Rutshuru: FDLR iravugwaho kwaka abaturage umusoro

Umutwe witwaje intwaro wa FDLR urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda, uravugwaho kwaka umusoro abaturage bo muri Teritwari ya Rutshuru mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC). Abavuganye na Radio Okapi bavuga ko abarwanyi ba FDLR imaze imyaka irenga 20 muri RDC bavuga ko batangiye kubaka umusoro mu buryo butemewe n’amategeko guhera […]

Sankara aratakamba ngo yemererwe kuvugana n’umukunzi we bateganyaga gushyingiranwa

Nsabimana Callixte cyangwa Maj. Sankara ufungiwe muri gereza ya Nyarugenge aratakamba ngo yemererwe kujya avugana n’umukunzi we yasize muri Afurika y’Epfo ubwo bateganyaga gushyingiranwa. Mu kiganiro yagiranye na The Chronicles, Nsabimana avuga ko ubwo yatabwaga muri yombi muri Mata 2019 avanwe muri Comores, yari yarasize umukunzi we muri Afurika y’Epfo, akaba yarahunze Kayumba Nyamwasa yakekaga […]

Abakomando ba Tanzania baherutse kugaragaza imbunda idasanzwe y’iminwa 2 na magazine 2

tanzanian-commandos-display-unusual-double-barrel-rifle.jpg

Abasirikare bo mu mutwe w’Ingabo zidasanzwe za Tanzania (Special Forces) baherutse kwerekana imbunda idasanzwe yomu maboko yo kugabisha ibitero yakorewe muri Israel ifite iminwa ibiri ndetse ijyamo magazine ebyiri icya rimwe. Iyi mbunda yo mu bwoko bwa Gilboa DBR Snake yerekanwe n’abakomando ba TPDF mu karasisi ko kwizihiza isabukuru y’Impinduramatwara ya Zanzibar yo mu 1964. […]

Perezida Kagame yashyikirijwe ubutumwa bwa Museveni

fjtrz7gxoausxm2.jpg

Kuri uyu wa Mbere tariki 17 Mutarama 2022, Perezida Paul Kagame yakiriye Ambasaderi Adonia Ayebare wamugejejeho ubutumwa bwa Perezida wa Uganda Yoweri Museveni. Urwego rw’Igihugu rw’Itangazamakuru (RBA) kuri Twitter rwatangaje iby’uru ruzinduko gusa nta byinshi rwabivuzeho. Ayebare asanzwe ari intumwa idasanzwe ya Museveni, akaba anahagarariye Uganda muri UN/ONU. Mu gihe umubano w’ u Rwanda na […]

UCC yatanze ibimenyetso bizifashishwa mu rubanza rwa Past. Bugingo

Urwego rushinzwe itumanaho muri Uganda, The Uganda Communications Commission (UCC), yahaye umunyamategeko, Male Mibirizi Kiwanuka, ibimenyetso azifashisha mu rubanza rwe na Pasiteri Bugingo n’umugore we, Suzan Makula Nantaba. UCC ari nayo ikurikirana iby’amakuru atangazwa mu gihugu, yamaze guha Mabirizi amashusho ya Pasiteri Bugingo, ari gusezerana mu buryo gakondo na Nantaba. Ibintu we yakunze guhakana yivuye […]

Perezida Museveni yahaye imbabazi abantu hafi 80 barimo abafite amazina y’Ikinyarwanda

aa-3.jpg

Perezida Yoweri Museveni wa Uganda yahaye imbabazi abantu 79, harimo abafite amazina ya Kinyarwanda, bari barahamijwe ibyaha bari bafungiye muri gereza zitandukanye mu gihugu. Museveni yatanze imbabazi binyuze mu bubasha bwe nk’umukuru w’igihugu abisabwe na Komite ngishwanama ku mbabazi z’umukuru w’igihugu. Perezida Museveni yavuze ko aba bahawe imbabazi hashingiwe ku bibazo by’ubuzima n’ubutabazi nk’uko yi […]

Kigali: Bamwe mu bamotari baravuga ko ikibazo cyabo kiruta kure umusaraba wa Yezu

Bamwe mu bakora akazi ko gutwara abagenzi kuri moto bazwi nk’abamotari mu Mujyi wa Kigali bavuga ko bameze nk’ihene zitagira umushumba kuko batagira ubavuganira ngo ahubwo uwakabavuganiye ni we ubashora akanabarenganya. Babitangaje nyuma y’uko bakoze imyigaragambyo yo gusaba gukemurirwa ibibazo bafite mu kazi kabo birimo ikoreshwa rya Mubazi ubu yabaye ihagaritswe kugenzurwa. Bamwe mu bamotari […]

