Inama y’Abaminisitiri yongereye umubare w’abitabira umuhango wo gushyingira gushyingura

Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa 27 Ukwakira 2020 yemeje ko umubare w’abagomba kwitabira umuhango wo gushyingira no gushyingura wiyongera. Ubusanzwe abitabira iyi mihango ntibagombaga kurenga 30 ariko ubu bazajya bagera kuri 75. Abo ni abazajya bitabira imihango y’ubukwe mu rusengero, mu kwiyakira (reception) no mu gihe cyo gushyingura uwapfuye. Ibyemezo byose ni ibikurikira:
Umukecuru w’imyaka 88 yishwe na Covid-19 mu Rwanda

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 27 Ukwakira 2020 yatangaje ko umukecuru w’imyaka 88 y’amavuko yishwe n’icyorezo cya Covid-19, akaba yabaye umuntu wa 35 cyiciye muri iki gihugu. Ni mu gihe abanduye iki cyorezo biyongereyeho 11 barimo 8 babonetse i Kigali, uwabonetse i Kirehe, uwabonetse i Musanze n’undi w’i Nyamagabe; mu bipimo 1594 byafashwe. […]
Josep Maria Bartomeu wari Perezida wa FC Barcelona yeguye ku mirimo ye
Inkuru igezweho muri aya masaha iravuga ko Josep Maria Bartomeu wari Perezida w’Ikipe ya FC Barcelona n’abagize Inama y’Ubutegetsi y’iyi kipe bose beguye ku mirimo yabo, nyuma y’ibibazo by’ingutu byari bimaze igihe bivugwa muri iriya kipe. Bartomeu na Komite ye beguye ku nshingano zo kuyobora FC Barcelona, mu gihe haburaga iminsi mike ngo hakorwe amatora […]
Perezida Museveni n’umuhungu we bashenguwe n’urupfu rwa Col. Bantariza

Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda n’umuhungu we, Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba bashenguwe bikomeye n’urupfu rwa Rtd Col. Shaban Bantariza wahitanwe na Covid-19. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 27 Ukwakira ni bwo Col. Shaban Bantariza wari umuvugizi wungirije wa Giverinoma ya Uganda yapfuye azize icyorezo cya Covid 19 nkuko umuvugizi […]
Menya byinshi kuri kajugujugu ya CH-47 Chinook_Amafoto

CH-47 Chinook ni indege ya kajugujugu yakozwe n’ikigo cya Boeing ku bufatanye na Space & Security byo muri Leta Zunze Ubumwe, ikaba yarekorewe kwikorera intwaro ziremereye zirimo indege, imbunda n’imodoka z’intambara, ikanatwara umubare munini w’abasirikare. Ni indege yavuye mu gitekerezo igisirikare cya USA cyagize cyo gusimbuza iya Sikorsky CH-37 Mojave yari isanzwe yikorera intwaro ariko […]
Umuhanzi Fizzo Mason yasobanuye impamvu akora Hip Hop ku buzima bugoye-VIDEO
Umuhanzi w’umuraperi Niyikiza Fidele (Fizzo Mason) wamenyekanye cyane mu Karere ka Musanze, yasobanuye impamvu zatumye ahitamo gukora injyana ya Hip Hop, akibanda ku buzima bugoye cyane kandi we atarabunyuzemo. Mu kiganiro yagiranye na Bwiza TV, Fizzo Mason yagize ati: “Njyewe nshobora kuba meze neza ariko hari umuntu wihebye, ubabaye, hari umuntu wabuze byinshi. Njyewe nkora […]
Burundi: Inka 15 z’uwahoze mu gisirikare (Ex-FAB) zishwe zirozwe
Inka zigera kuri 15 mu ijoro ryo kuwa Gatandatu ushize rishyira ku Cyumweru, mu Mudugudu wa Gasenyi, Komini Buyengero, ho mu Ntara ya Rumonge, mu majyepfo y’uburasirazuba bw’u Burundi zishwe zirozwe. Izi nka zikaba zari uz’uwitwa Valentin Ndyibingoye, wahoze muri Gisirikare cy’u Burundi kizwi nka Ex-FAB. Imbonerakure ziratungwa intoki. Amakuru aturuka muri aka gace avuga […]
