VIDEO: Ubwoba bw’urukingo rwa COVID19 muri rubanda, Abashomeri mu banduye cyane-HIRYANOHINO
Zinedine Zidane yandagaje abanyamakuru bamubajije niba azava muri Real Madrid
Umufaransa Zinedine Zidane utoza Real Madrid yo muri Espagne, yatuye umujinya abanyamakuru bamubajije niba azava muri iriya kipe, abasaba kubaha akazi ke. Hari mu kuganiro uyu mutoza yahaye itangazamakuru, kibanziriza umukino wa shampiyona ya Espagne Madrid izakina na Huesca ejo ku wa Gatandatu. Real Madrid izakina na Huesca mu gihe imaze iminsi yitwara nabi. Iyi […]
Umuyobozi wa Gereza ya Mageragere afungiwe i Remera
Umuyobozi wa Gereza ya Nyarugenge iri i Mageragere mu Karere ka Nyarugenge, CSP Kayumba Innocent, hamwe n’abandi bantu babiri, bari mu maboko y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) aho bakurikiranyweho icyaha cy’ubuhemu. Amakuru avuga ko CSP Kayumba afunganywe na SP Ntakirutimana Eric na Mutamaniwa Ephrem. Umuvugizi w’Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, Murangira B. Thierry, yemereye yabwiye IGIHE.COM ko aba […]
Nyamasheke: Ababyeyi bakoraga ibilometero 15 bajya kubyara, bubakiwe ‘maternitĂ©’ ya miliyoni 81

Nyuma y’imyaka 5 abaturage b’akagari ka Banda, Umurenge wa Rangiro mu Karere ka Nyamasheke batakambiye uwari Guverineri w’Intara y’Uburengerazuba bamusaba ko ivuriro ry’ibanze (Poste de SantĂ©) bahawe ryakongererwa ubushobozi ku buryo ababyeyi bagashobora kuhabyarira bakareka guhora bakora urugendo rw’ibilometero birenga 15 bajya ku kigo nderabuzima cya Rangiro kiri hafi, kuri uyu wa 4 Gashyantare bashyikirijwe […]
Lancement d’un essai clinique sur le mĂ©lange de vaccins Covid-19
La première Ă©tude mondiale sur le vaccin Ă dose alternative Covid-19 lancĂ©e le jeudi 4 fĂ©vrier 2021 au Royaume-Uni examinera si diffĂ©rents vaccins peuvent ĂŞtre utilisĂ©s en toute sĂ©curitĂ© pour les rĂ©gimes Ă 2 doses Ă l’avenir. Selon un communiquĂ© de presse du gouvernement britannique, les participants Ă l’essai clinique recevront diffĂ©rents vaccins pour leurs […]
RDC: Perezida wa Sena, Alexis Thambwe Mwamba, yeguye
Mbere gato y’uko inteko rusange muri Sena ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo itangira guterana kuri uyu wa Gatanu, itariki 5 Gashyantare 2021, kugira ngo isuzume ibirego biregwa buri muntu ku giti cye muri batandatu bagize ibiro bya Sena, Perezida wayo, Alexis Thambwe Mwamba, yahise atanga ubwegure bwe. Ni nyuma y’aho abasenateri begereye Perezida Felix […]
Rayon Sports isenyutse mwafana njye cyangwa Gasogi?- Shaddy Boo
Icyamamare ku mbuga nkoranyambaga, Mbabazi Shadia uzwi nka Shaddy Boo kuri ubu aribaza uwasigara afite abafana benshi mu Rwanda hagati ye na Gasogi mu gihe ikipe ya Rayon Sports yaba isenyutse. Kuri Twitter (https://twitter.com/shaddyboo__92), Shaddy Boo yavuze ibi ku bw’amakur ko Rayon Sports bizwi ko ifite abafana benshi mu gihugu, yamaze kwirukanwa mu nzu yakoreragamo. […]
Ibihugu bya mbere bivugwaho kugira ingabo zifite ubutwari budasanzwe

Kuri iyi Isi hari ibihugu bifatwa nk’ibifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi ku Isi, ahanini ugasanga bishingira ku bukungu bwabyo n’ubushobozi bwo kubona ibikoresho bya gisirikare bikeneye, ariko kuri iyi nshuro turagaruka ku bihugu bifite igisirikare kibarizwamo abasirikare b’intwari kurusha ibindi nk’uko tubikesha urutonde rwa Toptens.com nubwo ibikubiye kuri uru tonde atari ihame kuko nawe ushobora […]
