Menya abasirikare ba RDF bafite ipeti rya Lieutenant General (Amafoto)

Ku wa Gatanu tariki ya 04 Kamena 2021, Perezida wa Repubulika akanaba Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), yazamuye mu ntera Mubarakh Muganga wari Maj Gen amugira Lt Gen. Gen Muganga uretse kuba yarazamuwe mu ntera, yanahinduriwe imirimo avanwa ku nshingano zo kuba Umuyobozi w’Ingabo mu mujyi wa Kigali no mu ntara y’Iburasirazuba, agirwa Umugaba […]
Bishobotse mu minsi iri imbere Nigeria yaba yitwa Repubulika Yunze Ubumwe ya Afurika (UAR)
Ese umuntu wo muri Repubulika Yunze Ubumwe ya Afurika yaba ngw’iki? Igisubizo gikomeje kuraza abanyanijeriya benshi badasinziriye mu gihe bateganya guhindura izina ry’iki gihugu. Amakuru aturuka muri nigeria avuga hashize ibyumweru bibiri, abadepite bazenguruka igihugu bakusanya ibitekerezo by’abaturage kugira ngo bahindure itegeko nshinga. Igitekerezo cyari ugukusanya ibitekerezo byagenderwaho mu kuvugurura itegeko nshinga na gahunda ya […]
Abasirikare b’ u Rwanda baba barinjiye ku butaka bwa Uganda
Komite y’Umutekano mu Karere ka Rukiga ivuga ko yafashe umwanzuro wo kongera za paturuye z’igisirikare n’igipolisi mu rwego rwo kugenzura neza umutekano kuko ngo hari abasirikare b’ u Rwanda bafite imbunda ngo baherutse kugera ku butaka bwa Uganda birukankana abacuruza Kanyanga. Ikinyamakuru gitungwa agatoki ko kiri mu kwaha kwa Leta ya Uganda, Chimpreports, kivuga ko […]
Burundi: Nta rwagwa ruzongera gucuruzwa i Bujumbura
Minisiteri y’Umutekano w’imbere mu gihugu cy’u Burundi, yafashe umwanzuro wo guhagarika burundu ubucuruzi bw’inzoga y’ibitoki izwi nk’urwagwa. Minisitiri w’Umutekano w’Imbere mu Burundi, Gervais Ndirakobuca, yavuze ko yafashe umwanzuro wo guca urwagwa i Bujumbura, nyuma y’uko bimenyekanye ko izi nzoga zishyirwamo ibindi bintu (ibinyabutabire) byangiza ubuzima bw’abantu mu rwego rwo kuzitubura, bijyanye n’uko i Bujumbura nta […]
Abo kwa Ntamuhanga bavuga ko mu bamufashe harimo abavuga Ikinyarwanda bigize nk’abaguzi b’ingurube
Umuryango w’Umunyamakuru, Cassien Ntamuhanga bavuga ko mwenewabo yafatiwe ku kirwa cyitwa Inhaca muri Mozambique n’abantu bagera ku 10 barimo bane bavuga Ikinyarwanda bari bigize nk’abaje kugura ikibwana cy’ingurube. Ntamuhanga yafashwe kuwa 23 Gicurasi 2021 nk’uko bisobanurwa na James Kabagyema, mwenenyina, wahunze u Rwanda mu 20218. Mu nkuru ya Daily Monitor, Kabagyema asaba Leta ya Mozambique […]
Umukobwa yavuze impamvu itangaje abakobwa bakwiriye kwibanira n’abo bahuje ibitsina bakareka abagabo
Umuhanzi wo muri Kenya, Natalie Florence, uzwi nka Noti Flow, yavuze impamvu itangaje yatumye areka gukundana n’abagabo, ubu akaba yikundanira n’abo bahuje igitsina bitewe n’uburyo abagabo ngo nta keza kabo, ingingo itangaje kuko akenshi bamwe badakunze kuvuga impamvu isa n’iyi yaba ibatera gufata icyo cyemezo. Ubwo yashyiraga ahagaragara umukunzi we mushya, Noti avuga ko yagiye […]
Uko Cardinal Kambanda abona abanenga Perezida Kagame