Gatsibo: Hari abumva badakwiye kuba mu cyiciro kimwe n’abo bashakanye
Muri kamwe mu duce inzego z’ibanze zatangirijemo igikorwa cyo gushyira abaturage mu byiciro bishya by’ubudehe mu Murenge wa Rugarama, Akarere ka Gatsibo, haravugwa abagabo n’abagore bihakana abo bashakanye cyangwa abana babo, bavuga ko badakwiriye kuba mu cyiciro kimwe bitewe n’uko babahemukira. Ibi ni bimwe mu bibazo abaturage bashatse ko bikemurwa bakimara kumva ko umuntu udasangira […]
Brazzaville: Louise Mushikiwabo yaganiriye n’abakuru b’ibihugu barimo Tshisekedi

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa (OIF), Louise Mushikiwabo, Kuri uyu wa Kabiri, itariki 27 Ukwakira yagiranye ibiganiro n’abakuru b’ibihugu bya Congo, Centrafrica, Tchad na Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo ubwo bahuriraga i Brazaville, mu murwa mukuru wa Repubulika ya Congo, aho ari mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu kuva kuri uyu wa Mbere. Perezida […]
Koreya y’Epfo: Abahamya ba Yehova banze kujya mu gisirikare bagenewe igihano
Leta ya Koreya y’Epfo yatangiye guhana urubyiruko rwo mu itorero rw’Abahamya ba Yehova banze kwitabira kujya mu gisirikare nk’uko bigenwa n’itegeko. Itegeko rya Koreya y’Epfo rivuga ko umusore wese wo muri iki gihugu ategetswe gukora igisirikare byibura kugeza ku mezi atandatu. BBC yanditse ko Abahamya ba Yehova banze kwitabira icyo gikorwa rusange cyo kujya gisirikare […]
Perezida wa Sena yavuze ko ubuyobozi bufite inshingano yo korohereza abanyamakuru -VIDEO
Kuri uyu wa 27 Ukuboza 2020, perezida wa Sena y’u Rwanda Dr. Iyamuremye Augustin , mu ijambo yagejeje ku banyamakuru bitabiriye amahugurwa mu gutangaza ku mikorere y’inteko yavuze ko ari inshingano z’abayobozi mu korohereza abanyamakuru mu gutara no gutangaza inkuru. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Inama Nkuru y’Itangazamakuru (MHC ), Peacemaker Mbungiramihigo, mu ijambo rye, yavuze ko mu […]
Le Rwanda va mobiliser plus de 600 millions de dollars pour réduire les maladies non transmissibles
Le Rwanda va mobiliser 699,1 millions de dollars de financement auprès de diffĂ©rentes sources pour rĂ©duire les maladies non transmissibles dans le cadre d’un plan stratĂ©gique quinquennal dĂ©voilĂ© lundi. Le plan, qui couvre une pĂ©riode de 2020 Ă 2025, vise Ă faire en sorte que d’ici 2025, les dĂ©cès prĂ©maturĂ©s liĂ©s aux maladies non transmissibles […]
Rusizi: Urubyiruko rukomeje gupfira mu mazi, rwagiye mu bucuruzi bwa magendu
Ururondogoro ni rwose mu batuye imirenge y’Akarere ka Rusizi ikora ku kiyaga cya Kivu, nyuma y’aho kuva mu kwezi kwa Kanama kugera ku wa 25 Ukwakira uyu mwaka, imirambo y’abasore 3 n’umukobwa witeguraga kurushinga irohowe mu kivu, undi kugeza kuri iyo tariki ukaba wari umaze iminsi 4 yose utaraboneka, bikavugwa ko bose barohamye bari mu […]
