Abanduye Covid-19 mu Rwanda biyongereyeho 24

Minisiteri yâUbuzima mu Rwanda kuri uyu wa 24 Ugushyingo 2020 yatangaje ko abandi bantu 24 banduye icyorezo cya Covid-19, mu bipimo 2317 byafashwe. Abanduye barimo 1 wabonetse muri Kigali, 10 babonetse mu bapimwe muri gereza ya Muhanga, 4 babonetse muri Rubavu, 2 babonetse i Nyanza, 2 muri Rusizi, 2 muri Bugesera n’undi muri Musanze.
Abunzi bemerewe gukomeza imirimo yabo
Nyuma yâamenzi arenga atatu bashoje manda yabo, itangazo rya Minisiteri yâUbutabera yemereye abunzi gusubukura imirimo yabo,mu gihe hategerejwe amatora azashyiraho izindi nteko.Ibi byose bishingiye ku itegeko no.020/2020 ryo ku wa 19/11/2020 rihindura itegeko no.37/2016 ryo ku wa 08/09/2016 rigena imitunganyirize, ifasi, ububasha nâimikorere bya komite zâabunzi. Nyuma yo gusoza manda yabo yâimyaka 5 ku wa […]
Kuburirwa irengero no gushimutwa mu Rwanda : Umuyobozi wa RIB yabisobanuye-Video
Buyoya uheruka gukatirwa gufungwa burundu yeguye ku nshingano ze muri AU
Pierre Buyoya wabaye Perezida w’u Burundi, yeguye ku nshingano ze zo kuba intumwa yihariye y’Umuryango wa Afurika yunze ubumwe muri Mali no mu gace ka Sahel, nyuma y’igihe gito akatiwe gufungwa burundu n’ubutabera bw’u Burundi. Radiyo Mpuzamahanga y’Abafaransa (RFI) ivuga ko Buyoya yashyikirije AU ubwegure bwe mu minsi ibarirwa mu icumi ishize. Amakuru avuga ko […]
Col Tom Byabagamba yahamijwe icyaha cy’ubujura bwa Terefoni
Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro kuri uyu wa Kabiri, rwakatiye Col Tom Byabagamba wahoze akuriye abasirikare barinda Umukuru w’Igihugu gufungwa imyaka itatu, nyuma yo kumuhamya icyaha cy’ubujura. Mu iburanisha ryari ryabaye ku wa 13 Ugushyingo, ubushinjacyaha bwari bwamusabiye gufungwa imyaka itatu nâihazabu ya miliyoni 2 Frw ku cyaha cyâubujura bwa terefoni yakekwagaho. Uregwa yari yireguye avuga […]
Tanzania: Umupolisi bamwibye ingofero n’inkweto by’akazi
Umupolisi Josephine John yibwe ingofero n’inkweto by’akazi ubwo yagabwaho igitero n’abitwaje icyuma. Aya mabandi kandi nk’uko Millardayo ibitangaza, bibye telefoni na y’uyu mupolisi bifite agaciro ka Sh.760,500. Ibi ngo byabaye ubwo uyu mupolisi yatahaga avuye ku kazi. Kuri ubu abitwa Benny Morice (21), Baraka John (18) bari gushakishwa bakekwaho iki cyaha.
