UPDF yiteguye kugaba ibitero kuri kanseri, parazite ‘ADF’ muri Congo_Museveni
Perezida wa Repubulika ya Uganda, Yoweri Museveni yatangaje ko ingabo z’igihugu ayoboye (UPDF) ziteguye guhigira umutwe w’iterabwoba wa ADF yagereranyije na kanseri cyangwa parazite, muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC). Museveni mu butumwa bwo kuri uyu wa 27 Kanama 2021, yatangaje ko ADF iri inyuma y’ibikorwa bihungabanya umutekano w’abaturage ba Uganda, ikabikora iturutse mu […]
Musanze: Izuba riramena agahanga abaje gukingirwa covid-19, guhana intera byanze
Ku kibuga cy’umupira w’amaguru cyitwa Ubworoherane kiri mu mu Murenge wa Muhoza mu Karere ka Musanze, izuba rimereye nabi abaturage baje gukingirwa Covid-19 ari nako ku mirongo bariho, nta ntera bahanye kuko ari benshi kandi buri wese akaba yari ategereje kugerwaho. Umunyamakuru wa BWIZA yageze ahari kubera igikorwa cyo gukingira Covid-19 kuri sitade ahagana saa […]
Ivuguruye: Bamporiki na Madamu we ku mazi mu kiruhuko cy’abagize Guverinoma (Amafoto)

Nyuma y’uko abagize Guverinoma y’u Rwanda bahawe ikiruhuko, bamwe mu bakozi bayo b’inkwakuzi bakoresheje uwo mwanya bahitamo kujya kwishimana n’imiryango yabo mu rwego rwo kubyaza umusaruro umwanya bahawe. Inama idasanzwe y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro ku wa 18 Kanama, ni yo yemeje “Ikiruhuko cy’Abagize Guverinoma kizarangira ku itariki ya 31 Kanama 2021.” Umunyamabanga wa Leta […]
Cristiano Ronaldo yasubiye muri Manchester United
Umunya-Portugal Cristiano Ronaldo, yamaze gusubira mu kipe ya Manchester United yahozemo nyuma yo gutandukana na Juventus de Turin yo mu Butaliyani. Cristiano w’imyaka 36 y’amavuko yasinye amasezerano y’imyaka ibiri muri Man United. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu ni bwo Ronaldo yasezeye bagenzi be bakinanaga muri Juventus, mbere yo gufata indege ye bwite akerekeza […]
Umucuruzi w’Umunyarwanda yapfiriye muri Uganda azize impanuka itavugwaho rumwe
Umucuruzi w’Umunyarwanda witwa Sivo, wakoreraga mu gihugu cya Uganda kuri uyu wa Gatatu yishwe agonzwe n’imodoka mu buryo butavugwaho rumwe. Ibi byabereye mu gace ka Bujenje ku muhanda Masindi-Hoima ku isaha ya saa kumi n’imwe z’umugoroba, aho amakuru agera ku rubuga rwa VirungaPost avuga ko imodoka yagonze yaba yari itwawe n’umukozi w’Urwego rw’Ubutasi bwa Gisirikare, […]
Abatuye i Gasanze bibaza icyo bazize mu kubaho nta mazi bagira nyamara batuye mu Mujyi wa Kigali-AMAFOTO

BWIZA yasabwe na benshi mu baturage batuye gasantere ka Gasanze no mu nkengero zako bavuga ko bagowe n’ikibazo cy’amazi, kuri ubu ijerekani nibura bayigura amafaranga 200. Kubona amazi bisaba ko bajya kuyavoma mu bishanga bikikije, bakavuga ko bitwara umwanya kuko ari kure kandi haterera. Mu baturage BWIZA yasanze i Gasanze ndetse n’abari barimo kumanuka bajya […]
Umuturirwa wo mu Mujyi wa Dalian mu Bushinwa wafashwe n’inkongi y’umuriro
Amakamyo arenga 30 ya kizimya mwoto yahamagariwe kuzimya inyubako ndende yo mu mujyi wa Dalian mu Bushinwa. Nta bantu baramenyekana baba bagizweho ingaruka n’iyi nkongi ariko amafoto yashyizwe ahagaragara aragaragaza iri gorofa rikongoka kuva hasi kugeza hejuru. Ibi byabaye kuri uyu wa Gatanu kuri inyubako ndende, iherereye mu majyaruguru y’uburasirazuba bw’u Bushinwa. Ibitangazamakuru byo mu […]
Kagame en Allemagne pour Le sommet « Compact with Africa »
Le prĂ©sident Paul Kagame est Ă Berlin, en Allemagne, oĂą, aux cĂ´tĂ©s d’autres chefs d’État de divers pays africains, il participera au sommet du Pacte du G20 avec l’Afrique organisĂ© par la chancelière allemande Angela Merkel. Le sommet de cette annĂ©e comprendra un sommet du G20 sur l’investissement sur les « Conditions-cadres pour les affaires et […]
