Museveni yahaye umukoro Gen Al Burhan uyoboye Sudani
Perezida Yoweri Museveni wa Uganda yahaye umukoro Gen Abdel Fattah Abdelrahman Al Burhan ukuriye akanama ka gisirikare kayoboye Sudani mu buryo bw’inzibacyuho wo gutegura amatora anyuze mu mucyo. Museveni yabisabye Gen Al Burhan uheruka gusura Uganda ubwo barimo baganirira mu biro bye i Entebbe. Uyu musirikare ku wa Kane yari yagiriye uruzinduko rw’umunsi muri Uganda, […]
Stepmother to late Akeza Elsie appeals remand
Marie-Chantal Mukanzabarushimana filed an appeal challenging a decision taken by the Kicukiro Primary Court to remand her in February. Mukanzabarushimana was remanded on charges of being involved in the death of her five-year step daughter Elsie Akeza Rutayombya on January 14. Akeza drowned in a water tank at the home of the suspect which she […]
Urukiko rwagumishijeho igihano Cyuma Hassan yari yarakatiwe
Urukiko rw’Ubujurire kuri uyu wa 18 Werurwe 2022 rwagumishijeho igihano umunyamakuru Niyonsenga DieudonnĂ©e wiyita Cyuma Hassan yari yarahamijwe n’Urukiko Rukuru mu mwaka ushize. Mu Gushyingo 2021, Urukiko Rukuru rwakatiye Cyuma igifungo cy’imyaka 7 rumuca n’ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda (Frw) miliyoni 5, rumaze kumuhamya ibyaha bine: gukoresha inyandiko mpimbano, kwiyitirira umwuga, kubangamira ishyira mu bikorwa ry’imirimo […]
Kagame welcomes Tchad’s Gen. Mahamat Idriss DĂ©by Itno in Kigali
President Kagame has received President Mahamat Idriss DĂ©by Itno of Chad at Urugwiro Village in Kigali Rwanda on 18 March, 2022. President Kagame & H.E c, Chairman of the Transitional Military Council & President of the Republic of Chad will now deliver remarks ahead of witnessing the signing of a General Cooperation Agreement. The reception […]
MIFOTRA ivuga ko nta kigo cya Leta kizongera gukoresha ibizamini bya Leta hadakoreshejwe ikoranabuhanga
Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo (MIFOTRA), yatangaje ko nta kigo cya leta kizongera gukoresha ibizamini by’akazi byo kwandika hadakoreshejwe ikoranabuhanga, mu rwego rwo kwirinda impugenge z’uburiganya zagendaga zigaragazwa n’abapiganira iyi myanya. Umunyamabanga uhoraho w’agateganyo muri iyi minisiteri, Abimana Fidel, avuga ko gukoresha ikoranabuhanga mu gushaka abakozi ba leta no kubashyira mu myanya byatumye habaho umucyo […]
Shwarzenegger ashinja Putin kubeshya ingabo z’u Burusiya zikisanga mu ntambara muri Ukraine
Inararibonye mu mukino wa filimi akaba n’umunyapolitiki wayoboye Leta ya California mu zunze ubumwe za Amerika (USA), Arnold Shwarzenegger ashinja Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya kubeshya ingabo z’igihugu cye, zikisanga mu ntambara muri Ukraine mu buryo bwazitunguye. Uyu musaza wamamaye nka Commando, yabivugiye muri videwo y’iminota 9 n’amasegonda 16 yasobanuriyemo ubushuti afitanye n’Abarusiya kuva afite […]
Perezida Kagame yakiriye Gen Mahamat Idriss Déby uyobora Tchad uri mu Rwanda (Amafoto)

Perezida Paul Kagame yakiriye ku biro bye Perezida w’inzibacyuho wa Tchad, Gen Mahamat Idriss DĂ©by Itno uri hano mu Rwanda, aho yatangiye uruzinduko rw’akazi. Gen Mahamat Idriss DĂ©by uri mu ruzinduko hano mu Rwanda, asanzwe ari umuhungu wa Marshal Idriss DĂ©by wahoze ayobora Tchad mbere yo kwicirwa ku rugamba muri Mata umwaka ushize. Ku gicamunsi […]