La ville de Kigali saisit plus de 50 projets de construction bloqués
La ville de Kigali a repris 58 propriĂ©tĂ©s privĂ©es, y compris des parcelles de terrain et des projets de construction inachevĂ©s, invoquant des retards dans leur dĂ©veloppement. Les projets de construction inachevĂ©s repris, ont dĂ©clarĂ© les autoritĂ©s, n’ont pas progressĂ© dans l’exĂ©cution des plans de dĂ©veloppement attendus d’eux par la ville. Cette dĂ©cision est conforme […]
Burundi: Abahoze begereye Gen. Gaciyubwenge mu mboni zâigipolisi
Bamwe mu bahoze ari abasirikare bakuru mu gisirikare cyâu Burundi bahoze begereye uwahoze ari minisitiri wâIngabo, Gen. Pontien Gaciyubwenge, bakekwaho kuba bakomeje gukorana nawe mu buryo bumwe cyangwa ubundi, kuri uyu wa Mbere basatswe bikomeye mu ngo zabo bakekwaho gutunga imbunda mugenzi wabo yaba yarabasigiye mbere yo guhunga nyuma yo kugerageza guhirika ubutegetsi bwa Perezida […]
Icyo Urukiko rwâIkirenga ruvuga ku baturage bashinja inzego za leta kubarenganya
Perezida wâUrukiko rwâIkirenga, Dr. Ntezilyayo Faustin, kuri uyu wa 23 Ugushyingo 2020 yavuze ku baturage bumvikana bashinja inzego za leta akarengane mu gihe zibimuye mu byabo, ku nyungu rusange. Ni nyuma yâigihe kitari gito gishize, nka bamwe mu bari batuye mu gace ka Bannyahe kagizwe nâimidugudu ya Kangondo I na Kangondo II mu Kagari ka […]
Umukecuru yaraze Perezida Kagame

Umukecuru Nyirangoragoza Marianne witabye Imana, yasize ageneye Perezida Paul Kagame irage rigizwe n’ubutaka n’inzu biherereye mu Murenge wa Bushekeri mu Karere ka Nyamasheke mu Ntara y’Iburengerazuba. Intwaza Nyirangoragoza witabye Imana mu kwezi kwa Gicurasi 2020, yasize ageneye iri rage Perezida Kagame imbere y’umunyamategeko, ribikwa na AVEGA-AGAHOZO, umuryango urengera incike n’abapfakajwe na Jenoside yakorewe Abatutsi mu […]
Amagare: Team Rwanda mu kato
Ikipe y’u Rwanda mu magare yashyizwe mu kato nyuma yo gukubuka muri Cameroon, aho yitwaye neza. Aba, kimwe n’abandi bavuye hanze y’igihugu nk’uko amabwiriza y’inzego z’ubuzima avuga, bagomba gushyirwa mu kato, bagapimwa hagategerezwa uko biahagaze ku bjyanye na COVID-19. Cameroon aho aba basore bakubutse, abantu basaga ibihumbi 28 banduye Coronavirus, ibihumbi 22 barayikize mu gihe […]
U Rwanda rushobora kwitabaza imbwa i Kanombe
U Rwanda rushobora kwifashisha imbwa mu kwihumuriza impumuro ya COVID-19 ku kibuga cy’indege cya Kigali i Kanombe. Ni uburyo burimo gutoza izi mbwa aho Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) gifatanyije na polisi (Canine) bari kureba ko zazajya zifasha kumenya abantu banduye Coronavirus. Ibi ngo bije gufasha kwihutisha ipimwa ry’abantu banyura i Kanombe nk’uko Taarifa dukesha iyi […]
Taylor Swift yaciye agahigo ko gutwara ibihembo byinshi mu mateka ya AMA

Ibihembo bya American Music Awards, byabaye mu ijoro ryo ku cyumweru mu birori byabereye muri Microsoft Theater i Los Angeles, byari ibirori bidasanzwe ku bahanzi The Weeknd na Taylor Swift, batwaye ibihembo bitatu buri umwe. Taylor Swift utaritabiriye iki gikorwa, yahise aba umuhanzi wa mbere umaze guhabwa ibihembo byinshi mu mateka ya American Music Award […]
Umunya-Nigeria waherukaga gusinyira Etincelles ikamwirukana, ari mu marira

Ikipe ya Etincelles FC yamaze kwirukana Umunya-Nigeria Owoeri Julius Tarigbolo waherukaga kuyisinyira amasezerano yo kuyikinira, biteza ubwumvikane buke hagati y’iriya kipe na Gakumba Patrick âSuper Managerâ wari wamuzanye. Tarigbolo yaherukaga gusinyira Etincelles amasezerano y’imyaka ibiri. Etincelles ivuga ko Gakumba yababeshye akabaha umukinnyi udashoboye kandi hakoreshejwe uburiganya bwâinyandiko mpimbano, we akavuga ko bamusinyishije baramukoresheje igerageza. Ndagijimana […]
