Rutshuru: FDLR iravugwaho kwaka abaturage umusoro
Umutwe witwaje intwaro wa FDLR urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda, uravugwaho kwaka umusoro abaturage bo muri Teritwari ya Rutshuru mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC). Abavuganye na Radio Okapi bavuga ko abarwanyi ba FDLR imaze imyaka irenga 20 muri RDC bavuga ko batangiye kubaka umusoro mu buryo butemewe n’amategeko guhera […]
Sankara aratakamba ngo yemererwe kuvugana nâumukunzi we bateganyaga gushyingiranwa
Nsabimana Callixte cyangwa Maj. Sankara ufungiwe muri gereza ya Nyarugenge aratakamba ngo yemererwe kujya avugana nâumukunzi we yasize muri Afurika yâEpfo ubwo bateganyaga gushyingiranwa. Mu kiganiro yagiranye na The Chronicles, Nsabimana avuga ko ubwo yatabwaga muri yombi muri Mata 2019 avanwe muri Comores, yari yarasize umukunzi we muri Afurika yâEpfo, akaba yarahunze Kayumba Nyamwasa yakekaga […]
Abakomando ba Tanzania baherutse kugaragaza imbunda idasanzwe yâiminwa 2 na magazine 2

Abasirikare bo mu mutwe wâIngabo zidasanzwe za Tanzania (Special Forces) baherutse kwerekana imbunda idasanzwe yomu maboko yo kugabisha ibitero yakorewe muri Israel ifite iminwa ibiri ndetse ijyamo magazine ebyiri icya rimwe. Iyi mbunda yo mu bwoko bwa Gilboa DBR Snake yerekanwe nâabakomando ba TPDF mu karasisi ko kwizihiza isabukuru yâImpinduramatwara ya Zanzibar yo mu 1964. […]
Perezida Kagame yashyikirijwe ubutumwa bwa Museveni

Kuri uyu wa Mbere tariki 17 Mutarama 2022, Perezida Paul Kagame yakiriye Ambasaderi Adonia Ayebare wamugejejeho ubutumwa bwa Perezida wa Uganda Yoweri Museveni. Urwego rw’Igihugu rw’Itangazamakuru (RBA) kuri Twitter rwatangaje iby’uru ruzinduko gusa nta byinshi rwabivuzeho. Ayebare asanzwe ari intumwa idasanzwe ya Museveni, akaba anahagarariye Uganda muri UN/ONU. Mu gihe umubano w’ u Rwanda na […]
UCC yatanze ibimenyetso bizifashishwa mu rubanza rwa Past. Bugingo
Urwego rushinzwe itumanaho muri Uganda, The Uganda Communications Commission (UCC), yahaye umunyamategeko, Male Mibirizi Kiwanuka, ibimenyetso azifashisha mu rubanza rwe na Pasiteri Bugingo n’umugore we, Suzan Makula Nantaba. UCC ari nayo ikurikirana iby’amakuru atangazwa mu gihugu, yamaze guha Mabirizi amashusho ya Pasiteri Bugingo, ari gusezerana mu buryo gakondo na Nantaba. Ibintu we yakunze guhakana yivuye […]
Umunyezamu wa CĂŽte d’Ivoire yapfushije se nyuma y’amasaha make akoreye ibara mu mukino wa Sierra Leone
Umunyezamu w’ikipe y’Igihugu ya CĂŽte d’Ivoire, Badra Ali SangarĂ©, yapfushije se umubyara kuri uyu wa Mbere tariki 17 Mutarama 2021. SangarĂ© yapfushije se nyuma y’amasaha make akoze ikosa rikomeye ryatumye CĂŽte d’Ivoire inganya na Sierra Leone ibitego 2-2, ibura amahirwe yo guhita ibona itike ya 1/8 mu gikombe cya Afurika. Ikosa uyu munyezamu yakoze ryanatumye […]
Perezida Museveni yahaye imbabazi abantu hafi 80 barimo abafite amazina yâIkinyarwanda

