Itangazo ryo guhindura izina akitwa Muvunyi Jean Claude
MINICOM yahagaritse Betting ku makipe yo mu Rwanda
Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda mu Rwanda (MINICOM), yatangaje ko yahagaritse by’agateganyo ibikorwa by’imikino y’amahirwe (Betting) ku makipe yo mu Rwanda. MINICOM yatangaje ko yafashe iki cyemezo nyuma yo kubiganiraho na Minisiteri ya Siporo (MINISPORTS). Itangazo ryasohowe na Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Habyarimana Béata, rivuga ko “gutanga serivisi za Betting byahagaritswe” ndetse icyo cyemezo kigahita gishyirwa mu bikorwa […]
Ingabo za SADC zongejwe ukwezi muri Cabo Delgado, mu gihe ibyihebe byazuye umugara
Abakuru b’ibihugu bigize umuryango w’akarere ka Afurika y’amajyepfo (SADC) bafashe icyemezo cyo kongeza ukwezi ingabo z’ibihugu biwugize ziri mu butumwa bw’amahoro mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique. Nk’uko VOA Portugues ibivuga, iki cyemezo cyafatiwe mu nama yayobowe n’Umuyobozi Mukuru w’uyu muryango akaba na Perezida wa Malawi, Lazarus Chakwera, kuri uyu wa 14 Nyakanga 2022. […]
Leta yashyizeho uburyo bukaze bwo guhashya ubujura bwa za mudasobwa, amatelefoni n’ibindi
Guverinoma y’ u Rwanda yatanze amezi 3 ku bacuruza ibikoresho by’amashanyarazi cyangwa iby’ikoranabuhanga yo kuba bamaze kubisabira uruhushya, hagamijwe gukumira ubujura bw’ibikoresho by’ikoranabuhanga birimo: telefoni, televiziyo, mudasobwa n’ibindi. Ibi bikubiye mu mabwiriza mashya agenga ubucuruzi bw’ibikoresho by’amashanyarazi cyangwa iby’ikoranabuhanga. Ni amabwiriza yasohotse mu igazeti ya Leta. Ibikoresho by’ikoranabuhanga birimo telefoni, televiziyo, mudasobwa ndetse n’ibindi ni […]
Icyo Clarisse Karasira avuga ku wavuze ko yajyaga ajya ‘gusambana’ muri ghetto i Byumba
Umuhanzi Karasira Clarisse yagize icyo avuga ku wamushinje kuba yarajyaga gusura umuhungu muri Ghetto bakaryamana, avuga ko ari ukumusebya kubera ishyari. Kuva ejo ku wa Gatatu izina Clarisse Karasira riri kugarukwaho cyane ku mbuga nkoranyambaga, nyuma y’ubutumwa yanditse ku rubuga rwe rwa Twitter. Ni ubutumwa yanditse agaragaza ko kuba kuba yaranze kwiyandarika mu bukumi bwe […]
Teacher of Kinyarwanda & French for Primary & Kindergarten section at Wellspring Academy
Job Announcement Teacher of Kinyarwanda & French for Primary & Kindergarten section Job Description: Wellspring Academy is an international Christian School with a Vision to produce a new generation of servant leaders to bless Rwanda and display the best of Rwanda to the world. The school is currently hiring a teacher of Kinyarwanda & French. […]
UN yihakanye abasirikare 49 ba Côte d’Ivoire bafungiwe muri Mali
Umuryango w’Abibumbye (UN) wihakanye abasirikare 49 ba Côte d’Ivoire bafungiwe muri Mali guhera ku wa 10 Nyakanga 2022, bakekwaho kuba abacancuro bari kuri misiyo itazwi. Aba basirikare bafatiwe ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Bamako bamaze kururuka indege yari ibavanye mu gihugu cyabo. Bari baherekejwe n’indi ndege yikoreye ibikoresho bya gisirikare. Leta y’inzibacyuho ya Mali yasobanuye […]