Paris: Urubanza rwa Nicolas Sarkozy rwasubitswe nyuma yâamasaha 2 rutangiye
Urubanza rwâuwahoze ari perezida wâu Bufaransa, Nicolas Sarkozy, ukurikiranweho ibyaha bya ruswa no gukoresha ububasha bwe nabi rwasubitswe kuri uyu wa Mbere nyuma yâamasaha abiri rutangiye kugirango habanze hatangwe raporo yo kwa muganga kuri umwe mu baburana. Sarkozy ashinjwa kuba yaragerageje gukura mu buryo bunyuranyije nâamategeko amakuru ku mucamanza wamukoragaho iperereza mu 2014. Uru nirwo […]
Kigali: Umuhungu akekwaho gusambanya nyina wâimyaka 65
Umuhungu wâimyaka 41 yâamavuko witwa Bakundukize Fils, utuye mu Kagari ka Nyaburiba, Umurenge wa Jali mu Karere ka Gasabo k’Umujyi wa Kigali, avugwaho gufatirwa mu cyuho ubwo ngo yaba yari amaze gusambanya nyina wâimyaka 65 yâamavuko. Amakuru agera kuri Bwiza.com avuga ko umuyobozi ushinzwe umutekano mu mudugudu wa Kirehe uyu muryango utuyemo, ari we watanze […]
Menya ubwambuzi bushukana ndengakamere 5 bwa mbere bwo mu kinyajana cya 21
Ubwambuzi bushukana buzwi nka “Ponzi Scheme”, bwitiriwe umutekamutwe w’icyamamare, Charles Ponzi kuva mu myaka ya za 1920, kandi bwakoreshejwe mu buriganya bwâimari ku Isi. Ubu buryo bukora binyuze mu gusezeranya inyungu nyinshi abashoramari no gukoresha abandi bashoramari bashya mu kwishyura abashoramari ba mbere. Iyi niyo mpamvu ubu butekamutwe na none buzwi nka ” Pyramide scheme,” […]
Hatahuwe uko umugambi wo kwica Bobi Wine no gutwika Kampala uteye
Inzego zishinzwe umutekano muri Uganda zatahuye umugambi wo kwica Depite Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi nka Bobi Wine kuri ubu uri muri 11 bahatanira kuyobora Uganda ndetse no gutwika Umurwa Mukuru Kampala bikozwe n’itsinda ryiyise Magic 17 naryo ryinjiriwe ritabizi. Aya makuru, inzego z’umutekano zayamenye mu masaha y’ijoro ku Cyumweru tariki 22 Ugushyingo ubwo zakoraga umukwabu […]
Museveni yavuze ko atagundiriye ubutegetsi, ko ahubwo ari mu butumwa nk’ubwa Yezu
Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yatangaje ko atarwanira umwanya wo kwizirika ku kuyobora Uganda nk’uko abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwe babimushinja, ko ahubwo ibyo arimo ari ubutumwa. Museveni amaze imyaka 36 ari Perezida wa Uganda, ndetse ari mu bakandida 11 bahatanira kuyobora kiriya gihugu mu myaka itanu iri imbere. Arahabwa amahirwe yo gutorerwa kuyobora Uganda muri […]
Arusha: Kikwete calls young leaders to shape regional integration
While opening of the east africa youth leadership summit in Arusha, the former president of Tanzania Dr. Jakaya Mrisho Kikwete calls East African young leaders and youth to effectively achieve EAC integration, by overcoming national beliefs. This summit Summit brings together about 10,000 participants, with others via online participation, will take a whole week, from […]
Tigray ivuga ko igiye kurasa mu murwa mukuru wa Eritrea

Leta ya Tigray itangaza ko igiye gutegura ibitero by’indege birasa mu Murwa Mukuru wa Eritrea, Asmara mu rwego rwo kwikiza ibitero by’indege zitagira abapilote (drones) za Ethiopia ziri kwisuganyiriza muri iki gihugu. Mu gihe intambara ikomeje guca ibintu, ari nako abaturage bata utwabo bagahungira muri Sudani, Tigray itangaza ko yamenye ko hari drones Umuryango w’Ibihugu […]