U Rwanda rwagiye rurushaho kugirirwa icyizere kubera igisirikare cyarwo – Umufaransa
Umwe mu bayobozi bakuru mu gihugu cy’u Bufaransa aravuga ko imikorere y’igisirikare cy’u Rwanda yatumye igihugu kirushaho kugirirwa icyizere kandi hari inyungu ibihugu byombi bisangiye. Ibi byavuzwe mu gihe Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen. Jean Bosco Kazura yasozaga uruzinduko rwe rw’akazi mu Bufaransa, aho yabonanye na mugenzi we, Gen Thierry Burkhard, basanzwe banaziranye akiyobora […]
Genève-Des défenseurs des Droits de l’Homme dénoncent la militarisation des enfants par le polisario dans les camps de Tindouf
A l’occasion de la tenue Ă Genève de la 49ème session du Conseil des Droits de l’Homme de l’ONU dont les travaux se poursuivent jusqu’au 1er avril prochain, des militants associatifs marocains ont dĂ©noncĂ© vigoureusement, la militarisation des enfants par le polisario, dans les camps de Tindouf, avec la complicitĂ© de l’AlgĂ©rie. Les intervenants se […]
Gen Muhoozi nyuma yo kuva mu Rwanda yahise agenderera ikindi gihugu (Amafoto)

Umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda akanaba Umugaba w’Ingabo z’icyo gihugu zirwanira ku butaka, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, ari i Cairo mu Misiri aho byitezwe ko agomba kugirana ibiganiro na Perezida Abdel Fattah el-Sisi w’iki gihugu. Ku gicamunsi cy’ejo ku wa Kane ni bwo Gen Muhoozi yageze mu Misiri ku butumire bwa Perezida […]
Ukraine yigambye kwica Colonel w’u Burusiya
Ingabo za Ukraine zemeje ko kuri uyu wa 17 Werurwe 2022 zishe Colonel w’ingabo z’u Burusiya zimaze ibyumweru bitatu zihanganye, witwa Sergei Sukharov. Colonel Sukharov yari umuyobozi w’ingabo zigize Regima ya 331 yakoreraga mu karere ka Kostroma kari mu burengerazuba bw’u Burusiya. Azwi nk’umwe mu Barusiya bayoboye ingabo zahanganiraga n’iza Ukraine mu Karere ka Ilovaisk […]
Igisubizo cya Pedri wagereranyijwe na Messi nyuma yo gutsinda igitego cy’akataraboneka
Umunya-Espagne Pedri Gonzalez yatangaje ko byamurenze cyane, nyuma yo kugereranywa na Lionel Messi kubera igitego yatsindiye FC Barcelone ikina na Galatasaray. Mu ijoro ryakeye FC Barcelone yo muri Espagne yari yasuye Galatasaray yo muri Turkiya, mu mukino w’ishiraniro wo kwishyura wa 1/8 cy’irangiza cya UEFA Europa league. Ni nyuma y’ubanza wabereye i Camp Nou amakipe […]
Perezida Samia yahishuye uko byamugoye kwakira ko agiye kuyobora Tanzania, Magufuli amaze gupfa

Perezida wa Repubulika Yunze Ubumwe wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, yahishuye uko byamugoye kwakira ko agiye kuyobora iki gihugu ubwo uwo yasimbuye, Dr John Pombe Magufuli yari amaze gupfa. Uyu Mukuru w’Igihugu yabitangaje ubwo we, abayobozi batandukanye n’umuryango wa Dr Magufuli bamwibukaga kuri uyu wa 17 Werurwe 2022. Yagize ati: “Bavandimwe, tariki ya 17 Werurwe […]
ECOWAS yiyemeje kudatererana Burkina Faso nyuma yo kumva impamvu z’abahiritse ubutegetsi
Kuri uyu wa Kane ushize, uhagarariye Umuryango w’Ubukungu w’Ibihugu bya Afurika y’Iburengerazuba (ECOWAS) yavuze ko bazakomeza gukorana na Burkina Faso nubwo hari impungenge z’umugambi wa gisirikare wo kugumana ubutegetsi mu gihe cy’imyaka itatu nyuma yo guhirika ubutegetsi muri Mutarama. Umuryango w’Ubukungu w’Ibihugu bya Afurika y’Iburengerazuba (ECOWAS) wahagaritse Burkina Faso nyuma y’uko ingabo zimaze kwirukana ku […]
