Imodoka rusange zemerewe gutwara abagenzi 100%

img-20201012-wa0038.jpg

Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro kuri uyu wa 12 Ukwakira 2020, yafatiwemo ibyemezo birimo kwemerera imodoka zitwara abantu mu buryo bwa rusange, gutwara abagenzi 100%. Itangazo ry’ibi byemezo rivuga ko imodoka zifite imyanya y’abagenda bicaye gusa, zizajya zitwara 100% by’umubare w’abantu zakorewe/zemerewe gutwara. Naho izifite imyanya y’abagenda bicaye n’abahagaze, zizajya zitwara 100% bicaye na […]

Umuntu wa 32 mu Rwanda yishwe na Covid-19

ekjzpodxyai3ww8.jpg

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 12 Ukwakira 2020 yatangaje ko umugabo w’imyaka 51 y’amavuko yishwe n’icyorezo cya Covid-19. Ni mu gihe abanduye biyongereyeho 9, babonetse mu bipimo 2149 byafashwe. Uyu abaye uwa 32 wishwe n’iki cyorezo kuva cyagera mu Rwanda muri Werurwe 2020. Abanduye ni abatwara amakamyo 8 babonetse mu Karere ka Nyagatare […]

Magufuli ntiyumva impamvu Tanzania ituwe na miliyoni 55 yatsindwa n’u Burundi

Perezida wa Tanzania, Dr. John Pombe Magufuli, yarakajwe n’uko ikipe y’igihugu ya Tanzania ‘Taifa Stars’ yatsinzwe n’Intamba mu Rugamba z’u Burundi, avuga ko bidakwiye ko Tanzania nk’igihugu gituwe na miliyoni 55 z’abaturage itsindwa n’u Burundi bw’ebyiri. Ku cyumweru tariki ya 11 Nzeri ni bwo ikipe y’igihugu ya Tanzania yakinnye n’u Burundi, mu mukino wa gicuti […]

Jean Claude Muhire, a young hero through hardships

fb_img_16024001361287554-2.jpg

Eighteen days ago, Bwiza.com published the story of 29-year-old Jean Claude Muhire, a resident of Kimisagara Sector in Nyarugenge District, who has been receiving treatment at Kigali Hospital (CHUK) for 20 months. The young man is known for his courageous deeds even afterwards, in his weakness, as many witness. These actions also led him to […]

Nyuma yo kwinginga amabandi, Meya wa Goma yasabye imbabazi

Meya wa Goma, Muissa Kense winginze amabandi ngo atange agahenge mu gihe Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo yari yageze muri uyu mujyi, yabisabiye imbabazi. Ni nyuma y’aho ashyiriweho igitutu na bamwe mu Bakongomani, bafashe ubutumwa bwe nk’ubusuzuguza igihugu, bigatuma na Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaguru, Carly Nzanzu Kazivita amuha amasaha 48 ngo abe […]

USA: Abigaragambya bariye karungu barimbuye ibibumbano bya Lincoln na Roosevelt

201012-oregon_protests_mc-11444_388e2b0afd02df76622f94cc0bfa914f.fit-760w.jpg

Mu ijoro ryo ku Cyumweru, abigaragambyaga bahiritse amashusho y’abahoze ari ba Perezida ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Theodore Roosevelt na Abraham Lincoln muri Portland Oregon, bagaragaza umujinya bafitiye kwizihiza Umunsi wa Columbus (Columbus Day) bibukaho umugabo wavumbuye umugabane wa Amerika. Abateguye imyigaragambyo bise iki gikorwa “Umunsi w’umujinya w’abaturage b’abasangwabutaka,” mu rwego rwo kwamagana umunsi […]

Uganda: Abakozi ba ISO bakoranaga na Col Kaka bambuwe imbunda

Abakozi b’urwego rw’umutekano rwa Uganda, ISO, bashyizwe mu mirimo ku buryo bunyuranye n’amategeko na Col. Kaka Bagyenda basabwe gusubiza imbunda za Leta bafite ubundi bakegura nta mananiza. Ibi abakozi ba ISO babisabwe nyuma y’uko hari amakuru yatangajwe ko bakoreye uru rwego bitanyuze mu mategeko. Aba bakozi ngo bashyizwe mu myanya na Col. Kaka Bagyenda uheruka […]

RDC: FDLR yongeye kuvugwa mu bwicanyi bukorerwa muri Pariki ya Virunga

Umurinzi wa Pariki y’Igihugu ya Virunga iherereye mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yishwe ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize mu gitero byemejwe ko cyagabwe n’umutwe wa FDLR-RUD urwanya leta y’u Rwanda. Ubuyobozi bw’iriya Pariki bwavuze ko umurinzi wayo yiciwe ku biro by’irondo biri ku kigo cya Congo gishinzwe kubungabunga ibidukikije, biri mu mudugudu […]

Bamwe mu barezi bategereje iguriro rya mwalimu amaso yaheze mu kirere, REB ibivugaho iki?