Antoine Cardinal Kambanda avuga ko abona abanenga Perezida w’ u Rwanda, Paul Kagame ari abagamije inabi, ngo ntacyo bakoze mu gihe jenoside yabaga, kwimakaza ivanguramoko n’ibindi yarondoye bitari byiza. Ibi yabigarutseho mu kiganiro yagiranye na Le Croix cyagarutse ku ngingo zirimo urugendo rwa Perezida Macron mu Rwanda, Abapadiri bakoze Jenoside n’abayikekwaho, ubumwe n’ubwiyunge mu Rwanda […]
U Rwanda rwasabye Afurika y’Epfo ko bafatanya gukemura amakimbirane ari muri Mozambique
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga, Dr Vincent Biruta, yifuje ko u Rwanda rwakorana na Afurika y’Epfo mu gushakira igisubizo amakimbirane yugarije umugabane wa Afurika, by’umwihariko ibihugu bya Mozambique na Centrafrique. Ni nyuma y’uruzinduko rw’akazi Minisitiri Biruta aheruka kugirira mu gihugu cya Afurika y’Epfo, aho yagiranye ibiganiro na mugenzi we wo muri kiriya gihugu, Dr Naledi Pandor. Ibiganiro […]
Uganda: Brig. Deus Sande arashinja abasivili bitangiye kurinda kuba ari bo bahindukira bakabica
Umuyobozi wa Brigade ishinzwe gukoresha ibimodoka by’intambara mu Gisirikare cya Uganda, Brig Deus Sande, yagaragaje impungenge z’impamvu ” abasirikari bibasirwa nyamara baratanze byinshi kugira ngo igihugu gikomeze kugira umutekano, ashinja abasivili barinda kuba ari bo barimo barabahindukirana bakabibasira. Kuri wa Gatanu, Brig Sande yavugiye ijambo mu ishyingurwa rya nyakwigendera Haruna Kayondo, umushoferi wa Gen Edward […]
Koreya: Umugaba w’ingabo yeguye nyuma yo kwiyahura k’umusirikare wafashwe ku ngufu
Uwari Umugaba Mukuru w’ingabo zirwanira mu Kirere muri Koreya y’Epfo kuri uyu wa Gatanu yeguye ku mirimo ye nyuma y’amakuru ababaje y’umusirikare w’umugore wiyahuye kubera ihohoterwa rishingiye ku gitsina yakorerwaga yatanga ikirego kikirengagizwa n’abamukuriye. Iki kibazo cyafashwe nk’ibara muri iki gihugu guca mu gisirikare ari itegeko ku bagabo bikaba ubushake ku bagore. Uyu mugore wiyahuye […]
Kivu y’Amajyepfo: Abarwanyi byibuze 300 bashyize intwaro hasi
Nibura abarwanyi magana atatu bashyize intwaro hasi muri teritwari enye zo mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, arizo: Kabare, Kalehe, Shabunda na Walungu. Aya makuru yatanzwe mu nama y’intara ku mbogamizi n’icyizere ku ruhare rw’urubyiruko mu kubaka amahoro muri Kivu y’Amajyepfo yabaye ku ya 2 kugeza ku ya 3 Kamena i Bukavu. Nk’uko bitangazwa na Action […]
Facebook yahagaritse Donald Trump kuzageza mu 2023
Kuri uyu wa Gatanu, uwahoze ari Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump yahagaritswe kuri Facebook kuzageza muri Mutarama 2023, nk’uko byatangajwe na sosiyete y’urubuga nkoranyambaga, yongeraho ko batazongera gusonera abavuga rikijyana kuri amwe mu mahame yayo. Mu magambo ye, Visi Perezida w’ibikorwa mpuzamahanga bya Facebook, Nick Clegg, yagize ati: “Dukurikije uburemere bw’ibintu […]
Moubarak Muganga promu au grade de Lt. GĂ©nĂ©ral, nommĂ© chef d’Ă©tat-major des RDF
Le gĂ©nĂ©ral major Mubarak Muganga a Ă©tĂ© promu au grade de lieutenant gĂ©nĂ©ral et nommĂ© chef d’Ă©tat-major de l’armĂ©e de terre. Le dĂ©veloppement fait partie des dernières promotions et nominations faites par le prĂ©sident Paul Kagame, le commandant en chef de RDF. L’annonce a Ă©tĂ© faite vendredi 4 juin dans un communiquĂ© diffusĂ© par RDF. […]