Uganda: Yakatiwe imyaka 50 y’igifungo azira guhohotera umwana we
Urukiko Rukuru rwa Jinja, muri Uganda, rwakatiye imyaka 50 y’igifungo umugabo wari ukurikiranweho gusambanya no gutera inda umwana we w’umukobwa w’imyaka 14. Uyu mugabo witwa Amuza Kamulya, yemeye icyaha nyuma y’aho umukobwa we n’umugore we bamutanzeho ubuhamya mu rukiko. Amuza Kamulya ukomoka mu Karere ka Jinja yari yabanje guhakana icyaha ndetse akangisha umukobwa we kuzamwica […]
Ubutumwa bwa Musenyeri Mbanda wa EAR kuri Kambanda uheruka kuba Karidinali

Arikipisikopi w’Itorero ry’Abangilikani mu Rwanda (EAR) Musenyeri Dr. Laurent Mbanda yifurije Antoine Kambanda uheruka kugirwa Karidinali na Papa Francis I ishya n’ihirwe mu mirimo ye mishya. Abinyujije mu butumwa yashyize ku rubuga rwe rwa Twitter, umuyobozi w’Itorero Angilikani mu Rwanda, yavuze ko kuba u Rwanda rugize umu Karidinali ari intambwe nziza ikwiye gutera buri wese […]
Rusizi: Umugabo yaguwe gitumo ari gutaburura umurambo
Umugabo witwa Jean Baptiste wo mu Kagari ka Bununga mu Murenge wa Gihundwe ho mu Karere ka Rusizi, abaturage bamuguye gitumo ari gutaburura imva yari ishyinguwemo umurambo w’uwapfuye. Uwo uyu mugabo w’imyaka 27 y’amavuko yatabururaga, yapfuye tariki 20 Ukwakira, 2020 ashyingurwa nyuma y’iminsi itanu. UMUSEKE dukesha iyi nkuru uvuga ko Jean Baptiste yafashwe amaze gukuraho […]
Ikibazo Sadate yabajije Polisi y’u Rwanda gikomeje kwibazwaho
Munyakazi Sadate wayoboraga ikipe ya Rayon Sports kuri uyu wa 27 Ukwakira 2020 aramutse abaza Polisi y’u Rwanda ikibazo cyakuruye ibindi bibazo byinshi. Ni ikibazo Sadate yabajije mu buryo bw’igitekerezo ku gikorwa Polisi y’Igihugu yatangaje tariki ya 23 Ukwakira 2020 cyo gupima abakinnyi ba Police na Interforce FC icyorezo cya Covid-19. Icyo gihe Polisi y’Igihugu […]
Nyamagabe: Amaze imyaka 8 ahohoterwa n’umugabo amuziza ko yanduye sida
Uwitwa Kwizera wo mu Murenge wa Cyanika mu Karere ka Nyamagabe, avuga ko amaze imyaka umunani akorerwa ihohoterwa n’umugabo we amuziza ko yanduye sida igihe we yari muri gereza afunzwe. Uyu mugore wemeza ko kugirango yandure ari ibyago byamugwiririye, avuga ko umunsi umwe ubwo yari avuye mu murima yashyize inkono ku iziko ubundi agakaraba, umugore […]
Tanzania yitegura amatora yahagaritse zimwe mu mbuga n’ikoranabuhanga
Abategetsi ba Tanzania biravugwa ko bamaze guhagarika Imbuga Nkoranyambaga zirimo urwa Twitter, mbere y’amasaha make ngo muri kiriya gihugu habe amatora y’Umukuru w’Igihugu ategwnyijwe ku munsi w’ejo. Amakuru avuga ko urubuga rwa Twitter rwahagaritswe imbere muri Tanzania no hakurya mu birwa bya Zanzibar. Impirimbanyi zo muri Tanzania ni zo zemeje ko ruriya rubuga rwabaye ruhagaritswe, […]
FARDC yivuganye abarwanyi 21 ba CODECO, inigarurira ibirindiro byayo bikomeye
Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC, cyatangaje ko cyigaruriye ibirindiro by’abarwanyi ba CODECO, cyica 21 muri bo. 7 Sur 7 yanditse ko ibi byabaye mu mperza z’icyumweru gishize nk’uko byemezwa n’igisirikare cya Congo, bibereye mu ntara ya Ituri mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bwa RDC. Aya makuru yemejwe n’ingabo za Congo,Lt. General Yav Avul […]