Bamwe mu barimu baravuga ko iguriro bigeze kwemererwa ryabaye umugani nyamara hari bimwe mu byiciro bikomeje gushyirirwaho ayo masoko, harimo nka bamwe mu banyerondo baherutse gushyirirwaho ubwo buryo kandi bugashoboka. Aba barimu bavuga ko baramutse babonye iryo guriro ryabafasha mu bibazo mu bibazo bahura nabyo dore ko kubongeza umushahara bias nk’ibidashoboka. Ikigo cy’Igihugu gishinzwe uburezi, […]

Jeannette Kagame yasabye ko ihohoterwa rikorerwa abana rishyirwa mu byaha bidasaza

Madamu wa Perezida wa Repubulika, Jeannette Kagame, yasabye inzego bireba guhagurukira ikibazo cy’ihohoterwa rikorerwa abana binyuze mu kwihutisha imanza z’abakekwaho icyo cyaha, anifuza ko icyo cyaha cyashyirwa mu byaha bidasaza. Ni ibikubiye mu butumwa Jeannette Kagame yageneye Abanyarwanda, mu gihe kuri uyu wa Mbere u Rwanda rwifatanyije n’Isi yose kwizihiza ‘Umunsi Mpuzamahanga w’umwana w’umukobwa’. Jeannette […]

Byinshi kuri Carlo Acutis wagizwe umutagatifu wa Kiliziya ku myaka 15 y’amavuko

carlo.jpg

Tariki 10 Ukwakira 2020 ni bwo muri Bazilika ya Mutagatifu Fransisko wa Assisi i Roma habereye umuhango wo kwimika Carlo Acutis nk’umutagatifu wa Kiliziya Gatolika w’umuhanga udasanzwe mu ikoranabuhanga. Carlo Acutis ni muntu ki? Carlo Acutis yavutse kuwa 3 Gicurasi 1991 avukira i London mu murwa Mukuru w’Ubwongereza. Ni umuhungu wa Andrea Acutis na Antonia […]

Kinshasa: Hateguwe imyigaragambyo isaba kwirukana minisitiri Azarias Ruberwa muri guverinoma

Bamwe mu banyekongo bakomoka muri Kivu y’Amajyepfo batangiye urugamba rwo kweguza minisitiri ushinzwe kwegereza abaturage ubuyobozi, Azarias Ruberwa, aho bateguye urugendo I Kinshasa kuri uyu wa Mbere, itariki 12 Ukwakira, rwo kwamagana icyo bita igikorwa cyose cyo kugerageza gucamo Congo ibice. Ibi byose byatewe n’ishyirwaho rya komine yo mu cyaro cya Minembwe no gushyiraho abayobozi […]

Sadate mu bashenguwe n’urupfu rw’uwahoze ari Perezida wa Kiyovu Sports

Ikipe ya Kiyovu Sports yemeje ko Bushayija LĂ©onard wabaye Perezida wayo mu myaka 20 ishize yapfuye. Inkuru y’urupfu rw’uyu musa. Iyi nkuru yamenyekanye ku munsi w’ejo, mbere y’uko Kiyovu Sports iyemeza mu butumwa yanyujije kuri Twitter yayo. Kiyovu yagize iti: “Umusaza wacu Bushayija LĂ©onard amaze kwitaba Imana, umuryango wa Kiyovu wifatanyije mu akababaro n’umuryango wa […]

Umusozi wa Kilimanjaro wafashwe n’inkongi bikekwako yatewe n’abazimu

Ku wa 11 Ukwakira 2020, inkongi idasanzwe yadukiriye umusozi wa Kilimanjaro uherereye muri Tanzania, abaturage batangira gukekako yatewe n’abazimu. Umusozi wa Kilimimanjaro usanzwe ari wo muremure muri Afurika wadukiwe n’inkongi y’umuriro ahantu hadapfa kugerwa ku buryo abaturage batangiye gukeka ko watewe n’imyuka mibi. Abaturage baganiriye na Bongo 5 bavuga ko impamvu bakeka ko iyi nkongi […]

Burundi: Abanyamulenge bari kwirukanwa mu mijyi bakekwaho gukorana n’inyeshyamba

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko kuva ku wa Gatandatu, abapolisi biriwe bahiga impunzi zose z’Abanyekongo bo mu bwoko bw’Abanyamulenge batuye mu duce two mu mujyi mu Ntara ya Muyinga (mu majyaruguru y’uburasirazuba bw’igihugu) abafashwe bakajyanwa mu nkambi ebyiri z’impunzi mu Ntara ya Ngozi ihana imbibi na Muyinga, aho igipolisi kibakekaho gukorana n’imitwe […]

