Haramenyekana niba Rusesabagina akomeza kuburanira mu Rwanda
Urubanza âmu miziâ rwa Paul Rusesabagina nâabandi 20 bareganwa ibyaha byâiterabwoba byitezwe ko rurakomeza guhera saa mbiri nâigice zâigitondo cyâuyu wa 26 Gashyantare 2021. Nkâuko byagenze tariki ya 17 Gashyantare 2021, ruraburanishwa nâUrukiko Rukuru, urugereko rwihariye ruburanisha ibyaha mpuzamahanga nâibyambukiranya imipaka, gusa rubere mu cyumba cyâUrukiko rwâIkirenga. Ubwo urubanza rwatangiraga kuburanishwa mu mizi tariki ya […]
Rubavu: Abaturage bavuga ko umwanda kuri G.S Nyamirango uteye ubwoba (amafoto)

Abaturage bo mu Mudugudu wa Gasizi, mu Kagari ka Nyamirango, Umurenge wa Kanzenze, Akarere ka Rubavu biganjemo abarerera ku Rwunge rw’Amashuri rwa Nyamirango bavuga ko hari umwanda uteye ubwoba ku buryo bafite impungenge ko abana bahiga bashobora kurwara indwara ziterwa n’umwanda. Bamwe mu baturage babwiye imboni ya BWIZA iri muri kariya gace ko uyu mwanda […]
Biravugwa: Urujijo rukomeye kwiyicwa kwa Amabasaderi w’Abataliani-Tshisekedi mu bibazo-ISANZURE
RDC: Ambasaderi wa EU yamaganye abavuga ko uwâu Butaliyani yishwe agiye mu birombe

Ambasaderi wâUmuryango wâUbumwe bwâu Burayi (EU) muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), Jean-Marc ChĂąntaigner yamaganye abatangaje ko uwâu Butaliyani aherutse kwicwa yari agiye mu birombe byâamabuye yâagaciro mu Ntara ya Kivu yâAmajyaruguru. Ambasaderi wâu Butaliyani, Luca Attanasio yicanywe nâumurinzi we, Vittorio Lacovacci nâumushoferi wâishami ryâUmuryango wâAbibumbye rishinzwe ibiribwa (PAM), Mustapha Milambo tariki ya 22 […]
Iyamuremye uvuga ko ‘nyina ari Umututsi’ bityo ko atishe Abatutsi’ yasabiwe igifungo
Ubushinjacyaha bwahawe ijambo mu iburanisha ryo kuwa kane mbere y’uko urubanza rwa Jean Claude Iyamuremye uregwa jenoside rusozwa, bwanenze uko yaburanye bumusabira gufungwa burundu. BBC dukesha iyi nkuru ivuga ko Umushinjacyaha Faustin Nkusi yavuze ko Iyamuremye mu kwiregura kwe yavuze ko atari kwica Abatutsi muri jenoside kandi ngo umubyeyi we umwe (nyina) ari Umututsi. Mu […]
Bobi Wine yasabwe gusobanura aho yakuye imodoka yâumutamenwa afite muri iki gihe
Ubugenzuzi Bukuru wa Guverinoma ya Uganda bwahaye Bobi Wine igihe cyo kugeza ku itariki ya 31 Gashyantare yamaze gusobanura aho yakuye imodoka yâumutamenwa (itamenwa n’amasasu) aherutse kugaragaza abazwa niba ari impano yahawe cyangwa ari umwe mu mitungo ye. Avugana nâabanyamakuru kuri uyu wa Gatatu nyuma ya saa sita, madamu Annet Twine, umuyobozi mu Bugenzuzi bwa […]
Rubavu: Icumbi ryâabanyeshuri ryibasiwe n’inkongi y’umuriro
Icumbi ryo hanze yâikigo ryari ricumbitsemo abanyeshuri ba Gisenyi Adventist Secondary School (GASS) mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane ryibasiwe nâinkongi yâumuriro kubwâamahirwe itagize uwo ihitana. Iyi nkongi hakekwa ko yatewe nâamashanyarazi yadutse mu masaha ya saa munani nâigice yâijoro abanyeshuri babasha gusohora ibyo kuryamaho nâibindi bikoresho byabo. Uwimana Vedaste , Umunyamabanga Nshingwabikorwa wâUmurenge […]
Perezida Kenyatta yagaragaye atembera wenyine, nta murinzi

