Bimwe mu bishobora gutuma uzinukwa iPhone
iPhone ni imwe muri telefone za mbere abantu benshi bemeza ko ari nziza bitewe nâimwe mu mikorere yazo yihariye, byâumwihariko ku buryo ifotora nâuko ifata amashusho. Urubuga Daily Entertainment ruzwiho gukora ibyegeranyo byihariye ruvuga ibibazo rusange abafite iyi telefone bakunze guhura nabyo. Turavugamo bine byâingenzi. Ububiko bwâumuriro (battery) burakemangwa Mu buzima bwâiki gihe, umuntu akenera […]
Ibihumbi byâAbanya-Ethiopia byazindukiye mu myigaragambyo yo gushyigikira guverinoma

Ibihumbi nâibihumbi byâabaturage ba Ethiopia kuri iki Cyumweru bazindukiye mu myigaragambyo yo gushyigikira Guverinoma ya Abiy Ahmed ihanganye nâinyeshyamba zishaka kwigarurira umurwa mukuru. Bamwe mu bigaragambya bamaganye Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri mu bihugu byasabye ihagarikwa ryâimirwano hagati yâingabo za Ethiopia nâinyeshyamba ziyobowe na TPLF, bakajya mu biganiro. Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Akanama […]
Gen. Kainerugaba yimye amatwi Byanyima wamusabye gusiba ubutumwa buvuga kuri Tigray
Umugaba wâingabo za Uganda zirwanira ku butaka akaba nâumuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni, Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba yimye amatwi umugore wa Dr Kizza Besigye, Winnie Byanyima wamwinginze amusaba gusiba ubutumwa bwe bwerekeye intambara iri hagati ya Leta ya Ethiopia nâabarwanyi ba TPLF baharanira ubwigenge bwâakarere ka Tigray. Ubu butumwa bwa Gen. Kainerugaba ni ubwo […]
Umunyamakuru MBARUSHIMANA Jean Paul ariyamamariza gutorerwa kuba Umujyanama rusange mu karere ka Gakenke
Nyuma y’aho Komisiyo yâIgihugu y’Amatora itangarije itariki yo gutangira kwiyamamaza ku bajyanama rusange bazajya mu turere, MBARUSHIMANA Jean Paul wamenyekanye cyane mu Itangazamakuru akaza no kujya gukora mu nzego za Leta nawe yasohowe ku Rutonde rw’abiyamamaza ndetse yatangiye no kwiyamamaza gutorerwa kuba Umujyanama rusange w’akarere ka Gakenke. MBARUSHIMANA JEAN PAUL avuga ko yahisemo kwiyamamaza kuri […]
Bimwe mu bigo by’abacanshuro bizwi bikomeye ku Isi

Ikintu gishya cyakomeje kugaragara mu ntambara mu mpera z’ikinyejana cya 20 no mu ntangiriro z’ikinyejana cya 21 ni ibigo bya gisirikare byigenga ndetse n’abashoramari bigenga. Buri ntambara iratandukanye, ariko zose bafite icyo zihuriyeho, nuko abasirikari bakuru bose cyangwa abayobozi b’ingabo, usibye ingabo zisanzwe baba bafite, bashaka gushimangira imbaraga zabo bakoresheje abasirikare bazi kurwana, kandi bakemera […]
Urukiko Rwisumbuye rwa Huye rugiye gusomera uwakubise nyina akamukomeretsa
Kuri uyu wa Mbere, itariki 08 Ugushyingo, Urukiko Rwisumbuye rwa Huye rurasoma urubanza rwumusore wâimyaka 29 wakubise nyina akamukomeretsa amuziza imitungo. Mu ntangiriro zâiki cyumweru dusoza nibwo mu cyumba cyâiburanisha cyâUrukiko Rwisumbuye rwa Huye haburanishirijwe urubanza Ubushinjacyaha buregamo umusore wâimyaka 29 wakubise nyina aramukomeretsa. Ni icyaha cyakozwe mu ijoro ryo ku wa 28 Nzeri 2021 […]
Leta ya Chad irahamagarira imitwe yitwaje intwaro iyirwanya kujya mu biganiro byâamahoro
Leta ya Chad irahamagarira imitwe yitwaje intwaro iyirwanya kwihuriza nayo mu biganiro byâamahoro mu rwego rwo gushaka ubwiyunge bwatuma impande zombi zifatanyiriza hamwe mu kubaka igihugu. Umuvugizi wa Guverinoma, Abderaman Koulamallah mu kiganiro yagiranye nâumunyamakuru wa RFI, asubiza ibyifuzo byâumuyobozi wâumutwe witwaje intwaro urwanya ubutegetsi bwa Chad, Timane Erdimi. Mu byifuzo bya Timan harimo ko […]
Minisitiri wâIntebe wa Irak, Mustafa al-Kadhimi, yarusimbutse
Minisitiri wâIntebe wa Irak, Mustafa al-Kadhimi, aravuga ko yaraye arusimbutse mu gitero cyagabwe aho atuye mu murwa mukuru, Baghdad mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu. Abayobozi bo muri Irak baravuga ko inyubako ya minisitiri wâIntebe, al-Kadhimi yagabweho igitero cya drone yari itezemo ibisasu bivugwa ko cyari kigamije kumuhitana. Amakuru yari yashyizwe ahagaragara mbere yavugaga […]
Nyamasheke/Karambi: Bifuza kongererwa inguzanyo no kugabanirizwa inyungu bazitangaho kubera Covid-19