Kylian Mbappé yasingije Cristiano Ronaldo bagiranye ibihe byiza

img_20201012_080628.jpg

Rutahizamu Kylian MbappĂ© ukinira PSG n’Ikipe y’Igihugu y’u Bufaransa, yavuze imyato kizigenza Cristiano Ronaldo, nyuma yo kugirana na we ibihe byiza mu ijoro ryakeye. Aba bombi bari bahuriye mu mukino wa UEFA Nations League, Ikipe y’Igihugu y’u Bufaransa yanganyijemo na Portugal 0-0. Ni wo mukino wa mbere amakipe yombi yari ahuriyemo kuva muri 2016, ubwo […]

Rusizi: Insengero 15 ni zo zimaze kwemererwa gufungura imiryango

img-20201011-wa0019.jpg

N’ubwo Akarere ka Rusizi kabarirwamo insengero zitagira ingano mu madini n’amatorero anyuranye, kugeza ubu 15 zonyine ni zo zemerewe kongera gufungura imiryango kuva ku wa 20 Nzeri 2020, inyinshi zikaba izo mu bice by’umujyi kuko izo mu byaro zo inyinshi zubatse mu bice bitagira amashanyarazi ahagije ahagije n’amazi meza, kubona inkarabiro zigezweho zisabwa bikaba bikiri […]

Musanze: Abapadiri bahanwe bazira gusoma Misa batubahirije ingamba zo kwirinda Covid-19

Abapadiri babiri bakorera kuri Diyosezi Gatulika ya Ruhengeri ibarizwa rwagati mu mujyi wa Musanze, bahawe ibihano nyuma yo gufatwa basoma Misa ariko batubahirije ingamba zo kwirinda Covid-19. Ni nyuma y’igenzura Polisi y’Igihugu yakoze ejo ku cyumweru, mu nsengero zo mu turere twa Musanze, Burera, Gicumbi na Gakenke. Polisi yasanze muri Kiliziya ya Diyosezi ya Ruhengeri […]

Ngororero: Arashinja Gereza ya Rubavu yari afungiwemo kumutera ubumuga bwa burundu

Ahorushakiye Protegene ukomoka mu Murenge wa Nyange mu Karere ka Ngororero, aravuga ko yakubitiwe muri Gereza ya Rubavu yari afungiwemo akavunwa uruti rw’umugongo ariko uwamukubise wanayoboraga iyi gereza akaba atarigeze abiryozwa kandi azwi. Ahorushakiye avuga ko ibi yabikorewe nyuma yo gufungirwa muri Gereza ya Rubavu mu mpera za 2017, akavuga ko inkoni yakubiswe mu buryo […]

U Burundi bwahamagaje ababuhagarariye mu mahanga, bufunga ambasade zimwe

Guverinoma y’u Burundi iherutse guhamagaza abantu bagera kuri 12 bayihagarariye mu mahanga, ambasade eshatu zifungwa burundu, bikavugwa ko ari uburyo bwo gushyira ku murongo dipolomasi. Radiyo Ijwi ry’Amerika dukesha iyi nkuru ivuga ko abahamagajwe ari abakorera mu bihugu birimo Ambasaderi w’u Burundi muri Kenya, Jean Bosco Barege, abandi babuhagarariye mu bihugu birimo: Afurika y’Epfo, Nigeria, […]

Donald Trump bivugwa ko yakize arigamba kugira ubudahangarwa kuri Covid-19

Umuganga wa White House yavuze ko Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump atakiri mu byago byo kwanduza abandi icyorezo cya Covid-19, mu gihe uyu yigamba kugira ubudahangarwa kuri iki cyorezo. Hari impungenge z’uko ashobora kuba yakwanduza nyuma yo kumara iminsi itatu mu bitaro. Icyakora, itangazo ry’umuganga wa White House, Dr Sean Conley, […]

Mu cyumweru gishize, ikibazo cy’umutekano muke mu Karere cyashakiwe umuti ukaze

Nk’uko bisanzwe mu bindi byumweru, igishize cyaranzwe n’amakuru atandukanye ariko yiganjemo ay’igisubizo ku mutekano ureba u Rwanda n’ibihugu bihana imbibi birimo Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo yugarijwe n’inyeshyamba mu burasirazuba bwayo, u Burundi ndetse na Uganda. Inama y’Abakuru b’Ibihugu byo mu Karere yarateranye, ibonekamo umuti ku mutekano w’Akarere Iyi nama yabaye tariki ya 7 Ukwakira […]