Perezida Kagame yakiriye icyamamare J. Cole mu biro bye
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, kuri uyu wa Mbere yakiriye mu biro bye umuraperi Jermaine Cole wamamaye mu muziki nka J. Cole. Ibiro by’Umukuru byemeje ko Perezida Kagame na J. Cole, gusa ntibyasobanura ibyo bombi baganiriyeho. Umuraperi J. Cole amaze igihe ari hano mu Rwanda, aho yitabiriye irushanwa rya Basketball Africa League yari amaze igihe […]
Bizimana Djihad yatandukanye na Waasland Beveren
Umunyarwanda Bizimana Djihad wakiniraga ikipe ya Waasland Beveren yo mu gihugu cy’Ububiligi, yamaze gutandukana na yo nyuma y’imyaka itatu yari ayimazemo. Uyu mugabo w’imyaka 24 y’amavuko yemeje ko yatandukanye n’iyi kipe mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa Instagram. Yagize ati: “Imyaka itatu ishize yaranzwe n’ibihe bivanze, haba umuntu ku giti cye cyangwa kuri twese. […]
U Buhinde: Abantu 50,000 bishwe na Covid-19 mu byumweru bibiri
Inzego z’ubuzima mu Buhinde kuri uyu wa 23 Gicurasi 2021 zaraye zitangaje ko icyorezo cya Covid-19 kimaze kwica abantu 50,000 mu byumweru bibiri gusa. Ni umubare wazamuwe n’abishwe n’iki cyorezo 4452 kuri uyu munsi, ukaba ari uwa kabiri munini cyishe muri iki gihugu, ku munsi umwe. Abantu benshi bishwe na Covid-19 mu munsi umwe ni […]
Uganda: Kadaga yatsinzwe amatora ya Perezida w’Inteko Ishinga amategeko yari ayoboye imyaka 10
Jacob Oulanyah ni we watorewe kuba Perezida w’Inteko Ishinga amategeko ya Uganda, atsinze Rebecca Kadaga wari umaze imyaka 10 ari umuyobozi wayo. Ni mu matora yabereye kuri uyu wa Mbere ku kibuga cya Kololo. Oulanyah yatorewe kuba Perezida w’Inteko Ishinga amategeko ya Uganda nyuma yo gushyigikirwa n’abadepite 310 bangana na 59.38% mu gihe Kadaga yagize […]
Kicukiro: Arishyuzwa arenga miliyoni 4 z’imisoro y’ubutaka atazi n’uko miliyoni isa, byamunanira akagurisha

Mu Murenge wa Gatenga, Akagali ka Nyanza, Akarere ka Kicukiro mu Mudugudu wa Sabaganga, haravugwa inkuru y’umusaza Ntahonsigaye Donat uba mu nzu yenda kumugwira yananiwe no kwisanira ariko urimo urishyuzwa akayabo ka miliyoni 4 z’imisoro y’ubutaka. Ubuyobozi bubagira inama yo kugurisha kugirango abone uko yishyura. Iyi ni inkuru ikurikira iyabanje Bwiza TV na Bwiza.com byakoreye […]
Refus de comparaitre du chef des séparatistes, Brahim Ghali, devant la Justice espagnole
Salem Lebsir, le dauphin de Brahim Ghali et numéro 2 du front polisario, a, lors d’une interview exclusive accordée au média espagnole”OKDIARIO”, déclaré que Ghali envisage de quitter l’Espagne dans les prochains jours sans se présenter devant la Cour nationale, où il est accusé, entre autres, de crimes de terrorisme, de génocide, de torture et […]
RIB iraburira abakoresha urubuga nkoranyambaga rwa WhatsApp
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB ruraburira abantu kugira amakenga no kwigengesera mu gukoresha imbuga nkoranyambaga zabo, kuko hari abatekamutwe basigaye bazinjiramo bakazifashisha mu bikorwa by’uburiganya n’ubujura. Umuvugizi wa RIB Dr Murangira Thierry, asobanura ko hari abasigaye bakoresha whatsapp z’abandi, bagamije ubujura kuko mu miterere yayo ushobora kuyimurira mu yindi telefoni. Agira ati “Hari imibare bigusaba whatsapp […]
Ntamuhanga Cassien yaba yongeye gutabwa muri yombi
