hon. Banciryanino ushinjwa gushaka guhungabanya umutekano w’igihugu aritaba ubushinjacyaha

Kuri uyu wa Kane, itariki 08 Ukwakira Depite Fabien Banciryanino ukurikiranweho ibyaha birimo gushaka guhungabanya umutekano w’igihugu, ategerejwe imbere y’Ubushinjacyaha bwa Ntahangwa mu Mujyi wa Bujumbura, mu gihugu cy’u Burundi. Amakuru aturuka mu begereye dosiye ya Hon. Banciryanino bavuga ko yagombaga kugezwa imbere y’ubushinjacyaha kuwa kabiri, itariki 06 Ukwakira. Mu gitondo cyaho, nibwo yamenyeshejwe ko […]

Isazi yazambije ikiganiro mpaka muri Amerika

Isazi yadobeje ibiganirompaka nyuam yo kugaragara ku mutwe wa Pince

Mu gihe ibiganirompaka hagati ya Mike Pence na Kamala Harris byari birimbanije, isazi yagaragaye ku mutwe wa Visi Perezida Pince yatumye abafata amashusho bose batongera gusubiza kuri Kamara Harris bibangamira ikiganiro mpaka. Mu biganiro bihuza abitegura kuba aba Visi-Perezida ku ruhande rw’aba Republican ruhagarariwe na Mike Pince usanzwe ari Visi Perezida w’iki gihugu na Kamara […]

Rubavu: Abahoze ari abazunguzayi barambiwe gusiragizwa no gufungwa

Abahoze ari abazunguzayi mu mujyi wa Rubavu bakahavanwa bajyanwa gucururiza imbuto mu gasoko k’ahazwi nko kwa Rujende, baravuga ko barambiwe gusiragizwa no gufatwa bakarazwa muri Sitade, bagasaba ubuyobozi kubashakira ahandi bakorera, haherereye mu gice cy’umugi kuko ariho bakenera imbuto. Kwa Rujende bari barahakodesherejwe n’Umuryango Femme Active bemeza ko ari wo wabavanye mu muhanda, aho bari […]

Meya wa Goma yinginze amabandi, ayasaba kutica mu gihe Tshisekedi akiriyo

Nyuma y’igitero abitwaje intwaro bagabye mu gace ka Mugunga gaherereye mu mujyi wa Goma, kuri uyu wa 7 Ukwakira 2020 Meya Muissa Kense yasabye ko bareka gukomeza kwica no gushimuta mu gihe Umukuru w’Igihugu Perezida Tshisekedi akiriyo. Mu masaa kumi n’ebyiri y’uwa 6 Ukwakira 2020, amabandi yitwaje intwaro agera kuri ane yagabye igitero kuri ‘boutique’ […]

CEDEAO ihangayikishijwe n’ibishobora kuba muri Cote d’Ivoire

Mu gihe habura igihe kitageze ku kwezi ngo habe amatora y’umukuru w’igihugu muri Cote d’Ivoire, intumwa z’Umuryango w’ubukungu w’Ibihugu bya Afurika y’Uburengerazuba, CEDEAO, Afurika Yunze Ubumwe n’iz’Umuryango w’Abibumbye zashoje urugendo zari zimazemo iminsi muri iki gihugu aho zari zagiye kureba uko umwuka umeze mbere y’amatora, aho zagaragaje impungenge z’ibishobora kuba muri iki gihugu. Izi ntumwa […]

Ngenzi – Barahira : Urubanzashuri mu mutego w’ivangura

Mu gihe cy’amezi abiri, nta rubanda mu Rukiko rwa Rubanda rwa Paris, nta tangazamakuru, nta n’abashakashatsi nko mu zindi manza zose zidasanzwe. Nyamara, mu kuburanisha abanyarwanda Ngenzi na Barahira, bwari ubwa mbere, ubutabera bw’u Bufaransa buburanisha icyaha cya jenoside, mu izina ry’itegeko ry’ububasha mpuzamahanga. Ni ivangura ? Cyangwa se ni ukutabiha agaciro ? Ni ku […]

Rusizi: Urubura rwinshi rwangije imyaka n’inzu z’abaturage rubasiga iheruheru

urubura_rwarengeye_imyaka_yose_runayirekamo.jpg

Nyuma y’igihe abaturage b’umurenge wa Nyakarenzo mu karere ka Rusizi bategereje imvura yagira icyo imarira imyaka bari barateye ndetse n’urutoki bavuga ko rwari ruyinyotewe, abo mu midugudu ya Mugongo na Rusambu mu kagari ka Rusambu n’abo mu mudugudu wa Gituza mu kagari ka Karangiro muri uyu murenge, kuri uyu wa 7 Ukwakira batunguwe no kugusha […]

IMF yongeye korohereza u Rwanda kwishyura inguzanyo ya miliyoni 16 z’Amadolari

U Rwanda rworoherejwe n’Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari kwishyura umwenda wa miliyoni 16 z’Amadolari mu rwego rwo kugirango rubashe gukomeza guhangana n’icyorezo cya Covid-19. Iyi ni inshuro ya kabiri u Rwanda rworoherejwe kwishyura umwenda n’iki kigega. Mu kutubahiriza inshingano zo kwishyura umwenda mu gihe cy’amezi menshi, u Rwanda ruzaba rufite igishoro kinini cyo gushora imari mu nzego […]

Umunyazimbabwekazi yongeye gutorerwa guhagararira Afurika i Washington

jcqlnjttpagmarq-800x450-nopad.jpg

Umudipolomatekazi wo muri Zimbabwe, Hilda Suka-Mafudze, kuri uyu wa Gatatu yatorewe kuba Ambasaderi mushya wa Afurika Yunze Ubumwe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika nk’uko byatangajwe n’Ibiro Ntaramakuru Nyafurika, APA. Ibiro Ntaramakuru Byigenga, NewsDay, biravuga ko Suka-Mafudze wari Ambasaderi wa Zimbabwe muri Malawi, asimbuye kuri uyu mwanya undi Munyazimbabwekazi, Arikana Chihombori-Quao wari uhagarariye Afurika i […]