Perezida Yoweri Museveni wa Uganda yahaye imbabazi abantu 79, harimo abafite amazina ya Kinyarwanda, bari barahamijwe ibyaha bari bafungiye muri gereza zitandukanye mu gihugu. Museveni yatanze imbabazi binyuze mu bubasha bwe nkâumukuru wâigihugu abisabwe na Komite ngishwanama ku mbabazi zâumukuru wâigihugu. Perezida Museveni yavuze ko aba bahawe imbabazi hashingiwe ku bibazo byâubuzima nâubutabazi nkâuko yi […]
Kigali: Bamwe mu bamotari baravuga ko ikibazo cyabo kiruta kure umusaraba wa Yezu
Bamwe mu bakora akazi ko gutwara abagenzi kuri moto bazwi nk’abamotari mu Mujyi wa Kigali bavuga ko bameze nkâihene zitagira umushumba kuko batagira ubavuganira ngo ahubwo uwakabavuganiye ni we ubashora akanabarenganya. Babitangaje nyuma yâuko bakoze imyigaragambyo yo gusaba gukemurirwa ibibazo bafite mu kazi kabo birimo ikoreshwa rya Mubazi ubu yabaye ihagaritswe kugenzurwa. Bamwe mu bamotari […]
U Rwanda na Uganda byaba byasubukuye ibiganiro ku mubano wabyo
Leta ya Uganda n’iy’u Rwanda zasubukuye ibiganiro byo ku rwego rwo hejuru bigamije gusubiza mu buryo umubano w’ibihugu byombi umaze igihe warangiritse. Muri 2017 ni bwo ibihugu byombi byashwanye kubera ibirego kimwe cyagiye gushyira ku kindi. U Rwanda rushinja Uganda gufasha imitwe yitwaje intwaro igamije kuruhungabanyiriza umutekano, irangangajwe imbere n’uwa RNC wa Gen Kayumba Nyamwasa. […]
Le parquet prend en charge le cas de 8 médecins épinglés pour usage abusif de vaccins
Le Bureau rwandais d’enquĂȘte (RIB) a confirmĂ© avoir soumis Ă l’AutoritĂ© nationale des poursuites pĂ©nales le cas de huit agents de santĂ©, qui ont Ă©tĂ© arrĂȘtĂ©s pour dĂ©tournement de kits Covid-19 et usage abusif de vaccins. Selon le porte-parole du RIB, Thierry B. Murangira, les suspects ont Ă©tĂ© interpellĂ©s entre le 4 et le 8 […]
Mali irateganya kujyana CEDEAO mu nkiko
Igihugu cya Mali cyatangaje ko kigiye kujyana mu nkiko mpuzamahanga umuryango wa CEDEAO kugirango havanweho ibihano kivuga ko binyuranyije nâamategeko cyafatiwe nâuyu muryango. Minisitiri wâIntebe wâagateganyo, Choguel Kokalla Maiga, yavuze ko ibyo bihano bitemewe nâamasezerano mpuzamahanga arimo ayabuza gufatira ibihano ibihugu bidakora ku nyanja nka Mali. Ibi Kokalla Maiga yabitangarije mu kiganiro yagiranye nâitangazamakuru kuwa […]
USA: Umuturage wâu Bwongereza niwe wafatiye abantu bugwate mu isinagogi yâAbayahudi
Abayobozi bo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bagaragaje ko umugaabo wâimyaka 44 yâUmwongereza ari we wafashe bugwate abantu bane mu isinagogi yo muri Texas mu gihe cyâamasaha 10 mbere yâuko itsinda rya FBI SWAT ryinjira mu nyubako, rikarangiza igikorwa Perezida Joe Biden yise âigikorwa cy’iterabwoba â. FBI yatangaje ko uyu mugabo ari Malik Faisal […]
Kutagaragara mu rukiko rw’ubujurire kwa Rusesabagina kwateje impaka ku ihamagazwa rye
Ikibazo kijyanye nâihamagarwa rya Paul Rusesabagina nâabobareganwa mu rubanza ku bujurire kuri uyu wa Mbere, itariki 17 Mutarama 2022, ryateje impaka mu rukiko rwâubujurire, aho abamwunganira bavuga ko atahamagawe mu buryo bwemewe nâamategeko mu gihe ubushinjacyaha bushimangira ko hubahirijwe amategeko, arimo no gukoresha ikoranabuhanga ndetse butanga ibimenyetso birimo nâibaruwa ubuyobozi bwa gereza bwanditse busobanura ko […]
Grants and Communication Manager at BENIMPUHWE
Grants and Communication Manager at Rungano-NdotaInitiative BACKGROUND BENIMPUHWE is a local non-profit organization legally recognized in 1995. It is implementing various projects in 11 districts of Rwanda. The organization provides assistance to the vulnerable women, orphans, and other vulnerable children and youth so as to improve their livelihood and sustain adequate living conditions. BENIMPUHWE ORGANIZATION […]
Min. Vincent Biruta yageze muri Congo-Brazzaville
Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga nâUbutwererane wâu Rwanda, Dr Vincent Biruta, yageze muri Congo-Brazzaville, aho yitabiriye Inama yâIbihugu byo mu Muryango wâUbukungu bwâIbihugu bya Afurika yo Hagati (ECCAS). Uyu muryango wa Economic Community of Central African States (ECCAS) uhuza ibihugu 11 byo muri Afurika yo Hagati harimo nâu Rwanda. Urubuga rwa Twitter ya Minisiteri yâUbubanyi nâAmahanga rwatangaje […]
RIB submits the case of eight health workers accused of embezzlement to prosecution
Rwanda Investigation Bureau (RIB) has confirmed it has submitted to the National Public Prosecution Authority the case of eight health workers, who were arrested over embezzling Covid-19 kits and misuse of vaccines. According to RIB spokesperson, Thierry B. Murangira, the suspects were arrested between January 4 and 8. The suspects are from at least three […]
Kigali court to hear appeal against Rusesabagina’s sentence
A court in Kigali will begin hearing the case of âHotel Rwandaâ hero Paul Rusesabagina on Monday after prosecutors appealed against his 25-year prison sentence, saying it was âlenientâ. The prosecution appealed against a September 20, 2021 that found Rusesabagina guilty of eight charges following a seven-month long trial. Rusesabagina faced nine charges, including terrorism, […]
Kenya: Umukobwa yashyize ikinini cyongera ingufu z’akabariro mu mazi yo ku rusengero abagabo bahura n’akaga