Pasiteri yasambanyije abana bo mu kigo cy’imfubyi yashinze, mama pasiteri abashyiramo udupira ngo batabyara
Umugabo w’umunyamerika yakatiwe gufungwa imyaka irenga 15 kubera ihohotera rishingiye ku gitsinda ku bakobwa batarageza imyaka y’ubukure mu kigo cy’impfubyi muri Kenya. Gregory Dow umuvugabutumwa w’umukiristu mu 2008 we n’umugore we nibwo bashinze icyo kigo cy’impfubyi. Umukozi wa FBI witwa Michael Driscoll yavuze ko “Gregory Dow yari ikurura cyambaye uruhu rw’intamba”. Umwaka ushize mu rukiko […]
Umuzamu André Onana yahagaritswe umwaka adakina
Umunya-CamĂ©roun, AndrĂ© Onana ukinira Ajax Amsterdam yo mu Buholandi, yahagaritswe gukina umupira w’amaguru na UEFA nyuma yo gusanga yarakoresheje imiti yongerera abakinnyi imbaraga. Ibihano bya Onana biratangira kubahirizwa kuri uyu wa gatanu, bikaba bireba ibikorwa byose bifite aho bihuriye n’umupira w’amaguru. Onana yahagaritswe nyuma yo gupima inkari ze bagasanga yarakoresheje umuti wongera imbaraga wa Furosemide, […]
Tuyisenge Jacques yavuze uko yabuze ibitotsi nyuma yo kuvunwa na Kanté
Kapiteni wa APR FC n’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ ya CHAN, Jacques Tuyisenge, yatangaje ko imvune yagiriye mu mukino Amavubi yatsinzwemo na GuinĂ©e agasezererwa muri CHAN yamubujije gusinzira. Ku Cyumweru gishize ni bwo Amavubi yatsinzwe na GuinĂ©e igitego 1-0 ahita asezererwa muri CHAN 2020. Uyu mukino wa 1/4 cy’irangiza, wabayemo byinshi bitari byitezwe cyane cyane ku ruhande […]
Gisagara: Amwe mu mashuri yishyuje amafaranga y’inyongera, asabwa kuyasubiza
Ubuyobozi bw’Akarere ka Gisagara bwategetse abayobozi b’ibigo by’amashuri bicumbikira abanyeshuri, bishyuje ababyeyi amafaranga y’inyongera hashingiwe ku minsi yongerewe ku gihembwe cya kabiri, ko bayabasubiza cyangwa se bakayabarira mu yo bazishyura mu gihembwe cya gatatu. Ni nyuma y’aho kuri uyu wa 4 Gashyantare 2021, Minisiteri y’Uburezi yandikiye abayobozi b’uturere ibamenyesha ko igiye kunganira ibigo by’amashuri bya […]
Ihere ijisho amafoto atanu ya Museveni yatumye benshi bacika ururondogoro

Ku itariki ya 16 Mutarama uyu mwaka, Komisiyo y’amatora muri Uganda yatangaje Yoweri Tibuhaburwa Kaguta Museveni nka Perezida wa Uganda. Uyu mukambwe uzizihiza isabukuru y’imyaka 77 y’amavuko muri Nzeri uyu mwaka, ni manda ya gatandatu yikurikiranya yari atowemo kuyobora Uganda. Manda ye nshya azatangira muri Gicurasi uyu mwaka, izarangira yizuza imyaka 40 ayobora Uganda, nyuma […]
U Rwanda, U Bushinwa, u Burusiya muri raporo ibishinja gutoteza abanyagihugu bari hanze
Raporo nshya itangaje yashyizwe ahagaragara kuri uyu wa 04 Gashyantare, yashyize u Rwanda mu kebo k’ibihugu by’ibihangange nka Arabia Saoudite, u Bushinwa n’u Burusiya ibishinja kuvangira ibihugu biteye imbere muri demokarasi, harimo na Canada, bijya gutoteza, gutera ubwoba no guhohotera abaturage babyo baba mu mahanga. Ni ibirego u Rwanda rutahwemye guhakana rwemeza ko abakwiza aya […]
Israel: Havumbuwe umuti wiswe EXO-CD24 ushobora kuvura Covid-19
Mu gihugu cya Israel hageragerejwe umuti wa Covid-19 mu igerageza ryagenze neza ku barwayi bagera kuri 30 bari barembye cyane. Uyu muti wiswe EXO-CD24, wabanje kugeragerezwa ku bantu benshi mu cyiciro cya mbere. Ni umuti wakorewe muri laboratwari ya Prof. Nadir Arber, mu Kigo cy’ubuvuzi cya Tel Aviv kitwa Soroka Medical Center, ugenewe kuvura abantu […]
