Iburasirazuba: Abayobozi b’imidugudu babaye indashyikirwa bakebuye abahutaza abaturage

Abayobozi b’imidugudu itatu yahize indi mu kuba indashyikirwa mu ntara y’Iburasirazuba bavuga ko abaturage iyo bayobowe neza, bumva neza gahunda za Leta, bikaborohera gushyira mu bikorwa ibyo biyemeje kandi badahutaje abaturage. Aba bayobozi b’imidugudu babitangaje nyuma yo guhabwa ibihembo byatangiwe ku munsi w’imiyoborere wateguwe n’ubuyobozi bw’intara y’Iburasirazuba, wabereye mu ishuri rya Polisi riiherereye mu murenge […]
Nyaruguru: Abadepite bakirijwe ibibazo by’ingurane

Ubwo basuraga umurenge wa Rusenge mu karere ka Nyaruguru, itsinda rigizwe na Cecile Murumunawabo, Deogratias Minani Bizimana na Jean RenĂ© Niyorurema ryumvise ibibazo by’abaturage byibanze ku ngurane z’imitungo yabo yangijwe n’iyubakwa ry’umuhanda wa kaburimbo Huye-Kibeho-Ngoma zitarishyurwa, bizeza kubikurikirana bikabonerwa ibisubizo mu gihe cya vuba. Nsengiyumva AndrĂ© utuye mu mudugudu wa Kalimba, akagari ka Raranzige avuga […]
UPDF irigamba kwica inyeshyamba 14 za M23 igatakaza umusirikare umwe
Mu gitero giheruka kugabwa n’inyeshyamba z’umutwe wa M23, mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Uganda ivuga ko ingabo zayo zishe inyeshyamba zisaga icumi nayo ikabura umusirikare wayo mu mirwano yabereye hafi y’umupaka wayo na Congo. Umuvugizi w’ingabo za Uganda avuga ko inyeshyamba za M23 ndetse zateye ibisasu ku ruhande rwa Uganda maze amazu […]
ImmaculĂ©e arateganya kwitabaza ubutabera kubera ikibazo cy’inkwano
Umuyobozi w’umuryango Transparency International Rwanda urwanya ruswa n’akarengane, Ingabire Marie ImmaculĂ©e yavuze ko ateganya gusaba ubutabera kwinjira mu kibazo cy’inkwano, kuko abona uburyo zisigaye zisabwa zikanatangwamo ntaho butandukaniye n’icyaha cy’icuruza ry’abantu (human trafficking). ImmaculĂ©e yabitangarije mu kiganiro yagiriye kuri Radio Rwanda, cyerekeye ku nkwano z’iki gihe. Abajijwe uko we azibona, yavuze ko abona ko ababyeyi […]
Kageno Rwanda Project changes lives of former Nyungwe National Park poachers in Nyamasheke

Former Nyungwe National Park poachers residing in Nyamasheke, have narrated how Kageno Rwanda Project has changed lives of their households, by giving them jobs after they were mobilized to quit poaching activities in one of the oldest rainforests in Africa, Nyungwe, in 2002. Kageno Rwanda Project operating in Banda Cell Rangiro Sector, Nyamasheke District, South […]
BBC yongeye kwemererwa gukorera mu Burundi, VOA ikomeza gukumirwa
Leta y’u Burundi kuri uyu wa Gatatu tariki ya 30 Werurwe yemereye igitangazamakuru mpuzamahanga cya BBC kongera gukorera mu Burundi, icya VOA (Ijwi rya Amerika) byari byarahagarikiwe rimwe gikomeza gukumirwa. Muri Gicurasi 2018 ubwo mu Burundi haburaga ibyumweru bibiri ngo habe amatora ya kamarampaka yasize itegekonshinga ry’iki gihugu rihinduwe, ni bwo Radiyo BBC n’Ijwi rya […]
Umutoza wa Mukura VS yasobanuriye iwabo muri Espagne uko Casemiro wa APR FC yamutuye hasi
Videwo igaragaza umukinnyi wa APR FC, Mugisha Bonheur atera umutego (tackle) umukinnyi wa Mukura Victory Sports n’umutoza Tony Hernandez yasakaye muri Espagne. Yafashwe tariki ya 14 Werurwe 2022 ubwo APR FC yanganyaga na Mukura VS igitego 1-1 mu mukino wo kwishyura wa shampiyona y’icyiciro cya mbere. Muri uyu mukino wagaragayemo uguhatana gukomeye ku mpande zombi […]
Hahishuwe ibyavugiwe mu nama y’ubutasi u Rwanda rwifashishije runyomoza ibyo gufasha M23
Nyuma y’amasaha make Umuvugizi w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, Brig. Gen. Sylvain Ekenge atangaje ko ingabo z’u Rwanda zafashije umutwe witwaje intwaro wa M23 mu gitero wagabye ku birindiro bya Tshanzu na Runyoni muri Teritwari ya Rutshuru, tariki ya 28 Werurwe 2022, Guverineri Habitegeko François w’Intara y’Uburengerazuba yarabinyomoje. Mu itangazo rya Gen. Ekenge, yasobanuye ko ingabo […]
Karongi: Abatishoboye bahawe imirasire, basaba ibindi byabafasha kwigobotora ubukene