Polisi mu gace ka Taita Taveta muri Kenya irahiga bukware umukobwa witwa Tracey Fadhili w’imyaka 19, ukekwaho gushyira ikinini cyongera ingufu zo gutera akabariro (Viagra) mu mazi yo kunywera ku rusengero, aho abagabo bahahuriye n’isanganya. Amakuru avuga ko ab’igitsinagabo 17 bari hagati y’imyaka 15 kugeza kuri 50, bari bitabiriye amasengesho ya mugitondo ku Cyumweru, batangiye […]
Tanzania nâu Burundi byasinye amasezerano yo kubaka umuhanda wa gari ya moshi

Guverinoma ya Repubulika Yunze Ubumwe ya Tanzania nâiyâu Burundi zasinye amasezerano yâumushinga wo kubaka umuhanda wa gari ya moshi ubihuza, ufite agaciro kâamadolari ya Amerika ($) miliyoni 900. Aya masezerano yari ahagarariwe na ba Minisitiri bâimari nâubwikorezi bâibihugu byombi, i Kigoma kuri uyu wa 16 Mutarama 2022. Uyu muhanda ufite uburebure bwâibilometero 282 uzaturuka mu […]
Real Madrid yegukanye Super Coupe ya Espagne, Benzema yandika amateka
Ikipe ya Real Madrid yegukanye Igikombe cya Super Coupe ya Espagne ku nshuro yayo ya 12, nyuma yo gutsinda ku mukino wa nyuma Athletic Bilbao ibitego 2-0. Ibitego bya Luka Modric na Karim Benzema kuri penaliti ni byo byafashije iyi kipe y’umutoza Carlo Ancelotti kwegukana iki gikombe ku nshuro ya 12, isigara irushwa igikombe kimwe […]
Sadate yamenyesheje Gen. Kainerugaba ko akumbuye Kampala
Munyakazi Sadate yamenyesheje umugaba wâingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen. Muhoozi Kainerugaba ko akumbuye Kampala nyuma yâimyaka 4 amaze atagerayo bitewe nâuko iki gihugu kitabanye neza nâu Rwanda. Bikubiye mu butumwa yatangarije ku rubuga rwa Twitter, asubiza Gen. Kainerugaba wari umaze gutangaza ko Perezida wâu Rwanda, Paul Kagame ari Se wabo, bityo umurwanya […]
Sankara avuga ko Nyamwasa yamubwiye ko ashyigikiwe nâabasirikare bakuru mu Rwanda
Nsabimana Callixte wamenyekanye nka Major Sankara ubwo yari Umuvugizi wâumutwe witwaje intwaro wa FLN urwanya ubutegetsi bwâu Rwanda, yahishuye ikibazo yigeze kubaza Lt Gen. Kayumba Nyamwasa washinze ihuriro rya RNC ubwo yamubwiraga ko ashyigikiye nâabasirikare hamwe nâabayobozi bakuru mu Rwanda. Mu kiganiro yagiranye na Chronicles cyabereye muri gereza ya Nyarugenge afungiwemo, Nsabimana yasobanuye ku buryo […]
Intumwa z’u Burundi mu Rwanda, iza Uganda mu Burundi n’imyigaragambyo y’abamotari; inkuru z’icyumweru
Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 10 Mutarama 2022 cyaranzwe n’inkuru nyamukuru zirebana na politiki, umutekano, ubutabera n’ubuzima. Harimo: Intumwa zâu Burundi mu Rwanda, iza Uganda mu Burundi Perezida wa Repubulika yâu Rwanda tariki ya 10 Mutarama 2022 yakiriye intumwa eshatu zoherejwe na Perezida wâu Burundi, baganira ku gukomeza umubano wâibihugu byombi. Izi ntumwa zarimo Minisitiri […]