Nyuma yo gutora uba wabaye umucakara ntacyo uba uricyo- Gen. Kulayigye
Umudepite mu nteko uhagarariye Ingabo za Uganda (UPDF), Brig. Gen. Felix Kulayigye avuga ko abatora bahinduka abacakara babo bahisemo ngo babahagararire kandi ko icyitwa ukwishyira ukizana baba bagomba kuba bacyibagiwe kuva ku munsi batoreyeho. Ni mu kiganiro yagiranye na NBS mu gitondo cyo kuwa 4 Gashyantare 2021, aho yagarukaga ku ngingo zinyuranye. Uyu mujenerali w’imyaka […]
Leta yageneye buri munyeshuri wiga acumbikirwa 25,000 rwf yo kumutunga
Guverinoma y’u Rwanda ibinyujije muri Minisiteri y’Uburezi kuri uyu wa 4 Gashyantare 2021 yatangaje ko yafashe ingamba zo kunganira amashuri yisumbuye n’ay’ubumenyi ngiro muri gahunda yo kugaburira abana, bitewe n’uko igihembwe bari kwiga cyabaye kirekire kuruta uko byari bisanzwe. Amashuri agomba kunganirwa ni aya Leta ndetse n’afashwa na Leta ku bw’amasezerano acumbikira abanyeshuri. Iti: “Nk’uko […]
Perezida Tshisekedi ashobora kuba yimukiye i Goma mu gihe cya vuba
Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, ashobora kwimukira mu mujyi wa Goma by’agateganyo mu gihe gito kiri imbere, kugira ngo abe agenzura uko ingabo z’igihugu ziri kurwanya imitwe yitwaje intwaro. Ni mu rwego rwo kubahiriza isezerano uyu Mukuru w’Igihugu yahaye abatuye mu burasirazuba bw’igihugu, ubwo yasuraga umujyi wa Sake wegeranye na Goma […]
Uganda: Urukiko rwasohoye impapuro zo guta muri yombi umupasiteri ushinjwa ubutekamutwe
Umucamanza wo mu rukiko rw’ibanze rwa Buganda mu gihugu cya Uganda, Gladys Kamasanyu yasohoye impapuro zo guta muri yombi Pasiteri Franklin Mondo Mugisha (uri ku ifoto), ushinjwa guteka imitwe ngo abone amafranga no kugambanira guhuguza intama ze. Impapuro zo kumuta muri yombi zasohotse nyuma y’aho Mugisha yangiye kwitaba kenshi ngo abazwe ku byo ashinjwa yifashishije […]
Umunyarwanda wafungiwe muri Uganda avuga ko hari impamvu imwe ituma ufashwe ahita yicwa
Umunyarwandakazi witwa Nzamukosha Diane wamaze imyaka 6 akorerwa iyicarubozo mu gihugu cya Uganda avuga ko hari igihe inzego z’umutekano zifashe Umunyarwanda zigahita zikwica iyo ntawazibonye zikujyana. yu ni umugore w’imyaka 36 y’amavuko. Yagiye gucururiza imyenda mu gihugu Uganda kuva mu 2014. Amaze umwaka 1 nibwo yashimuswe n’inzego z’ubutasi za Uganda zimusanze aho yacururizaga nijoro, zimutwarana […]
Hari ibihugu bya Afurika bitari mu bizabona inkingo
Ibihugu bimwe bya Africa nk’u Burundi, Eritrea, Gabon, Lesotho, Madagascar na Tanzania ntibiri ku rutonde rw’agateganyo rw’ibizahabwa inkingo muri gahunda ya Covax. Ibihugu byinshi bya Africa bizabona inkingo muri gahunda mpuzamahanga ya Covax, itandukanye n’iyi ya AU, gusa hari n’ibiteganya kwivuganira n’inganda zikora inkingo. OMS ivuga ko ibihugu bitari kuri urwo rutonde rwatangajwe kuwa gatatu […]
Mu Kuboza 2019: Byari byitezwe ko umubano w’u Rwanda na Uganda usubira mu buryo bidatinze

Byageze mu Kuboza 2019 hashize hafi umwaka ibibazo biri hagati y’u Rwanda na Uganda bigiye hanze, ubuhahirane hagati y’abatuye ibihugu byombi bwakenderaga ndetse n’imigenderanire itakiriho. Ni nyuma y’aho mu ntangiriro z’2019, Leta y’u Rwanda yabujije abaturage bayo kujya muri Uganda, ishingiye ku makuru y’uko hari Abanyarwanda bakomeje gufungirwayo mu buryo bunyuranyije n’amategeko, bakanahohoterwa mu buryo […]