Perezida wa Kenya, Uhuru Kenyatta yagaragaye mu murwa wa Nairobi, atembera wenyine, nta murinzi, bitandukanye nâibisanzwe ku muntu wâumunyacyubahiro, byâumwihariko Umukuru wâIgihugu. Umuhanzi akaba nâumukinnyi wa filimi, Pascal Tokodi wabonye Perezida Uhuru watemberaga afite inkoni mu kuboko kwâibumoso, yabashije kumufata videwo, ayisakaza ku mbuga nkoranyambaga ze. Tokodi wari mu modoka, yatunguwe no kubona uyu Mukuru […]
U Rwanda rwoherereje u Burundi izindi mpunzi 1208
Minisiteri yâUmutekano wâImbere mu Burundi nâiterambere ryâabaturage yatangaje ko u Rwanda rwoherereje iki gihugu izindi mpunzi zacyo 1208 kuri uyu wa 23 Gashyantare 2021 binyuze mu ishami ryâUmuryango wâAbibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Nkâuko ikomeza ibivuga, izi mpunzi zakiriwe ku mupaka wa Gasenyi-Nemba uhuza Intara yâIburasirazuba ku ruhande rwâu Rwanda nâiya Kirundo ku ruhande rwâu […]
Centrafrique: Hasabwe abandi basirikikare 2,750 bo kunganira abari muri Minusca
Loni yifuje ko muri Repubulika ya Centrafrique hakoherezwa abandi basirikare 2,750 n’abapolisi 940, mu rwego rwo gutera ingabo mu bitugu abahasanzwe bari mu butumwa bwayo bwo kugarura amahoro (Minusca). Ni ibikubiye muri Raporo y’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye yagejejwe ku kanama k’umutekano k’uriya muryango. Umuyobozi ushinzwe ibikorwa byo kubungabunga amahoro mu biro by’Umunyamabanga Mukuru wa Loni, […]
Abategetsi ba Uganda ntibatewe ubwoba nâibihano Amerika yafatira igihugu
Ibihano Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziteganya gufatira Uganda kubera uburiganya zivuga ko bwabaye mu matora aheruka muri Uganda ngo byaba bibabaje ariko ntibihangayikishije abategetsi bâiki gihugu nkâuko Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga, Sam Kutesa, yabitangarije RFI. âByaba bibabaje baramutse badufatiye ibihano, ariko mbere na mbere ndatekereza ko amatora yacu yabaye mu bwisanzure kandi mu mucyo, n’amahoro,â […]
Abanyamahanga ntibakwiriye kugura ubutaka mu Rwanda- Dr Frank Habineza
Umuyobozi w’Ishyaka Riharanira Demukarasi no Kurerengera Ibidukikije mu Rwanda (Democratic Green Party of Rwanda), Dr Frank Habineza yanenze ishingiro ryâumushinga wâItegeko rigenga ubutaka mu Rwanda rizatuma Abashoramari bâabanyamahanga bemererwa kubona inkondabutaka (ni ukuvuga ibyangobwa bya burundu byâubutaka), kuko bizatuma abenegihugu babura aho batura. Guverinoma yâu Rwanda igiye kuvugurura itegeko rigenga ubutaka aho imyaka yâubukode burambye […]
Rwamagana: Abakorera mu gakiriro barasaba gukorerwa umuhanda bamaze igihe bemerewe