U Rwanda na Uganda byaba byasubukuye ibiganiro ku mubano wabyo

Leta ya Uganda n’iy’u Rwanda zasubukuye ibiganiro byo ku rwego rwo hejuru bigamije gusubiza mu buryo umubano w’ibihugu byombi umaze igihe warangiritse. Muri 2017 ni bwo ibihugu byombi byashwanye kubera ibirego kimwe cyagiye gushyira ku kindi. U Rwanda rushinja Uganda gufasha imitwe yitwaje intwaro igamije kuruhungabanyiriza umutekano, irangangajwe imbere n’uwa RNC wa Gen Kayumba Nyamwasa. […]

Le parquet prend en charge le cas de 8 médecins épinglés pour usage abusif de vaccins

Le Bureau rwandais d’enquĂȘte (RIB) a confirmĂ© avoir soumis Ă  l’AutoritĂ© nationale des poursuites pĂ©nales le cas de huit agents de santĂ©, qui ont Ă©tĂ© arrĂȘtĂ©s pour dĂ©tournement de kits Covid-19 et usage abusif de vaccins. Selon le porte-parole du RIB, Thierry B. Murangira, les suspects ont Ă©tĂ© interpellĂ©s entre le 4 et le 8 […]

Mali irateganya kujyana CEDEAO mu nkiko

Igihugu cya Mali cyatangaje ko kigiye kujyana mu nkiko mpuzamahanga umuryango wa CEDEAO kugirango havanweho ibihano kivuga ko binyuranyije n’amategeko cyafatiwe n’uyu muryango. Minisitiri w’Intebe w’agateganyo, Choguel Kokalla Maiga, yavuze ko ibyo bihano bitemewe n’amasezerano mpuzamahanga arimo ayabuza gufatira ibihano ibihugu bidakora ku nyanja nka Mali. Ibi Kokalla Maiga yabitangarije mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru kuwa […]

USA: Umuturage w’u Bwongereza niwe wafatiye abantu bugwate mu isinagogi y’Abayahudi

Abayobozi bo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bagaragaje ko umugaabo w’imyaka 44 y’Umwongereza ari we wafashe bugwate abantu bane mu isinagogi yo muri Texas mu gihe cy’amasaha 10 mbere y’uko itsinda rya FBI SWAT ryinjira mu nyubako, rikarangiza igikorwa Perezida Joe Biden yise “igikorwa cy’iterabwoba ”. FBI yatangaje ko uyu mugabo ari Malik Faisal […]

Kutagaragara mu rukiko rw’ubujurire kwa Rusesabagina kwateje impaka ku ihamagazwa rye

Ikibazo kijyanye n’ihamagarwa rya Paul Rusesabagina n’abobareganwa mu rubanza ku bujurire kuri uyu wa Mbere, itariki 17 Mutarama 2022, ryateje impaka mu rukiko rw’ubujurire, aho abamwunganira bavuga ko atahamagawe mu buryo bwemewe n’amategeko mu gihe ubushinjacyaha bushimangira ko hubahirijwe amategeko, arimo no gukoresha ikoranabuhanga ndetse butanga ibimenyetso birimo n’ibaruwa ubuyobozi bwa gereza bwanditse busobanura ko […]

Grants and Communication Manager at BENIMPUHWE

Grants and Communication Manager at Rungano-NdotaInitiative BACKGROUND BENIMPUHWE is a local non-profit organization legally recognized in 1995. It is implementing various projects in 11 districts of Rwanda. The organization provides assistance to the vulnerable women, orphans, and other vulnerable children and youth so as to improve their livelihood and sustain adequate living conditions. BENIMPUHWE ORGANIZATION […]

Min. Vincent Biruta yageze muri Congo-Brazzaville

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Dr Vincent Biruta, yageze muri Congo-Brazzaville, aho yitabiriye Inama y’Ibihugu byo mu Muryango w’Ubukungu bw’Ibihugu bya Afurika yo Hagati (ECCAS). Uyu muryango wa Economic Community of Central African States (ECCAS) uhuza ibihugu 11 byo muri Afurika yo Hagati harimo n’u Rwanda. Urubuga rwa Twitter ya Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga rwatangaje […]

RIB submits the case of eight health workers accused of embezzlement to prosecution