Umujyi wa Kigali wigaruriye ibibanza nâimishinga bisaga 50 by’abikorera
Umujyi wa Kigali wongeye kwigarurira imitungo igera kuri 58 yâabikorera, harimo ibibanza nâimishinga yâubwubatsi itararangira, bitewe no kuyikerereza. Abayobozi bavuga ko imishinga y’ubwubatsi itararangiye, itigeze itera imbere mu bijyanye no gushyira mu bikorwa gahunda z’iterambere ziteganijwe n’umujyi. Iki cyemezo kijyanye nâitegeko rya 2013 rigenga imikoreshereze yâubutaka mu Rwanda. Mu ngingo ya 58, itegeko riteganya kwamburwa […]
Akarere ka Karongi gatanga amasoko gashingiye ku masezerano matirano
Mu bibazo byabajijwe akarere ka Karongi ubwo kitabaga PAC, higanjemo ibirebana nâitangwa ryâamasoko : ayatanzwe bitanyuze muri âsystemâ, ayatanzwe ku mafaranga ari hejuru yâingengo yâimari yateganyijwe, ayatanzwe akanama kâamasoko katabigizemo uruhare, ndetse no gukoresha amasezerano batiye utundi Turere. Muri raporo yâUmugenzuzi mukuru wâimari ya Leta ya 2019, akarere ka Karongi kabonye âqualified opinionâ (byakwihanganirwa) mu […]
Umukuru wo mu nyeshyamba zivugwaho gukorana na FDLR yakatiwe
Uwahoze ari umukuru w’inyeshyamba muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo, Nduma DĂ©fense du Congo (NDC), Ntabo Ntaberi yakatiwe gufungwa burundu kubera ibyaha byibasira inyokomuntu, birimo no gufata abagore ku ngufu mu kivunge. Ntaberi uzwi nanone nka Sheka yari mu nyeshyamba za NDC zakunze kugarukwaho n’ibitangazamakuru n’amakuru y’iperereza ko zikorana n’umutwe urwanya u Rwanda, FDLR. Ni […]
Goma: Nyuma ya Simba Ngezayo, umunyemari Nestor Mahano nawe yishwe arashwe
Nyuma yâumuherwe, Simba Ngezayo, uherutse kwicirwa mu mujyi wa Goma arashwe nâabantu bitwaje imbunda, mu ijoro ryo kuri uyu wa Mbere, itariki 23 Ugushyingo, undi munyemari wakoraga mu bijyanye no kuvunja amafaranga yâamahanga witwa Nestor Mahano nawe yiciwe mu gace ka Katindo, muri uyu mujyi arashwe nâabantu batamenyekanye. Umuyobozi wa Katindo yabwiye urubuga 7SUR7.CD ko […]
Maj. Sgt. Robert uri gushakishwa yaba yatorokeye mu gihugu cy’abaturanyi
Nyuma y’amasaha make igisirikare cy’u Rwanda (RDF) gitangaje ko kiri gushakisha Maj. Sergeant Robert Kabera (Sgt. Robert) ukekwaho gusambanya umwana wo mu muryango, hari amakuru yavuze ko yaba yatorokeye muri Uganda. RDF yatangaje ko uyu musirikare akekwaho kuba yarakoreye iki cyaha mu Murenge wa Ndera w’Akarere ka Gasabo, tariki ya 21 Ugushyingo 2020, hanyuma agahita […]
Ubwinshi bw’ibyaha mu Rwanda mu biri gutera ubucucike mu magereza
Umushinjacyaha Mukuru, Aimable Havugiyaremye, yasobanuye ko ubucucike bukabije bukomeje kurangwa muri gereza zo mu Rwanda no mu masitasiyo ya Polisi buterwa n’ubwiyongere bw’ibyaha. Yabigarutseho kuri uyu wa Mbere, mu kiganiro cyahuje Itangazanakuru n’inzego zitandukanye cyahuriranye nâitangizwa ryâIcyumweru cyâUbucamanza. Ikibazo cy’ubucucike bukomeje kurangwa mu magereza kiri mu byabajijwe, nyuma y’uko iki kibazo gihagurukije Sena y’u Rwanda […]
Nyamasheke: Imihanda mibi ikomeje kubera ishoramari imbogamizi

Ubuyobozi bwâAkarere ka Nyamasheke buvuga ko n’ubwo bufite amahirwe menshi yâiterambere ashobora guturuka ku ishoramari rishingiye ku bukerarugendo, atabyazwa umusaruro yakagombye kubyazwa kubera ikibazo cyâimihanda myinshi idatunganije neza, itorohereza ba mukerarugendo kugera hose bifuza muri aka karere, bugasaba Leta nâabafatanyabikorwa bako cyane cyane RDB gufasha mu ikemurwa ryâiki kibazo. Nkâuko bivugwa nâumuyobozi wâakarere ka Nyamasheke, […]