U Buholandi bwataye muri yombi Joseph Mugenzi ukekwaho uruhare muri jenoside
Itsinda ryihariye rya Polisi yo mu Buholandi ryataye muri yombi Joseph Mugenzi, se wa Rene Mugenzi uherutse gufungirwa mu Bwongereza azira kwiba amayero agera ku 270,000. Joseph Mugenzi w’imyaka 71 y’amavuko, yatawe muri yombi akurikiranweho uruhare ashinjwa muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Amakuru amuvugwaho, avuga ko mu gihe jenoside yakorwaga, Mugenzi yari afite farumasi […]
Abarundi baturiye umupaka w’u Rwanda barifuza ko umubano wasubira uko wahoze
Bamwe mu Barundi baturiye umupaka w’u Rwanda barifuza ko umubano w’ibihugu byombi wasubira uko wari umeze mbere ya 2015, ikintu bahuriyeho na benshi muri bagenzi babo b’Abanyarwanda, aho aba baturage bo mu Ntara ya Cibitoke bashima ibiganiro ba minisitiri b’ububanyi n’amahanga b’ibihugu byombi bagiranye mu cyumweru gishize, bagasaba ko inama nk’izi zakomeza kugirango ibintu bisubire […]
RDC: Minisitiri Ruberwa araha abadepite ibisobanuro ku kibazo cya Minembwe
Kuri uyu wa Kabiri, itariki 27 Ukwakira, minisitiri ushinzwe kwegereza abaturage ubuyobozi, Azarias Ruberwa, arasubira mu Nteko Ishinga Amategeko ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, aho ategerejweho gutanga ibisobanuro ku ishyirwaho rya Komini Minembwe n’abayobozi bayo riherutse guteza impaka za ngo turwane mu Banyekongo. Ubwo yitabaga bwa mbere ku itariki 19 Ukwakira, abadepite babajije ibibazo […]
U Bushinwa bugiye guhana ibigo bikora intwaro ziremereye byo muri USA
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bushinwa, Zhao Lijian kuri uyu wa 26 Ukwakira 2020 yatangaje ko igihugu cye kigiye gufatira ibihano ibigo bikomeye muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika bikora intwaro ziganjemo indege z’intambara. Ibyo bigo ni: Lockheed Martin kiri mu bya mbere bikora indege z’intambara zikomeye, Boeing nayo ifite ishami rikora bene izi ndege, Space & […]
Col. Shaban Bantariza wari Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma ya Uganda yapfuye
Col. Shaban Bantariza, Umuvugizi wari Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma ya Uganda akaba n’umuyobozi wungirije w’ikigo Uganda Media Centre yapfuye. Inkuru ya Daily Monitor ivuga ko Col. Shaban Bantariza yaguye mu bitaro bikuru bya Mulago aho yari amaze iminsi avurirwa.Umuvugizi wa Guverinoma ya Uganda Ofwono Opondo yavuze ko Col Bantariza yishwe na Covid-19. Umuvugizi w’ingabo za […]
APR FC yateguye imikino ya gicuti izayihuza n’amakipe atatu y’ibikonyozi
Ikipe ya APR FC ikomeje imyiteguro y’irushanwa Nyafurika rihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo, Total CAF Champions league, yamaze gutegura indi mikino itatu ya gicuti izayihuza n’amakipe yo hanze y’u Rwanda, mu rwego rwo kwitegura neza ririya rushanwa. APR FC imaze ibyumweru bitatu isubukuye imyitozo, yitegura amarushanwa ifite mu mwaka utaha w’imikino arimo irya CAF […]