Abakorera mu Gakiriro ka Rwamagana gaherereye mu murenge wa Kigabiro baratakamba basaba ubuyobozi kubakorera umuhanda wa kaburimbo bamaze igihe bemerewe. Abakorera imyuga y’ububaji ndetse n’abacuruza imbaho mu Gakiriro bavuga ko umuhanda wa Kaburimbo wakozwe hafi y’agakiriro kuba utinjira mu Gakiriro ahubwo ukaba unyura hafi yako ntukinjiremo, ari igihombo kubahakorera kandi bari bawitezeho gukuraho igihombo baterwa […]
U Butaliyani bukomeje kotsa Loni igitutu kubera iyicwa rya Ambasaderi Luca Attanasio
Mu gihe iperereza ryâabayobozi ba Repubulika haranira Demokarasi ya Congo ku iyicwa rya Ambasaderi Luca Attanasio rikomeje, Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga wâu Butaliyani, Rudi Di Maio, arasaba Umuryango wâAbibumbye gufungura iperereza ryawo. Kuri minisitiri wâububanyi nâamahanga wâu Butaliyani, ngo nubwo ambasaderi wabo yabashaga gufata icyemezo ku ngendo ze mu gihugu, urugendo yiciwemo mu burasirazuba bwa Congo […]
Bujumbura: Umupolisi yishe arashe umushoferi amushinja guteza umubyigano
Umupolisi wo mu Burundi mu ijoro ryo kuwa kabiri ushize ahagana saa moya zâijoro yarashe umushoferi nyuma yo gutonganaho gato umupolisi ashinja uyu mushoferi wa Taxi voiture gufunga inzira yâizindi modoka nyinshi ku muhanda uri mu Mujyi wa Bujumbura rwagati. Nkâuko ababibonye babitangaje, uwarashwe yahise apfa. Umwe muri aba ati â Yarashwe mu gatuza. Ntiyari […]
Nyaruguru: Batewe impungenge nâabari mu kato ka COVID-19 bakomeje gutembera nta nkomyi
Abaturage batuye mu nkengero zâagasantere ka Rugalika gakora ku mirenge ya Rusengena, Kibeho ndetse nâaka Rasaniro mu murenge wa Rusenge, mu karere ka Nyaruguru, bavuga ko batewe impungenge zikomeye nâabantu bizwiko bari mu kato ka COVID-19 ariko bakaba bakomeje gutembera mu baturage ntankomyi, bakajya mu mirimo yabo ya buri munsi ndetse no mu tubari twâibigage […]
Uganda: Umwana yiciwe mu kurasana hagati yâabashinzwe umutekano na se watorotse igisirikare

Igikorwa gihuriweho nâigipolisi nâigisirikare bya Uganda cyari kigamije gufata umusirikare wagitorotse mu Karere ka Kapchorwa kuri uyu wa Gatatu, cyarangiye umwana wâumuhungu wâimyaka 16 akiciwemo mu gihe se, watorotse igisirikare, yatawe muri yombi. Abayobozi baravuga ko uyu mwana wâumuhungu witwa Timothy yarashwe akaza gupfa ubwo se witwa Kapchekweko, wari ufite imbunda, yarasanaga nâabari bagiye kumufata. […]
Imitwe 122 yâinyeshyamba yabaruwe mu burasirazuba bwa Congo â Raporo
Imitwe yâinyeshyamba igera ku 122 kuri ubu niyo ibarurwa mu burasirazuba bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo byâumwihariko mu ntara za Kivu zombi, muri Ituri na Tanganyika. Ibi ni ibyahishuwe muri raporo yâikigo cyâibipimo byâumutekano muri Kivu, BaromĂštre SĂ©curitaire du Kivu (KST), yashyizwe ahagaragara kuwa 22 Gashyantare 2021. Iyi raporo ivuga ko imitwe 11 yitwaje […]
Ingabire M. ImmaculĂ©e yasabye Padiri Nahimana wamwise ‘inshinzi y’ibwami’ gutahuka
Umuyobozi w’Umuryango Mpuzamahanga Urwanya Ruswa n’akarengane mu Rwanda, Madamu Ingabire Marie ImmaculĂ©e, aribaza impamvu padiri Nahimana Thomas adatahuka mu Rwanda mu gihe avuga ko Perezida Kagame wamutangiraga atakiriho. Madamu Ingabire yabigarutseho mu kiganiro aheruka kugirana na Televiziyo ya BWIZA. Ni nyuma y’uko muri Kamena umwaka ushize Padiri Nahimana Thomas uba mu buhungiro mu gihugu cy’Ubufaransa, […]
Kamonyi: Umugore yumvise umugabo we n’undi mugore ‘bamutukira’ kuri telefone ahita atwika inzu n’ibirimo biba umuyonga