Gicumbi: Bamwe mu basore ntibikoza inkumi bahugiye mu gutereta abagore bakuze n’abapfakazi
Bamwe mu rubyiruko rw’abasore mu Karere ka Gicumbi, ntibagikozwa ibyo gutereta abakobwa bari mu kigero kimwe, basigaye biteretera abagore bakuze n’abapfakazi kuko ari bo bafite urukundo n’amafaranga nk’uko bivugwa n’abakobwa n’abahungu bo muri ako gace. Bamwe mu baganiriye n’itangazamakuru, baranzwe no gutashaka ko amazina yabo atanagazwa (Off record) bavuga ko iyi ngeso yeze muri ako […]
Robertinho watoje Rayon Sports yagizwe umutoza w’imwe mu makipe yo muri Uganda
Ikipe ya Vipers yo mu cyiciro cya mbere muri Uganda, yemeje umunya-BrĂ©sil Roberto Oliviera Gonçalves do Carmo ‘Robertinho’ wahoze atoza Rayon Sports nk’umutoza wayo mushya. Robertinho yasinye amasezerano y’imyaka itatu muri iriya kipe ifite ibikombe bine bya shampiyona ya Uganda, akazungirizwa n’umunya-Portugal, Marcelo Cardoso. Robertinho yagizwe umutoza wa Vipers nyuma yo gutoranywa mu batoza 84 […]
Umuherwe Berlusconi wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Butaliyani yajyanwe mu bitaro
Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Butaliyani, Silvio Berlusconi yakiriwe mu Bitaro bya San Raffaele, mu Mujyi wa Milan ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane nk’uko amakuru aturuka mu ishyaka rye, Forza Italia yageze kuri Reuters kuri uyu wa Gatanu avuga. Amakuru macye yagiye ahagaragara avuga ko Berlusconi yakiriwe mu bitaro ngo asuzumwe ariko nta […]
Rusizi: Bagenda amajoro bakagaruka andi bajya kugura imiti y’amatungo
Aborozi b’amatungo magufi n’amaremare bo mu mirenge ya Butare na Bweyeye mu karere ka Rusizi baravuga ko hari amatungo yabo menshi uhereye ku nkoko kugeza kun ka yicwa n’indwara zinyuranye kubera kubura imiti yayo n’ugize ngo arawubona ku muganga w’amatungo wawubitse akamwigirizaho nkana. Bamwe bavuga bagenda amajoro bakagaruka andi,hakaba n’abarara nzira bagiye kugura iyi miti […]
Abantu bacuruza udupfukamunwa batabifitiye uburenganzira bihanangirijwe
Abacuruza n’abakora udupfukamunwa batabifitiye uburenganzira bihanangirijwe n’Ikigo gishinzwe ubuziranenge bw’ibiribwa n’imiti, Rwanda FDA, kuko barimo kurenga ku mabwiriza ariho, ndetse bakaba batiza umurindi ikwirakwira rya Covid-19. Hirya no hino usanga hagurishwa udupfukamunwa ariko abantu batugura basigarana impungenge z’uko nta birango by’ubuziranenge utwinshi dufite, ndetse bamwe bavuga ko batazi uko bamenya udupfukamunwa twizewe. Umwe mu baganiriye […]
Kenya: Abacungagereza bitwaje intwaro bagabye igitero kuri sitasiyo ya Polisi
Abacungagereza 8 bo muri Kenya bari bitwaje intwaro baherekejwe n’umuyobozi wabo, bagabye gitero kuri sitasiyo ya Polisi ya Madodo iherereye mu gace ka Tana River, bafite umugambi wo kubohora mugenzi wabo uhafungiwe. Uyu mucungagereza yatawe muri yombi n’abapolisi ubwo yari yarenze ku mabwiriza ya Gera mu Rugo yo kwirinda icyorezo cya Covid-19. Igitangazamakuru Kenyans kivuga […]
Sadate yahagaritse ibirego yari yarareze Karenzi muri RIB; yashyize imbere ubwiyunge
Munyakazi Sadate wari umaze amezi agera kuri atanu areze umunyamakuru Sam Karenzi mu rwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, amushinja ibyaha bitandatu, yahagaritse ikirego mu rwego rwo gushyira imbere ubwiyunge. Sadate wakunze guhanganira na Karenzi mu bitangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga, yandikiye RIB tariki ya 8 Werurwe 2021 ayisaba gukurikirana kuri uyu munyamakuru ibyaha birimo: ivangura, gutangaza […]
Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Mali yatawe muri yombi
Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Mali, Boubeye Maiga, yatawe muri yombi akurikiranweho uruhare mu igurwa ry’indege y’uwari umukuru w’igihugu, Ibrahim Boubacar Keita, ritavuzweho rumwe. Impamvu ya nyayo y’itabwa muri yombi rye ntabwo irasobanuka neza, ariko rifitanye isano n’indege yaguriwe umukuru w’igihugu mu 2014 kuri miliyoni 40$ nk’uko umwunganizi we, Kassoum Tapo, yabitangarije Reuters ku murongo […]
Uganda: Hafashwe uwiteguraga kugaba igitero cy’ubwiyahuzi mu ishyingura rya Gen Lokech
Inzego zishinzwe umutekano muri Uganda, zataye muri yombi umugabo ukekwaho gushaka kugaba igitero cy’ubwiyahuzi mu muhango wo gushyingura Maj Gen Paul Lokech wahoze ari Umuyobozi Mukuru Wungirije wa Polisi ya kiriya gihugu. Umuvugizi w’Igisirikare cya Uganda, Brig Flavia Byekwaso mu itangazo yasohoye, yavuze uwafashwe agambiriye guhungabanya ishyingura rya Gen Lokech ari uwitwa Katumba Abdul uzwi […]
Umukiliya wa Café Javas Kisimenti yahawe amata arimo imbeba yapfuye
Umukiliya wa CafĂ© Javas ku Kisimenti mu Mujyi wa Kampala muri Uganda witwa Bintu Gassama, kuwa 26 Kanama 2021 yahawe amata arimo imbeba nto yapfuye. Bintu usanzwe ari na slay queen, yari yasohokanye n’umukunzi we gusa atungurwa no guhabwa amata arimo imbeba nk’uko mu butumwa yashyize kuri Facebook buvuga. Mu mashusho yakwiye ku mbuga nkoranyambaga, […]
William Ruto yambuwe abashinzwe kumurinda
Visi Perezida wa Kenya, William Ruto, ari gutabaza avuga ko yambuwe abashinzwe kumurinda binyuranyije n’amategeko. William Ruto wagaragaje ko yiteguye guhatanira umwanya w’umukuru w’igihugu mu matora ataha yo mu 2022, abinyujije ku muvugizi we yavuze ko yambuwe abari bashinzwe kumurinda mu rugo rwe kuri uyu wa Kane. Itangazo ryashyizwe ahagaragara rigira riti “ Muri iki […]
NIDA iributsa abashaka guhinduza amafoto yo ku ndangamuntu kuko batayishimiye ko babyemerewe
Ikigo cy’igihugu gishinzwe indangamuntu, NIDA, kiributsa abantu bashaka guhinduza amafoto yabo ku ndangamuntu kubera ko batayishimiye ko babyemerewe. Icyo ubishaka asabwa ni ukugana umwanditsi w’irangamimerere ku biro by’umurenge, yitwaje icyemezo cy’amavuko kitararenza iminsi 30. Iki cyemezo mu gihe atagifite, NIDA ivuga ko asabwa kopi y’ifishi yandikishijweho akimara kuvuka ya mbere y’umwaka w’2007, iriho umukono wa […]
Perezida Biden yarahiriye guhiga abarwanyi ba IS biciye abasirikare ba USA muri Kabul
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) akaba n’Umugaba w’Ingabo w’Ikirenga, Joe Biden yarahiriye guhiga abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa IS (Islamic State) wagabye igitero hafi y’ikibuga cy’indege cya Kabul muri Afghanistan cyaguyemo abasirikare babo 13. Kuri uyu wa 26 Kanama ni bwo abarwanyi ba IS bagabye igitero hafi y’iki kibuga, nyuma y’iminsi mike USA […]
Ibi ni byo kwimana u Rwanda ndabarahiye, hahiye_Minisitiri Mimosa acyeza u Rwanda rwatsinze Angola
Minisitiri wa Siporo, Aurore Mimosa Munyangaju, yifashishije imvugo idasanzwe ashimira ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ya Basketball yaraye yitwaye neza itsinda Angola mu mikino ya FIBA Afro-Basket ya 2021 ikomeje kubera i Kigali. U Rwanda rwabigezeho nyuma yo gutsinda Angola amanota 71-68, mu mukino w’ishiraniro wabereye muri Kigali Arena i Remera. Ni bwo bwa mbere mu […]
Urukiko rwateye utwatsi ubujurire bwa Aimable Karasira
Aimable Karasira Uzaramba ukurikiranweho ibyaha byo guha ishingiro jenoside yakorewe Abatusti ndetse no kuyihakana akomeje gufungwa by’agateganyo nyuma y’aho Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanze ubujurire bwe, mu gihe avuga ko atiteguye gukomeza kuburana urubanza rwe avuga ko rushingiye ku mpamvu za Politiki. Ubushinjacyaha bumukurikiranyeho ibyaha bine byo guha ishingiro no guhakana jenoside yakorewe abatutsi, gukurura […]