Abanyamuryango ba Karambi Vision SACCO (KVS) ikorera mu murenge wa Karambi mu karere ka Nyamasheke bakoraga imirimo yâubucuruzi, ubuhinzi nâubworozi, ubukorikori,gutwara ibintu nâabantu, nâindi bavuga ko yagizweho ingaruka na COVID-19, barashimira Leta yabagobotse ikabaha inguzanyo izahura imikorere yabo yagizweho ingaruka na COVID-19 ku nyungu nto cyane ngo babashe kongera gukora, bakayisaba ariko kongera kureba uko […]
Simba SC yabonye umutoza mushya watoje Real Madrid na Getafe
Simba Sports Club yo muri Tanzania kuri uyu wa 6 Ugushyingo 2021 yatangaje ko yabonye umutoza mushya witwa Pablo Franco MartĂn wo muri Esipanye. Mu itangazo yashyize ahagaragara mu masaa moya yâumugoroba, Simba SC yagize iti: âTwishimiye gutangaza Pablo Franco nkâumutoza wacu mukuru.â Amateka ya Franco agaragaza ko yatoje amakipe 11 kuva mu mwaka wâ2008, […]
Kenya: Ukutumvikana kwatumye abanya-Uganda 6 barimo âMajorâ nâabayobozi muri Guverinoma bafungwa
Inzego zishinzwe umutekano za Kenya zataye muri yombi abanya-Uganda batandatu (6) barimo Major mu gisirikare cyâiki gihugu nâabakozi bakuru muri Minisiteri yâUbuhinzi, Ubworozi bwâamatungo nâamafi bitewe no kutumvikana. Daily Monitor yatangaje ko uyu musirikare nâaba bapolisi bafatiwe ku mupaka wa Busia uhuza Uganda na Kenya, ubwo bari bagiye kureba imikorere yâisoko ryâamafi muri iki gihugu […]
Burundi: Igisirikare cyakozanyijeho n’inyeshyamba mu ishyamba rya Kibira
Kuri uyu wa Gatanu ushize igisirikare cyâu Burundi cyacakiranye nâinyeshyamba mu Ishyamba rya Kibira ku nkengero zâuruzi rwa Buhora mu gace ka Rurarenda-Rwantsinda muri Zone ya Rwantsinda muri Komini Bukeye, mu Ntara ya Muramvya, kicamo inyeshyamba ebyiri igisirikare kitaratangaza imyirondoro yazo. Imirwano yabaye ubwo abasirikare bari ku irondo bageze hagati yâimidugudu ya Rurarenda na Rwantsinda, […]
Perezida Kagame yikomye Uganda ku gutanya umuryango we n’uwa Fred Rwigema
Perezida Paul Kagame yongeye kwikoma igihugu cya Uganda, agaragaza ko Politiki yacyo yo ‘kwivanga mu mibereho y’Abanyarwanda’ no gushuka bamwe muri bo bakizezwa ibitangaza biri mu byashwanishije umuryango we n’uwa nyakwigendera Maj Gen Fred Gisa Rwigema. Perezida Kagame yabigarutseho ejo ku wa Gatandatu, mu bukwe bwa Teta Gisa Rwigema, umukobwa wa Maj Gen Fred Rwigema. […]
Igitutu cyâingabo zâu Rwanda, iza CAR nâizâAbarusiya cyatumye BozizĂ© na bagenzi be bahungira muri Chad
Uwabaye Perezida wa Repubulika ya Centrafrika (CAR), François BozizĂ© na bamwe mu bayobozi bakuru bâimitwe irwanya ubutegetsi bwâiki gihugu barimo Maxime Mokom wa Anti-Balaka, Al-Khatim wa MPC na General Bobo wa 3R bahungiye muri Chad babitewe nâigitutu bari bakomeje gushyirwaho nâingabo zâu Rwanda zifatanyije nâiza CAR hamwe nâizâu Burusiya. Aya makuru Guverinoma ya Chad yayahamirije […]
Sinshaka ko umuhungu wa Fred yaba hanze cyangwa yaba impunzi_Perezida Kagame
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yasabye umuhungu wa Maj Gen Fred Gisa Rwigema, Eric Gisa Rwigema, gutaha mu Rwanda akaba mu gihugu se yarwaniriye; bitihi se akajya arusura. Umukuru w’Igihugu yabigarutseho ku wa Gatandatu ubwo yari yitabiriye ibirori by’ubukwe bwa Teta Gisa, mushiki wa Eric Gisa. Aba bombi ni bo Maj Gen Fred Gisa Rwigema […]
Perezida Kagame yishimiye gutaha ubukwe bw’umukobwa wa Maj Gen Fred Rwigema
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yatangaje ko yishimiye gutaha ubukwe bwa Teta Gisa Rwigema, umwana wa Maj Gen Fred Gisa Rwigema. Ejo ku wa Gatandatu tariki ya 06 Ugushyingo ni bwo Teta yashyingiranwe n’umukunzi we Mervin Manzi, mu birori byabereye hano mu mujyi wa Kigali. Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bari mu bashyitsi b’imena […]