Imiryango 100 itishoboye yo mu mirenge ya Mutuntu na Twumba mu karere ka Karongi yagejejweho amashanyarazi akomoka ku mirasire y’izuba, ku bufatanye bw’aka karere,Tubura na Banki y’uRwanda itsura amajyambere( BRD) mu rwego rwa gahunda ya Leta y’uko kugera muri 2024 buri munyarwanda azaba acana amashanyarazi, bamwe mu bayahawe basaba Akarere kubagezaho ibikorwa remezo bihagije n’ibindi […]
PM Ngirente yasobanuriye amahanga uko u Rwanda ruhamya intego nkuru y’imibereho myiza y’abaturage

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Edouard Ngirente, yasobanuriye amahanga uburyo guverinoma irimo guhamya intego nyamukuru yihaye yo kugeza abaturage ku mibereho myiza, nk’imwe mu zikubiye mu z’iterambere rirambye, SDGs. Ibi bisobanuro bikubiye mu ijambo yagejeje ku bitabiriye inama y’abahagarariye za guverinoma zitandukanye ku Isi, yiga ku ishyirwa mu bikorwa ry’intego z’iterambere rirambye Umuryango w’Abibumbye wihaye, […]
Ibihugu bya mbere muri Afurika bitunze amabuye y’agaciro menshi
Umugabane wa Afurika ni umugabane ukungahaye ku mabuye y’agaciro, aho bigira aha hantu hamwe mu hantu hakungahaye ku mutungo kamere ku Isi. Ibi bihugu bya Afurika nibyo bitunze amabuye y’agaciro menshi kurusha ibindi nk’uko tubikesha AfrikMag. Botswana – Diamants Botswana itunze 35% bya diyama yo muri Afurika, inyinshi muri zo zikaba zifite ubuziranenge bw’amabuye y’agaciro, […]
USA yamenyesheje Minisitiri Biruta ko yitaye cyane ku rubanza rwa Rusesabagina
Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) wungirije, Wendy Sherman, yamenyesheje Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Dr Vincent Biruta ko igihugu cye cyitaye cyane ku rubanza rw’umufungwa Paul Rusesabagina. Minisitiri Biruta yabimenyeshejwe kuri uyu wa 29 Werurwe 2022, ubwo yagiriraga uruzinduko muri USA, rwari rugamije gukomeza ubufatanye ibihugu byombi bisanganwe. Muri uru ruzinduko […]
Ngoma: Barasaba ubundi bwato buborohereza ingendo zo mu mazi
Abaturage batuye mu murenge wa Mugesera mu karere ka Ngoma, barasaba Leta kubafasha kubona icyombo (ubwato buto) gishya kibafasha koroshya ubuhahirarane hagati yabo n’akarere ka Rwamagana n’umujyi wa Kigali kuko icyo basanganwe gishaje. Icyombo cyifashishwa mu guhuza mu gutwara abantu n’ibintu mu kiyaga cya Mugesera kiri hagati y’uturere twa Ngoma na Rwamagana. Abaturage bavuga ko […]
FARDC cyangwa M23: Hadutse ukwitana bamwana ku ruhande rwahanuye indege ya MONUSCO
Impaka n’urujijo byadutse ku ruhande ruri kuvugisha ukuri hagati y’Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’umutwe wa M23 wubuye imirwano, nyuma yaho buri ruhande rushinja urundi guhanura indege y’ingabo ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye (MONUSCO). Iyi ndege yahanuwe irashwe kuri uyu wa Kabiri tariki 29 Werurwe 2022, yaguyemo abantu umunani […]
Kenya igiye guteza cyamunara indege 2 za gisirikare