USA: Abanyekongo babiri bari bakurikiranwe n’ubutabera bemeye icyaha
Abanyekongo babiri bafatiwe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mbere yo gushyikirizwa ubutabera bashinjwa ubucuruzi butemewe bw’amahembe y’inzovu n’inkura z’umweru bayakura muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo bayajyana muri Seattle, kuri uyu wa Kabiri ushize bemeye icyaha nk’uko byatangajwe n’Ubutabera bwa Amerika. Herdade Lokua, w’imyaka 34, na Jospin Mujangi, w’imyaka 32, bavuka i Kinshasa, muri […]
Beware of deadly Elephantiasis that is wreaking havoc in Gicumbi District
According to World Health Organisation (WHO), Lymphatic Filariasis also known as Elephantiasis is a disease that appears mostly on legs due to the penetration of filarial parasites in the human body through mosquitoes. Elephantiasis has cause and transmission, symptoms and effects, prevention as well as the treatment that we are going to discuss in this […]
Urupfu rurasanzwe_Lt Gen. Irung asezera kuri ba Colonel 2 baherutse gupfa
Lt Gen. Irung Yav Philemon, umuyobozi mushya w’ibikorwa bya gisirikare byo kurwanya imitwe yitwaje intwaro mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, yatangaje ko azi neza ko gupfira ku rugamba ari ibintu bisanzwe. Mu butumwa bwa mbere yahaye abaturage b’i Goma, nyuma yo gushyikirizwa iyi nshingano tariki ya 12 Nyakanga 2022, Lt Gen. Irung yihanganishije imiryango ya […]
MONUSCO yeruye, yemeza ko yo na FARDC badafite ubushobozi bwo guhangana na M23
Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kugarura amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO), bwatangaje ko bwo na FARDC badafite ubushobozi bwo guhangana n’umutwe wa M23. Byatangajwe n’Umuvugizi wa MONUSCO, Mathias Gillmann, mu kiganiro n’abanyamakuru n’ibitangazamakuru bikorera i Kinshasa. Ni ikiganiro cyabaye nyuma y’ukwezi inyeshyamba z’umutwe wa M23 zigaruriye Umujyi wa Bunagana ndetse n’ibindi bice bitandukanye […]
Le Rwanda nommé parmi les meilleures destinations du magazine TIME
Un magazine d’information américain de premier plan, TIME, a nommé le Rwanda parmi les 50 premières destinations mondiales pour l’année 2022. Pour compiler la liste, TIME a sollicité des nominations de lieux auprès de son réseau international de correspondants et de contributeurs, “avec un Å“il sur ceux qui offrent des expériences nouvelles et passionnantes”. Kigali […]
Uwari Perezida wa Sri Lanka yavuye muri Maldives aho yari yahungiye ajya muri Singapore
Amakuru agera kuri BBC aravuga ko Perezida wa Sri Lanka, Gotabaya Rajapaksa, yavuye aho yari yahungiye muri Maldives mu ndege yo muri Arabia Sawudite yerekeza muri Singapore. Perezida yari yarahungiye muri Malidive uwa Kabiri nyuma y’imyigaragambyo ikaze ‘abaturage yamuhatiye guhunga ingoro ye. Ntibiramenyekana niba Rajapaksa azaguma muri Singapore cyangwa niba azahaguma by’igihe gito. Mbere yo […]
Priti Patel mu mazi abira nyuma yo kutitaba abadepite ngo asobanure ibyo kohereza abimukira mu Rwanda