Umugore witwa Agnes utuye Mudugudu wa Murambi, Akagari ka Bibungo mu Murenge wa Nyamiyaga mu Karere ka Kamonyi, yumvise umugabo we, Damien ari kuvugana nâundi mugore kuri telefone ndetse bivugwa ko banamutukaga, ahita agira umujinya watumye atwika inzu babamo, irashya irakongoka n’ibiyirimo byose. Ibi Bybaye mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu tariki 24 Gashyantare […]
Amafoto: Inyoni idasanzwe y’ingabo ikaba n’ingore yabonetse muri Amerika

Inyoni ifite imiterere y’igitsina ya kigabo igice kimwe, ikindi kiba ikigabo yabonetse muri Leta ya Pennsylvania muri Amerika. Ubusanzwe inyoni zo mu bwoko bwa Cardinals z’ingabo ziba zitukura mu gihe ingore ziba zijya gusa n’igitaka. Iyi nyoni yabonetse yo ivanzemo umutuku n’umweru n’ibara ry’igitaka, ibintu abahanga mu by’inyoni bituma bavuga ko iyi ari inyabibiri. Impuguke […]
RDC: Umuyobozi watangaje ko FDLR yishe Ambasaderi wâu Butaliyani, yirukanwe
Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) yirukanye umuyobozi wâibiro bya Minisitiri wâIntebe wungirije/Minisitiri ushinzwe umutekano wâimbere mu gihugu, Bulakali Mululunganya Aristide azira gusinya no gusohora itangazo rishinja umutwe witwaje intwaro wa FDLR kwica Ambasaderi wâu Butaliyani nâabandi babiri. Bigaragara mu itangazo rya Minisitiri wungirije ushinzwe umutekano wâimbere, Innocent Bokele Walaka, yasinye ku wa […]
Umujyi wari ibirindiro bya BozizĂ© wafashwe n’ingabo zirimo iz’ u Rwanda
Minisitiri w’Intebe wa Centrafrique, Firmin Ngrebada yavuze ko ingabo z’iki gihugu zibifashijwemo n’iz’ u Rwanda n’ Uburusiya zafashe umujyi wa Bossangoa mu burengerezuba, ahari ibirindiro by’uwahoze ari perezida François BozizĂ©. BozizĂ© ashinjwa kuyobora inyeshyamba zatangiye kurwanya leta mu mezi macye ashize zigafata aharuta kimwe cya kabiri cy’igihugu. Ngrebada yanditse kuri Facebook ati: “Ndashima cyane ko […]
UEFA CL: Byasabye iminota 86 ngo Real Madrid itsinde Atalanta y’abakinnyi 10
Ikipe ya Real Madrid yaraye itegereje iminota 86 yose, kugira ngo ibashe gukura intsinzi y’igitego 1-0 kuri Atalanta bari bahuriye muri UEFA Champions league. Wari umukino ubanza wa 1/8 cy’irangiza Madrid yari yasuyemo Atalanta mu Butaliyani. Igitego cyo ku munota wa 86 w’umukino cya myugariro w’Umufaransa, Ferland Mendy ni cyo cyafashije iyi kipe y’umutoza Zinedine […]