Minisiteri y’Ingabo ya Kenya igiye gushyira ku isoko rya cyamunara indege ebyiri za gisirikare itagikoresha iki gihugu cyaguze na Havilland Canada zo mu bwoko bwa DHC-5 Buffalo, ndetse na za moteri, n’ibindi byuma byazo byo gusimbura ibishaje. Abashaka kugura bazasabwa kwishyura catalog y’indege ku Mashilingi ya Kenya 1,000 (8.7$), Amashilingi 200,000 asubizwa yo kugura numero […]
Umuganga wa CAF yakubiswe n’abafana ba Nigeria barakajwe no kubura itike y’Igikombe cy’Isi arapfa
Umunya-Zambia Joseph Kabungo wari umuganga mu ishyirahamwe y’umupira w’amaguru ku Isi (FIFA) ndetse n’ishyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika (CAF), yapfuye nyuma yo gukubitwa n’abafana b’ikipe y’igihugu ya Nigeria barakajwe no kubura itike y’Igikombe cy’Isi. Kabungo yari ayoboye itsinda ry’abaganga bari ku mukino wo kwishyura w’ijonjora rya nyuma ryo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2022 The […]
Le Rwanda rejette les allĂ©gations d’implication dans les attaques en RD Congo
Le gouverneur de la province occidentale du Rwanda, François Habitegeko, a catĂ©goriquement rĂ©futĂ© mardi « les accusations sans fondement » du porte-parole de la province voisine du Nord-Kivu, en RD Congo. Le gĂ©nĂ©ral Sylvain Ekenge, porte-parole du gouverneur du Nord-Kivu, a accusĂ© les Forces rwandaises de dĂ©fense (RDF) de soutenir les Ă©lĂ©ments armĂ©s qui ont […]
Abacamanza b’urukiko rw’ikirenga n’urw’ubujurire mu mwiherero

Abacamanza b’urukiko rw’ikirenga n’ab’urukiko rw’ubujurire kuri uyu wa Gatatu, n’abandi bakozi b’urwego rw’ubucamanza mu Rwanda batangiye umwiherero uzamara iminsi itatu. Uyu mwiherero ufite insanganyamatsiko igira iti “insobanurampamo ry’Itegeko Nshinga n’andi mategeko,ubunararibonye bwo gutegura ingingo z’amategeko no gushingira ku byemezo by’inkiko (imanza zasomwe.” Atangiza uyu mwiherero, Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga Faustin Ntezilyayo yavuze ko wagombaga kuba warabaye […]
Gen Muhoozi avuga ko afitiye icyizere Museveni, Kagame na Tshisekedi ku kibazo cya M23
Lt Gen Muhoozi Kainerugaba yatangaje ko afite icyizere cy’uko ba Perezida Paul Kagame w’u Rwanda, se Yoweri Museveni wa Uganda na FĂ©lix Tshisekedi wa RDC mu gihe cya vuba bazabonera igisubizo ikibazo cy’umutwe wa M23. Uyu musirikare usanzwe ari Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka yabitangaje mu butumwa yanditse kuri Twitter ye, agaragaza ko […]
Rusizi: Abahinzi b’umuceri bararira ayo kwarika, imbuto bitunganyiriza ntibabasha kuyigura ubwabo

Abahinzi b’umuceri ba koperative Ejo Heza Muhinzi w’umuceri ( KEHEMU) iwuhinga mu kibaya cya Bugarama mu karere ka Rusizi, bari mu marira no gutakamba, bavuga ko batewe impungenge n’itumbagira ry’igiciro cy’imbuto yawo, aho ikilo cyavuye ku mafaranga 400 kikagera ku 1020 kandi iyo mbuto ituburirwa iwabo mu Bugarama ndetse n’abayitubura bakaba ari bamwe mu banyamuryango […]
FARDC accuses M23 fighters of killing eight UN peacekeepers in plane crash
Rebels in the eastern Democratic Republic of Congo (DRC) have shot down a UN helicopter, the Congolese military said on Tuesday. The helicopter came down in an area controlled by the March 23 Movement (M23) rebels, General Sylvain Ekenge, a spokesman for the military governor of North Kivu province, said in a statement. However, M23 […]
Amb. Karega yatanze ibisobanuro ku bitero bya M23 RDF ishinjwa kugiramo uruhare

Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 29 Werurwe, Minisitiri w’intebe wungirije akaba na minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Christophe Lutundula, yakiriye mu biro bye Ambasaderi w’u Rwanda i Kinshasa, Vincent Karega, baganira ku mutekano mu burasirazuba, cyane cyane ibikorwa by’umutwe wa M23. “Binyuze mu biganiro byacu, twijeje Minisitiri w’intebe ko u […]
SĂ©nĂ©gal yongeye gushengura imitima y’Abanya-Misiri, inzozi z’Igikombe cy’Isi RDC imaranye imyaka 48 zirangizwa na Maroc
Ikipe y’Igihugu ya SĂ©nĂ©gal, Les Lions de la TĂ©ranga yongeye gushengura imitima y’abanya-Misiri, nyuma yo kongera kubatsinda ikababuza itike y’Igikombe cy’Isi. SĂ©nĂ©gal yatsinze Misiri banganyaga igiteranyo cy’igitego 1-1 kuri penaliti 3-1, ihita yinjira mu makipe y’ibihugu atanu azahagararira umugabane wa Afurika mu gikombe cy’Isi cya 2022 kizabera muri Qatar. Mu kwezi gushize ni bwo amakipe […]