Kuri uyu wa Kane, Minisitiri w’Umutekano w’u Bwongereza, Priti Patel, yanenzwe cyane nyuma yo kwanga kwitaba abadepite ngo atange ibisobanuro kuri gahunda ikomeje kutavugwaho rumwe yo kohereza mu Rwanda abasaba ubuhungiro muri iki gihugu. Patel kandi yagombaga gusobanura impamvu zo gutinda kwa pasiporo ndetse no kunanirwa kwa Polisi , avuga ko kutitaba kwe kwatewe n’impinduka […]
Rusizi: Afunzwe akekwaho gufata ku ngufu umukobwa w’imyaka 16 amusanze iwabo mu ijoro
Kuri Sitasiyo ya Polisi ya Bweyeye mu karere ka Rusizi hafungiye umusore w’imyaka 27,witwa Mugwaneza Claude, ukurikiranyweho gufata ku ngufu umwana w’umukobwa w’imyaka 16, wiga mu wa mbere w’ayisumbuye muri G.S Bweyeye, amusanze mu nzu nijoro agombye guca idirishya ryo ku cyumba uyu mwana araramo. Amakuru Bwiza.com yahawe n’umunyamabanga nshingwabikorwa w’akagari ka Kiyabo byabereyemo, Ndayisenga […]
Ishyirahamwe Burundi Secours rivuga ko ‘ryakiriye neza’ ifungwa ry’ Abanyarwanda babiri
Ishyirahamwe ryigenga ryo mu Burundi ryitwa Burundi Secours, rivuga ko ryabonye ifungwa ry’Abanyarwanda babiri; Nkunzurwanda Salama usanzwe aba i Kigali, n’umugabo witwa Gakwaya Ernest usanzwe aba muri Sénégal, ari ikintu cyiza cyerekana ko u Burundi buri maso ku bjyanye n’abakora ingendo. Ku wa 03 Nyakanga ni bwo aba babiri bafatiwe ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cyitiriwe […]
Gambia: Urukiko rwakatiye igihano cy’urupfu 5 bakoreraga urwego rw’ubutasi kubwa Jammeh
Urukiko rwo muri Gambia kuri uyu wa Gatatu rwahanishije igihano cy’urupfu abantu batanu bahoze bakorera urwego rw’ubutasi bazira iyicwa ry’impirimbanyi muri politiki yishwe mu gihe cy’ubutegetsi bwa Yahya Jammeh. Umucamanza wo mu Rukiko Rukuru, Kumba Sillah-Camara, niwe wasomye igiano cyahawe uwahoze akuriye Urwego rw’Igihugu rw’Ubutasi (NIA), Yankuba Badjie, nyuma yo kumuhamya icyaha cyo kwica Ebrima […]
Sir Ian Wood abona ubutaka n’ikirere bya Nyaruguru ari umugisha ku bahinzi b’icyayi

Umuyobozi mukuru wa Wood Foundation, Umunya-Ecosse, Sir Ian Wood, washoye imari mu buhinzi bw’icyayi ku misozi y’akarere ka Nyaruguru, avuga ko imiterere y’ikirere, iy’ubutaka n’iy’imisozi yaho, ibereye cyane ubuhinzi bw’icyayi ku buryo asanga ari umugisha abahinzi b’icyayi biherewe n’Imana. Ibyo Sir Ian Wood yabivuze kuri uyu wa 13 Nyakanga 2022 ubwo we na Minisitiri w’Ubuhinzi […]
Amafoto: Ibirori ubwo i Kigali hatangiraga shampiyona nyafurika ya Taekwondo

Kuri uyu wa 13 Nyakanga 2022 byari ibirori mu nyubako ya BK Arena mu Rwanda ubwo hatangiraga shampiyona nyafurika y’umukino wa Taekwondo. Mu bihugu 40 bizahagararirwa muri iri rushanwa hari Kenya, Tanzania, Uganda, u Burundi, Tanzania, Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), Maroc, Cameroon, Senegal, Niger na Misiri. Ubwo iri rushanwa ryafungurwaga ku mugaragaro, abakinnyi […]
Kwizera Olivier na Mackenzie mu bakinnyi 6 batandukanye na Rayon Sports