Rwanda Investigation Bureau (RIB) has confirmed it has submitted to the National Public Prosecution Authority the case of eight health workers, who were arrested over embezzling Covid-19 kits and misuse of vaccines. According to RIB spokesperson, Thierry B. Murangira, the suspects were arrested between January 4 and 8. The suspects are from at least three […]

Kigali court to hear appeal against Rusesabagina’s sentence

A court in Kigali will begin hearing the case of ‘Hotel Rwanda’ hero Paul Rusesabagina on Monday after prosecutors appealed against his 25-year prison sentence, saying it was “lenient”. The prosecution appealed against a September 20, 2021 that found Rusesabagina guilty of eight charges following a seven-month long trial. Rusesabagina faced nine charges, including terrorism, […]

Kenya: Umukobwa yashyize ikinini cyongera ingufu z’akabariro mu mazi yo ku rusengero abagabo bahura n’akaga

858a3b95-0229-41bc-a714-b5d40aafc7d7-640x640.jpg

Polisi mu gace ka Taita Taveta muri Kenya irahiga bukware umukobwa witwa Tracey Fadhili w’imyaka 19, ukekwaho gushyira ikinini cyongera ingufu zo gutera akabariro (Viagra) mu mazi yo kunywera ku rusengero, aho abagabo bahahuriye n’isanganya. Amakuru avuga ko ab’igitsinagabo 17 bari hagati y’imyaka 15 kugeza kuri 50, bari bitabiriye amasengesho ya mugitondo ku Cyumweru, batangiye […]

Tanzania n’u Burundi byasinye amasezerano yo kubaka umuhanda wa gari ya moshi

bdi1-3.jpg

Guverinoma ya Repubulika Yunze Ubumwe ya Tanzania n’iy’u Burundi zasinye amasezerano y’umushinga wo kubaka umuhanda wa gari ya moshi ubihuza, ufite agaciro k’amadolari ya Amerika ($) miliyoni 900. Aya masezerano yari ahagarariwe na ba Minisitiri b’imari n’ubwikorezi b’ibihugu byombi, i Kigoma kuri uyu wa 16 Mutarama 2022. Uyu muhanda ufite uburebure bw’ibilometero 282 uzaturuka mu […]

Real Madrid yegukanye Super Coupe ya Espagne, Benzema yandika amateka

Ikipe ya Real Madrid yegukanye Igikombe cya Super Coupe ya Espagne ku nshuro yayo ya 12, nyuma yo gutsinda ku mukino wa nyuma Athletic Bilbao ibitego 2-0. Ibitego bya Luka Modric na Karim Benzema kuri penaliti ni byo byafashije iyi kipe y’umutoza Carlo Ancelotti kwegukana iki gikombe ku nshuro ya 12, isigara irushwa igikombe kimwe […]

Sadate yamenyesheje Gen. Kainerugaba ko akumbuye Kampala

Munyakazi Sadate yamenyesheje umugaba w’ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen. Muhoozi Kainerugaba ko akumbuye Kampala nyuma y’imyaka 4 amaze atagerayo bitewe n’uko iki gihugu kitabanye neza n’u Rwanda. Bikubiye mu butumwa yatangarije ku rubuga rwa Twitter, asubiza Gen. Kainerugaba wari umaze gutangaza ko Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame ari Se wabo, bityo umurwanya […]

Sankara avuga ko Nyamwasa yamubwiye ko ashyigikiwe n’abasirikare bakuru mu Rwanda

Nsabimana Callixte wamenyekanye nka Major Sankara ubwo yari Umuvugizi w’umutwe witwaje intwaro wa FLN urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda, yahishuye ikibazo yigeze kubaza Lt Gen. Kayumba Nyamwasa washinze ihuriro rya RNC ubwo yamubwiraga ko ashyigikiye n’abasirikare hamwe n’abayobozi bakuru mu Rwanda. Mu kiganiro yagiranye na Chronicles cyabereye muri gereza ya Nyarugenge afungiwemo, Nsabimana yasobanuye ku buryo […]

Intumwa z’u Burundi mu Rwanda, iza Uganda mu Burundi n’imyigaragambyo y’abamotari; inkuru z’icyumweru

Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 10 Mutarama 2022 cyaranzwe n’inkuru nyamukuru zirebana na politiki, umutekano, ubutabera n’ubuzima. Harimo: Intumwa z’u Burundi mu Rwanda, iza Uganda mu Burundi Perezida wa Repubulika y’u Rwanda tariki ya 10 Mutarama 2022 yakiriye intumwa eshatu zoherejwe na Perezida w’u Burundi, baganira ku gukomeza umubano w’ibihugu byombi. Izi ntumwa zarimo Minisitiri […]