Meddie Kagere yaje kongerera ingufu ikipe y’igihugu ‘Amavubi’
Rutahizamu Meddie Kagere ukinira ikipe ya Simba Sports Club yo mu gihugu cya Tanzania, yamaze kugera mu mwiherero w’ikipe y’igihugu ‘Amavubi’ yitegura umukino wo ku wa Mbere w’icyumweru gitaha. Kagere yageze mu mwiherero w’Amavubi ku mugoroba w’ejo ku wa Gatanu. Uyu rutahizamu ntabwo yagaragaye mu mukino Amavubi y’u Rwanda yatsinzemo Repubulika ya Centrafrique ibitego 3-0, […]
Abanyankole barya ingurube bo babikora- Museveni
Perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni Tibuhaburwa avuga ko mu muco w’ubwoko bwe, Abanyankole guhemuka atari byo gusa ngo akeka ko benewabo barya ingurube bo bashobora kuba babikora. Museveni ubwo yageza ku baturage uko Uganda ihagaze, yavuze ko hari umwe mu bo muri guverinoma wamusabye kureka kohereza mu mahanga umuti wo gukaraba intoki uzwi nka […]
Ab’i Nyabihu basabwe gusimbuza imbabura z’amazi izifashisha amakara
Abatuye mu mu karere ka Nyabihu cyane abegereye ishyamba rya Gishwati, basabwe gukoresha imbabura zikoresha amazi mu rwego rwo kubungabunga ibidukikije n’urusobe rw’ibinyabuzima. Mu kigo cy’Amashuri cya Bigogwe TVET School, habereye umuhango wo kumurika Imbabura zidakoresha amakara, ku buryo zaba igisubizo ku kurengera ibidukikije birimo amashyamba. Nzabandora Pierre impuguke mu buhinzi n’ubworozi avuga ko kudakoresha […]
VIDEO: Me Nkongoli umunyarwanda wakoze mu biganza bya Fidèle Castro, Uko abona uburenganzira bwa muntu’ n’ubwa rubanda mu Rwanda
Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV
Gen Albert Murasira yahagarariye Perezida Kagame mu nama idasanzwe ya CEEAC
Minisitiri w’Ingabo z’u Rwanda, Maj Gen Albert Murasira, yahagarariye Perezida Paul Kagame mu nama idasanzwe y’abakuru b’ibihugu byibumbiye mu muryango wa CEEAC yigaga ku bibazo bya Politiki n’iby’umutekano byugarije igihugu cya Tchad. Ni inama yabereye mu gihugu cya Congo-Brazzaville ku wa Gatanu, ku butumire bwa Perezida Denis Sassou Ngueso wa kiriya gihugu unayoboye uriya muryango. […]
U Rwanda ruri kugerageza imbwa zapima covid-19 mu minota ibiri
Mu Rwanda kuri uyu wa Gatanu tariki 4 Kamena, hatangiye igeragezwa ry’umushinga mushya wo gukoresha imbwa zabugenewe mu gutahura no gupima Covid-19, ku bantu bamaze kuyandura zikoresheje iminota ibiri. Ni imbwa ifite ubushobozi bwo kuba yapima ikizamini cya covid-19 mu minota ibiri mu gihe ubusanzwe uwipimishaga yabonaga ikizamini ku munsi ukurikiyeho. Izi mbwa zikazajya zikora […]
Ntitugitera akabariro-Umuturage wimuwe na Rusizi
Bamwe mu baturage bimutse bava mu Gatumba mu Burundi aho imyuzure ya Tanganyika n’umugezi wa Rusizi yabateye kuva mu byabo bavuga ko ubu batagikora imibonano mpuzabitsina bitewe n’uko bari mu tuzu duto cyane kandi twegeranye. Aba bakuwe mu byabo ubu bari muri zone Maramvya yo muri komine Mutimbuzi mu Ntara ya Bujumbura, aho Perezida w’ […]