Umunyamakuru Ntamuhanga Cassien wari ufungiye muri gereza ya Nyanza mbere yo kuza kuyitoroka, biravugwa ko yaba yamaze kongera gutabwa muri yombi. Mu Ugushyingo 2017 ni bwo uyu wahoze ari umunyamakuru yatorotse gereza, yerekeza mu gihugu kitahise kimenyekana cyahise kimuha ubuhungiro. Uyu mugabo wari muri dosiye imwe na Kizito Mihigo, yatorotse gereza mu gihe yari yarahawe […]
Rubavu: Inzu 19 zimaze gusenywa n’umutingito, 41 zazanye imitutu
Umuyobozi w’Akarere ka Rubavu wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage, Ishimwe Pacifique, kugeza mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere habarurwaga inzu 19 zasenyutse na 41 zazanye imitutu. Kugeza saa tanu, BWIZA yari yabagejejeho inkuru ko hamaze gusenyuka inzu eshatu kuva iruka rya Nyiragongo ryatangira. https://bwiza.com/?Umutingito-washenye-inzu-ya-mbere-i-Rubavu Icyakora ubu ibyangirike byakomeje kwiyongera kuko hari n’ishuri ribanza ry’ahitwa […]
Ntacyo nahita ntangaza- Col. Biyereke ku gitero cya FLN mu Bweyeye
Umuvugizi w’Igisirikare cy’u Burundi, Col Floribert Biyereke avuga ko hakiri kare kuba bagira icyo batangaza ku byatangajwe n’Ingabo z’ u Rwanda (RDF) ko hari abarwanyi bo muri FLN baturutse mu Burundi, bakagaba ibitero mu Karere ka Rusizi mu Bweyeye. Igisirikare cy’u Rwanda kivuga ko ahagana saa tatu z’ijoro ku cyumweru abarwanyi b’umutwe wa FLN bateye […]
Burundi: Umunyarwanda wari umucuruzi w’inyama z’ingurube amaze iminsi aburiwe irengero
Umunyarwanda ucuruza inyama z’ingurube muri Zone Ndava, Komini Buganda, mu Ntara ya Cibitoke mu gihugu cy’u Burundi amaze iminsi itandatu yaraburiwe irengero, aho bivugwa ko hari umuntu wabanje kumuhamagara kuri telephone mbere yo kubura. Uyu mugabo uvugwa ni uwo bahimba Mwarabu, bivugwa ko yahamagawe kuwa Kabiri ushize akajya aho bari bamuhamagaye, ariko kuva icyo gihe […]
Umuhungu w’imyaka 47 yishwe n’ababyeyi, azira kuba ingaragu
Umuhungu w’imyaka 47 y’amavuko wamamaye mu gutunganya filimi muri Iran, Babak Khorramdin, yishwe n’ababyeyi be bombi, bamuziza ko atarongora. Byamenyekanye mu cyumweru gishize, ubwo abapolisi basangaga umurambo wa Babak ukatakase, uzingazinze mu isashe, wajugunywe mu kimoteri kiri mu gace ka Ekbatan mu burengerazuba bw’umurwa mukuru wa Iran, Tehran. Igitangazamakuru Arab News kivuga ko mbere yo […]
Bwa mbere Espagne igiye kwitabira irushanwa rikomeye idafite umukinnyi n’umwe wa Real Madrid
Umutoza w’ikipe y’Igihugu ya Espagne, Luis Enrique, yahamagaye abakinnyi 24 azifashisha mu gikombe cy’u Burayi (Euro) batarimo umukinnyi n’imwe Real Madrid. Ni bwo bwa mbere mu mateka Espagne igiye kwitabira irushanwa rikomeye idafite umukinnyi n’umwe wa Real Madrid. Mu bakinnyi byari byitezwe ko Enrique ahamagara harimo Kapiteni Sergio Ramos, gusa byabaye ngombwa ko uyu myugariro […]
FDLR iravugwaho kuba igiye gushinga banki
Hari amakuru yagarutsweho n’ikinyamakuru cyo mu Butakiyani cyitwa L’Indro kivuga ko inyeshyamba zirwanya ubutegetsi bw’ u Rwanda, Forces démocratiques de libération du Rwanda, FDLR), ishobora gushinga Banki ahitwa Kasugho muri DRC. Iki kinyamakuru kivuga ko binashoboka ko FDLR yashinga banki muri uwo mujyi uri Kilometero 70 uvuye ahitwa Lubero kubera amafaranga ibona ibifashijwemo no gukorana […]
L’attaque du FLN à Bweyeye déjouée par RDF