Nagiye mu ijuru mpura na Yesu mbona asa n’Abarabu-Pasiteri muri Bethel
Pasiteri mu Itorero ryitwa Bethel Healing Ministries muri Uganda, Irene Manjeri, yatunguranye avuga ko yagiye mu ijuru, akabonana na Yesu kandi yabonye asa n’Abarabu. Pasiteri Manjeri avuga ko yabonye Yesu yambaye ikanzu y’umweru, akagira ibyo amubwira ngo ” Ni nawe wanyigishije iki Cyongereza cyiza nsigaye mvuga.” Aganira na Bukedde TV, Manjeri ati ” Nagiye mu […]
Abasirikare b’u Burusiya bafatiwe mpiri muri Ukraine baburiye Putin ko bazamuhagurukira
Abasirikare b’Abarusiya bafatiwe ku rugamba, bashinje Perezida Vladimir Putin gutuma bagaba ‘ibitero by’iterabwoba’ muri Ukraine; bamuburira bamubwira ko bazamuhagurukira. Aba basirikare bamaganye igitero ingabo z’u Burusiya mu minsi ishize zagabye ku bitaro by’ababyeyi mu mujyi wa Mariupol, bavuga ko ari igikorwa cya ki-Nazi. Ni igitero cyaguyemo abantu bane ku wa 09 Werurwe, barimo n’umugore utwite. […]
Umurundi yageneye impunzi za Ukraine imfashanyo y’ibigori
Umurundi w’imyaka 30 y’amavuko utuye mu Ntara ya Ruyigi, Nimpagaritse Adrien, yemeye guha abahunga intambara ya Ukraine n’u Burusiya imfashanyo y’ibilo 100 by’ibigori mu musaruro yakuye mu buhinzi. Mu kiganiro yagiranye na BBC Afrique, Nimpagaritse yavuze ko yagize iki gitekerezo ashingiye ku mashusho ari kubona y’abahunga iyi ntambara, no kuba na we ubwe yarabaye mu […]
Le procès d’une belle-mère soupçonnĂ©e d’ĂŞtre liĂ©e Ă la mort très mĂ©diatisĂ©e d’Elsie Akeza commence
Le procès d’une femme soupçonnĂ©e d’ĂŞtre liĂ©e Ă la mort très mĂ©diatisĂ©e d’Elsie Akeza Rutayombya, âgĂ©e de cinq ans, survenue en janvier de cette annĂ©e, a commencĂ© le jeudi 17 mars au tribunal intermĂ©diaire de Nyarugenge Ă Nyamirambo. Marie-Chantal Mukanzabarushimana, belle-mère du dĂ©funt, est la principale suspecte du dĂ©cès survenu le 14 janvier. Le dĂ©funt […]
Nyanza: Mugimba wavanwe mu Buholandi yakatiwe imyaka 25 y’igifungo kubera jenoside
Urukiko Rukuru, Urugereko rwihariye ruburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka rwahamije Jean-Baptiste Mugimba ibyaha bya Jenoside kandi rumuhanisha igifungo cy’imyaka 25. Iki gihano yagikatiwe kuri uyu wa Kane, itariki ya 17 Werurwe ku cyicaro cy’urukiko mu Karere ka Nyanza mu Ntara y’Amajyepfo. Mugimba yashinjwaga ibyaha byinshi byakoreye mu bice bya Nyakabanda na Nyamirambo ho mu Karere […]
Perezida Ramaphosa yashinje NATO kuba intandaro y’intambara yo muri Ukraine
Kuri uyu wa Kane, itariki 17 Werurwe, Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yashinje NATO kuba ari yo nyirabayazana y’intambara yo muri Ukraine maze avuga ko azamagana umuhamagaro wose wo kwamagana u Burusiya, amagambo yateye gushidikanya hibazwa niba azemerwa na Ukraine cyangwa Uburengerazuba nk’umuhuza. Ubwo yasubizaga ibibazo mu nteko ishinga amategeko, Ramaphosa yagize ati: “Intambara […]
Amerika yafatiye ibihano umushoramari Alain Goetz ufitanye amahari n’u Rwanda
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zafatiye ibihano Alain Goetz, umushoramari w’Umubiligi kubera ubucuruzi bwa magendu ya zahabu yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Perezidansi ya Amerika ishinja Goetz na Sosiyete ye yitwa African Gold Refinery (AGR) gukura zahabu muri muri RDC bakayinyuza mu Rwanda no muri Uganda, hanyuma amafaranga ayivuyemo agahabwa imitwe […]