Ikipe ya Rayon Sports yamaze gutandukana n’abakinnyi batandatu, barimo umunyezamu w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Kwizera Olivier. Iyi kipe yemeje aya makuru ibinyujije kuri chaîne yayo ya YouTube. Abakinnyi Rayon Sports yamaze gusezerera barimo Kwizera Olivier, rutahizamu uca ku mpande Ishimwe Kevin na myugariro Habimana Hussein ‘Eto’o’. Aba kandi barimo myugariro w’iburyo Nizigiyimana AbdulKalim MacKenzie, Bukuru Christophe […]
Uganda: Hari impungenge ko urubyiruko rwo mu Karere ka Kisoro rushobora gushirira muri M23
Urubyiruko rwo muri Uganda rutuye mu bice byakiriye impunzi z’Abanyekongo mu Karere ka Kisoro biravugwa ko rukomeje kwegerwa n’abarwanyi bo mu mutwe wa M23 baturuka mu burasirazuba bwa Congo bashaka kurujyana kuwufasha mu ntambara. Umuyobozi mu karere ka Kisoro, Hajji Shaffiq Sekandi, yahishuye ibi avuga ko ari amakuru y’ubutasi aheruka kubageraho. Sekandi avuga ko amakuru […]
Rwanda-born American in Ukraine jail amid fear of death penalty
BBC Suedi Murekezi, 35, a Rwandan-born crypto investor, is said to have been arrested last month in the Russian-occupied port city of Kherson. Friends and family say the US Air Force veteran has been falsely accused of joining pro-Ukraine protests. He is reportedly in the same jail as two US fighters captured last month. The […]
Minisitiri Paluku abona nta gisirikare gikomeye cyashyikirana n’inyeshyamba nka M23
Julien Paluku wabaye Guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) ubwo umutwe witwaje intwaro wa M23 wafataga umujyi wa Goma mu 2013, abona nta gisirikare gikomeye gikwiye gushyikirana n’inyeshyamba. Uyu munyapolitiki yabivugiye mu kiganiro yagiranye na Radio Okapi cyari cyerekeye ku kibazo cy’umutekano muke kiri mu burasirazuba bwa RDC, bw’umwihariko […]
Ukraine yahise icana umubano na Koreya ya Ruguru kubera Donetsk na Luhansk
Igihugu cya Ukraine cyahagaritse umubano cyari gifitanye na Koreya ya Ruguru nyuma y’aho yemeye ubwigenge bw’uturere tubiri, Donetsk na Luhansk twiyise repubulika tukitandukanya na Ukraine. Icyemezo cya Kyiv cyo gucana umubano na Koreya ya Ruguru kuri uyu wa Gatatu ushize, cyaje nyuma y’uko Pyongyang yemeye ubwigenge bw’intara ebyiri za Ukraine zo mu burasirazuba ziyise repubulika […]
Hari Umunyarwanda ufungiwe mu gace kagenzurwa n’Abarusiya muri Ukraine
Ibiro bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika bishinzwe ububanyi n’amahanga, bivuga ko bifite amakuru y’uko hari umushoramari wahoze mu gisirikare kirwanira mu kirere watawe muri yombi n’ingabo zishyigikiwe n’Abarusiya muri Ukraine. Uyu mushoramari ni Suedi Murekezi w’imyaka 35 y’amavuko, akaba yarafashwe mu kwezi gushize, mu mujyi wa Kherson muri Leta ya Donetsk, uri mu maboko […]
Bidasubirwaho Raheem Sterling ni umukinnyi wa Chelsea
Ikipe ya Chelsea yamaze gusinyisha rutahizamu Raheem Sterling wakiniraga Manchester City, aba umukinnyi wa mbere isinyishije kuva iguzwe na Todd Boehly. Sterling w’imyaka 27 y’amavuko yasinye amasezerano y’imyaka itanu yo gukinira Chelsea, bikavugwa ko yatanzweho abarirwa muri miliyoni 50 z’ama-Pounds. Chelsea yemeje ko yamusinyishije ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo. Iti: “Umu-star w’Umwongereza Raheem Sterling yerekeje […]