Hier soir, dimanche 23 mai 2021, entre 21 h 15 et 21 h 35, environ une section d’assaillants ennemis du FLN de Giturashyamba dans la commune de Mabayi au Burundi, a traversé la rivière Ruhwa le long de notre frontière et est entrée à environ 100 mètres à l’intérieur du territoire rwandais à Bweyeye, cellule […]
Myanmar: Bwa mbere kuva yahirikwa ku butegetsi, Aung Suu Kyi yagaragaye mu rukiko
Aung San Suu Kyi wahoze ari Perezida wa Myanmar uherutse guhirikwa ku butegetsi n’abasirikare kuri uyu wa Mbere, yagaragaye mu rukiko ku nshuro ya mbere nyuma y’amezi hafi ane ahiritswe. Uyu wahoze ari umuyobozi yitabye urukiko agiye kwiregura ku byaha birimo gushishikariza kwigomeka nk’uko abanyamategeko be babitangaza. Suu Kyi yari afungiwe mu nzu adasohoka kuva […]
Amafoto: Abarwanyi ba FLN bateye u Rwanda, babiri bishwe

Abarwayi b’umutwe witwaje intwaro wa FLN urwanya Leta, mu ijoro ryo kuri uyu wa 23 Gicurasi 2021 binjiye mu Karere ka Rusizi mu Rwanda baturutse mu Burundi, ingabo za RDF zicamo babiri, zifata n’intwaro zimwe bari bafite. Nk’uko byatangajwe na RDF ku rubuga rwayo, aba barwanyi binjiriye mu mu mudugudu wa Rwamisave, Akagari ka Nyamuzi, […]
Umutingito washenye inzu ya gatatu i Rubavu
Amakuru aturuka mu Mujyi wa Gisenyi mu Karere ka Rubavu avuga ko hari inzu iri ahitwa Bugoyi, hafi na Radiyo y’abaturage ya Rubavu (RC Rubavu) yasenyutse bitewe n’umutingito ukomoka ku iruka ry’ikirunga cya Nyiragongo. Umunyamakuru wa RBA i Rubavu, Sada Hakizimana avuga ko umutingito wo kuri uyu wa 24 Gicurasi 2021 mu saha ashyira saa […]
Iruka rya Nyiragongo: Kubura kw’amafaranga ya interineti kwatumye abaturage bataburirwa
Umuyobozi w’urwego rushinzwe ubumenyi bw’ibirunga mu mujyi wa Goma (OVG), Kasereka Muhinda Célestin, yatangaje ko bataburiye abaturage ko ikirunga cya Nyiragongo kigiye kuruka, bitewe n’uko babuze amafaranga yo kugura interineti. Muhinda yabitangarije mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru wa Radio Okapi kuri uyu wa 23 Gicurasi 2021, ubwo yamubazaga impamvu uru rwego rutatanze impuruza hakiri kare nk’imwe […]
Igikomeye cyatumye Prince Ibeh aba Umunyarwanda

Prince Chinenye Ibeh ni umukinnyi wa Basketball ufite inkomoko ya Nigeria, wahawe ubwenegihugu ubw’u Rwanda muri Gashyantare 2021. Yavukiye i Londres mu Bwongereza tariki ya 3 Kamena 1994, akurirayo, anigayo. Umuryango we uba mu mujyi wa Dallas muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ku mwanya wo hagati, C (Center)), yakiniye amakipe ya Basketball atandukanye, arimo: […]
Hasobanuwe ikihishe inyuma y’imitingito ikomeje kumvikana mu Rwanda
Ikigo gishinzwe mine, peteroli na Gaz, Rwanda Seismic Monito (RSM), cyasobanuye ikihishe inyuma y’imitingito mito ikomeje kumvikana ku butaka bw’u Rwanda, nyuma y’iruka ry’ikirunga cya Nyiragongo. Ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize ni bwo ikirunga cya Nyiragongo cyo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo cyongeye kuruka, bituma bamwe mu Bakongomani bahungira mu Rwanda. Iruka ry’iki kirunga […]
Goma: Amashuri yafunzwe kugeza igihe kitazwi
Ibikorwa by’amashuri mu mujyi wa Goma byafunzwe kugeza igihe kitazwi, nyuma y’iruka ry’ikirunga cya Nyiragongo kiri hafi yawo ryabaye mu mpera z’icyumweru gishize. Icyemezo cyo gufunga amashuri yo muri uriya mujyi cyatangarijwe mu itangazo ryatambutse kuri Radiyo na Televiziyo bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RTNC) mu ijoro ryakeye. Umuvugizi w’Ingabo za RDC zikorera muri […]
Uwari majoro muri RDF wahunze yagaragaye mu irahira rya Museveni
Hari amakuru avuga ko Rtd. Maj. Robert Higiro wa RNC yagaragaye mu irahira rya Perezida Museveni acungiwe umutekano n’urwego rw’ubutasi bwa Uganda CMI. Tariki ya 12 Gicurasi 2021 nibwo umuhango w’irahira rya Perezida wa Uganda Yoweli Kaguta Museveni uheruka gutsinda amatora yo kuwa 14 Mutarama 2021 ryabaye. Maj. Higiro ushinzwe ibikorwa bya gisilikare muri RNC […]
DAWIDI NA GOLIATH CARTOON NYARWANDA
Amasaha y’akazi y’umurengera ahitana abantu 745,000 buri mwaka – OMS
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) riravuga ko amasaha y’akazi y’umurengera ahitana abantu ibihumbi magana ku mwaka. Ubushakashatsi bwa mbere nk’ubwo ku isi bwerekana ko abantu 745.000 bapfuye mu 2016 bazize indwara yo mu bwonko cyangwa indwara z’umutima kubera amasaha menshi y’akazi. Raporo yasanze abantu batuye mu majyepfo y’iburasirazuba bwa Aziya no mu karere […]
Iruka rya Nyiragongo: Abantu basaga 170 baburiwe irengero, 150 baburanye n’ababo
Abatuye mu bice by’Amajyaruguru ya Goma basubiye mu ngo zabo gusa basanga zahiye nyuma y’uko ikirunga cya Nyiragongo kirutse, Ishami rya LONI riharanira uburenganzira bw’abana (UNICEF) rivuga ko abasaga ku 170 baburiwe irengero mu gihe 150 bo baburanye n’ababo. Mu ijoro ryo kuwa Gatandatu, Nyiragongo yahinduye ikirere umutuku maze iruka amazuku yamanutse akagera hafi ya […]
Ubusinzi n’akagambane ku byakoze kuri Seninga Innocent
Seninga Innocent wari umutoza w’ikipe ya Musanze FC, avuga ko ubusinzi no kugambanirwa n’abakinnyi b’iriya kipe biri mu byatumye yirukanwa. Ku Cyumweru Tariki ya 23 Gicurasi ni bwo Seninga Innocent yirukaniwe i Nyamata mu Bugesera, nyuma y’uko ikipe ye yari imaze gutsindwa na Gasogi United ibitego 4-1 mu mukino wa shampiyona. Uyu mutoza yirukanwe kandi […]
RDC: Umubare w’agateganyo w’abazize iruka rya Nyiragongo umaze kuba 15
Mu kiganiro cyatambutse mu maradiyo akorera muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo kuri iki Cyumweru, itariki 23 Gicurasi 2021, Umuvugizi wa Guverinoma, Patrick Muyaya yatangaje ko abantu 15 ari bo bamaze kumenyekana bahitanwe n’iruka ry’Ikirunga cya Nyiragongo. Yagize ati “Imibare y’agateganyo ni abantu 15 barimo 9 bazize impanuka yo mu muhanda, bane bageragezaga gucika muri […]
Perezida Kagame mu Bufaransa, Macron mu Rwanda, Dr Mukwege n’ingabo za Uganda muri RDC ‘mu ibanga’; mu nkuru z’icyumweru
Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 17 Gicurasi 2021 cyaranzwe n’amakuru atandukanye, yiganjemo arebana na politiki by’umwihariko mu bubanyi n’amahanga, siyansi, umutekano ndetse n’ubuzima bw’umuryango. Ay’ingenzi yakiranze ni akurikira: Perezida Kagame mu Bufaransa, Macron mu Rwanda Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yagiriye uruzinduko mu Bufaransa kuva tariki ya 16 Gicurasi 2021, aho yari yitabiriye […]
VIDEO: Perezida Kagame mumumbwirire\Uruzinduko rwabaye umuti ku njiji n’abarwayimfite amakuru ko Nahimana amerewe nabi-Assouman
Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV